• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

  • Ukwiyubaka kudasanzwe kwa APR FC na Rayon Sports zitegura CECAFA Kagame Cup izabera i Kigali mu mpera za Nyakanga 2026   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Bwa mbere muri shampiyona y’u Rwanda, hagiye guhembwa abahize abandi mu Bagabo n’Abagore

Bwa mbere muri shampiyona y’u Rwanda, hagiye guhembwa abahize abandi mu Bagabo n’Abagore

Ubwanditsi 04 Jun 2024 Amakuru, IMIKINO

Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League ku bufatanye na Gorilla Games bwatangaje ko bwateguye ibirori bya Rwanda Premier League Awards 2024, bizaberamo umuhango wo gushimira abahize abandi muri Rwanda Premier League, umwaka w’imikino wa 2023-2024.

Ubwo hari mu kiganiro n’itangazamakuru, ubuyobozi bwa Rwanda Premier League Awards 2024 izabaho kubufatanye bw’imyaka itatu RPL yagiranye n’ikigo cya Gorilla Games.

Nyuma y’ibyishimo abakinnyi n’abatoza bahaye abafana mu minsi 268, ni igihe cyiza cyo gushimira abahize abandi nk’uko binasanzwe mu migirire y’Abanyarwanda.

Kuva mu kwezi kwa mbere 2024, RPL yafatanije na Gorilla Games gushimira abakinnyi n’umutoza bitwaraga neza buri kwezi.

Ibi byongereye ubushake bwo gukora mu makipe,habaho guhatana kudasanzwe kugeza aho urugamba rwo kuguma mu cyiciro cya mbere rwagejeje ku munsi wa nyuma rukiri inkundura.

RPL kandi izirikana cyane uruhare itangazamakuru rigira mu kumenyekanisha umupira w’amaguru no kuwukundisha Abanyarwanda.

Ni muri urwo rwego bwa mbere mu mateka hagiye guhembwa umunyamakuru w’umugore n’umugabo bahize abandi.

Ibirori bya Rwanda Premier League Awards bizaba ku wa gatandatu tariki ya 15 Kamena 2024, bibere muri Kigali Serena Hotel ku isa kumi n’ebyiri z’umugoroba.

Hazashimirwa ibyiciro bikurikira:

1. UWATSINZE IBITEGO BYINSHI

• Ani ELIJAH (Bugesera) – 15

• Victor MBAOMA (APR FC) – 15

2. UMUTOZA W’UMWAKA

• Thierry FROGER (APR FC)

• Sosthene HABIMANA (Musanze)

• Ahfamia LOFTI (Mukura VS

 

3. UMUKINNYI W’UMWAKA

• Jean Bosco RUBONEKA (APR FC)

• Ani ELIJAH (Bugesera)

• Kevin MUHIRE (Rayon Sports)

 

4. UMUNYEZAMU W’UMWAKA

• Pavelh NDZILA (APR FC)

• Nicolas SEBWATO (Mukura VS)

• Djihad NZEYURWANDA (Kiyovu SC)

 

5. UMUKINNYI MWIZA UKIRI MUTO (URI MUNSI Y’IMYAKA 21)

• Elie IRADUKUNDA (2006) – Mukura VS

• Pascal IRADUKUNDA (2005) – Rayon Sports

• Daniel MUHOZA (2006) – Etoile de l’Est

 

6. IGITEGO CY’UMWAKA

• Arsene TUYISENGE / Rayon Sports (Muhazi Utd. Vs Rayon Sports)

• Muhoza Daniel / Etoile de l’Est (Etoile de l’Est vs. Marine)

• Ishimwe Jean Rene / Marine (APR FC vs. Marine)

7. UMUKINNYI W’UMWAKA W’UMUGORE

8. UMUKINNYI W’UMUGORE WATSINZE IBITEGO BYINSHI

9. UMUTOZA W’UMWAKA W’UMUGORE

10. UMUSIFUZI W’UMWAKA W’UMUGABO

11. UMUSIFUZI W’UMWAKA W’UMUGORE

12. UMUNYAMAKURU W’UMWAKA W’UMUGABO

• Sam KARENZI (Fine FM)

• Reagan RUGAJU (RBA)

• Ephrem KAYIRANGA (Ishusho TV)

• Claude HITIMANA (Radio 10)

• Axel RUGANGURA (RBA)

• Aimé NIYIBIZI (Fine FM)

• Thierry KAYISHEMA (RBA)

• Jean Luc IMFURAYACU (B&B Kigali FM)

 

13. UMUNYAMAKURU W’UMWAKA W’UMUGORE

• Ruth RIGOGA (RBA)

• Adelaide ISHIMWE (TV 10)

• Clarisse UWIMANA (B&B Kigali FM)

 

14. IKIGANIRO CYA RADIO CY’UMWAKA

• Urubuga rw’Imikino (RBA)

• 10 Sports Urukiko (Radio 10)

• Urukiko rw’Ubujurire

• Sports Plateau (B&B FM)

 

15. IKIGANIRO CYA TELEVISION CY’UMWAKA

• Kickoff (RBA)

• Bench ya Siporo (Isibo TV)

• Zoom Sports (TV 10)

• I Sports (Ishusho TV)

 

16. IKINYAMAKURU CYANDIKA CY’UMWAKA

• Igihe

• Inyarwanda

• The New Times

• Isimbi

• Rwandamagazine

Abakunzi b’umupira bazatora bakoresheje imbuga za Rwanda Premier League, iza FERWAFA n’iza Gorilla Games kuri X na Instagram ndetse no ku rubuga rwa https://playgorillagames.com/

2024-06-04
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Infantino uyobora FIFA

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Infantino uyobora FIFA

Ubwanditsi 26 Oct 2018
Muri Uganda haratutumba imvururu kubera Perezida Yoweri K. Museveni ushaka guhindura itegekonshinga

Muri Uganda haratutumba imvururu kubera Perezida Yoweri K. Museveni ushaka guhindura itegekonshinga

Ubwanditsi 20 Jan 2022
APR FC na Kiyovu SC zabonye intsinzi y’umunsi wa 20 zikomeza kugaragaza inyota yo kwegukana igikombe cya shampiyona y’u Rwanda

APR FC na Kiyovu SC zabonye intsinzi y’umunsi wa 20 zikomeza kugaragaza inyota yo kwegukana igikombe cya shampiyona y’u Rwanda

Ubwanditsi 06 Mar 2022
Ese Uwimana Agnès Nkusi yaba agiye kuba Sawuli wo mui Bibiliya, cyangwa yemeye guhinduka bya nyirarureshwa agirango yivire imbere y’umugenzacyaha?

Ese Uwimana Agnès Nkusi yaba agiye kuba Sawuli wo mui Bibiliya, cyangwa yemeye guhinduka bya nyirarureshwa agirango yivire imbere y’umugenzacyaha?

Ubwanditsi 03 Nov 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Nyaruguru: Ababyeyi basabwe kurushaho gushishikariza abana kugira umuco wo gusoma barushaho kubyaza umusaruro amasomero ahari
Amakuru

Nyaruguru: Ababyeyi basabwe kurushaho gushishikariza abana kugira umuco wo gusoma barushaho kubyaza umusaruro amasomero ahari

Ubwanditsi 09 Sep 2022
Perezida Kagame yaje mu baperezida batatu muri Afurika bavuga rikumvikana mu 2017
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame yaje mu baperezida batatu muri Afurika bavuga rikumvikana mu 2017

Ubwanditsi 08 Dec 2017
Umuyobozi Mukuru w’ikinyamakuru Rushyashya Burasa Jean Gualbert yatuvuyemo
INKURU NYAMUKURU

Umuyobozi Mukuru w’ikinyamakuru Rushyashya Burasa Jean Gualbert yatuvuyemo

Ubwanditsi 05 May 2020

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru