• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Amavubi yitegura gukina na Ethiopia muri CHAN2023 yahamagawe, u Rwanda rw’abari munsi y’imyaka 23 bazahura na Libya mu ijonjora ribanza rya CAN2023

Amavubi yitegura gukina na Ethiopia muri CHAN2023 yahamagawe, u Rwanda rw’abari munsi y’imyaka 23 bazahura na Libya mu ijonjora ribanza rya CAN2023

Ubwanditsi 18 Aug 2022 Amakuru, IMIKINO

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, Carlos Alos Ferrer yaraye ashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 24 bitegura guhatana na Ethiopia mu ijonjora rya kabiri ryo gushaka itike yo gukina igikombe cya Afurika ku bakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo.


Ni irushanwa rizwi nka CHAN (The African Nations Championship), ni irushana rihuza abakinnyi bakina imbere muri shanmpiyona z’iwabo mu bihugu bitandukanye bihuriye mu impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika.


Muri urwo rutonde hagaragaramo amwe mu mazina mashya ahamagawe bwa mbere, harimo myugariro wa Rayon Sports Ganijuru Didier, Niyibizi Ramadhan ukinira ikipe ya APR FC, aha harimo kandi Rwatubyaye Abdoul winjiye muri shampiyona y’u Rwanda avuye muriMacedonia, gusa kuri we si ubwambere agaragara mu Amavubi.

Nk’uko byatangajwe na FERWAFA, ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, aba bakinnyi bahamagawe bazatangira umwiherero ku cyumweru tariki 21 Kanama 2022.


Umukino ubanza uzabera muri Tanzania kuri Benjamin Mkapa Stadium tariki ya 26 Kanama 2022 naho uwi kwishyura wo uzabera i Huye tariki ya 3 Nzeri 2022.

Urutonde rw’abakinnyi 24 bahamagawe na Carlos Alos: 

Abanyezamu:
Ntwari Fiacre
Pierre Ishimwe
Emery Mvuyekure

Abakina inyuma:
Claude Niyomugabo
Samuel Ndizeye
Prince Buregeya
Marc Nkubana
Elie Ganijuru
Thierry Ndayishimiye
Abdul Rwatubyaye
Ali Serumogo
Clement Niyigena

Abakina hagati:
Olivier Niyonzima
Blaise Nishimwe
Bonheur Mugisha
Jean Bosco Ruboneka
Eric Nsabimana
Haruna Niyonzima

Abataha izamu:
Tuyisenge Jacques
Jean Bertrand Iradukunda
Ramadhan Niyibizi
Muhozi Fred
Savio Nshuti Dominique
Antoine Dominique Ndayishimiye

Kuri uyu wa kane kandi habaye tombola y’uko amakipe azahura mu ijonjora ribanza ry’igikombe cya Afurika 2023 cy’abari munsi y’imyaka 23, u Rwanda rwisanze ruzahura na Libya ndetse ikipe izakomeza ikazahura na Mali mu ijonjora rya kabiri.


Biteganyijwe ko umukino ubanza uzakinwa hagati ya tariki ya 21 na 23 Ukwakira. naho uwo kwishyura uzabe hagati ya 28 na 30 Ukwakira 2022.

Uko amakipe yatomboranye azahurira mu ijonjora rya mbere rya CAN 2023 U-23:

Guinea Bissau v Niger
Tanzania v South Sudan
Eswatini v Botswana
Mauritania v Togo
Ethiopia v DR Congo
Mozambique v Mauritius
Burkina Faso v Gambia
Madagascar v Seychelles
Angola vs Namibia

2022-08-18
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Imibonano mpuzabitsina mbere y’ubukwe ni icyaha cyangwa ni ngombwa ko ibaho?

Imibonano mpuzabitsina mbere y’ubukwe ni icyaha cyangwa ni ngombwa ko ibaho?

Ubwanditsi 15 Feb 2016
Ubushyamirane muri FDLR bwakajije umurego, Gen Byiringiro Victor yaba agiye kwirukanwa ku buyobozi bw’uyu mutwe w’iterabwoba, agasimburwa na ruharwa Sirilo HENGANZE.

Ubushyamirane muri FDLR bwakajije umurego, Gen Byiringiro Victor yaba agiye kwirukanwa ku buyobozi bw’uyu mutwe w’iterabwoba, agasimburwa na ruharwa Sirilo HENGANZE.

Ubwanditsi 23 Nov 2020
AMAFOTO – Girumugisha yabaye umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’u Rwanda ahembwa imodoka ya miliyoni 15 Frw

AMAFOTO – Girumugisha yabaye umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’u Rwanda ahembwa imodoka ya miliyoni 15 Frw

RUSHYASHYA 13 Jul 2026
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Ikennye itunze Cobalt nyinshi ku Isi: Ubundi izira iki?

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Ikennye itunze Cobalt nyinshi ku Isi: Ubundi izira iki?

Ubwanditsi 03 Aug 2025

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

CHAN2016:Mali izahura kumukino wanyuma na RDC Congo
IMIKINO

CHAN2016:Mali izahura kumukino wanyuma na RDC Congo

Ubwanditsi 06 Feb 2016
Rwanda women Convention ya mbere izateranira i Montreal muri Canada hagati y’amataliki 16-17 Nzeri 2016.
POLITIKI

Rwanda women Convention ya mbere izateranira i Montreal muri Canada hagati y’amataliki 16-17 Nzeri 2016.

Ubwanditsi 29 Aug 2016
Urujijo k’ Urupfu rw’Umupolisi w’u Rwanda wirasiye muri Centrafrique
ITOHOZA

Urujijo k’ Urupfu rw’Umupolisi w’u Rwanda wirasiye muri Centrafrique

Ubwanditsi 09 Aug 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru