• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

  • Ukwiyubaka kudasanzwe kwa APR FC na Rayon Sports zitegura CECAFA Kagame Cup izabera i Kigali mu mpera za Nyakanga 2026   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Shampiyona yagarutse, Rayon Sports na APR FC mu mukino w’ishiraniro nyuma ya Noheli

Shampiyona yagarutse, Rayon Sports na APR FC mu mukino w’ishiraniro nyuma ya Noheli

Ubwanditsi 10 Dec 2017 IMIKINO

Nyuma yo gusezererwa kw’Amavubi muri CECAFA, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamenyesheje amakipe ko umunsi wa 9, 10 na 11 bya shampiyona bizakinwa mu 2017; Rayon Sports yakira APR FC tariki ya 26 Ukuboza kugira ngo ikipe y’igihugu ibone umwanya wo gutegura CHAN ya 2018.

Mu ibaruwa, Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA yandikiye abayobozi b’amakipe yababwiye ko umunsi wa 9 wa shampiyona uzakinwa tariki ya 12 Ukuboza 2017 aho Rayon Sports yari imaze igihe isabye ikiruhuko nyuma yo gukina na Mukura VS, umutoza wungirije Ndikumana Hamad Katauti akitaba Imana naho umutoza mukuru Karekezi Olivier agafungwa, izakina na Etincelles i Rubavu.

Kuri uyu munsi wa 9, tariki ya 21 Ukuboza 2017 nibwo AS Kigali ya mbere ku rutonde rwa shampiyona izakira kuri stade ya Kigali Kiyovu Sports ya kabiri.

Umunsi wa 10 wa shampiyona uzakinwa tariki ya 22 Ukuboza 2017 Bugesera FC yakira AS Kigali, APR FC na Musanze mu gihe Rayon Sports izasura Miroplast kwa Mironko i Gikondo.

Umunsi wa 11 wa shampiyona wari uteganyijwe tariki ya 5 Mutarama 2018 aho Rayon Sports yari kwakira APR FC kuri stade Amahoro, washyizwe tariki ya 26 Ukuboza 2017.

Kwimura iyi mikino ni mu rwego rwo kubonera Amavubi umwanya wo kwitegura igikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu gihugu, CHAN, kizabera muri Maroc kuva tariki ya 12 Mutarama kugeza 4 Gashyantare 2018.

Gahunda nshya ya shampiyona

 

Umunsi wa 9

Tariki ya 19 Ukuboza 2017

Musanze FC vs Miroplast FC – Sitade Ubworoherane

Etincelles FC vs Rayon Sports – Sitade Umuganda

Sunrise FC vs Kirehe FC – Nyagatare

Espoir FC vs Police FC – Rusizi

Tariki ya 20 Ukuboza 2017

Amagaju FC vs APR FC – Nyagisenyi

Mukura VS vs Gicumbi FC – stade Huye

Tariki ya 21 Ukuboza 2017

AS Kigali vs Kiyovu Sports – stade ya Kigali

Marines FC vs Bugesera FC – stade Umuganda

Umunsi wa 10

Tariki ya 22 Ukuboza 2017

Bugesera FC vs AS Kigali – Nyamata

Miroplast FC vs Rayon Sports – Mironko

Kirehe FC vs Marines – Kirehe

Police FC vs Sunrise FC – Kicukiro

Tariki ya 23 Ukuboza 2017

Gicumbi FC vs Amagaju – Gicumbi

APR FC vs Musanze – Sitade ya Kigali

Tariki ya 24 Ukuboza 2017

Kiyovu Sports vs Etincelles – Mumena

Espoir FC vs Mukura VS – Rusizi

Umunsi wa 11

Tariki ya 26 Ukuboza 2017

Musanze FC vs Gicumbi FC – Sitade Ubworoherane

Rayon Sports vs APR FC – Sitade Amahoro

Etincelles FC vs Miroplast FC – Sitade Umuganda

Tariki ya 27 Ukuboza 2017

Kiyovu Sports vs Bugesera FC – Mumena

Marines FC vs Police FC – Sitade Umuganda

Tariki ya 28 Ukuboza 2017

AS Kigali vs Kirehe FC – Sitade ya Kigali

Sunrise FC vs Mukura VS – Nyagatare

Amagaju vs Espoir FC (umukino uzabera kuri Sitade yaNyagisenyi mu Karere ka Nyamagabe).

2017-12-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Rutahizamu wa APR FC n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Byiringiro Lague arifuzwa na FC Zurich yo mu Busuwisi, biravugwa ko izamutangaho ibihumbi 265€.

Rutahizamu wa APR FC n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Byiringiro Lague arifuzwa na FC Zurich yo mu Busuwisi, biravugwa ko izamutangaho ibihumbi 265€.

Ubwanditsi 03 Mar 2021
Perezida Kagame yafunguye Kigali Arena, aha urubyiruko umukoro wo kugira u Rwanda igihangange

Perezida Kagame yafunguye Kigali Arena, aha urubyiruko umukoro wo kugira u Rwanda igihangange

Ubwanditsi 10 Aug 2019
FIFA yasabye Ferwafa gukemura ikibazo cya Rwemarika Félicité cyangwa ikabyikorera

FIFA yasabye Ferwafa gukemura ikibazo cya Rwemarika Félicité cyangwa ikabyikorera

Ubwanditsi 31 Jan 2018
Uwari umutoza wa Rayon Sport yeguye ku mirimo ye

Uwari umutoza wa Rayon Sport yeguye ku mirimo ye

Ubwanditsi 25 Feb 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abakobwa 300 nibo bazagaragara mundirimbo ya Senderi agiye gusohora amashusho yayo
IMIKINO

Abakobwa 300 nibo bazagaragara mundirimbo ya Senderi agiye gusohora amashusho yayo

Ubwanditsi 24 Feb 2016
Kaminuza ya Makerere yunze ubumwe na RNC na CMI mu mugambi wo guhungabanya u Rwanda?
INKURU NYAMUKURU

Kaminuza ya Makerere yunze ubumwe na RNC na CMI mu mugambi wo guhungabanya u Rwanda?

Ubwanditsi 21 Mar 2020
Imbonerakure mu Burundi zikomeje imyitozo ya gisirikare, zitegura kujya kwiyahura mu ntambara na M23.
Amakuru

Imbonerakure mu Burundi zikomeje imyitozo ya gisirikare, zitegura kujya kwiyahura mu ntambara na M23.

Ubwanditsi 19 Aug 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru