• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Kinshasa (DRC): Umukuru w’inyeshyamba ukorana n’UBurundi n’inyeshyamba za Kayumba Nyamwasa yatawe muri yombi

Kinshasa (DRC): Umukuru w’inyeshyamba ukorana n’UBurundi n’inyeshyamba za Kayumba Nyamwasa yatawe muri yombi

Ubwanditsi 23 Jan 2019 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Amakuru dukesha Info SOS Media Burundi, agararagaza ko uyu Koloneli witwa Tawimbi Richard, ari nawe ukuriye izi nyeshyamba zitwa Gumino, zikorera muri Kivu y’Amajyepfo ho muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo. Amakuru anyuranye akaba agaragaza ko yafashwe n’ingabo za Congo Kinshasa, ku mabwiriza ubwo yari mu murwa mukuru w’icyo gihugu Kinshasa, ku wa gatatu w’icyumweru gishize 17 Mutarama 2019.

Akaba ari muri uru rwego raporo nyinshi zigaragaza ko uyu mutwe w’inyeshyamba ukorana bya hafi n’UBurundi n’imitwe yitwara gisirikare irwanya Leta y’URwanda [ RNC ] ya Gen. Kayumba Nyamwasa.

Mu mpera z’Ukuboza 2018, raporo y’Akanama ka Loni gashinzwe umutekano ku isi yagaragaje ko aka gatsiko gakorana bya hafi n’abarwanya Leta y’URwanda, gafashwa kandi kagaterwa inkunga n’UBurundi, Rujugiro Tribert na Uganda.

Raporo ikaba yaragaragaje ko, UBurundi bubagemurira intwaro, kandi bamwe muri bo, bakaba babangamiye umutekano mu karere kose. Uyu watanze itegeko ryo gufatwa kw’iyi nyeshyamba akaba ari umwe muri ba cyizigenza w’ingabo za Congo Kinshasa. Icyindi n’uko ngo yari no kuzafasha Leta y’UBurundi mu kurwanya inyeshyamba z’Abarundi zifite ibirindiro ahitwa Fizi, ho mu Majyepfo ya Congo Kinshasa.

Iri fatwa rya Koloneri Tawimbi Richard rikaba rihuriranye no gutoroka mu gisirikare kw’abasaga 200, bo mu gatsiko ka Kayumba Nyamwasa nyuma y’isubiranamwo ry’aba barwanyi. Nyirabayazana ngo n’imibereho bibi,dore ko inkunga bahabwa na Rujugiro iribwa n’abayobozi ba Leta y’u Burundi.

2019-01-23
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Kayumba Nyamwasa ntashaka kumva izina Rutabana, mushiki we Emerence Kayijuka yavuze ibyo amuhora, naho Frank Ntwali aritwaza Rushyashya

Kayumba Nyamwasa ntashaka kumva izina Rutabana, mushiki we Emerence Kayijuka yavuze ibyo amuhora, naho Frank Ntwali aritwaza Rushyashya

Ubwanditsi 02 Dec 2019
DRC: Umugore witwa NZIGIRA Aimerance wari ugemuriye Amasasu Inyeshyamba za FPP zifashwa na Uganda yatawe muri yombi

DRC: Umugore witwa NZIGIRA Aimerance wari ugemuriye Amasasu Inyeshyamba za FPP zifashwa na Uganda yatawe muri yombi

Ubwanditsi 07 Nov 2019
Ingabire Victoire Umuhoza Yongeye Gukubitirwa Ahareba Inzega

Ingabire Victoire Umuhoza Yongeye Gukubitirwa Ahareba Inzega

RUSHYASHYA 27 Mar 2026
Bombori bombori muri RNC, Prossy Bonabana na Sula Nuwamanya bitandukanyije nayo, impamvu nyamukuru bapfuye ni amafaranga

Bombori bombori muri RNC, Prossy Bonabana na Sula Nuwamanya bitandukanyije nayo, impamvu nyamukuru bapfuye ni amafaranga

Ubwanditsi 13 Jul 2021

6 Ibitekerezo

  1. Emmy
    January 23, 20191:17 pm -

    Imana ntishobora kwemerera abantu bafite umugambi wo kumena amaraso yabana b’Urwanda nibateshwe bate.bazagira umuvumo kandi ntibazahirwa nibyo barimo.

    Subiza
  2. Btwenge
    January 23, 20193:57 pm -

    UVUZUKURI. EMMY
    UMENA AMARASO YUMUNTU
    UWARIWE WESE
    YAMAZE KUBA RUVUMWA
    IMBERE YIMANA
    AGOMBA KUZABAZWA
    AMARASO YOSE YAMENNYE
    NKUKO KAYINI YABAJIJWE
    AMARASO YA MURUMUNAWE
    ABELI. ABO NABAKOZI BA SHITANI

    Subiza
    • Sunday
      January 23, 20196:23 pm -

      Ubwenge buke bwa DMI burusha amaguru yabo. Ubwose bashize? Ibicucu

      Subiza
      • joo
        January 24, 201910:44 am -

        wowe nabo mufatanyije uwo mugambi mubisha ntimuzamenya uko murangiye mwankoramaraso mwe, Urwanda dufite Imana

        Subiza
        • Sunday
          January 25, 20191:36 pm -

          Wowe joo ubwire Kagome ngo uko aryama tuba tumurora aho agiye tubaturi hafi. Igihe kye kyashize

          Subiza
  3. Josh
    January 28, 20194:39 pm -

    Yewe murabanyamakuru bumwuga kabisa muzi gutara amakuru murusha rtlm

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umunyamabanga wa APR FC wagize ibyago agarutse i Kigali igitaraganya
IMIKINO

Umunyamabanga wa APR FC wagize ibyago agarutse i Kigali igitaraganya

Ubwanditsi 06 Mar 2018
Indimi ebyiri za  Perezida Museveni  mugihe cy’urugamba rwa RPF  rwo kubohora igihugu [ VIDEO ]
INKURU NYAMUKURU

Indimi ebyiri za Perezida Museveni mugihe cy’urugamba rwa RPF rwo kubohora igihugu [ VIDEO ]

Ubwanditsi 11 Sep 2018
Car Free Day mu mujyi wa Kigali yagarutse hibutswa ko Siporo izakorwa hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Koronavirusi.
Amakuru

Car Free Day mu mujyi wa Kigali yagarutse hibutswa ko Siporo izakorwa hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Koronavirusi.

Ubwanditsi 22 May 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru