• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abakinnyi 19 muri 28 bahamagawe n’umutoza Stephen Constantine witegura gukina na Liberia na Cap-Vert, bakina hanze y’u Rwanda   |   09 Sep 2026

  • Irabu: Ibigarahamwe mwitege iyi nkota ya menge ivuye muri Oman nimukoronge ariko nimurenga wa murongo izabarya   |   09 Sep 2026

  • Cricket: U Rwanda rwitwaye neza mu mukino ufungura irushanwa rya ILT20 Continent Cup 2026   |   08 Sep 2026

  • Byatsi Baker yongeye kwikirigita araseka, mu mugambi we wa mpemuke ndamuke akomeje wo kwambara urubwa rwo gusebya u Rwanda rwabyaye Nyina   |   08 Sep 2026

  • Cassa Mbungo yahamagaye ikipe y’igihugu y’u Rwanda U20, banatangira imyitozo yitegura imikino ya CECAFA izabera muri Tanzania   |   08 Sep 2026

  • Patrice Evra wakiniye Manchester United n’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, uri mu Rwanda yashimye intambwe y’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi   |   03 Sep 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Abagore barasabwa  gutinyuka   umwuga  wa  sinema

Abagore barasabwa  gutinyuka   umwuga  wa  sinema

Ubwanditsi 16 Mar 2018 Mu Rwanda

Iri  serukiramuco  nyarwanda   Urusaro  International  Women  Film Festival  ritegurwa  n’Abanyarwandakazi , rikabera  mu  Rwanda ku  nshuro  ya  gatatu  ryabereye  I  Kigali ,ryahariwe  abagore  bakora  umwugawa  Cinema.

Talikiya  3  Werurwe  2018  nibwo  mu  Rwanda  hatangijwe  iserukiramuco  ry’abagore  bakora  Cinema mu Rwanda, rimara  icyumweru. hatanzwe   amahugurwa  bayahabwa  n’ibyamamare  binyuranye byitabiriye iserukiramuco  baturutse  mu  bihugu  bitandukanye  by’Afurika.

Ku  munsi  wambere  ubwo  hatangizwaga  iriserukiramuco  ryafunguwena  Claudine  Umuringa uhagarariye iriserukiramuco  hamwe  na  Murekeyisoni  Jacqueline  umuyobozi   mukuru  w’Urusaro.mu itangizwa  ry’irserukiramuco   hahawe   ikaze   abakora  umwugawa  Cinema  hamwe  n’abagomba kubahugura  bakabongerera  ubumenyi  haba  mu  gukina   no   gutunganya     filimi.

Muri  iriserukiramuco  bagiye  banahemba  bamwe mubitwayeneza  mu  gukora  filimi.Dusabejambo    Clementine yahawe   igihembo   cy’umugore   w’indashyikirwa  umazekwegukana  ibihembompuzamahanga  biturutse  kuri  filimi akora   yagize  ati”ikigihembo  mpawe  kubwanjye  biranshimishije  ariko  birampa  n’imbaraga  zogukomeza gukora  neza  kandi  mbona  kubwanjye  binyereka  ko  ari  bwo  tugitangira  tugifite  inzirandende  mu  gukomeza  kubaka  sinemanyarwanda”.

Muri  iriserukiramuco  herekanwe  filimi  ndende  yitwa  ‘Felecite’  ya  Alain Gomes  iri  mu zakunzwe zikanegukana  ibihembo  bitandukanye  bikomeye  kumugabane w’Afurika.

Mvele  Pauline  uhagarariye  iserukiramuco  mbarankuru  mu  gihugucya  Gabon yashime  urwego sinema  nyarwanda  igezeho  anashishikariza  abanyarwandakazi  kwitabira  umwuga  wasinema  ati”abagore  bahura  n’imbogamizi  mu mwuga  wa  Cinema  ariko ntibagomba  gucika  intege nihereyeho  maze  imyakaisaga  10  kandimbona  hari  aho  navuye  n’ahongeze”.

Akomeza  avuga  ko  Abagore  bahura  n’imbogamizi  nyinshi  mu itangira  ariko  uko  imins  yicuma  bigenda  bihinduka  bitewe  n’uko  ubuyobozi  bugenda  bubumva,  ubutwateye  imbere  bigaragarira   buri  wese  kandi  sinema  dukora  zihindura,zikanigisha benshi.

Murekeyisoni  Jacqueline  utegura  iriserukiramuco  yavuze ko  yatekereje  ikigikorwa  kugirango  abagore  bakora  Cinema babashe  guhuza  ibitekerezo  banarebere  hamwe  icyakomeza  kubatezaimbere . hatangwa   amahugurwa  kubakina  filimi, abaziyobora  tukabahuza   n’abo  mu bindi  bihugu  kugirango  bungurane  ibitekerezo byo  kwiteza  imbere  muri  uyu  mwugawa Cinema.

Minisitiri w’Umuco na Siporo, Uwacu Julienne

Akomeza  avuga  ko  uyu mwaka  bagiye  hibanzwe  kubashyitsi  bazwi  mu   mwugawa   Cinema y’Afurika kugira  ngo  nabo   barebe  urwego    Abanyarwakazi  bagezeho  ngo  ntabwo   birangirira  ati” nubwo  turangiye  ibi  bikorwa  ntiturabona neza  icyerekezo  cy’ahazaza  ariko tugeze ku rwego rushimishije   kandi   hagaragaririra  buri  wese “.

iriserukiramuco   gusa  kuko  nanyuma  yahoo  bakomeza  kubakurikirana bareba niba ibyo bahuguwemo hari  akamaro  byatanze.

Mu  isozwa  rw’iri  serukiramuco  Minisitiri  w’Umucona  Siporo, Uwacu  Julienne   yavuze  ko  sinema   nyarwanda   igomba  kuba  igikoresho  kinyuzwamo  ubutumwa  ati”byagaragaye  ko sinema  nyarwanda  yacishwamo  ubutumwa  bwigisha  kandi  bugamije  guteza  imbere  umunyandakazi  n’abanyarwanda  muri  rusange  hashingiwe  ku  iterambere  ry’igihgu”.

Minisitiri  Uwacu  akaba  yasoje  yizeza  buri wese  uzagaragaza  inzira  iboneye  mu  guteza cinema  nyarwanda I mbere  inkunga  iyo  ari  yo  yose.

 

Nkundiye Eric Bertrand

2018-03-16
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Igitaramo  cy’Imbaturamugabo  kiswe ‘Kigali Intsinzi Concert’ kirategurwa  mu marembo ya Stade amahoro

Igitaramo cy’Imbaturamugabo kiswe ‘Kigali Intsinzi Concert’ kirategurwa mu marembo ya Stade amahoro

Ubwanditsi 17 Aug 2017
Ralex Logistics yasangije Ubunani Abavuye mu bikorwa by’Uburaya n’Ibiyobyabwenge, binyuze mu muryango Purpose Rwanda

Ralex Logistics yasangije Ubunani Abavuye mu bikorwa by’Uburaya n’Ibiyobyabwenge, binyuze mu muryango Purpose Rwanda

Ubwanditsi 03 Jan 2022
Doing Business 2018: U Rwanda rwanikiye ibihugu bya Afurika mu gukora amavugurura yoroshya ishoramari

Doing Business 2018: U Rwanda rwanikiye ibihugu bya Afurika mu gukora amavugurura yoroshya ishoramari

Ubwanditsi 01 Nov 2017
Uwahoze ari Visi Meya wa Musanze yangiwe kuburana yidegembya nubwo umugore yamusabiye imbabazi

Uwahoze ari Visi Meya wa Musanze yangiwe kuburana yidegembya nubwo umugore yamusabiye imbabazi

Ubwanditsi 12 Sep 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Mu cyunamo hagaragagaye ibyaha 24 by’abafite ingengabitekerezo ya Jenoside
Mu Rwanda

Mu cyunamo hagaragagaye ibyaha 24 by’abafite ingengabitekerezo ya Jenoside

Ubwanditsi 14 Apr 2017
AMAFOTO: APR FC yapimishije abakinnyi n’abakozi bayo mbere yo kujya mu mwiherero aho bitegura isubukurwa rya shampiyona izatangira muri Gicurasi.
Amakuru

AMAFOTO: APR FC yapimishije abakinnyi n’abakozi bayo mbere yo kujya mu mwiherero aho bitegura isubukurwa rya shampiyona izatangira muri Gicurasi.

Ubwanditsi 15 Apr 2021
Kigali: Umugororwa wari ukurikiranyweho icyaha cy’iterabwoba yafashwe ashaka gutoroka
Mu Rwanda

Kigali: Umugororwa wari ukurikiranyweho icyaha cy’iterabwoba yafashwe ashaka gutoroka

Ubwanditsi 26 Mar 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

31 Aug 2026
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru