• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Umujenosideri Protais Zigiranyirazo ntakibarizwa kuri iyi si!   |   04 Aug 2025

  • Police FC yatsinze APR FC 2-1, ubwo bakinaga umukino wa gicuti hitegurwa umwaka w’imikino wa 2025-2026   |   04 Aug 2025

  • Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Ikennye itunze Cobalt nyinshi ku Isi: Ubundi izira iki?   |   03 Aug 2025

  • Amafoto – Rayon Sports Week, ytangiriye ku ivuko aho Gikundiro yatsindiye Gasogi 2-0   |   01 Aug 2025

  • Isano iri hagati y’ibigabiro by’umwami Rwabugiri n’umuganura, Umuganura usobanuye iki?   |   31 Jul 2025

  • APR FC yanganyije na Gorilla FC 1-1 ubwo bakinaga umukino wa gicuti, uba uwa kabiri aya makipe anganyije   |   31 Jul 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Bwa mbere muri shampiyona y’u Rwanda, hagiye guhembwa abahize abandi mu Bagabo n’Abagore

Bwa mbere muri shampiyona y’u Rwanda, hagiye guhembwa abahize abandi mu Bagabo n’Abagore

Editorial 04 Jun 2024 Amakuru, IMIKINO

Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League ku bufatanye na Gorilla Games bwatangaje ko bwateguye ibirori bya Rwanda Premier League Awards 2024, bizaberamo umuhango wo gushimira abahize abandi muri Rwanda Premier League, umwaka w’imikino wa 2023-2024.

Ubwo hari mu kiganiro n’itangazamakuru, ubuyobozi bwa Rwanda Premier League Awards 2024 izabaho kubufatanye bw’imyaka itatu RPL yagiranye n’ikigo cya Gorilla Games.

Nyuma y’ibyishimo abakinnyi n’abatoza bahaye abafana mu minsi 268, ni igihe cyiza cyo gushimira abahize abandi nk’uko binasanzwe mu migirire y’Abanyarwanda.

Kuva mu kwezi kwa mbere 2024, RPL yafatanije na Gorilla Games gushimira abakinnyi n’umutoza bitwaraga neza buri kwezi.

Ibi byongereye ubushake bwo gukora mu makipe,habaho guhatana kudasanzwe kugeza aho urugamba rwo kuguma mu cyiciro cya mbere rwagejeje ku munsi wa nyuma rukiri inkundura.

RPL kandi izirikana cyane uruhare itangazamakuru rigira mu kumenyekanisha umupira w’amaguru no kuwukundisha Abanyarwanda.

Ni muri urwo rwego bwa mbere mu mateka hagiye guhembwa umunyamakuru w’umugore n’umugabo bahize abandi.

Ibirori bya Rwanda Premier League Awards bizaba ku wa gatandatu tariki ya 15 Kamena 2024, bibere muri Kigali Serena Hotel ku isa kumi n’ebyiri z’umugoroba.

Hazashimirwa ibyiciro bikurikira:

1. UWATSINZE IBITEGO BYINSHI

• Ani ELIJAH (Bugesera) – 15

• Victor MBAOMA (APR FC) – 15

2. UMUTOZA W’UMWAKA

• Thierry FROGER (APR FC)

• Sosthene HABIMANA (Musanze)

• Ahfamia LOFTI (Mukura VS

 

3. UMUKINNYI W’UMWAKA

• Jean Bosco RUBONEKA (APR FC)

• Ani ELIJAH (Bugesera)

• Kevin MUHIRE (Rayon Sports)

 

4. UMUNYEZAMU W’UMWAKA

• Pavelh NDZILA (APR FC)

• Nicolas SEBWATO (Mukura VS)

• Djihad NZEYURWANDA (Kiyovu SC)

 

5. UMUKINNYI MWIZA UKIRI MUTO (URI MUNSI Y’IMYAKA 21)

• Elie IRADUKUNDA (2006) – Mukura VS

• Pascal IRADUKUNDA (2005) – Rayon Sports

• Daniel MUHOZA (2006) – Etoile de l’Est

 

6. IGITEGO CY’UMWAKA

• Arsene TUYISENGE / Rayon Sports (Muhazi Utd. Vs Rayon Sports)

• Muhoza Daniel / Etoile de l’Est (Etoile de l’Est vs. Marine)

• Ishimwe Jean Rene / Marine (APR FC vs. Marine)

7. UMUKINNYI W’UMWAKA W’UMUGORE

8. UMUKINNYI W’UMUGORE WATSINZE IBITEGO BYINSHI

9. UMUTOZA W’UMWAKA W’UMUGORE

10. UMUSIFUZI W’UMWAKA W’UMUGABO

11. UMUSIFUZI W’UMWAKA W’UMUGORE

12. UMUNYAMAKURU W’UMWAKA W’UMUGABO

• Sam KARENZI (Fine FM)

• Reagan RUGAJU (RBA)

• Ephrem KAYIRANGA (Ishusho TV)

• Claude HITIMANA (Radio 10)

• Axel RUGANGURA (RBA)

• Aimé NIYIBIZI (Fine FM)

• Thierry KAYISHEMA (RBA)

• Jean Luc IMFURAYACU (B&B Kigali FM)

 

13. UMUNYAMAKURU W’UMWAKA W’UMUGORE

• Ruth RIGOGA (RBA)

• Adelaide ISHIMWE (TV 10)

• Clarisse UWIMANA (B&B Kigali FM)

 

14. IKIGANIRO CYA RADIO CY’UMWAKA

• Urubuga rw’Imikino (RBA)

• 10 Sports Urukiko (Radio 10)

• Urukiko rw’Ubujurire

• Sports Plateau (B&B FM)

 

15. IKIGANIRO CYA TELEVISION CY’UMWAKA

• Kickoff (RBA)

• Bench ya Siporo (Isibo TV)

• Zoom Sports (TV 10)

• I Sports (Ishusho TV)

 

16. IKINYAMAKURU CYANDIKA CY’UMWAKA

• Igihe

• Inyarwanda

• The New Times

• Isimbi

• Rwandamagazine

Abakunzi b’umupira bazatora bakoresheje imbuga za Rwanda Premier League, iza FERWAFA n’iza Gorilla Games kuri X na Instagram ndetse no ku rubuga rwa https://playgorillagames.com/

2024-06-04
Editorial

IZINDI NKURU

Amakipe 12 yo ku mugabane w’i Burayi yishyize hamwe ashinga irushanwa rishya ryiswe Super League, FIFA na UEFA zitera utwatsi icyo gitekerezo.

Amakipe 12 yo ku mugabane w’i Burayi yishyize hamwe ashinga irushanwa rishya ryiswe Super League, FIFA na UEFA zitera utwatsi icyo gitekerezo.

Editorial 19 Apr 2021
Tombola ya 1/4 cya Champions League yasize ikipe ya Bayern Munichen ifite igikombe giheruka izahura na PSG bahuriye ku mukino wa nyuma mu mwaka w’imikino wa 2019-2020

Tombola ya 1/4 cya Champions League yasize ikipe ya Bayern Munichen ifite igikombe giheruka izahura na PSG bahuriye ku mukino wa nyuma mu mwaka w’imikino wa 2019-2020

Editorial 19 Mar 2021
U Rwanda rwagukanye umwanya wa 3 muri Basketball, Amavubi mu bagore basezerewe na Uganda

U Rwanda rwagukanye umwanya wa 3 muri Basketball, Amavubi mu bagore basezerewe na Uganda

Editorial 17 Jul 2023
APR FC yafashe umwanya wa mbere itsinze Bugesera FC, Rayon yatakaje uyu mwanya nyuma yo kunganya na Marines FC 

APR FC yafashe umwanya wa mbere itsinze Bugesera FC, Rayon yatakaje uyu mwanya nyuma yo kunganya na Marines FC 

Editorial 05 Apr 2025
Amakipe 12 yo ku mugabane w’i Burayi yishyize hamwe ashinga irushanwa rishya ryiswe Super League, FIFA na UEFA zitera utwatsi icyo gitekerezo.

Amakipe 12 yo ku mugabane w’i Burayi yishyize hamwe ashinga irushanwa rishya ryiswe Super League, FIFA na UEFA zitera utwatsi icyo gitekerezo.

Editorial 19 Apr 2021
Tombola ya 1/4 cya Champions League yasize ikipe ya Bayern Munichen ifite igikombe giheruka izahura na PSG bahuriye ku mukino wa nyuma mu mwaka w’imikino wa 2019-2020

Tombola ya 1/4 cya Champions League yasize ikipe ya Bayern Munichen ifite igikombe giheruka izahura na PSG bahuriye ku mukino wa nyuma mu mwaka w’imikino wa 2019-2020

Editorial 19 Mar 2021
U Rwanda rwagukanye umwanya wa 3 muri Basketball, Amavubi mu bagore basezerewe na Uganda

U Rwanda rwagukanye umwanya wa 3 muri Basketball, Amavubi mu bagore basezerewe na Uganda

Editorial 17 Jul 2023
APR FC yafashe umwanya wa mbere itsinze Bugesera FC, Rayon yatakaje uyu mwanya nyuma yo kunganya na Marines FC 

APR FC yafashe umwanya wa mbere itsinze Bugesera FC, Rayon yatakaje uyu mwanya nyuma yo kunganya na Marines FC 

Editorial 05 Apr 2025
Amakipe 12 yo ku mugabane w’i Burayi yishyize hamwe ashinga irushanwa rishya ryiswe Super League, FIFA na UEFA zitera utwatsi icyo gitekerezo.

Amakipe 12 yo ku mugabane w’i Burayi yishyize hamwe ashinga irushanwa rishya ryiswe Super League, FIFA na UEFA zitera utwatsi icyo gitekerezo.

Editorial 19 Apr 2021
Tombola ya 1/4 cya Champions League yasize ikipe ya Bayern Munichen ifite igikombe giheruka izahura na PSG bahuriye ku mukino wa nyuma mu mwaka w’imikino wa 2019-2020

Tombola ya 1/4 cya Champions League yasize ikipe ya Bayern Munichen ifite igikombe giheruka izahura na PSG bahuriye ku mukino wa nyuma mu mwaka w’imikino wa 2019-2020

Editorial 19 Mar 2021
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Turamagana Ibirego bya HCR kubera ko U Rwanda ari Ikitegererezo mu Kwita ku Mpunzi n’Abimukira

Turamagana Ibirego bya HCR kubera ko U Rwanda ari Ikitegererezo mu Kwita ku Mpunzi n’Abimukira

17 Jul 2025
Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru