• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Visit Rwanda n’ikipe ya Aston Villa yo mu gihugu cy’u Bwongereza basinyanye amasezerano y’ubufatanye   |   14 Jul 2026

  • AMAFOTO – Girumugisha yabaye umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’u Rwanda ahembwa imodoka ya miliyoni 15 Frw   |   13 Jul 2026

  • Iperereza ku rupfu rwa ruharwa Kabuga Félicien: Yapfiriye mu cyumba cye nyuma yo guhabwa ifunguro, yazize umutima   |   13 Jul 2026

  • Perezida Kagame arasezera Sheikh Hamad wagize Qatar igihangange   |   13 Jul 2026

  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Kinshasa (DRC): Umukuru w’inyeshyamba ukorana n’UBurundi n’inyeshyamba za Kayumba Nyamwasa yatawe muri yombi

Kinshasa (DRC): Umukuru w’inyeshyamba ukorana n’UBurundi n’inyeshyamba za Kayumba Nyamwasa yatawe muri yombi

Ubwanditsi 23 Jan 2019 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Amakuru dukesha Info SOS Media Burundi, agararagaza ko uyu Koloneli witwa Tawimbi Richard, ari nawe ukuriye izi nyeshyamba zitwa Gumino, zikorera muri Kivu y’Amajyepfo ho muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo. Amakuru anyuranye akaba agaragaza ko yafashwe n’ingabo za Congo Kinshasa, ku mabwiriza ubwo yari mu murwa mukuru w’icyo gihugu Kinshasa, ku wa gatatu w’icyumweru gishize 17 Mutarama 2019.

Akaba ari muri uru rwego raporo nyinshi zigaragaza ko uyu mutwe w’inyeshyamba ukorana bya hafi n’UBurundi n’imitwe yitwara gisirikare irwanya Leta y’URwanda [ RNC ] ya Gen. Kayumba Nyamwasa.

Mu mpera z’Ukuboza 2018, raporo y’Akanama ka Loni gashinzwe umutekano ku isi yagaragaje ko aka gatsiko gakorana bya hafi n’abarwanya Leta y’URwanda, gafashwa kandi kagaterwa inkunga n’UBurundi, Rujugiro Tribert na Uganda.

Raporo ikaba yaragaragaje ko, UBurundi bubagemurira intwaro, kandi bamwe muri bo, bakaba babangamiye umutekano mu karere kose. Uyu watanze itegeko ryo gufatwa kw’iyi nyeshyamba akaba ari umwe muri ba cyizigenza w’ingabo za Congo Kinshasa. Icyindi n’uko ngo yari no kuzafasha Leta y’UBurundi mu kurwanya inyeshyamba z’Abarundi zifite ibirindiro ahitwa Fizi, ho mu Majyepfo ya Congo Kinshasa.

Iri fatwa rya Koloneri Tawimbi Richard rikaba rihuriranye no gutoroka mu gisirikare kw’abasaga 200, bo mu gatsiko ka Kayumba Nyamwasa nyuma y’isubiranamwo ry’aba barwanyi. Nyirabayazana ngo n’imibereho bibi,dore ko inkunga bahabwa na Rujugiro iribwa n’abayobozi ba Leta y’u Burundi.

2019-01-23
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umwihariko w’umwicanyi rurangiranwa Jean Baptiste Gatete wise ubuhiri “nta mpongano y’umwanzi” bwamaze Abatutsi muri Jenoside

Umwihariko w’umwicanyi rurangiranwa Jean Baptiste Gatete wise ubuhiri “nta mpongano y’umwanzi” bwamaze Abatutsi muri Jenoside

Ubwanditsi 12 Apr 2022
Uganda: Gen Kale Kayihura mu rukiko bamushakiye ibyaha bidasobanutse

Uganda: Gen Kale Kayihura mu rukiko bamushakiye ibyaha bidasobanutse

Ubwanditsi 24 Aug 2018
Muri Emirates na KCC, ‘Visit Rwanda’ yabaye intero ku mukino wa mbere wa Arsenal muri Premier League

Muri Emirates na KCC, ‘Visit Rwanda’ yabaye intero ku mukino wa mbere wa Arsenal muri Premier League

Ubwanditsi 13 Aug 2018
Ukuri ku irigiswa rya Ben Rutabana:  Urukiko Rukuru rwa Kampala rwahishuye ko ari mu maboko ya CMI, rusaba ko aburanishwa

Ukuri ku irigiswa rya Ben Rutabana: Urukiko Rukuru rwa Kampala rwahishuye ko ari mu maboko ya CMI, rusaba ko aburanishwa

Ubwanditsi 24 Feb 2020

6 Ibitekerezo

  1. Emmy
    January 23, 20191:17 pm -

    Imana ntishobora kwemerera abantu bafite umugambi wo kumena amaraso yabana b’Urwanda nibateshwe bate.bazagira umuvumo kandi ntibazahirwa nibyo barimo.

    Subiza
  2. Btwenge
    January 23, 20193:57 pm -

    UVUZUKURI. EMMY
    UMENA AMARASO YUMUNTU
    UWARIWE WESE
    YAMAZE KUBA RUVUMWA
    IMBERE YIMANA
    AGOMBA KUZABAZWA
    AMARASO YOSE YAMENNYE
    NKUKO KAYINI YABAJIJWE
    AMARASO YA MURUMUNAWE
    ABELI. ABO NABAKOZI BA SHITANI

    Subiza
    • Sunday
      January 23, 20196:23 pm -

      Ubwenge buke bwa DMI burusha amaguru yabo. Ubwose bashize? Ibicucu

      Subiza
      • joo
        January 24, 201910:44 am -

        wowe nabo mufatanyije uwo mugambi mubisha ntimuzamenya uko murangiye mwankoramaraso mwe, Urwanda dufite Imana

        Subiza
        • Sunday
          January 25, 20191:36 pm -

          Wowe joo ubwire Kagome ngo uko aryama tuba tumurora aho agiye tubaturi hafi. Igihe kye kyashize

          Subiza
  3. Josh
    January 28, 20194:39 pm -

    Yewe murabanyamakuru bumwuga kabisa muzi gutara amakuru murusha rtlm

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida  Kagame yakomoje ku ishimutwa ry’abanyarwanda muri Uganda
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame yakomoje ku ishimutwa ry’abanyarwanda muri Uganda

Ubwanditsi 17 Dec 2018
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Ikennye itunze Cobalt nyinshi ku Isi: Ubundi izira iki?
Amakuru

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Ikennye itunze Cobalt nyinshi ku Isi: Ubundi izira iki?

Ubwanditsi 03 Aug 2025
Perezida wa “CAF”Ahmad Ahmad yavuze ko ntacyo yaganira na Perezida wa FERWAFA Nzamwita Vincent De Gaulle
IMIKINO

Perezida wa “CAF”Ahmad Ahmad yavuze ko ntacyo yaganira na Perezida wa FERWAFA Nzamwita Vincent De Gaulle

Ubwanditsi 13 Mar 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru