• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Amabanga 10 akomeye mu gushinga Urugo

Amabanga 10 akomeye mu gushinga Urugo

Editorial 25 Feb 2017 HIRYA NO HINO

1. BURI WESE AGIRA INTEGE NKE

Imana niyo itagira intege nke
Buri rurabo rwa roza rugira amahwa yarwo. Nutumbira cyane intege nke z’uwo mwubakanye ntushobora kunezezwa na cya kindi afitemo imbaraga

2. BURI WESE AGIRA AMATEKA

Si malayika bityo wikomeza gucukumbura ahashize he. Icyingenzi ni ubuzima mubanyeho none. Ibyarangiye byarabaye. Babarira wibagirwe. Ibyahise ntacyo wabihinduraho. Ita Ku bya none n’ejo hazaza

3. BURI RUGO RUGIRA IBYARWO

urugo si uburiri bw’indabo z’iroza. Urugo wabonyemo ibyiza hari ibikomeye ruba rwaranyuzemo byaka umuriro. Urukundo nyakuri rugaragarira mu bigeragezo
Rwanirira urugo rwawe
Nambana n’uwo mwashakanye mu gihe mugeragezwa. Wibuke ko ariyo ndahiro mwakoze musezerana.

4. BURI RUGO HARI IBYIZA RUGERAHO

Wigereranya urugo rwawe n’izabandi. Ntibyahwana rwose, zimwe zishobora kuba zarabarenze izindi zibari inyuma.
Mu kwigabanyiriza ibibazo (iteshamutwe) mu rugo, ihangane, kora cyane mu gihe cyawe. Ibyo mwiyifuriza mu rugo bizageraho bibe.

5. KWUBAKA URUGO NI UGUTANGIZA URUGAMBA

Iyo mushinze urugo, ugomba gutangiza intambara irwanya abanzi b’urugo
Bamwe muri abo banzi ni:
Ubutamenya (kutita Ku bintu)
Kudasenga, kutababarira, ubuhehesi, gukururwa n’abandi, gushukwa, gukubita umugore, urukundo ruke, kwiyenza, ubunebwe, gutandukana nawe. Itegure rero guhangana nabyo urwanirira ubusugire bw’urugo

6. NTA RUGO NGENDERWAHO

Nta rugo rw’intangarugero muri byose. Urugo rudusaba gukora n’ubushake neza kandi buri munsi. Urugo twarugereranya n’imodoka igira akongeramuvuduko amavuta yako n’agasohoramwotsi iyo bititaweho
Imodoka ipfira mu nzira igatamaza abayirimo. Benshi muri twe turangwa no kutita Ku rugo. ESE nawe ni uko? Niba urimo. Ndakwinginze ita Ku rugo rwawe.

7. IMANA ISHOBORA KUBA ITARAGUHAYE UWO WIFUZA NEZA NEZA

Imana yamuguhaye adatuganye ngo umugire uko wamwifuzaga. Niba warashakaga ukunda gusenga akaba atabikunda cyane. Mu Rukundo. Sengana nawe umutere umwete. Bizageraho bize.

8. KUBAKA URUGO NI UKWEMERA INGARUKA

Ntiwamenya ibizaba mu rugo rwawe, ubuzima bushobora guhinduka. Ugomba kubyakira mukanabiganiraho ngo mubyumvikaneho.
Mushobora kubura urubyaro.
Ashobora kubyibuha cyane utabikunda.
Ashobora kubura akazi bikaba ngombwa ko ari wowe wenyine utunga urugo igihe kirekire. Ihangane niba Imana iri mu ruhande rwanyu, hari Umunsi muzaseka.

9. KWUBAKA URUGO SI IBY’IGIHE GITO NI IBY’ITEKA

Urugo ni ukwiyemeza burundu, urukundo ni ubushishi (colle) bufatanya abubakanye.
Ubutane butangirira mu bitekerezo. Ntukabitekereze. Ntuzanamukangishe gutaana. Haranira kubana nawe mu rugo. Imana yanga ubutane.

10. BURI RUGO HARI ICYO RUSABWA

Urugo ni nka konti muri banki. Amafaranga wabikijemo niyo ubikuza. Niba nta rukundo, amahoro, no kwitanaho (care) washyize mu rugo. Ntutegereze urugo rwiza.
Nta Rukundo rwizana, urukundo rutera gutanga no kwitanga

Umwami wacu Yezu Kristu aduhe Ubuntu n’ubwenge bwo kwubaka ijuru rito mu rugo.
Muhabwe umugisha.

Source : Inshuti z’abarinzi group

2017-02-25
Editorial

IZINDI NKURU

Abantu 5 bakize Coronavirus, abayanduye mu Rwanda bagera ku 143 bavuye ku 138

Abantu 5 bakize Coronavirus, abayanduye mu Rwanda bagera ku 143 bavuye ku 138

Editorial 18 Apr 2020
Benshi barakajwe n’uburyo itangazamakuru ryahangayikiye Oprah Winfrey mu mpanuka y’ibyondo yahitanye 13

Benshi barakajwe n’uburyo itangazamakuru ryahangayikiye Oprah Winfrey mu mpanuka y’ibyondo yahitanye 13

Editorial 20 Jan 2018
Umunyamerika w’umutinganyi wari warakoze ubukwe n’umunyarwanda yapfuye

Umunyamerika w’umutinganyi wari warakoze ubukwe n’umunyarwanda yapfuye

Editorial 06 Jun 2017
Abapolisi 160 b’u Rwanda boherejwe mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo

Abapolisi 160 b’u Rwanda boherejwe mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo

Editorial 29 Apr 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Rayon Sports yahuye n’ihungabana mu buyobozi, izakoresha agera kuri Miliyari 2 mu mwaka utaha w’imikino
Amakuru

Rayon Sports yahuye n’ihungabana mu buyobozi, izakoresha agera kuri Miliyari 2 mu mwaka utaha w’imikino

Editorial 08 Sep 2025
Tembera urwimisozi 1000. [Rwanda]- Mu mafoto 60 aboneka gake, tujyane gusura umuryango w’ingagi wa Sabyinyo
UBUKERARUGENDO

Tembera urwimisozi 1000. [Rwanda]- Mu mafoto 60 aboneka gake, tujyane gusura umuryango w’ingagi wa Sabyinyo

Editorial 27 Nov 2017
Abo muri “opozisiyo” baharanira kuyobora u Rwanda nabo ubwabo badashoboye kwiyobora
Amakuru

Abo muri “opozisiyo” baharanira kuyobora u Rwanda nabo ubwabo badashoboye kwiyobora

Editorial 19 Nov 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru