• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Ese umutwe w’iterabwoba wa RNC muri Uganda nturebwa n’amabwiriza yo kurwanya Virusi ya Corona yashyizweho na Museveni ubwe? 

Ese umutwe w’iterabwoba wa RNC muri Uganda nturebwa n’amabwiriza yo kurwanya Virusi ya Corona yashyizweho na Museveni ubwe? 

Ubwanditsi 19 Apr 2020 INKURU NYAMUKURU, ITOHOZA

Abagize umutwe w’iterambwoba wa RNC ukorera mu gihugu cya Uganda bakomeje kurenga ku mabwiriza yo kurwanya Corona virusi yatangijwe na Perezida Museveni ubwe bakora inama zitandukanye zo guhungabanya umutekano w’u Rwanda. Ku italiki ya 13 Mata 2020, itsinda ry’abantu bo muri RNC  ryakoresheje inama yabereye muri District ya Kakumiro.  Iyo nama yayobowe na Gashongore Evariste akaba n’umushumba mu rusengero rwitwa Church of God hamwe na  Rukundo Patrick Aka Mahirwe.

Iyo nama yabereye murugo rwa Yoweri ruhereye i Gakindo.  Yoweri akaba yari umwe mu bagize itsinda rya FDLR ubu akaba yarabaye umumotsi wa RNC. Bivuze ko bimuye ibirindiro kubera gutinya Rushyashya kuko izi nama ubundi zari zisanzwe zibera murugo kwa  Pastoro Gashongore Evariste, ariko kuri iyi nshuro aza kubatsembera avuga ko byatahuwe akaba yumva ntamutekano afite.

Abitabiriye inama babeshywe byinshi cyane cyane ubwo bavuganaga na ba Shebuja Frank Ntwali, Prosy Bonabana,  na Sulah Nuwamanya, hakoreshejwe whatsapp bakaba barikomye bikomeye ikinyamakuru Rushyashya kigeza ku basomyi babo inkuru zimvaho kandi zicukumbuye ndetse banibasira uwitwa Damascene ngo yagiye I Kigali, gutanga amakuru ayo matiku akaba yaratangajwe na Ntwali Frank nyirabayazana w’amacakubiri yamunze RNC .

Ntwali akaba yarabeshye abaraho ko Virus ya Corona nirangira azaza agahura nabo ngo abazaniye n’ ubufasha buzabafasha gukora ingendo zo guhiga abayoboke . Abazi Ntwali bazi neza ko arangwa no kubeshya ndetse ko nta n’impamvu yo kumwizera kuko icyo agamije ari kurya imisanzu yabo nk’uko yariye iyabandi ibyo akaba ari ukuri kwambaye ubusa. Amakuru Rushyashya igicukumbura n’uko Kayumba Nyamwasa yivuye inyuma akaba yariyemeje kugura abantu ngo babe abayoboke nyuma yaho abaye nka ya ngata imenye byose. Kuko ikitwaga itsinda rya Uganda ubu ryacitsemo kabiri, igice cya Prossy Bonabaana na Sulah Nuwamanya n’igice cya Pastoro Deo Nyirigira uhigwa bukware na Kayumba nyuma yo kwirenza umuhungu we.

Ese ububasha umutwe w’iterabwoba RNC ufite muri Uganda bwaba bushingiye kuri byabindi Kayumba Nyamwasa ajya yigamba iyo aganira n’abayoboke be bahafi’ avuga ko izamurwa mu ntera rya bamwe mubayobozi b’inzego z’umutekano muri icyo gihugu aba yabigizemo uruhare? Nta mugayo wo kwigamba kuko inzego z’umutekano zagaragaye zikubita abaturage banze gukurikiza amabwiriza yo kuguma mu rugo ariko RNC igakoranya inama.

Ntawamenya gusa benshi mu bayoboke b’umutwe w’iterabwoba wa RNC bemeza ko Kayumba Nyamwasa yabaye nka ya ntare iziritse irutwa n’isazi nzima.

2020-04-19
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Hahishuwe Impamvu yisezererwa rya IGP Kale Kayihura

Hahishuwe Impamvu yisezererwa rya IGP Kale Kayihura

Ubwanditsi 05 Mar 2018
Uganda: Abadepite batangiye gutorera kwirukana Minisitiri w’Umutekano,  nyuma yuko hari abagaragaje ko ISO na CMI  byashyizeho inzu z’ibanga zikorerwamo iyicarubozo.

Uganda: Abadepite batangiye gutorera kwirukana Minisitiri w’Umutekano, nyuma yuko hari abagaragaje ko ISO na CMI byashyizeho inzu z’ibanga zikorerwamo iyicarubozo.

Ubwanditsi 13 Feb 2020
Nyuma y’aho ubutegetsi bushya mu Bwongereza butereye umugongo amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda, Ubudage bugiye kuyasamira hejuru!

Nyuma y’aho ubutegetsi bushya mu Bwongereza butereye umugongo amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda, Ubudage bugiye kuyasamira hejuru!

Ubwanditsi 06 Sep 2024
Umunyemari Rujugiro Tribert urupfu ruramugera amajanja

Umunyemari Rujugiro Tribert urupfu ruramugera amajanja

Ubwanditsi 06 Feb 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

WASAC, REG, UR , na RAB mu batunzwe agatoki kubera guhombya Leta
Mu Rwanda

WASAC, REG, UR , na RAB mu batunzwe agatoki kubera guhombya Leta

Ubwanditsi 04 May 2017
Perezida Magufuli yahisemo kutaza mu nama ya AU i Kigali
Mu Rwanda

Perezida Magufuli yahisemo kutaza mu nama ya AU i Kigali

Ubwanditsi 16 Jul 2016
FERWACY yatangaje amatariki azaberaho isiganwa ry’amagare rizenguruka igihugu rizwi nka “Tour du Rwanda”
Amakuru

FERWACY yatangaje amatariki azaberaho isiganwa ry’amagare rizenguruka igihugu rizwi nka “Tour du Rwanda”

Ubwanditsi 05 Oct 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru