• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abadepite basabye ko inzego zirindwi zakoresheje amafaranga mu buryo budasobanutse zikurikiranwa   |   05 Aug 2026

  • Nyuma y’imyaka 28 Rayon Sports isubiye ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup   |   05 Aug 2026

  • Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe   |   05 Aug 2026

  • Ingoma Ibihumbi u Rwanda ruticaranye ku meza n’abaruhekuye bashaka kwambara Uruhu rwera kandi ari ibirura   |   04 Aug 2026

  • Omar Artan witegura gusifura UEFA Super Cup izahuza PSG na Aston Villa, azasifura umumukino wa nyuma wa CECAFA KAGAME Cup 2026   |   03 Aug 2026

  • Rayon Sports, Gor Mahia, Jamus na Al Hilal zageze muri ½ cy’Imikino ya CECAFA Kagame Cup 2026   |   02 Aug 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Kinshasa (DRC): Umukuru w’inyeshyamba ukorana n’UBurundi n’inyeshyamba za Kayumba Nyamwasa yatawe muri yombi

Kinshasa (DRC): Umukuru w’inyeshyamba ukorana n’UBurundi n’inyeshyamba za Kayumba Nyamwasa yatawe muri yombi

Ubwanditsi 23 Jan 2019 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Amakuru dukesha Info SOS Media Burundi, agararagaza ko uyu Koloneli witwa Tawimbi Richard, ari nawe ukuriye izi nyeshyamba zitwa Gumino, zikorera muri Kivu y’Amajyepfo ho muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo. Amakuru anyuranye akaba agaragaza ko yafashwe n’ingabo za Congo Kinshasa, ku mabwiriza ubwo yari mu murwa mukuru w’icyo gihugu Kinshasa, ku wa gatatu w’icyumweru gishize 17 Mutarama 2019.

Akaba ari muri uru rwego raporo nyinshi zigaragaza ko uyu mutwe w’inyeshyamba ukorana bya hafi n’UBurundi n’imitwe yitwara gisirikare irwanya Leta y’URwanda [ RNC ] ya Gen. Kayumba Nyamwasa.

Mu mpera z’Ukuboza 2018, raporo y’Akanama ka Loni gashinzwe umutekano ku isi yagaragaje ko aka gatsiko gakorana bya hafi n’abarwanya Leta y’URwanda, gafashwa kandi kagaterwa inkunga n’UBurundi, Rujugiro Tribert na Uganda.

Raporo ikaba yaragaragaje ko, UBurundi bubagemurira intwaro, kandi bamwe muri bo, bakaba babangamiye umutekano mu karere kose. Uyu watanze itegeko ryo gufatwa kw’iyi nyeshyamba akaba ari umwe muri ba cyizigenza w’ingabo za Congo Kinshasa. Icyindi n’uko ngo yari no kuzafasha Leta y’UBurundi mu kurwanya inyeshyamba z’Abarundi zifite ibirindiro ahitwa Fizi, ho mu Majyepfo ya Congo Kinshasa.

Iri fatwa rya Koloneri Tawimbi Richard rikaba rihuriranye no gutoroka mu gisirikare kw’abasaga 200, bo mu gatsiko ka Kayumba Nyamwasa nyuma y’isubiranamwo ry’aba barwanyi. Nyirabayazana ngo n’imibereho bibi,dore ko inkunga bahabwa na Rujugiro iribwa n’abayobozi ba Leta y’u Burundi.

2019-01-23
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ibishushungwa bya P5 na MRCD mu mugambi wo kwihuza, Kayumba Nyamwasa yahiriye mu nzu abura aho apfunda imitwe

Ibishushungwa bya P5 na MRCD mu mugambi wo kwihuza, Kayumba Nyamwasa yahiriye mu nzu abura aho apfunda imitwe

Ubwanditsi 17 Dec 2019
Tribert Rujugiro: Umunyamabi n’umunyaburiganya ruharwa wahindutse umuherwe

Tribert Rujugiro: Umunyamabi n’umunyaburiganya ruharwa wahindutse umuherwe

Ubwanditsi 09 Aug 2019
Perezida Ndayishimiye yiyemereye ko yatanze ruswa ku manywa y’ihangu

Perezida Ndayishimiye yiyemereye ko yatanze ruswa ku manywa y’ihangu

Ubwanditsi 08 Apr 2025
UMUGAMBI WO GUSIGA FPR INKOTANYI ICYAHA CYA JENOSIDE  WAPFUBYE UGITEGURWA

UMUGAMBI WO GUSIGA FPR INKOTANYI ICYAHA CYA JENOSIDE  WAPFUBYE UGITEGURWA

Ubwanditsi 15 May 2020

6 Ibitekerezo

  1. Emmy
    January 23, 20191:17 pm -

    Imana ntishobora kwemerera abantu bafite umugambi wo kumena amaraso yabana b’Urwanda nibateshwe bate.bazagira umuvumo kandi ntibazahirwa nibyo barimo.

    Subiza
  2. Btwenge
    January 23, 20193:57 pm -

    UVUZUKURI. EMMY
    UMENA AMARASO YUMUNTU
    UWARIWE WESE
    YAMAZE KUBA RUVUMWA
    IMBERE YIMANA
    AGOMBA KUZABAZWA
    AMARASO YOSE YAMENNYE
    NKUKO KAYINI YABAJIJWE
    AMARASO YA MURUMUNAWE
    ABELI. ABO NABAKOZI BA SHITANI

    Subiza
    • Sunday
      January 23, 20196:23 pm -

      Ubwenge buke bwa DMI burusha amaguru yabo. Ubwose bashize? Ibicucu

      Subiza
      • joo
        January 24, 201910:44 am -

        wowe nabo mufatanyije uwo mugambi mubisha ntimuzamenya uko murangiye mwankoramaraso mwe, Urwanda dufite Imana

        Subiza
        • Sunday
          January 25, 20191:36 pm -

          Wowe joo ubwire Kagome ngo uko aryama tuba tumurora aho agiye tubaturi hafi. Igihe kye kyashize

          Subiza
  3. Josh
    January 28, 20194:39 pm -

    Yewe murabanyamakuru bumwuga kabisa muzi gutara amakuru murusha rtlm

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Infantino uyobora FIFA
IMIKINO

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Infantino uyobora FIFA

Ubwanditsi 26 Oct 2018
Muri EAC Tanzania na Uganda nibyo bihugu bitigeze bipfusha umuperezida akiri ku butegetsi
Mu Rwanda

Muri EAC Tanzania na Uganda nibyo bihugu bitigeze bipfusha umuperezida akiri ku butegetsi

Ubwanditsi 28 Mar 2017
Ese Komisiyo y’Amatora ikwiriye kwakira Kandidatire ya Diane Shima Rwigara ?
POLITIKI

Ese Komisiyo y’Amatora ikwiriye kwakira Kandidatire ya Diane Shima Rwigara ?

Ubwanditsi 30 May 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru