• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • APR BBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona ku nshuro ya kane yikurikiranya   |   25 Aug 2026

  • Rurageretse hagati y’ibigarasha Noble Marara na Jean Paul Turayishimye   |   24 Aug 2026

  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yashyikirije ibendera ikipe y’u Rwanda y’Abagore yerekeje i Nairobi mu Gikombe cya Afurika   |   23 Aug 2026

  • Ubuyobe bw’Ubuhanuzi butuma FDLR Yitera Ikinya mu mashyamba ya DRC kugirango irebe ko yamara kabiri   |   22 Aug 2026

  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

 
You are at :Home»SHOWBIZ»Mu gitaramo cy’amateka, Charly na Nina basingije ‘Indoro’ yabazamuye

Mu gitaramo cy’amateka, Charly na Nina basingije ‘Indoro’ yabazamuye

Ubwanditsi 02 Dec 2017 SHOWBIZ

Charly na Nina bashyize hanze album yabo ya mbere bise “Imbaraga”, bashimira abafana bakunze iyo ndirimbo kuko ari yo yatumye bamenyekana.

Ku mugoroba wo kuri iyu wa Gatanu tariki 1 Ukuboza 2017, nibwo bakoze iki gitaramo cyabereye mu mahema ya Camp Kigali, kikitabirwa n’abafana benshi bari baje kubashyigikira.

Bungikanya bagize bati “Mbere twararirimbye ntako tutagize ntabwo mwari mutuzi, nyamara umunsi ‘Indoro’ yageze hanze mwese mwaratumenye muradukunda ntabwo twari twiteze ko tuzaba tugeze aha turashima Imana cyane.”

Muri iki gitaramo Charly na Nina baririmbye indirimbo z’Imana zirimo iza Gaby, Gahongayire na Israel Mbonyi baririmba indirimbo za Kinyarwanda babyinana n’abari bitabiriye iki gitaramo.

Nina yagize “Turirimbe Ikinyarwanda turi mu Rwanda twishimire ko turi Abanyarwanda twishimire ko dufite igihugu cyiza utabona ahandi.”

JPEG - 210.2 kb
Abafana banezerewe bacinya barabyina biratinda

Muri iki gitaramo kandi banerekanye filime mbarankuru y’aho bavuye n’aho bageze, bashimira Imana ibagejeje ku rwego rwo kuba ibyamamare.

Charly na Nina bafatanyije n’abahanzi nka DJ Pius, Andy Bumuntu, Buravan, Juilana, mu gitaramo cyacuranzwe ku buryo bwa ‘Live’.

Amafoto

JPEG - 165.6 kb
Abafana bari baje bitwaje ibyapa byo gushyigikira Charly na Nina
JPEG - 170 kb
Abari mu byicaro byabo ntibyababujije guhaguruka
JPEG - 223 kb
Umunyamakuru Anita Pendo nawe ntiyahatanzwe
JPEG - 181 kb
Aline Gahongayire yari yaje gushyigikira abahanzi bagenzi be
JPEG - 172 kb
Umunyamideli Kate Bashabe bamuhaye indangurura majwi nawe akora mu nganzo
JPEG - 151.1 kb
Uwo mufana ukomeye nawe byamwanze mu nda arahaguruka ngo yihere ijisho
JPEG - 94.3 kb
Andy Bumuntu yataramiye abari bahari baranyurwa
JPEG - 145.1 kb
Ababyeyi ba Charly ntibatanzwe n’igitaramo cy’umukobwa wabo
JPEG - 130.9 kb
Big Fizo nawe yaririmbye muri iki gitaramo
JPEG - 140.1 kb
Muyoboke Alexi, umujyanama wa Charly na Nina yanyuzwe acinya akadiho
JPEG - 197 kb
Abize ku Nyundo nibo bafashije Charly na Nina mu gucuranga no kuririmba
JPEG - 189.8 kb
Buravan aririmba
JPEG - 180.9 kb
Charly na Nina bageze aho nabo bicara mu bafana bakurikira igitaramo
JPEG - 190.9 kb
Julianna Kanyomozi agitangira kuririmba ibintu byarushijeho kuryoha

JPEG - 213.6 kb
Juliana yagiye mu bafana barabyinana karahava
JPEG - 162.9 kb
DJ Ira umaze kumenyekana mu muziki nawe ntiyatanzwe n’iki gitaramo

2017-12-02
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Amafoto – Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid yasezeranye na Elsa Iradukunda wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2017

Amafoto – Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid yasezeranye na Elsa Iradukunda wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2017

Ubwanditsi 02 Mar 2023
Abakobwa Bose Bashaka Guhatanira Ikamba Ryo Kuba Miss Rwanda 2018 Kwiyandikisha Byatangiye 

Abakobwa Bose Bashaka Guhatanira Ikamba Ryo Kuba Miss Rwanda 2018 Kwiyandikisha Byatangiye 

Ubwanditsi 15 Dec 2017
Umuhanzi J Cole yemejwe nk’umwe mu bakinnyi bazakinira ikipe ya Patriots BBC mu mikino ya BAL igiye kubera mu Rwanda.

Umuhanzi J Cole yemejwe nk’umwe mu bakinnyi bazakinira ikipe ya Patriots BBC mu mikino ya BAL igiye kubera mu Rwanda.

Ubwanditsi 11 May 2021
Nyuma yaho umuhanzikazi Queen Cha asezereye muri The Mane, Marina nawe yanditse ibaruwa isezera muri iyo nzu ifasha abahanzi iyoborwa na Bad Rama.

Nyuma yaho umuhanzikazi Queen Cha asezereye muri The Mane, Marina nawe yanditse ibaruwa isezera muri iyo nzu ifasha abahanzi iyoborwa na Bad Rama.

Ubwanditsi 28 Apr 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Kudeta mu Rwanda interahamwe n’ibigarasha birota, ni filime itabona abayikina n’abayireba
Amakuru

Kudeta mu Rwanda interahamwe n’ibigarasha birota, ni filime itabona abayikina n’abayireba

Ubwanditsi 04 Sep 2024
Imyaka 21 y’Ubwicanyi bwa Gatumba: Ubutabera Bwaratinze, CNDD-FDD Ikomeje Kubangamira Kwibuka
Amakuru

Imyaka 21 y’Ubwicanyi bwa Gatumba: Ubutabera Bwaratinze, CNDD-FDD Ikomeje Kubangamira Kwibuka

Ubwanditsi 13 Aug 2025
Kirehe: Umumotari n’umukozi wa Kompanyi itwara abagenzi mu modoka bafashe umuntu ifite urumogi
Mu Mahanga

Kirehe: Umumotari n’umukozi wa Kompanyi itwara abagenzi mu modoka bafashe umuntu ifite urumogi

Ubwanditsi 24 Mar 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru