• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yashyikirije ibendera ikipe y’u Rwanda y’Abagore yerekeje i Nairobi mu Gikombe cya Afurika   |   23 Aug 2026

  • Ubuyobe bw’Ubuhanuzi butuma FDLR Yitera Ikinya mu mashyamba ya DRC kugirango irebe ko yamara kabiri   |   22 Aug 2026

  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Areruya Joseph na bagenzi be bakiriwe i Kigali nka Yezu i Galileya – AMAFOTO

Areruya Joseph na bagenzi be bakiriwe i Kigali nka Yezu i Galileya – AMAFOTO

Ubwanditsi 24 Jan 2018 IMIKINO

Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe hari hari imbaga y’Abanyarwanda biganjemo abo mu miryango y’abakinnyi bakina mu ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare, abayobozi ba FERWACY ndetse n’abakunzi b’uwo mukino muri rusange.

Icyahabateranyirije si ikindi, ni ukwakira Ikipe y’u Rwanda y’umukino w’amagare irangajwe imbere na Areruya Joseph  wegukanye irushanwa La Tropicale Amissa Bongo 2018 , irushanwa rikomeye kurusha andi yose akinirwa muri Afurika, dore ko riri ku kigero cya 2.1 ku rutonde rw’amarushanwa y’Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare ku Isi (UCI).

Kuri gahunda yari iteganyijwe ni uko izo Ntore zisesekara ku Kibuga cy’indege i Kanombe saa cyenda zuzuye (3:00pm) .

UKO UMUHANGO WAGENZE:

Nyuma y’akarasisi, Intsinzi yabyiniwe muri Petit Stade i Remera:

Team Rwanda yinjira muri Petit Stade yakiriwe n'amashyi y'urufayaTeam Rwanda yinjira muri Petit Stade yakiriwe n’amashyi y’urufaya

Abafana bari babukereye n'amabenderaAbafana bari babukereye n’amabendera

Areruya Joseph yinjiye yereka abafana igihembo cyerekana ko yabaye uwa mbere muri La Tropicale Amissa BongoAreruya Joseph yinjiye yereka abafana igihembo cyerekana ko yabaye uwa mbere muri La Tropicale Amissa Bongo

Bakimara guca akabogi, babasabye kwerekana igihembo giteranyirije aho iyo mbagaBakimara guca akabogi, babasabye kwerekana igihembo giteranyirije aho iyo mbaga

Umutoza, Sempoma Felix yabaciriye ku mayange ibanga bakoresheje ngo begukane umwanya wa mbere, aho yagaragaje ko ishyaka no gukunda igihugu ari yo ntwaro nkuru bari bafiteUmutoza, Sempoma Felix yabaciriye ku mayange ibanga bakoresheje ngo begukane umwanya wa mbere, aho yagaragaje ko ishyaka no gukunda igihugu ari yo ntwaro nkuru bari bafite

Areruya Joseph na we yabwiye abafana ingano y'ibyishimo afite nyuma yo guhigika ibihangangeAreruya Joseph na we yabwiye abafana ingano y’ibyishimo afite nyuma yo guhigika ibihangange

Gahemba na we wahoze akinira Ikipe y'u Rwanda y'Umukino w'amagare akaba Umubyeyi wa Areruya JosephGahemba na we wahoze akinira Ikipe y’u Rwanda y’Umukino w’amagare akaba Umubyeyi wa Areruya Joseph

Abafatanyabikorwa ba FERWACY na bo bari bakereye kwakira izo ntore zahesheje u Rwanda ishemaAbafatanyabikorwa ba FERWACY na bo bari bakereye kwakira izo ntore zahesheje u Rwanda ishema

Visi Perezida wa Kabiri wa Komite Olempike y'u Rwanda, Bizimana Festus yakiriye Team RwandaVisi Perezida wa Kabiri wa Komite Olempike y’u Rwanda, Bizimana Festus yakiriye Team Rwanda

Areruya Joseph hagati y'ababyeyi beAreruya Joseph hagati y’ababyeyi be

Areruya Joseph yanakiriwe na Murenzi Jean Claude, Umuyobozi w'Akarere ka Kayonza avukamoAreruya Joseph yanakiriwe na Murenzi Jean Claude, Umuyobozi w’Akarere ka Kayonza avukamo

Valens Ndayisenga na Bizimana Festub babyina intsinziValens Ndayisenga na Bizimana Festub babyina intsinzi

AKARARSISI MURI V8:

Areruya Joseph yahesheje u Rwanda ishemaAreruya Joseph yahesheje u Rwanda ishema

Basohotse mu kibuga cy'indege i Kanombe, Areruya Joseph imbereBasohotse mu kibuga cy’indege i Kanombe, Areruya Joseph imbere

Abakinnyi na bo bari banezereweAbakinnyi na bo bari banezerewe

Bazamukaga ahitwa Ku cya Mitsingi, V8 na zo zari ziri muri "Mwendo wa pole" zishagawe na moto mu KarasisiBazamukaga ahitwa Ku cya Mitsingi, V8 na zo zari ziri muri “Mwendo wa pole” zishagawe na moto mu Karasisi

Akarasisi werekeza i Remera mu GiporosoAkarasisi werekeza i Remera mu Giporoso

Umwe afana APR FC abandi bagafana Rayon Sports bagahurira ku gufana amakipe yose y'igihuguUmwe afana APR FC abandi bagafana Rayon Sports bagahurira ku gufana amakipe yose y’igihugu

Mu muhanda, akarasisi nkakorewe mu modoka no kuri motoMu muhanda, akarasisi nkakorewe mu modoka no kuri moto

Mu muhanda uva mu Giporoso werekeza kuri Petit StadeMu muhanda uva mu Giporoso werekeza kuri Petit Stade

Byari ibyishimoByari ibyishimo

Igihembo cy'umwanya wa mbere yegukanye muri La Tropicale Amissa Bongo yakerekaga abafana ku mihandaIgihembo cy’umwanya wa mbere yegukanye muri La Tropicale Amissa Bongo yakerekaga abafana ku mihanda

Abamotari baryoheje ibiroriAbamotari baryoheje ibirori

Areruya Joseph ngo yafashijwe cyane n'inama yagirwaga na Sempoma FelixAreruya Joseph ngo yafashijwe cyane n’inama yagirwaga na Sempoma Felix

Areruya Joseph n'Umutoza Sempoma FelixAreruya Joseph n’Umutoza Sempoma Felix

Areruya Joseph yasuhuzaga abafana ku mihandaAreruya Joseph yasuhuzaga abafana ku mihanda

Ndayisenga Valens na Ruberwa Jean DamasceneNdayisenga Valens na Ruberwa Jean Damascene

3:45pm Hakurikiyeho akarasisi ko kwishimira intsinzi gahagurutse ku Kibuga cy’indege berekeza muri Petit Stade ahaza kuera ibirori byo kubyina intsinzi.

ARERUYA JOSEPH I KANOMBE YAKIRIWE NKA YEZU I GALILEYA

Areruya Joseph yakiriwe n'Ikivunge cy'abantu, kumufotora na byo byari bigoyeAreruya Joseph yakiriwe n’Ikivunge cy’abantu, kumufotora na byo byari bigoye

3:40pm Abakinnyi b’ikipe y’u Rwanda barimo gusuhuza abayobozi muri MINISPOC, aba FERWACY n’imbaga y’abafana yaje kubakira.

Basohoka mu kibuga cy'indege, batambukana imbaduko nk'Intore zivuye kwesa imihigo muri La Tropicale Amissa BongoBasohoka mu kibuga cy’indege, batambukana imbaduko nk’Intore zivuye kwesa imihigo muri La Tropicale Amissa Bongo

Ndayisenga Valens we ntiyahiriwe muri La Tropicale Amissa Bongo kuko impanuka yatumye adasoza irushanwa ariko yaratsinze nk'ikipe y'u RwandaNdayisenga Valens we ntiyahiriwe muri La Tropicale Amissa Bongo kuko impanuka yatumye adasoza irushanwa ariko yaratsinze nk’ikipe y’u Rwanda

3:38pm Itsinda ry’ikipe y’u Rwanda rirangajwe imbere na Areruya Joseph basohotse mu kibuga cy’indege i Kanombe, abafana bahita batera bati “Areruya” (nka Pasiteri) abandi bakikiriza bati “Joseph”

Gahemba na Madamu we bakaba nababyeyi ba AReruya Joseph bahageze bambaye batyaGahemba na Madamu we bakaba nababyeyi ba AReruya Joseph bahageze bambaye batya

3:15pm Gahemba Godefrey na Madamu we bombi bakaba abayeyi ba Areruya Joseph basesekaye ku kibuga cy’indege i Kanombe ngo bakire umwana wabo
Abafana baracyategerezanyije amatsiko.

Perezida wa FERWACY n'abo bafatanya kuyobora iri shyirahamwe bari bakereye kwakira Team RwandaPerezida wa FERWACY n’abo bafatanya kuyobora iri shyirahamwe bari bakereye kwakira Team Rwanda

Nkundamacewikirinda, Umufana w'umu-hooligan wa Rayon Sports na we yari ahariNkundamacewikirinda, Umufana w’umu-hooligan wa Rayon Sports na we yari ahari

Abafana bari babukereyeAbafana bari babukereye

Abafana bari bitwaje n'amafotoAbafana bari bitwaje n’amafoto

Ikipe y'u Rwanda yakirijwe indabo nk'ikimenyetsi cy'ibyishimoIkipe y’u Rwanda yakirijwe indabo nk’ikimenyetsi cy’ibyishimo

Abafana bari benshi batagerezanyije amatsiko kwihera amaso Areruya Joseph na bagenzi beAbafana bari benshi batagerezanyije amatsiko kwihera amaso Areruya Joseph na bagenzi be

Perezida wa FERWACY, Aimable Bayingana yamaze kuhageraPerezida wa FERWACY, Aimable Bayingana yamaze kuhagera

Abafana barangajwe imbere na Rwarutabura ufana Rayon Sports hamwe na Nkundamace w'i Kirinda na Rujugiro ufana APR FCAbafana barangajwe imbere na Rwarutabura ufana Rayon Sports hamwe na Nkundamace w’i Kirinda na Rujugiro ufana APR FC

Umufana n'ifoto ya Areruya JosephUmufana n’ifoto ya Areruya Joseph

3:00pm Abafana ni benshi bihagije

Bahagurutse muri Gabon kuwa mbere tariki ya 22 MutaramaBahagurutse muri Gabon kuwa mbere tariki ya 22 Mutarama

Areruya Joseph yahigitse ibihangange byinshi, u Rwanda ruba ruhanyuranye umucyo muri La Tropicale Amissa BongoAreruya Joseph yahigitse ibihangange byinshi, u Rwanda ruba ruhanyuranye umucyo muri La Tropicale Amissa Bongo

Areruya Joseph yabaga acunzwe n'abanya Eritrea ariko ntibashoboye kumwambura umwambaro w'umuhondoAreruya Joseph yabaga acunzwe n’abanya Eritrea ariko ntibashoboye kumwambura umwambaro w’umuhondo

Source Amafoto: RuhagoYacu

 

2018-01-24
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Chris Froome watwaye Tour de France enye, yageze mu Rwanda ari kumwe n’ikipe ye ya Israel–Premier Tech

Chris Froome watwaye Tour de France enye, yageze mu Rwanda ari kumwe n’ikipe ye ya Israel–Premier Tech

Ubwanditsi 16 Feb 2023
Abakinnyi 4 ba banyarwanda berekeje gukina muri  Slovakia

Abakinnyi 4 ba banyarwanda berekeje gukina muri Slovakia

Ubwanditsi 07 Jul 2016
Ikipe ya Bugesera FC yatangaje ko kubwumvikane bw’impande zombi yatandukanye n’uwari umutoza wayo Mbarushimana Abdou

Ikipe ya Bugesera FC yatangaje ko kubwumvikane bw’impande zombi yatandukanye n’uwari umutoza wayo Mbarushimana Abdou

Ubwanditsi 18 Jan 2022
Umucungamutungo wa Miroplast FC yacikanye imishahara y’abakinnyi

Umucungamutungo wa Miroplast FC yacikanye imishahara y’abakinnyi

Ubwanditsi 17 Dec 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Inama y’intekorusange ya Gicumbi FC yasize uwari Visi Perezida wayo, Niyitanga Desiré atorewe kuyiyobora
Amakuru

Inama y’intekorusange ya Gicumbi FC yasize uwari Visi Perezida wayo, Niyitanga Desiré atorewe kuyiyobora

Ubwanditsi 25 Oct 2022
Zari yajyanywe mu bitaro nyuma yuko umubyeyi we wari umaze mo iminsi yari yorohewe atashye
SHOWBIZ

Zari yajyanywe mu bitaro nyuma yuko umubyeyi we wari umaze mo iminsi yari yorohewe atashye

Ubwanditsi 22 Jun 2017
Uganda: Abashinzwe umutekano basatse mu rugo rwa Gen Kale Kayihura bari kumwe nawe
INKURU NYAMUKURU

Uganda: Abashinzwe umutekano basatse mu rugo rwa Gen Kale Kayihura bari kumwe nawe

Ubwanditsi 16 Jun 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru