• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • RSSB Tigers BBC yasezereye FUS Rabat BBC yo muri Morocco, izahura na AL Ahly muri ½ cy’imikino ya nyuma ya BAL 2026 iri kubera I Kigali   |   24 May 2026

  • Nyuma y’imyaka itatu Stade y’Akarere ka Gicumbi itangiye kuvugururwa, kuri ubu yemerewe kwakira imikino ya Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League   |   21 May 2026

  • Umutoza w’Amavubi Stephen Constantine asanga kwitwara neza k’u Rwanda bisaba gutsinda imikino yo mu rugo ngo yerekeze mu gikombe cya Afurika 2027   |   20 May 2026

  • Olivier Kwizera ari mu bakinnyi basubukuye imyitozo ya Rayon Sports yitegura guhura na APR FC ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro   |   19 May 2026

  • Rusesabagina nawe ubwe ni ikinyoma cyigendera   |   18 May 2026

  • AMAFOTO – Patriots BBC na APR WBBC begukanye igikombe cy’irushanwa ryo kwibuka mu bakina ari batatu kuri batatu   |   18 May 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Wari uzi ko hari abaperezida bagenda mu ndege zihenze cyane kurusha Air Force One? Irebere uko bakurikirana

Wari uzi ko hari abaperezida bagenda mu ndege zihenze cyane kurusha Air Force One? Irebere uko bakurikirana

Ubwanditsi 27 Oct 2017 Mu Rwanda

Ibihugu bikomeye ku isi bigira indege zigendwamo n’abaperezida babyo aho iyamamaye cyane ari Air force one gusa igitangaje ni uko atari yo ya mbere ihenze yewe si n’iya 2.

10. Boeing 777-300ER, Bangladesh, $260 million

-8511.jpg

Indege y’umukuru w’igihugu cya Bngladesh imwe mu ndege zigezweho ikorwa n’uruganda rwa Boeing ikaba igura Miliyoni 260 zose z’amadorari ya Amerika.

9. Airbus A340-600 – Jordan, $275 million

-8512.jpg

Iyi ndetse ifite hafi metero 76 z’uburebure ni yo itwara perezida w’igihugu cya Jordaniya ikaba ifite agaciro ka miliyoni 275 z’amadorari ya amerika. Ifite umwihariko wo gukoresha amavuta make cyane ugereranyije n’izindi kandi ikagira ikoranabuhanga rigezweho.

8. Boeing 747-400 – Japan, $300 Million

-8513.jpg

N’ubwo abayapani muri muco wabo bakunda kwicisha bugufi si ko byagenze ku kijyanye n’indege itwara perezida w’iki gihugu. Uyu muperezida agenda mu ndege yo mu bwoko bwa Boeing 747-400 imwe mu ndege zihenze cyane, ifite moteri 4 ikaba ifite agaciro ka miliyoni 300 z’amadorari ya Amerika.

7. Boeing 747SP, Yemen, $300 million

-8514.jpg

Abd Rabbo Mansur Hadi yameye kuba yagenda mu ndege nk’iyi yihariye kuva mu mwaka wa 2015 ikaba ifite agaciro ka miliyoni 300 z’amadorari ya Amerika.

6. Boeing 747-200B – US, $325 million

-8515.jpg

Boing 747-200B ni imwe mu ndege nziza cyane zikorwa n’uruganda rwa Boeing ndetse ikoranabuhanga ikoranye akaba ari ryo rigiye kuzajya rikoreshwa muri uru ruganda mu minsi iri imbere. Iyi ikaba ari indege ifite ibiro bike kandi ifite imbaraga zidasanzwe ikaba yaragiye ikoreshwa mu ngendo zijyanye n’ubucuruzi za Perezida wa Amerika. Iyi ndege ifite agaciro ka miliyoni 325 z’amadorari ya Amerika.

5. Air Force One, United States, $325 million

Iyi ndege yahinduwe kugirango ibashe kugwa neza perezida ndetse inamworohereze akazi, ifite umwihariko wo kugira ibyumba by’inama byabugenwe, ameza yo gukoreraho akazi ndetse n’ikoranabuhanga rihambaye. Ifite agaciro ka miliyoni 325 z’amadorari ya Amerika.

-8516.jpg

Nkuko mubibona iyi Air Force One iri ku mwanya wa Gatanu. Ni izihe ziza mu myanya 4 ya mbere? Ntuzacikwe n’iyi nkuru ku munsi w’ejo.

2017-10-27
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Rayon  yarahiye itsemba isano ko  idahawe igikombe yatsindiye  ku mukino uzayihuza na APR ntacyo izafata kuwa Kiyovu

Rayon yarahiye itsemba isano ko idahawe igikombe yatsindiye ku mukino uzayihuza na APR ntacyo izafata kuwa Kiyovu

Ubwanditsi 26 May 2017
Burundi :  Abandi  basirikare 11 bakomeye  bongeye  gutoroka

Burundi : Abandi basirikare 11 bakomeye bongeye gutoroka

Ubwanditsi 20 Aug 2016
Une étrange rumeur sur des tirs contre Kabila relayée par Theo Francken

Une étrange rumeur sur des tirs contre Kabila relayée par Theo Francken

Ubwanditsi 26 Sep 2016
Igihe Imperuka Izabera Ntibivugwaho Rumwe Hagati Ya Paster Mpyisi, Musenyeli Philippe Ndetse na John Mugabo

Igihe Imperuka Izabera Ntibivugwaho Rumwe Hagati Ya Paster Mpyisi, Musenyeli Philippe Ndetse na John Mugabo

Ubwanditsi 26 Jan 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Charles ONANA wigize akahebwe, ni muntu ki? 
Amakuru

Charles ONANA wigize akahebwe, ni muntu ki? 

Ubwanditsi 18 Oct 2024
Ferwafa irahakana amakuru avuga ko mu Rwanda habereye inama yo guhigika Issa Hayatou
Mu Mahanga

Ferwafa irahakana amakuru avuga ko mu Rwanda habereye inama yo guhigika Issa Hayatou

Ubwanditsi 25 Oct 2016
Imashini zikora itabi zo kwa Rwigara zatejwe  cyamunara kuri miliyari 1.7 Frw
INKURU NYAMUKURU

Imashini zikora itabi zo kwa Rwigara zatejwe cyamunara kuri miliyari 1.7 Frw

Ubwanditsi 18 Jun 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru