Ubutinganyi ntabwo buraba ikibazo ku Rwanda – Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame yavuze ko ikibazo cy’ubutinganyi kitari mu bihangayikishije u Rwanda, ku buryo rukeneye kwita ku bibazo rufite kandi buri Munyarwanda wese akabigiramo uruhare. ... Soma »










