• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Dore ibyo warya bikakongerera ubwiza n’ubuzima bwawe bugakomera

Dore ibyo warya bikakongerera ubwiza n’ubuzima bwawe bugakomera

Editorial 02 Jan 2016 IMIKINO

Abahanga benshi bagenda bagira icyo bavuga ku buzima bugenda buyoyokana n’imyaka, uburanga bukagenda ndetse n’uwari mwiza n’uwibigango byose bikagenda nka nyombere. Inyandiko dukesha urubuga rwa internet rwa e-sante.fr, itubwira byinshi mu biribwa biboneka byoroshye kandi byafasha mu gutunga ubuzima buzira umuze ndetse n’amahirwe yo kurama akiyongera.

-1606.jpg

1. Imboga n’imbuto

Imbuto nk’uko benshi babigarukaho, zigira uruhare rukomeye mu kurinda gusaza, dore ko amagarama 300 y’imbuto n’amagarama 500 y’imboga buri munsi kugirango amahirwe yo kurama yiyongere.
Akenshi iyo uvuze imboga n’imbuto, benshi batekereza ko ari ibintu bihenze ariko sibyo, kuko icunga rimwe rishobora kugira amagarama 250 cyangwa pomme imwe ishobora kugira amagarama 300 kandi arahagije buri munsi.

Imboga byo usanga abahanga mu kuzirya kenshi, bayoboka inzira yo kunywa potage mbere yo kurya bikaba umuco, ibyo ntibyakuraho abashoboye guteka imboga kenshi gashoboka dore ko zitanahenze nubwo bidahabwa agaciro.
2. L’huile d’olive

Aya mavuta ni amavuta ashobora gukoreshwa asimbura amavuta y’ubuto cyangwa se amamesa dusanzwe tuzi. Bivugwa ko nubwo amavuta y’ubuto n’amamesa bikoreshwa bifite ingaruka mbi ku buzima ariko aya mavuta azwi ku izina rya l’huile d’olive ashobora kuboneka mu masoko menshi yewe n’ayo mu rwanda. Aya mavuta afite uburyohe ndetse anafite ubushobozi bwo kurinda umubiri.

Aya mavuta, atuma urwungano rwose rukorana n’umutima rukora neza ndetse akaba arinda n’indwara zimwe na zimwe za canseri(cancers).

3. Amafi

Benshi usanga muri kamere yabo batitabira kugira amafi mu mafunguro yabo. Ifi nubwo benshi bayivugaho ko ihenda, ntago zose zihenda dore ko zibamo n’intoya zinanahendutse nk’indagara, isambaza n’izindi n’ubwo ifi nini kandi zitumye usanga arizo zihabwa intebe cyane mu kwigiramo ibyitwa omega-3 byiza ku buzima.

Sardines nazo zishobora gufasha cyane kuko nazo ni amafi ashobora kuboneka byoroshye kandi adahenze cyane kuri benshi. Usibye n’amafi, n’imbuto zitwa epinards nazo zifitemo omega-3
Omega-3 ni ingenzi kuko irinda indwara zibasira abantu cyane ku myaka mirongo ine no hejuru yayo ndetse ikanafasha mu kurwanya canseri zitandukanye.

4. Yaourt

Yaourt ni icyo kunywa kigenerwa abana. Ni byiza ariko n’abantu bakuru bakwiye kwitabira kuzirya nubwo abahanga batari barangiza kwemeza ubwiza bwa yaourt ku buzima nubwo mu rundi ruhande bibagaragarira ko yaourt ari ingenzi.

Yaourt yifitemo yifitemo ibyitwa lactobacillus bulgaricus na streptococcus thermophilus, bifasha mu kongera ubudahangarwa bw’ubuzima.

usibye ibyo yahourt yifitemo calcium, iyo myungu ngugu ifasha mu kurwanya indwara z’amagufa.

5. Vin rouge(divayi itukura)

Iyi divayi, ikunze kuboneka bitagoranye cyane dore ko iri muri divayi zidahenze cyane. Ikirahure cyayo kimwe buri munsi gishobora gufasha kuko kibitsemo ibyitwa polyphenols n’ibyitwa resveratol bikaba ari ingenzi mu gusigasira ubuzima

6. Chocolat

Nubwo bisa n’ibitangaje, chocolat ni nziza cyane kuko yifitemo cacao yifitemo flavonoides. Flavonoides ni ingenzi mu kurinda indwara zikomoka ku mutima ndetse na canser zitandukanye.

Usibye n’ibyo, chocolat yongera umuneza mu mubiri kandi ukaba ari ingenzi mu gutuma umuntu ahorana itoto n’ubuzima buzira umuze.

M.Fils

2016-01-02
Editorial

IZINDI NKURU

Ikipe ya Bizimana Djihad yanyagiwe ibitego 8-0, amahirwe yo gukina Europa League arayoyoka

Ikipe ya Bizimana Djihad yanyagiwe ibitego 8-0, amahirwe yo gukina Europa League arayoyoka

Editorial 09 May 2018
Nyuma y’imyaka hafi ine, Rayon Sports yatsinze APR FC ifata umwanya wa kabiri wa shampiyona by’agateganyo

Nyuma y’imyaka hafi ine, Rayon Sports yatsinze APR FC ifata umwanya wa kabiri wa shampiyona by’agateganyo

Editorial 12 Feb 2023
Leicester city ikomeje kwanikira abakeba mu nzira igana ku gikombe

Leicester city ikomeje kwanikira abakeba mu nzira igana ku gikombe

Editorial 07 Mar 2016
Ikipe ya APR FC yatangaje ko umukinnyi wayo Niyonzima Olivier uzwi nka Sefu atirukanywe.

Ikipe ya APR FC yatangaje ko umukinnyi wayo Niyonzima Olivier uzwi nka Sefu atirukanywe.

Editorial 13 Jun 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Amasashe ya pulasitiki 435,000 yafatiwe mu mikwabu Polisi y’u Rwanda yakoranye na REMA
Mu Mahanga

Amasashe ya pulasitiki 435,000 yafatiwe mu mikwabu Polisi y’u Rwanda yakoranye na REMA

Editorial 23 Dec 2016
Bomboli-Bomboli : Amacakubiri yongeye kwaduka muri RNC
INKURU NYAMUKURU

Bomboli-Bomboli : Amacakubiri yongeye kwaduka muri RNC

Editorial 11 Sep 2019
Rayon Sports yerekanye abakinnyi 3 bashya barimo Ishimwe Kevin na Bukuru Christophe bahoze bakinira iyi kipe
Amakuru

Rayon Sports yerekanye abakinnyi 3 bashya barimo Ishimwe Kevin na Bukuru Christophe bahoze bakinira iyi kipe

Editorial 01 Feb 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru