• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Abagore barasabwa  gutinyuka   umwuga  wa  sinema

Abagore barasabwa  gutinyuka   umwuga  wa  sinema

Editorial 16 Mar 2018 Mu Rwanda

Iri  serukiramuco  nyarwanda   Urusaro  International  Women  Film Festival  ritegurwa  n’Abanyarwandakazi , rikabera  mu  Rwanda ku  nshuro  ya  gatatu  ryabereye  I  Kigali ,ryahariwe  abagore  bakora  umwugawa  Cinema.

Talikiya  3  Werurwe  2018  nibwo  mu  Rwanda  hatangijwe  iserukiramuco  ry’abagore  bakora  Cinema mu Rwanda, rimara  icyumweru. hatanzwe   amahugurwa  bayahabwa  n’ibyamamare  binyuranye byitabiriye iserukiramuco  baturutse  mu  bihugu  bitandukanye  by’Afurika.

Ku  munsi  wambere  ubwo  hatangizwaga  iriserukiramuco  ryafunguwena  Claudine  Umuringa uhagarariye iriserukiramuco  hamwe  na  Murekeyisoni  Jacqueline  umuyobozi   mukuru  w’Urusaro.mu itangizwa  ry’irserukiramuco   hahawe   ikaze   abakora  umwugawa  Cinema  hamwe  n’abagomba kubahugura  bakabongerera  ubumenyi  haba  mu  gukina   no   gutunganya     filimi.

Muri  iriserukiramuco  bagiye  banahemba  bamwe mubitwayeneza  mu  gukora  filimi.Dusabejambo    Clementine yahawe   igihembo   cy’umugore   w’indashyikirwa  umazekwegukana  ibihembompuzamahanga  biturutse  kuri  filimi akora   yagize  ati”ikigihembo  mpawe  kubwanjye  biranshimishije  ariko  birampa  n’imbaraga  zogukomeza gukora  neza  kandi  mbona  kubwanjye  binyereka  ko  ari  bwo  tugitangira  tugifite  inzirandende  mu  gukomeza  kubaka  sinemanyarwanda”.

Muri  iriserukiramuco  herekanwe  filimi  ndende  yitwa  ‘Felecite’  ya  Alain Gomes  iri  mu zakunzwe zikanegukana  ibihembo  bitandukanye  bikomeye  kumugabane w’Afurika.

Mvele  Pauline  uhagarariye  iserukiramuco  mbarankuru  mu  gihugucya  Gabon yashime  urwego sinema  nyarwanda  igezeho  anashishikariza  abanyarwandakazi  kwitabira  umwuga  wasinema  ati”abagore  bahura  n’imbogamizi  mu mwuga  wa  Cinema  ariko ntibagomba  gucika  intege nihereyeho  maze  imyakaisaga  10  kandimbona  hari  aho  navuye  n’ahongeze”.

Akomeza  avuga  ko  Abagore  bahura  n’imbogamizi  nyinshi  mu itangira  ariko  uko  imins  yicuma  bigenda  bihinduka  bitewe  n’uko  ubuyobozi  bugenda  bubumva,  ubutwateye  imbere  bigaragarira   buri  wese  kandi  sinema  dukora  zihindura,zikanigisha benshi.

Murekeyisoni  Jacqueline  utegura  iriserukiramuco  yavuze ko  yatekereje  ikigikorwa  kugirango  abagore  bakora  Cinema babashe  guhuza  ibitekerezo  banarebere  hamwe  icyakomeza  kubatezaimbere . hatangwa   amahugurwa  kubakina  filimi, abaziyobora  tukabahuza   n’abo  mu bindi  bihugu  kugirango  bungurane  ibitekerezo byo  kwiteza  imbere  muri  uyu  mwugawa Cinema.

Minisitiri w’Umuco na Siporo, Uwacu Julienne

Akomeza  avuga  ko  uyu mwaka  bagiye  hibanzwe  kubashyitsi  bazwi  mu   mwugawa   Cinema y’Afurika kugira  ngo  nabo   barebe  urwego    Abanyarwakazi  bagezeho  ngo  ntabwo   birangirira  ati” nubwo  turangiye  ibi  bikorwa  ntiturabona neza  icyerekezo  cy’ahazaza  ariko tugeze ku rwego rushimishije   kandi   hagaragaririra  buri  wese “.

iriserukiramuco   gusa  kuko  nanyuma  yahoo  bakomeza  kubakurikirana bareba niba ibyo bahuguwemo hari  akamaro  byatanze.

Mu  isozwa  rw’iri  serukiramuco  Minisitiri  w’Umucona  Siporo, Uwacu  Julienne   yavuze  ko  sinema   nyarwanda   igomba  kuba  igikoresho  kinyuzwamo  ubutumwa  ati”byagaragaye  ko sinema  nyarwanda  yacishwamo  ubutumwa  bwigisha  kandi  bugamije  guteza  imbere  umunyandakazi  n’abanyarwanda  muri  rusange  hashingiwe  ku  iterambere  ry’igihgu”.

Minisitiri  Uwacu  akaba  yasoje  yizeza  buri wese  uzagaragaza  inzira  iboneye  mu  guteza cinema  nyarwanda I mbere  inkunga  iyo  ari  yo  yose.

 

Nkundiye Eric Bertrand

2018-03-16
Editorial

IZINDI NKURU

Umunsi wa 10 wa shampiyona usize Tchiamas watozaga Gicumbi FC asezeye, abatoza bakuru ba APR FC na Police FC ntibatoje, ibyaranze uyu munsi

Umunsi wa 10 wa shampiyona usize Tchiamas watozaga Gicumbi FC asezeye, abatoza bakuru ba APR FC na Police FC ntibatoje, ibyaranze uyu munsi

Editorial 23 Dec 2021
Abayobozi ba Polisi z’u Rwanda na Tanzaniya bahuye baganira ku mutekano w’ibihugu byombi

Abayobozi ba Polisi z’u Rwanda na Tanzaniya bahuye baganira ku mutekano w’ibihugu byombi

Editorial 05 Mar 2017
World Ventures yahagaritswe na RDB, yahakanye gukorera mu Rwanda

World Ventures yahagaritswe na RDB, yahakanye gukorera mu Rwanda

Editorial 13 Sep 2018
Amafoto – Rayon Sports yatangaje ko yongereye amasezerano Muhire Kevin inasinyisha rutahizamu w’umunya-Brazil Chrismar Malta Soares

Amafoto – Rayon Sports yatangaje ko yongereye amasezerano Muhire Kevin inasinyisha rutahizamu w’umunya-Brazil Chrismar Malta Soares

Editorial 17 Oct 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ibimenyetso 6 byakwereka ko umukunzi wawe mutaberanye wamwibeshyeho
HIRYA NO HINO

Ibimenyetso 6 byakwereka ko umukunzi wawe mutaberanye wamwibeshyeho

Editorial 19 Jul 2016
PSG yageze muri 1/2 cya UEFA Champions League isezereye Bayern Munichen, rutahizamu wayo Neymar atangaza ko azaguma muri iyi kipe.
Amakuru

PSG yageze muri 1/2 cya UEFA Champions League isezereye Bayern Munichen, rutahizamu wayo Neymar atangaza ko azaguma muri iyi kipe.

Editorial 14 Apr 2021
‘Kudahuza kw’Ingabo za Afurika  nibyo bitera intambara’ Gen Nyamvumba
Mu Mahanga

‘Kudahuza kw’Ingabo za Afurika nibyo bitera intambara’ Gen Nyamvumba

Editorial 02 Nov 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru