• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe 14 yo mu bihugu 4 birimo U Rwanda, Uganda, Kenya na Benin agiye guhatanira irushanwa ryo Kwibuka muri Volleybal   |   18 Jun 2026

  • Ishimwe Christian watandukanye na Police FC yerekeje muri APR FC yigeze gukinira asimburana na Niyomugabo Claude utarongera amasezerano   |   17 Jun 2026

  • Salomon Kalonda yatangaje ko Tshisekedi ashaka kugundira ubutegetsi, yifashishije kamarampaka   |   16 Jun 2026

  • Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baheruka gutandukana na MIE, bamaze kwimukira muri Canada   |   15 Jun 2026

  • Ubushinjacyaha bwise Ingabire Mwene Dusabe b’i Butamwa; Umutesi   |   15 Jun 2026

  • Ben Rutabana akomeje kuba “umugati” w’ibigarasha ngo bibone icyo bitamira   |   15 Jun 2026

 
You are at :Home»POLITIKI»Dufite ubushobozi n’ubumenyi bihagije kugira ngo duteze imbere EAC yacu- Magufuli

Dufite ubushobozi n’ubumenyi bihagije kugira ngo duteze imbere EAC yacu- Magufuli

Ubwanditsi 24 Apr 2018 POLITIKI

*Ati «EAC ibereyeho abaturage ntabwo ari abayobozi gusa.»

Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli  yabwiye Inteko ishinga amategeko y’Umuryango wa Africa y’Uburasirazuba (EALA) ko ibihugu byo muri uyu muryango bifite ubushobozi n’ubumenyi bikenewe kugira ngo biteze imbere ababituye.

Dr John Pombe Magufuli avuga ko ubumenyi n'ubushobozi bihari kugira ngo EAC itere imbere uko byifuzwa

Dr John Pombe Magufuli avuga ko ubumenyi n’ubushobozi bihari kugira ngo EAC itere imbere uko byifuzwa

Inteko ishinga amategeko y’Umuryango wa Africa y’Uburasirazuba (EALA) imaze iminsi iri mu bikorwa muri Tanzania aho ejo umuyobozi wayo Martin Ngoga yahuye na Minisitiri w’intebe w’iki gihugu ari we Kassim Majaliwa bakaganira ku mishinga itandukanye irimo n’uw’ifaranga rihuriweho n’ibihugu bya EAC.

Uyu munsi abadepite bagize iyi nteko baganiriye na Perezida Dr John Pombe Magfuli wabashimiye ibikorwa byabo.

Yavuze ko kuba EALA imaze iminsi ikorana n’abaturage b’igihugu ke ari ikimenyetso ko uyu muryango ubereyeho abaturage utabereyeho abayobozi gusa.

Ati “Kuba EALA yaraje Dodoma igakorana n’abaturage ni ikimenyetso ko EAC ishyira imbere inyungu z’abaturage aho kuba iz’abayobozi gusa.”

Perezida Dr Pombe Magufuli avuga ko ibihugu bigize EAC bigomba gukorana n’abaturage babyo kugira ngo biteze imbere imibereho y’ababituye.

Ati “Nituramuka dushyize hamwe, tuzagera kuri byinshi, dufite ubushobozi n’ubumenyi bikenewe kugira ngo duteze imbere EAC yacu.”

Martin Ngoga uyobora EALA wagarutse ku ntambwe umuryanga wa Africa y’Uburasirazuba umaze gutera mu gukorera hamwe, yashimiye Perezida Magufuli wazanye impinduramatwara mu gushyira mu bikorwa imishinga ya Tanzania yaba iy’imbere mu gihugu no hanze yacyo.

Ati “Warakoze ku mbaraga washyize mu kurwanya ruswa mu gihugu bigaragazwa n’ikizere ibindi bihugu bigufitiye.”

Imishinga migari ihuza ibihugu bigize EAC, irimo iy’ubucuruzi buhuriweho n’ibihugu byayo, iy’imigenderanire n’ibikorwa remezo.

Martin Ngoga uyobora EALA ngo Magufuli yaciye ruswa muri Tanzania

Martin Ngoga uyobora EALA ngo Magufuli yaciye ruswa muri Tanzania

Abadepite bagize EALA

Abadepite bagize EALA

Bamwe mu badepite bashimiye Perezida kuba igihugu ke gukomeje kwitwara neza

Bamwe mu badepite bashimiye Perezida kuba igihugu ke gukomeje kwitwara neza

2018-04-24
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Joseph Kabila yashinje Perezida Tshisekedi kuba nyirabayazana w’ibibazo byose Congo ifite

Joseph Kabila yashinje Perezida Tshisekedi kuba nyirabayazana w’ibibazo byose Congo ifite

Ubwanditsi 24 Feb 2025
Kimwe mu bihatse ubucuti bwa Perezida Museveni na Bebe Cool cyagaragaye

Kimwe mu bihatse ubucuti bwa Perezida Museveni na Bebe Cool cyagaragaye

Ubwanditsi 21 Oct 2018
Bitangiye kugaragara yuko nta Jammeh wa Gambia nta Nkurunziza w’u Burundi

Bitangiye kugaragara yuko nta Jammeh wa Gambia nta Nkurunziza w’u Burundi

Ubwanditsi 13 Dec 2016
Perezida Rouhani wa Iran yasabye Trump ‘kudakinisha umurizo w’Intare’

Perezida Rouhani wa Iran yasabye Trump ‘kudakinisha umurizo w’Intare’

Ubwanditsi 23 Jul 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Agathon Rwasa mu mazi abira
INKURU NYAMUKURU

Agathon Rwasa mu mazi abira

Ubwanditsi 14 Feb 2018
Impumyi Gusa Niyo Itabona ko u Rwanda Rwahindutse Neza Kandi Ubuziraherezo
UBUKUNGU

Impumyi Gusa Niyo Itabona ko u Rwanda Rwahindutse Neza Kandi Ubuziraherezo

Ubwanditsi 16 May 2016
N’Golo Kante niwe mukinnyi mwiza w’umwaka i London, Arsenal yatashye amaramasa
MULTIMEDIA

N’Golo Kante niwe mukinnyi mwiza w’umwaka i London, Arsenal yatashye amaramasa

Ubwanditsi 03 Mar 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru