• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Champions league: PSG irahabwa amahirwe yo gutsinda Chealsea

Champions league: PSG irahabwa amahirwe yo gutsinda Chealsea

Editorial 16 Feb 2016 IMIKINO

Uyu munsi tariki 16 Gashyantare 2016,ni bwo abakunzi ba ruhago bagiye kongera kuryoherwa na UEFA Chapions league by’umwihariko abaturage b’igihugu cy’u Bufaransa ku kibuga cya Parc De Prince PSG(Paris Saint Germain FC) irahakirira Chelsea yo mu Bwongereza, mu umukino ubanza wa kimwe cy’umunani 1/8 , aya makipe akaba yari amaze iminsi ahurira muri iri rushanwa, kuri iyi nshuro agiye guhura yombi afite abakinnyi bari mu mvune.

-2140.jpg

Ikipe ya PSG iraba iri ku kibuga cyayo ikindi kandi PSG ni ikipe yari imaze gukina imikino 16 itaratsindwa muri shampiyona ariko muri iyi weekend dusoje yahagaritswe na Lille ubwo banganyaga 0-0.

Ibi ariko ntacyo bivuze kuko ikiri iya mbere n’amanota 70 irusha iya kabiri 25.hari abavuze ko PSG yaba yanze kwivuna muri shampiyona kandi basa n’abayitwaye.Ngo ikiri mu mitwe yabo ni Chelsea.

Babinyujije ku mutoza wabo Laurent Blanc PSG batangaje ko Marco Velrrati na Javier Postore batameze neza.

Ngo n’ubwo Verrati yakinnye igice cya kabiri muri iyi weekend na Pastore akaba yari yagarutse mu gikombe cy’igihugu, ngo nta mahirwe yo gutangira mu mukino na Chelsea ati : “tuzakoresha Adrien Rabiot , Blaise Matuidi na Thiago Motta mubo hagati” Laurent Blanc.

Chelsea n’umutoza wabo mushya n’ubwo batari imbere muri shampiyona, bamaze kugaruka mu bihe byiza dore ko umukino baheruka batsinze Newcastle 5-1.Gusa inkuru itari nziza muri iyi kipe havugwa indi mvune muri ba myugariro.Nyuma ya Kurt Zouma uri hanze amezi 6, ubu na captain John Terry afita akabazo kimvune kuko ku mukino na Newcastle yasohotse mu kibuga ku munota wa 38.

-2141.jpg

Branslav Ivanovic yasihe ahengekwa hagati na Cahill maze rahman Baba ajya kuruhande rw’ibumoso naho Cezar Aziilicueta anyura iburyo. Haribazwa niba ubu bwugarizi ari na bwo buzakoreshwa kwa PSG cyangwa niba Terry azaba yagarutse.

Twabibutsa ko iyi ari inshuro ya gatatu yikurikiranya ayo makipe ahuriye mu mikino yo gukuranamo muri iri rushanwa.Chelsea yari yabanje gukuramo Psg ariko umwaka ushize PSG nayo yakuyemo Chelsea harimo igitego cya David Luiz ukinira PSG kuko yahageze agurishijwe na Chelsea. Kuri ubu rero tukaba twese dutegereje uko umukino uri bube ugenda hagati y’aya makipe Chelsea na PSG kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Gashyantare 2016.

indi mikino iba kuri uyu wa kabiri

Zent VS Benfica

kuwa gatatu

Gent VS Wolfsbug

Roma VS Real Madrid

M.Fils

2016-02-16
Editorial

IZINDI NKURU

Nyakubahwa Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakurikiye umukino wa BAL wahuje ikipe ya Patriots BBC yo mu Rwanda na US Monastir yo muri Tunisia. 

Nyakubahwa Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakurikiye umukino wa BAL wahuje ikipe ya Patriots BBC yo mu Rwanda na US Monastir yo muri Tunisia. 

Editorial 23 May 2021
APR FC, Police FC, Musanze na Rayon Sports zigiye guhatanira Miliyoni 6 mu irushanwa ry’gikombe cy’Intwari 2024

APR FC, Police FC, Musanze na Rayon Sports zigiye guhatanira Miliyoni 6 mu irushanwa ry’gikombe cy’Intwari 2024

Editorial 26 Jan 2024
Ikipe y’Igihugu y’Umukino wo Koga irabarizwa muri Tanzania aho igiye gukina Irushanwa rya CANA ZONE 3 Swimming Championship

Ikipe y’Igihugu y’Umukino wo Koga irabarizwa muri Tanzania aho igiye gukina Irushanwa rya CANA ZONE 3 Swimming Championship

Editorial 17 Nov 2022
Kayitaba Jean Bosco wakiniraga AS Kigali yatijwe amezi atandatu muri Police FC

Kayitaba Jean Bosco wakiniraga AS Kigali yatijwe amezi atandatu muri Police FC

Editorial 30 Dec 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ikibazo cya peteroli gikomereye u Burundi Nkurunziza avugamo umutekano mwinshi
ITOHOZA

Ikibazo cya peteroli gikomereye u Burundi Nkurunziza avugamo umutekano mwinshi

Editorial 04 May 2017
Barafinda ari mugahinda  nyuma y’uko ngo  hari abantu bakomeje kumutwara  ‘Udukoryo’
Mu Rwanda

Barafinda ari mugahinda nyuma y’uko ngo hari abantu bakomeje kumutwara ‘Udukoryo’

Editorial 04 Sep 2017
Human Rights Watch ikomeje kwifashisha nkana abatangabuhamya b’ibicupuri mu guharabika u Rwanda
Amakuru

Human Rights Watch ikomeje kwifashisha nkana abatangabuhamya b’ibicupuri mu guharabika u Rwanda

Editorial 10 Oct 2023

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru