• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Kuki Jean Bosco Gasasira yapfuye umuryango we ukabimenya nyuma y’icyumweru?     |   09 Aug 2026

  • Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage   |   09 Aug 2026

  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

  • Jambo ASBL yongeye kwerekana ko ari umuvugizi wa FDLR, ntiyifuza ko uyu mutwe wamburwa intwaro ku ngufu   |   07 Aug 2026

  • FERWAFA yahagaritse Imurora Japhet imyaka itanu mu bikorwa byose bya ruhago   |   07 Aug 2026

  • Mukura VS yakiriye umutoza mushya ukomoka muri Serbia   |   06 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Amakipe y’ibigugu mu burayi yanyagiwe imvura y’Ibitego muri shampiyona zabo

Amakipe y’ibigugu mu burayi yanyagiwe imvura y’Ibitego muri shampiyona zabo

Ubwanditsi 28 Sep 2020 Amakuru, IMIKINO

Mu mpera z’icyumweru dusoje mu marushanwa yo ku mugabane w’I burayi habaye itungarana rikomeye ndetse na bimwe mu byemezo bitagiye bivugwaho rumwe na benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru cyane cyane mu gihugu cy’ubwongereza aho ikipe ya Manchester city yaraye inyagiwe ibitego 5-2 na Leicester City ndetse n’inyagirwa rya Bayern Munchen mu gihugu cy’ubudage.

Amashampiyona 5 asanzwe akomeye ku mugabane w’I burayi yose yamaze kugaruka ndetse imikino yarakomeje mu mpera z’iki cyumweru aho hagaragaye itungurana rikomeye; duhereye mu gihugu cy’ubwongereza kuwa gatandatu ku Isaha ya saa saba n’igice ikipe ya Manchester United yari yasuye ikipe ya Brighton Hove Albion umukino ugera ku munota wa 95 ari 2-2 gusa VAR iza kwemeza ko hari umukinnyi wakoze umupira maze agarura abakinnyi mu kibuga batera penaliti maze Bruno Fernandes ayinjiza neza bituma iyo kipe itsinda umukino wa mbere muri uyu mwaka w’imikino.

Undi mukino wabayemo gutungurana ni uwahuje Chelsea na West Bromwich Albion bitunguranye igice cya mbere kirangira Chelsea itsinzwe 3-0, gusa mu gice cya kabiri iyo kipe itozwa na Frank Lampard iva inyuma irabyishyura barangiza banganya 3-3.

Tothenham nayo ntago byayihiriye kuko yaje kunganya na Newcastle United 1-1, Everton yo yatsinze ikipe ya Crystal Palace 2-1, Westham yanyagiye Wolves 4-0 kuri iki cyumweru, undi mukino wagaragayemo gutungurana ni uwahuje ikipe ya Manchester City yanyagiriwe ku kibuga cyayo na Leicester city ibitego 2-5.

Mu budage naho habaye itungurana rikomeye cyane aho ikipe ya Bayern Munchen yanyagiwe na TSV Hoffenheim ibitego 4-0, iyi Bayern yaherukaga gutsindwa mu kwezi kwa 12 umwaka ushize wa 2019, mu gihugu cy’ubutalitani ikipe ya Juventus ntiyabashije kubona intsinzi nyuma yo kunganya na AS Roma ibitego 2-2 byose byaje byishyuwe na Cristiano Ronaldo bituma yuzuza ibitego 450 mu mashampiyona asaga 4 amaze gukinamo kuva yatangira gukina umupira w’amaguru.

Kuri uyu wa mbere haraza gukomeza shampiyona yo mu gihugu cy’ubwongereza aho ikipe ya Liverpool iza gukina na Arsenal ku kibuga cyayo Anfield Road, mu mikino ibiri iheruka guhuza ayo makipe yombi Arsenal yabashije kuyitsinda yose, uheruka nuwo Arsenal yatsindaga Liverpool kuri penaliti nyuma yo kunganya 1-1 mu mukino utangiza shampiyona mu gihugu cy’ubwongereza (Community Shield).

2020-09-28
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

APR FC yatsinze Rayon Sports yuzuza imikino 40 idatsindwa, Gasogi United iyoboye urutonde rwa Shampiyona nyuma yo gutsinda Bugesera FC ku munsi wa 4

APR FC yatsinze Rayon Sports yuzuza imikino 40 idatsindwa, Gasogi United iyoboye urutonde rwa Shampiyona nyuma yo gutsinda Bugesera FC ku munsi wa 4

Ubwanditsi 24 Nov 2021
Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar

Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar

RUSHYASHYA 11 Jul 2026
Tour du Rwanda: Umunya-Colombia atwaye agace ka 6

Tour du Rwanda: Umunya-Colombia atwaye agace ka 6

Ubwanditsi 28 Feb 2020
Impamvu zitandukanye zigaragaza ko intambara Museveni na Kayumba bifuriza u Rwanda itazagerwaho

Impamvu zitandukanye zigaragaza ko intambara Museveni na Kayumba bifuriza u Rwanda itazagerwaho

Ubwanditsi 13 May 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino Cote d’Ivoire yatsizemo Senegal ibasha kugera ku mukino wa nyuma wa AfroBasket uri buyihuze na Tunisia
Amakuru

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino Cote d’Ivoire yatsizemo Senegal ibasha kugera ku mukino wa nyuma wa AfroBasket uri buyihuze na Tunisia

Ubwanditsi 05 Sep 2021
Ubuzima n’amateka by’Intwari u Rwanda ruzirikana
POLITIKI

Ubuzima n’amateka by’Intwari u Rwanda ruzirikana

Ubwanditsi 01 Feb 2020
Jay Polly ushinjwa kwiba Telephone umunyamakuru akomeje kotswa igitutu akaba ashobora no kujyanwa mu Rukiko.
Mu Rwanda

Jay Polly ushinjwa kwiba Telephone umunyamakuru akomeje kotswa igitutu akaba ashobora no kujyanwa mu Rukiko.

Ubwanditsi 05 Sep 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru