• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rusesabagina nawe ubwe ni ikinyoma cyigendera   |   18 May 2026

  • AMAFOTO – Patriots BBC na APR WBBC begukanye igikombe cy’irushanwa ryo kwibuka mu bakina ari batatu kuri batatu   |   18 May 2026

  • Bombori bombori hagati ya Kayumba Placide na Pierre Celestin Rwalinda wamusimbuye ku buyobozi bwa FDU Inkingi   |   15 May 2026

  • APR FC na Rayon Sports zageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro 2026, zizahatanira miliyoni 12 z’Amafaranga y’u Rwanda   |   14 May 2026

  • Habura iminsi 3 ngo shampiyona irangire, Al Hilal yegukanye igikombe cy’icyubahiro cya BK Pro League 2025-2026   |   13 May 2026

  • Rwanda Premier League yemeje ko hazatangwa ibikombe bibiri bya shampiyona, bitandukanye n’ibyo FERWAFA yari yatangaje   |   12 May 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»ABANYARWANDA HERVE BM NA JEAN MARIE MICOMBERO BARAKEKWAHO KUBA MU BATEYE IBISASU I ZAVENTEM MU BUBILIGI ( Yavuguruwe )

ABANYARWANDA HERVE BM NA JEAN MARIE MICOMBERO BARAKEKWAHO KUBA MU BATEYE IBISASU I ZAVENTEM MU BUBILIGI ( Yavuguruwe )

Ubwanditsi 10 Apr 2016 ITOHOZA

Amakuru tumaze gutohoza neza aremeza ko umugabo witwa Herve BM bivugwa ko afite ubwenegihugu bw’u Rwanda, ariwe uri mu maboko ya Polisi mu bafatiwe mu Bubiligi bashinjwa uruhare mu bitero biheruka kugabwa ku kibuga cy’indege n’ahategerwa gari ya moshi, bigahitana abagera kuri 32 mu murwa mukuru Bruxelles.

Iki gikorwa kirakurikira itabwa muri yombi ry’abantu benshi mubo twabashije kumenya ni Micombero JM, wafashwe akekwaho kuba mu bikorwa by’iterabwoba ariko mukanya gato aza kurekurwa nkuko twabibwiwe n’abamubonye bakimutambikana. Dore ko anasanzwe abarizwa mu mutwe w’iterabwoba wa RNC, ukorana bya hafi na Islamic State. Muri uyu mukwabu udasanzwe, hashakishwaga uwari we wese waba waragize uruhare muri ibyo bitero byo kuwa 22 Werurwe.

Kuwa Gatanu w’iki cyumweru gishize, nibwo i Bruxelles hafashwe abantu batandatu barimo Mohamed Abrini ukomoka muri Maroc, umwe mu b’ingenzi bashakishwaga kubera uruhare akekwaho muri ibyo bitero, akanashinjwa uruhare mu bitero byahitanye abagera ku 130 mu Mujyi wa Paris, mu Ugushyingo umwaka ushize.

Igihe.com yatangaje ko muri abo batandatu bafashwe, babiri baje kurekurwa. Mu bagikurikiranweho “kugira uruhare mu bikorwa by’iterabwoba” harimo Osama K, Herve BN na Bilal EM.

Osama K ufite ubwenegihugu bwa Swede bivugwa ko yinjiye mu Bugereki avuye muri Syria hamwe n’abandi bimukira umwaka ushize akoresheje impapuro mpimbano.

Ubushinjacyaha bwatangaje ko yinjiye mu Budage agakomereza mu Bubiligi abifashijwemo n’ushinjwa uruhare rukomeye mu bitero by’i Paris, Salah Abdeslam nawe uheruka gufatwa.

Herve BM ufatwa nk’ufite ubwenegihugu bw’u Rwanda na Bilal EM bombi bakekwaho kuba barahaye ubufasha Abrini na Osama K.

Ubuyobozi mu gihugu cy’u Bubiligi buhamya ko abagabye ibi bitero banafitanye isano n’umutwe wa Islamic State.

-2637.jpg

Micombero JM na Herve BM

Kuri uyu wa Gatatandu w’icyumweru gishize Abapolisi bafite intwaro zikomeye bakomeje gushakisha abandi baba baragize uruhare mu bitero by’iterabwoba byashegeshe u Bubiligi, hibandwa cyane ku gace ka Etterbeek mu murwa mukuru Bruxelles, ahari inyubako ikekwa ko ariyo abagabye ibitero bakoreshaga.

Umwanditsi wacu

2016-04-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Intambara iratutumba hagati ya Hon. Gatabazi na Twagiramungu

Intambara iratutumba hagati ya Hon. Gatabazi na Twagiramungu

Ubwanditsi 12 Oct 2016
Abasirikari benshi b’Afrika y’Epfo baba barishyize mu maboko ya M23!

Abasirikari benshi b’Afrika y’Epfo baba barishyize mu maboko ya M23!

Ubwanditsi 03 Apr 2024
Amwe mu mazina y’Abafaransa ashyirwa mu majwi mu guhanura Indege ya Habyarimana

Amwe mu mazina y’Abafaransa ashyirwa mu majwi mu guhanura Indege ya Habyarimana

Ubwanditsi 17 Oct 2017
Kicukiro: Abagabo babiri bararegwa kwica umugore bashakaga gusambanya

Kicukiro: Abagabo babiri bararegwa kwica umugore bashakaga gusambanya

Ubwanditsi 17 Apr 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Urukiko ruburanisha ibyaha by’iterabwoba rwahanishije Paul Rusesabagina igihano cy’imyaka 25 naho CallixteNsabimana”Sankara” ahanishwa gufungwa imyaka 20, Bombi bahamwe n’ibyaha byo kuba mu mutwe w’iterabwoba wa FLN
Amakuru

Urukiko ruburanisha ibyaha by’iterabwoba rwahanishije Paul Rusesabagina igihano cy’imyaka 25 naho CallixteNsabimana”Sankara” ahanishwa gufungwa imyaka 20, Bombi bahamwe n’ibyaha byo kuba mu mutwe w’iterabwoba wa FLN

Ubwanditsi 20 Sep 2021
Museveni akomeje kwikanga Bobi Wine, yamufungiye iwe ku munsi w’ubwigenge ngo adakoresha igitaramo
INKURU NYAMUKURU

Museveni akomeje kwikanga Bobi Wine, yamufungiye iwe ku munsi w’ubwigenge ngo adakoresha igitaramo

Ubwanditsi 09 Oct 2019
Perezida Robert Mugabe yirukanwe n’ishyaka rye ku buyobozi bwaryo
Mu Mahanga

Perezida Robert Mugabe yirukanwe n’ishyaka rye ku buyobozi bwaryo

Ubwanditsi 19 Nov 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru