• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»CECAFA : Amavubi yatsinze umukino wa mbere, atsinze Tanzania ntibyayabuza gusezererwa

CECAFA : Amavubi yatsinze umukino wa mbere, atsinze Tanzania ntibyayabuza gusezererwa

Editorial 09 Dec 2017 IMIKINO

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yarangije imikino y’amatsinda ya CECAFA itsinda Tanzania. Ibitego bibiri byatsinzwe na ba rutahizamu Nshuti Innocent na Biramahire Abeddy, ariko ntabwo byari bihagije ngo Amavubi akomeze muri ½.

Bizimana Djihad niwe wari kapiteni w'Amavubi

Bizimana Djihad niwe wari kapiteni w’Amavubi

Rwanda Nziza ishobora iririmbwa ku nshuro ya nyuma muri CECAFA 2017

U Rwanda rukinnye na Tanzania inshuro eshatu mu mezi atanu ashize

U Rwanda rukinnye na Tanzania inshuro eshatu mu mezi atanu ashize

Abakinnyi bake badasanzwe babanza mu kibuga bahawe umwanya ngo bamenyerane na bagenzi babo

Abakinnyi bake badasanzwe babanza mu kibuga bahawe umwanya ngo bamenyerane na bagenzi babo

Abanyacyubahiro batandukanye bitabiriye uyu mukino, barimo Moussa Hakizimana (wa gatatu uvuye ibumoso) noneho yambaye imyenda y'Amavubi

Abanyacyubahiro batandukanye bitabiriye uyu mukino, barimo Moussa Hakizimana (wa gatatu uvuye ibumoso) noneho yambaye imyenda y’Amavubi

11 bahesheje Amavubi intsinzi ya mbere muri CECAFA 2017

11 bahesheje Amavubi intsinzi ya mbere muri CECAFA 2017Abakinnyi babanje mu kibuga
Rwanda: Nzarora Marcel, Mbogo Ali, Kayumba Soter, Ombolenga Fitina, Eric Rutanga, Nshimiyimana Amran, Bizimana Djihad, Hakizimana Muhadjili, Mico Justin na Nshuti Innocent
Tanzania: Aishi Salum Manula, Erasto Edward Nyoni, Kennedy Wilson Juma, Jonas Gellard Mkude, Raphael Daud Loth, Ibrahim Ajibu Migomba, Hamid Mao Mkami, Daniel Reuben Lyanga, Yahya Zayd Omary, Abdul Hilary Hassan, Mohamed Hussein Mohamed.

Tanzania ntabwo irabona amanota atatu

Tanzania ntabwo irabona amanota atatu

Uyu mwari amazen kumenyekana kubera gushyigikira Amavubi aho ajya hose

Uyu mwari amazen kumenyekana kubera gushyigikira Amavubi aho ajya hose

Umukinnyi wo hagati Himid Mao n'umunyezamu Aishi Manula bari mu bafite inararibonye mu ikipe y'igihugu ya Tanzania

Umukinnyi wo hagati Himid Mao n’umunyezamu Aishi Manula bari mu bafite inararibonye mu ikipe y’igihugu ya Tanzania

Wari umukino w'imbaraga

Wari umukino w’imbaraga

Umukino wabereye kuri stade Kenyata yo mu mujyi wa Machakos

Umukino wabereye kuri stade Kenyata yo mu mujyi wa Machakos

Nshuti Innocent yishimira igitego cya mbere mu Amavubi

Nshuti Innocent yishimira igitego cya mbere mu Amavubi

Muhadjiri Hakizimana yakoresheje imbaraga nyinshi ariko ahusha uburyo butandukanye bwabazwe

Muhadjiri Hakizimana yakoresheje imbaraga nyinshi ariko ahusha uburyo butandukanye bwabazwe

Mu gice cya mbere Amavubi yahushije ibitego bine byabazwe

Mu gice cya mbere Amavubi yahushije ibitego bine byabazwe

Mu gice cya kabiri Tanzania yakoze amakosa menshi, aha bari bateze Bizimana Djihad

Mu gice cya kabiri Tanzania yakoze amakosa menshi, aha bari bateze Bizimana Djihad

Nkuko umutoza yabivuze mbere, umunyezamu wa gatatu Nzarora Marcel nawe yabonye umwanya wo gukina

Nkuko umutoza yabivuze mbere, umunyezamu wa gatatu Nzarora Marcel nawe yabonye umwanya wo gukina

Mu bafana bake baza ku kibuga harimo n'aba

Mu bafana bake baza ku kibuga harimo n’aba

Mouhamed Hussein wa Tanzania yari afite akazi gakomeye

Mouhamed Hussein wa Tanzania yari afite akazi gakomeye

Mico Justin ntabwo yahiriwe n'imikino ya CECAFA

Mico Justin ntabwo yahiriwe n’imikino ya CECAFA

Ibrahim Ajibu Mugoma ukina hagati yahaye akazi abakina hagati mu Rwanda

Ibrahim Ajibu Mugoma ukina hagati yahaye akazi abakina hagati mu Rwanda

Himid Mao usanzwe akina hagati mu kibuga uyu munsi yakinnye nka myugariro

Himid Mao usanzwe akina hagati mu kibuga uyu munsi yakinnye nka myugariro

Fitina Ombolenga yatowe nk'umukinnyi w'umukino

Fitina Ombolenga yatowe nk’umukinnyi w’umukino

Fitina mbere yo gutanga umupira wavuyemo igitego cya kabiri

Fitina mbere yo gutanga umupira wavuyemo igitego cya kabiri

Djihad wari ufite inshingano zo kuyobora bagenzi be yitwaye neza

Djihad wari ufite inshingano zo kuyobora bagenzi be yitwaye neza

Bishimira impozamarira yatsinzwe na Daniel Reuben Lyanga

Bishimira impozamarira yatsinzwe na Daniel Reuben Lyanga

Biramahire Abeddy yishimira igitego cya kabiri muri Camera y'Umuseke

Biramahire Abeddy yishimira igitego cya kabiri muri Camera y’Umuseke

Aishi Manula urindira Tanzania na Simba SC yakoze akazi gakomeye

Aishi Manula urindira Tanzania na Simba SC yakoze akazi gakomeye

 

 

2017-12-09
Editorial

IZINDI NKURU

Kanyankore Yaounde atsinzwe umukino we wambere nk’umutoza wa APR FC

Kanyankore Yaounde atsinzwe umukino we wambere nk’umutoza wa APR FC

Editorial 08 Aug 2016
Champions League: FC Barcelone yasezereye Man Utd iyinyagiye, Juventus ikurwamo na Ajax (Amafoto)

Champions League: FC Barcelone yasezereye Man Utd iyinyagiye, Juventus ikurwamo na Ajax (Amafoto)

Editorial 17 Apr 2019
Amafoto y’Umunsi: Abakinnyi ba PSG baserukanye akanyamuneza mu mwambaro wamamaza Visit Rwanda

Amafoto y’Umunsi: Abakinnyi ba PSG baserukanye akanyamuneza mu mwambaro wamamaza Visit Rwanda

Editorial 05 Dec 2019
Amafoto: FERWAFA yemeje Adel Amrouche nk’umutoza mukuru w’Amavubi y’Abagabo, Cassa Mbungo ahabwa iy’Abagore

Amafoto: FERWAFA yemeje Adel Amrouche nk’umutoza mukuru w’Amavubi y’Abagabo, Cassa Mbungo ahabwa iy’Abagore

Editorial 02 Mar 2025

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umuturage wa Uganda yandikiye Museveni, ibaruwa ifunguye, ahishura ibya komite ya RNC ikorera Kampala
INKURU NYAMUKURU

Umuturage wa Uganda yandikiye Museveni, ibaruwa ifunguye, ahishura ibya komite ya RNC ikorera Kampala

Editorial 19 Nov 2019
Abanya-Kenya na Ethiopia bihariye ibihembo by’irushanwa rya Kigali International Peace Marathon 2023
Amakuru

Abanya-Kenya na Ethiopia bihariye ibihembo by’irushanwa rya Kigali International Peace Marathon 2023

Editorial 11 Jun 2023
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres arasaba abashyira mu gaciro guhagurukira rimwe bakarwanya politike nshya ya mpatse ibihugu kimwe n’Abanazi bo muri iki gihe, kuko birushaho gukura, kandi bikaba bishobora guteza isi yose akaga gakomeye.
Amakuru

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres arasaba abashyira mu gaciro guhagurukira rimwe bakarwanya politike nshya ya mpatse ibihugu kimwe n’Abanazi bo muri iki gihe, kuko birushaho gukura, kandi bikaba bishobora guteza isi yose akaga gakomeye.

Editorial 02 Mar 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru