• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Ese ni iki cyagufasha kumenya ko Umukobwa ari Isugi cyangwa yabutakaje

Ese ni iki cyagufasha kumenya ko Umukobwa ari Isugi cyangwa yabutakaje

Ubwanditsi 13 May 2017 HIRYA NO HINO

Ubundi biragoye kubonesha amaso yawe ko umukobwa yatakaje ubusugi, ariko hano hari ibimenyetso abenshi bahurizaho byemeza ko umukobwa bigaragayeho hari amahirwe menshi ko aba yaratakaje ubusugi.

Uburyo bukoreshwa mu kumenya umukobwa w’isugi
Ese isugi bivuga iki? bisobanura iki ?
Ese ni ryari bavuga ko umukobwa ari isugi cyangwa atari isugi
Ni ibiki bishobora gutuma umukobwa atakaza ubusugi
Ibintu ushobora guheraho uvuga ko umukobwa yatakaje ubusugi

Mu nkuru yacu ibanza twabagejejeho inkuru ivuga ku byagufasha kumenya ko umukobwa akiri isugi, muri iki gice twibanze ku busugi bushobora gusuzumwa na muganga ariko uyu munsi twifuje kurebera hamwe ibimenyetso bigaragarira amaso yacu ku buryo wabiheraho uvuga ko umukobwa yatakaje ubusugi n’ubwo atari ijana ku ijana.

1.Uburyo asomana

Abantu benshi bakunda kuvuga ko ushobora kumenya ko umukobwa ari isugi cyangwa atari yo bitewe n’uburyo yagusomye, bamwe bavuga ko iyo umukobwa azi gusomana k’urwego rwo hejuru biba bisobanuye ko yigeze kuba mu buzima bw’urukundo bishobora kuba byaramuviriyemo gutakaza ubusugi.

Icyakora ariko bamwe nti birengagije ko hari abamenya gusomana kubera filime nyinshi zigisha uburyo bwo gusomana neza barebye.

Niba rero uzi gusoma bimwe byiza abasore bazatangira bakwibazeho ndetse banakemange I iby’ubusugi bwawe.

2.Uburyo atereta

Abahungu benshi bakunze kuvuga ko umukobwa uteretana cyane akenshi aba yaratakaje ubusugi, bavuga ko bigoye k’ubona umukobwa ukiri isugi utinyuka kugaragaza amarangamutimaye ayereka umusore ndetse akanagerageza ku mutereta.

Bavuga ko umukobwa utereta aba yifitiye icyizere kandi azi neza ko mu birebana n’imibonana mpuzabitsina yiyizera ndetse anahagaze neza.

3. Uburyo yambara

Abantu benshi bavuga ko ushobora kumenya umukobwa ugendeye k’umyambarire ye. Abasore bavuga ko abakobwa batinyuka kwambara udupira, udushati n’utujipo tugufi mu ruhame baba baratakaje ubusugi ngo kuko gushyira hanze zimwe mu ngingo z’umubiri wabo biba bitakibatera isoni.

4. Igihe umuntu amara amutereta

Niba utangiye gutereta umukobwa wamukorakora ukabona nta cyo bimubwiye cyangwa se wamusoma ukabona araza nta ngingimira afite kandi mu maranye iminsi micye cyane abenshi bavuga ko aba atari isugi.

Abasore bavuga ko umukobwa w’isugi adapfa kwishora mu bikorwa nk’ibi byo gusomana cyangwa gukorakorwa n’umusore bavuganye inshuro zitarenze ishatu.

Iyo rero umukobwa yemera k’uburyo bworoshye ko bamukorakora kuri bimwe mu bice bye by’ibanga akenshi bavuga ko aba afite ubunararibonye muri gahunda z’imibonano mpuzabitsina.

5.Uko aha agaciro umubiri we

Biroroshye kumenya ko umukobwa ari isugi cyangwa atari yo ugendeye k’uburyo aha agaciro umubiri we n’ibice bye by’ibanga.

-6579.jpg

Ahanini usanga umukobwa w’isugi aba ari wa wundi uha agaciro buri gice cye cy’umubiri ugasanga umuntu uwo ari we se nta pfa k’umukoraho mu kavuyo.

Akenshi umukobwa ugaragara nk’umuturage bitewe n’uburyo ya mbara, uko yisiga n’uko avuga akenshi usaga aba ataratakaza ubusugi bwe nk’uko bamwe babivuga.
Icyitonderwa: Ibi tubabwiye ntibyakwereka ijana ku ijana ko umukobwa yatakaje ubusugi gusa twagendeye ku bivugwa na benshi.

2017-05-13
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Uganda: Umupfumu wari umaze imyaka 7 asambanya umwana we akanamutera inda, yafashwe

Uganda: Umupfumu wari umaze imyaka 7 asambanya umwana we akanamutera inda, yafashwe

Ubwanditsi 13 Mar 2018
Diamond yasesekaye  i Kigali

Diamond yasesekaye i Kigali

Ubwanditsi 19 Jan 2018
U Burundi Bugiye Kugura Mu Burusiya ‘Pantsir-S1’  Irasa Missiles Zikingira Ibitero Byo Mu Kirere

U Burundi Bugiye Kugura Mu Burusiya ‘Pantsir-S1’ Irasa Missiles Zikingira Ibitero Byo Mu Kirere

Ubwanditsi 26 Aug 2018
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

RUSHYASHYA 02 Mar 2026

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Kivu y’Amajyepfo : Intambara iraca ibintu hagati y’Umutwe wa ‘ Gumino Banyamulenge ‘  n’abarwanyi b’Umutwe wa Mai-Mai (Aoci).
ITOHOZA

Kivu y’Amajyepfo : Intambara iraca ibintu hagati y’Umutwe wa ‘ Gumino Banyamulenge ‘ n’abarwanyi b’Umutwe wa Mai-Mai (Aoci).

Ubwanditsi 31 May 2017
Gikongoro: Umupadiri yahagaritswe imyaka ibiri ashinjwa ubusinzi n’ubusambanyi
Mu Rwanda

Gikongoro: Umupadiri yahagaritswe imyaka ibiri ashinjwa ubusinzi n’ubusambanyi

Ubwanditsi 24 Apr 2018
Rudasingwa Theogene yongeye kuremba bikomeye
ITOHOZA

Rudasingwa Theogene yongeye kuremba bikomeye

Ubwanditsi 07 Jun 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru