• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – APR FC na Rayon Sports zageze mu kiciro cya cya kabiri cy’Imikino Nyafurika ya CAF, Al Hilal na Al Merrikh zihagaze neza   |   13 Sep 2026

  • Hon. Havugimana Emmanuel yatwibukije Inkomoko ya Masudi na Giraso yiturwa indi Ikinani cyamugereyemo   |   11 Sep 2026

  • Abana b’abagize uruhare muri Jenoside bongeye kwibutsa imigambi yapfubye y’ababyeyi babo   |   11 Sep 2026

  • Abakinnyi 19 muri 28 bahamagawe n’umutoza Stephen Constantine witegura gukina na Liberia na Cap-Vert, bakina hanze y’u Rwanda   |   09 Sep 2026

  • Irabu: Ibigarahamwe mwitege iyi nkota ya menge ivuye muri Oman nimukoronge ariko nimurenga wa murongo izabarya   |   09 Sep 2026

  • Cricket: U Rwanda rwitwaye neza mu mukino ufungura irushanwa rya ILT20 Continent Cup 2026   |   08 Sep 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Shampiyona yagarutse, Rayon Sports na APR FC mu mukino w’ishiraniro nyuma ya Noheli

Shampiyona yagarutse, Rayon Sports na APR FC mu mukino w’ishiraniro nyuma ya Noheli

Ubwanditsi 10 Dec 2017 IMIKINO

Nyuma yo gusezererwa kw’Amavubi muri CECAFA, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamenyesheje amakipe ko umunsi wa 9, 10 na 11 bya shampiyona bizakinwa mu 2017; Rayon Sports yakira APR FC tariki ya 26 Ukuboza kugira ngo ikipe y’igihugu ibone umwanya wo gutegura CHAN ya 2018.

Mu ibaruwa, Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA yandikiye abayobozi b’amakipe yababwiye ko umunsi wa 9 wa shampiyona uzakinwa tariki ya 12 Ukuboza 2017 aho Rayon Sports yari imaze igihe isabye ikiruhuko nyuma yo gukina na Mukura VS, umutoza wungirije Ndikumana Hamad Katauti akitaba Imana naho umutoza mukuru Karekezi Olivier agafungwa, izakina na Etincelles i Rubavu.

Kuri uyu munsi wa 9, tariki ya 21 Ukuboza 2017 nibwo AS Kigali ya mbere ku rutonde rwa shampiyona izakira kuri stade ya Kigali Kiyovu Sports ya kabiri.

Umunsi wa 10 wa shampiyona uzakinwa tariki ya 22 Ukuboza 2017 Bugesera FC yakira AS Kigali, APR FC na Musanze mu gihe Rayon Sports izasura Miroplast kwa Mironko i Gikondo.

Umunsi wa 11 wa shampiyona wari uteganyijwe tariki ya 5 Mutarama 2018 aho Rayon Sports yari kwakira APR FC kuri stade Amahoro, washyizwe tariki ya 26 Ukuboza 2017.

Kwimura iyi mikino ni mu rwego rwo kubonera Amavubi umwanya wo kwitegura igikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu gihugu, CHAN, kizabera muri Maroc kuva tariki ya 12 Mutarama kugeza 4 Gashyantare 2018.

Gahunda nshya ya shampiyona

 

Umunsi wa 9

Tariki ya 19 Ukuboza 2017

Musanze FC vs Miroplast FC – Sitade Ubworoherane

Etincelles FC vs Rayon Sports – Sitade Umuganda

Sunrise FC vs Kirehe FC – Nyagatare

Espoir FC vs Police FC – Rusizi

Tariki ya 20 Ukuboza 2017

Amagaju FC vs APR FC – Nyagisenyi

Mukura VS vs Gicumbi FC – stade Huye

Tariki ya 21 Ukuboza 2017

AS Kigali vs Kiyovu Sports – stade ya Kigali

Marines FC vs Bugesera FC – stade Umuganda

Umunsi wa 10

Tariki ya 22 Ukuboza 2017

Bugesera FC vs AS Kigali – Nyamata

Miroplast FC vs Rayon Sports – Mironko

Kirehe FC vs Marines – Kirehe

Police FC vs Sunrise FC – Kicukiro

Tariki ya 23 Ukuboza 2017

Gicumbi FC vs Amagaju – Gicumbi

APR FC vs Musanze – Sitade ya Kigali

Tariki ya 24 Ukuboza 2017

Kiyovu Sports vs Etincelles – Mumena

Espoir FC vs Mukura VS – Rusizi

Umunsi wa 11

Tariki ya 26 Ukuboza 2017

Musanze FC vs Gicumbi FC – Sitade Ubworoherane

Rayon Sports vs APR FC – Sitade Amahoro

Etincelles FC vs Miroplast FC – Sitade Umuganda

Tariki ya 27 Ukuboza 2017

Kiyovu Sports vs Bugesera FC – Mumena

Marines FC vs Police FC – Sitade Umuganda

Tariki ya 28 Ukuboza 2017

AS Kigali vs Kirehe FC – Sitade ya Kigali

Sunrise FC vs Mukura VS – Nyagatare

Amagaju vs Espoir FC (umukino uzabera kuri Sitade yaNyagisenyi mu Karere ka Nyamagabe).

2017-12-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Rayon Sports yakoze urugendo rwo Kwibuka, inunamira Abatutsi bazize Jenoside mu 1994

Rayon Sports yakoze urugendo rwo Kwibuka, inunamira Abatutsi bazize Jenoside mu 1994

Ubwanditsi 09 Apr 2024
Minisitiri wa Siporo Aurore Munyangaju yasoje uruzinduko rw’akazi yari yagiriye muri Senegal asura ishuri ryigishirizwamo umukino wa Basketball mu buryo bwa kinyamwuga

Minisitiri wa Siporo Aurore Munyangaju yasoje uruzinduko rw’akazi yari yagiriye muri Senegal asura ishuri ryigishirizwamo umukino wa Basketball mu buryo bwa kinyamwuga

Ubwanditsi 11 Feb 2022
Mu gihe habura amasaha make ngo Amavubi akine na Mozambique, CAF yavuze ko umunyezamu Olivier Kwizera atemerewe gukina uyu mukino

Mu gihe habura amasaha make ngo Amavubi akine na Mozambique, CAF yavuze ko umunyezamu Olivier Kwizera atemerewe gukina uyu mukino

Ubwanditsi 24 Mar 2021
Usengimana yafashije APR FC gutsinda Bugesera FC ishyiramo amanota atandatu

Usengimana yafashije APR FC gutsinda Bugesera FC ishyiramo amanota atandatu

Ubwanditsi 13 Jan 2020

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Jeannette Kagame yasabye urubyiruko rwa AERG kudafata ihungabana nka kirazira
Mu Mahanga

Jeannette Kagame yasabye urubyiruko rwa AERG kudafata ihungabana nka kirazira

Ubwanditsi 23 Oct 2016
Perezida Kagame yitabiriye imurikwa ry’ikiganiro agaragaramo atembera ibice nyaburanga by’u Rwanda (Amafoto)
ITOHOZA

Perezida Kagame yitabiriye imurikwa ry’ikiganiro agaragaramo atembera ibice nyaburanga by’u Rwanda (Amafoto)

Ubwanditsi 24 Apr 2018
Ingabire Victoire wa DALFA ni wawundi wo muri FDU Inkingi na RDR ntahinduka, gusa ntaramenya ko atagikikijwe n’interahamwe nkuko yari ameze I Burayi
INKURU NYAMUKURU

Ingabire Victoire wa DALFA ni wawundi wo muri FDU Inkingi na RDR ntahinduka, gusa ntaramenya ko atagikikijwe n’interahamwe nkuko yari ameze I Burayi

Ubwanditsi 29 May 2020

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

31 Aug 2026
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru