• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Bombori bombori hagati ya Kayumba Placide na Pierre Celestin Rwalinda wamusimbuye ku buyobozi bwa FDU Inkingi   |   15 May 2026

  • APR FC na Rayon Sports zageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro 2026, zizahatanira miliyoni 12 z’Amafaranga y’u Rwanda   |   14 May 2026

  • Habura iminsi 3 ngo shampiyona irangire, Al Hilal yegukanye igikombe cy’icyubahiro cya BK Pro League 2025-2026   |   13 May 2026

  • Rwanda Premier League yemeje ko hazatangwa ibikombe bibiri bya shampiyona, bitandukanye n’ibyo FERWAFA yari yatangaje   |   12 May 2026

  • Itangazamakuru si inzira yo gushakiramo amaronko binyuze mu gukora ibyaha, ubutabera bugomba gukora akazi kabwo   |   11 May 2026

  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Shampiyona yagarutse, Rayon Sports na APR FC mu mukino w’ishiraniro nyuma ya Noheli

Shampiyona yagarutse, Rayon Sports na APR FC mu mukino w’ishiraniro nyuma ya Noheli

Ubwanditsi 10 Dec 2017 IMIKINO

Nyuma yo gusezererwa kw’Amavubi muri CECAFA, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamenyesheje amakipe ko umunsi wa 9, 10 na 11 bya shampiyona bizakinwa mu 2017; Rayon Sports yakira APR FC tariki ya 26 Ukuboza kugira ngo ikipe y’igihugu ibone umwanya wo gutegura CHAN ya 2018.

Mu ibaruwa, Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA yandikiye abayobozi b’amakipe yababwiye ko umunsi wa 9 wa shampiyona uzakinwa tariki ya 12 Ukuboza 2017 aho Rayon Sports yari imaze igihe isabye ikiruhuko nyuma yo gukina na Mukura VS, umutoza wungirije Ndikumana Hamad Katauti akitaba Imana naho umutoza mukuru Karekezi Olivier agafungwa, izakina na Etincelles i Rubavu.

Kuri uyu munsi wa 9, tariki ya 21 Ukuboza 2017 nibwo AS Kigali ya mbere ku rutonde rwa shampiyona izakira kuri stade ya Kigali Kiyovu Sports ya kabiri.

Umunsi wa 10 wa shampiyona uzakinwa tariki ya 22 Ukuboza 2017 Bugesera FC yakira AS Kigali, APR FC na Musanze mu gihe Rayon Sports izasura Miroplast kwa Mironko i Gikondo.

Umunsi wa 11 wa shampiyona wari uteganyijwe tariki ya 5 Mutarama 2018 aho Rayon Sports yari kwakira APR FC kuri stade Amahoro, washyizwe tariki ya 26 Ukuboza 2017.

Kwimura iyi mikino ni mu rwego rwo kubonera Amavubi umwanya wo kwitegura igikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu gihugu, CHAN, kizabera muri Maroc kuva tariki ya 12 Mutarama kugeza 4 Gashyantare 2018.

Gahunda nshya ya shampiyona

 

Umunsi wa 9

Tariki ya 19 Ukuboza 2017

Musanze FC vs Miroplast FC – Sitade Ubworoherane

Etincelles FC vs Rayon Sports – Sitade Umuganda

Sunrise FC vs Kirehe FC – Nyagatare

Espoir FC vs Police FC – Rusizi

Tariki ya 20 Ukuboza 2017

Amagaju FC vs APR FC – Nyagisenyi

Mukura VS vs Gicumbi FC – stade Huye

Tariki ya 21 Ukuboza 2017

AS Kigali vs Kiyovu Sports – stade ya Kigali

Marines FC vs Bugesera FC – stade Umuganda

Umunsi wa 10

Tariki ya 22 Ukuboza 2017

Bugesera FC vs AS Kigali – Nyamata

Miroplast FC vs Rayon Sports – Mironko

Kirehe FC vs Marines – Kirehe

Police FC vs Sunrise FC – Kicukiro

Tariki ya 23 Ukuboza 2017

Gicumbi FC vs Amagaju – Gicumbi

APR FC vs Musanze – Sitade ya Kigali

Tariki ya 24 Ukuboza 2017

Kiyovu Sports vs Etincelles – Mumena

Espoir FC vs Mukura VS – Rusizi

Umunsi wa 11

Tariki ya 26 Ukuboza 2017

Musanze FC vs Gicumbi FC – Sitade Ubworoherane

Rayon Sports vs APR FC – Sitade Amahoro

Etincelles FC vs Miroplast FC – Sitade Umuganda

Tariki ya 27 Ukuboza 2017

Kiyovu Sports vs Bugesera FC – Mumena

Marines FC vs Police FC – Sitade Umuganda

Tariki ya 28 Ukuboza 2017

AS Kigali vs Kirehe FC – Sitade ya Kigali

Sunrise FC vs Mukura VS – Nyagatare

Amagaju vs Espoir FC (umukino uzabera kuri Sitade yaNyagisenyi mu Karere ka Nyamagabe).

2017-12-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ikipe ya AS Muhanga yarwaje Koronavirusi abakozi bayo 12 barimo abakinnyi 10 , ni mu gihe habura iminsi itanu ngo hasubukurwe shampiyona y’u Rwanda.

Ikipe ya AS Muhanga yarwaje Koronavirusi abakozi bayo 12 barimo abakinnyi 10 , ni mu gihe habura iminsi itanu ngo hasubukurwe shampiyona y’u Rwanda.

Ubwanditsi 26 Apr 2021
Umutoza w`Amavubi aratangaza ko bazakora ibishoboka byose  bagatsinda umukino wa mbere

Umutoza w`Amavubi aratangaza ko bazakora ibishoboka byose bagatsinda umukino wa mbere

Ubwanditsi 14 Jan 2016
Menya Nyirishema Richard wari Visi Perezida wa FERWABA, wagizwe Minisitiri wa Siporo asimbuye Aurore Mimosa Munyangaju

Menya Nyirishema Richard wari Visi Perezida wa FERWABA, wagizwe Minisitiri wa Siporo asimbuye Aurore Mimosa Munyangaju

Ubwanditsi 17 Aug 2024

Ikipe ya Rayon Sports irateganya kugura abakinnyi 10 ikongerera abandi amasezerano abandi 7,aba bose bafite agaciro ka miliyoni 185

Ubwanditsi 02 May 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Nyuma yo gusesa Minisiteri y’umutekano abari abakozi bayo barerekeza he?
Mu Mahanga

Nyuma yo gusesa Minisiteri y’umutekano abari abakozi bayo barerekeza he?

Ubwanditsi 06 Oct 2016
Polisi y’u Rwanda irashimira abaturarwanda uko bitwaye mu minsi mikuru
Mu Mahanga

Polisi y’u Rwanda irashimira abaturarwanda uko bitwaye mu minsi mikuru

Ubwanditsi 01 Jan 2016
Ibaruwa ifunguye Paulo V yandikiye Me. Evode Uwizeyimana ku kibazo cyo gushotora Musenyeri Nzakamwita.
ITOHOZA

Ibaruwa ifunguye Paulo V yandikiye Me. Evode Uwizeyimana ku kibazo cyo gushotora Musenyeri Nzakamwita.

Ubwanditsi 20 Dec 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru