• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire   |   15 Jan 2026

  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Amavubi yitegura gukina na Ethiopia muri CHAN2023 yahamagawe, u Rwanda rw’abari munsi y’imyaka 23 bazahura na Libya mu ijonjora ribanza rya CAN2023

Amavubi yitegura gukina na Ethiopia muri CHAN2023 yahamagawe, u Rwanda rw’abari munsi y’imyaka 23 bazahura na Libya mu ijonjora ribanza rya CAN2023

Editorial 18 Aug 2022 Amakuru, IMIKINO

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, Carlos Alos Ferrer yaraye ashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 24 bitegura guhatana na Ethiopia mu ijonjora rya kabiri ryo gushaka itike yo gukina igikombe cya Afurika ku bakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo.


Ni irushanwa rizwi nka CHAN (The African Nations Championship), ni irushana rihuza abakinnyi bakina imbere muri shanmpiyona z’iwabo mu bihugu bitandukanye bihuriye mu impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika.


Muri urwo rutonde hagaragaramo amwe mu mazina mashya ahamagawe bwa mbere, harimo myugariro wa Rayon Sports Ganijuru Didier, Niyibizi Ramadhan ukinira ikipe ya APR FC, aha harimo kandi Rwatubyaye Abdoul winjiye muri shampiyona y’u Rwanda avuye muriMacedonia, gusa kuri we si ubwambere agaragara mu Amavubi.

Nk’uko byatangajwe na FERWAFA, ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, aba bakinnyi bahamagawe bazatangira umwiherero ku cyumweru tariki 21 Kanama 2022.


Umukino ubanza uzabera muri Tanzania kuri Benjamin Mkapa Stadium tariki ya 26 Kanama 2022 naho uwi kwishyura wo uzabera i Huye tariki ya 3 Nzeri 2022.

Urutonde rw’abakinnyi 24 bahamagawe na Carlos Alos: 

Abanyezamu:
Ntwari Fiacre
Pierre Ishimwe
Emery Mvuyekure

Abakina inyuma:
Claude Niyomugabo
Samuel Ndizeye
Prince Buregeya
Marc Nkubana
Elie Ganijuru
Thierry Ndayishimiye
Abdul Rwatubyaye
Ali Serumogo
Clement Niyigena

Abakina hagati:
Olivier Niyonzima
Blaise Nishimwe
Bonheur Mugisha
Jean Bosco Ruboneka
Eric Nsabimana
Haruna Niyonzima

Abataha izamu:
Tuyisenge Jacques
Jean Bertrand Iradukunda
Ramadhan Niyibizi
Muhozi Fred
Savio Nshuti Dominique
Antoine Dominique Ndayishimiye

Kuri uyu wa kane kandi habaye tombola y’uko amakipe azahura mu ijonjora ribanza ry’igikombe cya Afurika 2023 cy’abari munsi y’imyaka 23, u Rwanda rwisanze ruzahura na Libya ndetse ikipe izakomeza ikazahura na Mali mu ijonjora rya kabiri.


Biteganyijwe ko umukino ubanza uzakinwa hagati ya tariki ya 21 na 23 Ukwakira. naho uwo kwishyura uzabe hagati ya 28 na 30 Ukwakira 2022.

Uko amakipe yatomboranye azahurira mu ijonjora rya mbere rya CAN 2023 U-23:

Guinea Bissau v Niger
Tanzania v South Sudan
Eswatini v Botswana
Mauritania v Togo
Ethiopia v DR Congo
Mozambique v Mauritius
Burkina Faso v Gambia
Madagascar v Seychelles
Angola vs Namibia

2022-08-18
Editorial

IZINDI NKURU

Shampiyona y’u Rwanda irakomeza hakinwa umunsi wa 7, umukino wa Police FC na Gicumbi FC wahinduriwe amasaha

Shampiyona y’u Rwanda irakomeza hakinwa umunsi wa 7, umukino wa Police FC na Gicumbi FC wahinduriwe amasaha

Editorial 04 Dec 2021
Kwibuka nyabyo Intwari zarwitangiye, ni ukwirinda gutatira igihango twagiranye nazo

Kwibuka nyabyo Intwari zarwitangiye, ni ukwirinda gutatira igihango twagiranye nazo

Editorial 01 Feb 2022
Champions League: Tottenham yasezerewe, RB Leipzig na Atalanta zibimburira izindi muri ¼

Champions League: Tottenham yasezerewe, RB Leipzig na Atalanta zibimburira izindi muri ¼

Editorial 11 Mar 2020
Ipfundo ry’urwango rutera abanyaburayi gusebya u Rwanda mu bitangazamakuru

Ipfundo ry’urwango rutera abanyaburayi gusebya u Rwanda mu bitangazamakuru

Editorial 11 Jun 2025

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Minisitiri Busingye yatashye amacumbi agezweho yubakiwe abapolisi 1500, atwaye asaga miliyari 2
Mu Rwanda

Minisitiri Busingye yatashye amacumbi agezweho yubakiwe abapolisi 1500, atwaye asaga miliyari 2

Editorial 03 Nov 2017
Tubane James yeruye avuga impamvu yatumye asohoka muri Rayon Sports
IMIKINO

Tubane James yeruye avuga impamvu yatumye asohoka muri Rayon Sports

Editorial 26 Aug 2016
Perezida Buhari gusubira mu Bwongereza bitumye abaturage bongera gutekereza yuko atagikize
Mu Rwanda

Perezida Buhari gusubira mu Bwongereza bitumye abaturage bongera gutekereza yuko atagikize

Editorial 09 May 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru