• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • RSSB Tigers BBC yasezereye FUS Rabat BBC yo muri Morocco, izahura na AL Ahly muri ½ cy’imikino ya nyuma ya BAL 2026 iri kubera I Kigali   |   24 May 2026

  • Nyuma y’imyaka itatu Stade y’Akarere ka Gicumbi itangiye kuvugururwa, kuri ubu yemerewe kwakira imikino ya Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League   |   21 May 2026

  • Umutoza w’Amavubi Stephen Constantine asanga kwitwara neza k’u Rwanda bisaba gutsinda imikino yo mu rugo ngo yerekeze mu gikombe cya Afurika 2027   |   20 May 2026

  • Olivier Kwizera ari mu bakinnyi basubukuye imyitozo ya Rayon Sports yitegura guhura na APR FC ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro   |   19 May 2026

  • Rusesabagina nawe ubwe ni ikinyoma cyigendera   |   18 May 2026

  • AMAFOTO – Patriots BBC na APR WBBC begukanye igikombe cy’irushanwa ryo kwibuka mu bakina ari batatu kuri batatu   |   18 May 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Shampiyona yagarutse, Rayon Sports na APR FC mu mukino w’ishiraniro nyuma ya Noheli

Shampiyona yagarutse, Rayon Sports na APR FC mu mukino w’ishiraniro nyuma ya Noheli

Ubwanditsi 10 Dec 2017 IMIKINO

Nyuma yo gusezererwa kw’Amavubi muri CECAFA, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamenyesheje amakipe ko umunsi wa 9, 10 na 11 bya shampiyona bizakinwa mu 2017; Rayon Sports yakira APR FC tariki ya 26 Ukuboza kugira ngo ikipe y’igihugu ibone umwanya wo gutegura CHAN ya 2018.

Mu ibaruwa, Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA yandikiye abayobozi b’amakipe yababwiye ko umunsi wa 9 wa shampiyona uzakinwa tariki ya 12 Ukuboza 2017 aho Rayon Sports yari imaze igihe isabye ikiruhuko nyuma yo gukina na Mukura VS, umutoza wungirije Ndikumana Hamad Katauti akitaba Imana naho umutoza mukuru Karekezi Olivier agafungwa, izakina na Etincelles i Rubavu.

Kuri uyu munsi wa 9, tariki ya 21 Ukuboza 2017 nibwo AS Kigali ya mbere ku rutonde rwa shampiyona izakira kuri stade ya Kigali Kiyovu Sports ya kabiri.

Umunsi wa 10 wa shampiyona uzakinwa tariki ya 22 Ukuboza 2017 Bugesera FC yakira AS Kigali, APR FC na Musanze mu gihe Rayon Sports izasura Miroplast kwa Mironko i Gikondo.

Umunsi wa 11 wa shampiyona wari uteganyijwe tariki ya 5 Mutarama 2018 aho Rayon Sports yari kwakira APR FC kuri stade Amahoro, washyizwe tariki ya 26 Ukuboza 2017.

Kwimura iyi mikino ni mu rwego rwo kubonera Amavubi umwanya wo kwitegura igikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu gihugu, CHAN, kizabera muri Maroc kuva tariki ya 12 Mutarama kugeza 4 Gashyantare 2018.

Gahunda nshya ya shampiyona

 

Umunsi wa 9

Tariki ya 19 Ukuboza 2017

Musanze FC vs Miroplast FC – Sitade Ubworoherane

Etincelles FC vs Rayon Sports – Sitade Umuganda

Sunrise FC vs Kirehe FC – Nyagatare

Espoir FC vs Police FC – Rusizi

Tariki ya 20 Ukuboza 2017

Amagaju FC vs APR FC – Nyagisenyi

Mukura VS vs Gicumbi FC – stade Huye

Tariki ya 21 Ukuboza 2017

AS Kigali vs Kiyovu Sports – stade ya Kigali

Marines FC vs Bugesera FC – stade Umuganda

Umunsi wa 10

Tariki ya 22 Ukuboza 2017

Bugesera FC vs AS Kigali – Nyamata

Miroplast FC vs Rayon Sports – Mironko

Kirehe FC vs Marines – Kirehe

Police FC vs Sunrise FC – Kicukiro

Tariki ya 23 Ukuboza 2017

Gicumbi FC vs Amagaju – Gicumbi

APR FC vs Musanze – Sitade ya Kigali

Tariki ya 24 Ukuboza 2017

Kiyovu Sports vs Etincelles – Mumena

Espoir FC vs Mukura VS – Rusizi

Umunsi wa 11

Tariki ya 26 Ukuboza 2017

Musanze FC vs Gicumbi FC – Sitade Ubworoherane

Rayon Sports vs APR FC – Sitade Amahoro

Etincelles FC vs Miroplast FC – Sitade Umuganda

Tariki ya 27 Ukuboza 2017

Kiyovu Sports vs Bugesera FC – Mumena

Marines FC vs Police FC – Sitade Umuganda

Tariki ya 28 Ukuboza 2017

AS Kigali vs Kirehe FC – Sitade ya Kigali

Sunrise FC vs Mukura VS – Nyagatare

Amagaju vs Espoir FC (umukino uzabera kuri Sitade yaNyagisenyi mu Karere ka Nyamagabe).

2017-12-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Gor Mahia yageze i Kigali, umutoza avuga ko yimwe amakuru na Mamelodi Sundowns

Gor Mahia yageze i Kigali, umutoza avuga ko yimwe amakuru na Mamelodi Sundowns

Ubwanditsi 05 May 2018
Amakipe atarimo Amavubi yamenye uko azahura muri CHAN ya 2025 izakinwa muri Kanama

Amakipe atarimo Amavubi yamenye uko azahura muri CHAN ya 2025 izakinwa muri Kanama

Ubwanditsi 16 Jan 2025
CAN 2019: Cameroun yatangiye neza urugendo rwo kwisubiza igikombe, Ghana iratungurwa

CAN 2019: Cameroun yatangiye neza urugendo rwo kwisubiza igikombe, Ghana iratungurwa

Ubwanditsi 26 Jun 2019
Kiyovu SC na Gasogi United mu makipe yatangiye gutandukana nabakinnyi babo bitegura 2023-2024

Kiyovu SC na Gasogi United mu makipe yatangiye gutandukana nabakinnyi babo bitegura 2023-2024

Ubwanditsi 08 Jun 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abakinnyi 10 bato kurusha abandi bitezweho kwigaragaza muri CHAN
IMIKINO

Abakinnyi 10 bato kurusha abandi bitezweho kwigaragaza muri CHAN

Ubwanditsi 18 Jan 2016
Rutsiro : Abagabo 3 bafunzwe bakekwaho kunyereza arenga miliyoni 4,5
Mu Mahanga

Rutsiro : Abagabo 3 bafunzwe bakekwaho kunyereza arenga miliyoni 4,5

Ubwanditsi 13 Oct 2016
Umuvugabutumwa Eliane Niyonagira yaburiye urubyiruko rugaragara ku mbuga nkoranyambaga uburyo ibigarasha bikoresha mu kubiyegereza 
Amakuru

Umuvugabutumwa Eliane Niyonagira yaburiye urubyiruko rugaragara ku mbuga nkoranyambaga uburyo ibigarasha bikoresha mu kubiyegereza 

Ubwanditsi 13 Jul 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru