• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Eugene Richard Gasana, wari uhagarariye URwanda muri LONI, akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu

Eugene Richard Gasana, wari uhagarariye URwanda muri LONI, akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu

Editorial 17 Jun 2019 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE, ITOHOZA

Umunyarwankazi aravuga ko yafashwe ku ngufu kabiri nuwahoze ari ambasaderi muri LONI- ngo akaba yarabanje kumurigata ukubuko, n’ibindi bindi b’imenyetso biteye ubwoba, mbere y’uko berecyeza igana mu hoteli ahitwa Manhattan hoteli, nkuko ikirego cyatanzwe mu rukiko cyibigaragaza.

Uyu mugore wari ufite imyaka makumyabiri (20) icyo gihe, ubu wagannye inkiko, avuga ko mur’ibyo bihe yarimo kwimenyereza akazi ka LONI , ubwo  Eugene Richard Gasana, wari uhagarariye URwanda muri LONI nk’Ambasaderi, ndetse wanakoraga nka Perezida w’Akanama k’Umutekano ku Isi, ibi bikaba byarabaye muri 2014.

Gasana ufite imyaka 56 y’amavuko, ubu utagikora iyo mirimo, bivugwa ko ngo yaba yarifashishishije imbaraga mu rwego rwo gusarura aho atabibye, ubwo ngo yafataga uyu mugore inshuro ebyiri zose zitandukanye, bikaba ngo byarabaye hagati ya Kamena na Nyakanga muri 2014, nkuko ikirego cye cyibigaragaza.

Ubwa mbere ngo Gasana  yatumiye uyu mugore muri Hoteli yitwa Millenium Hotel cyangwa mu nzu yitwa One UN Plaza mu rwego rwo kugirango bice isari, buhoro buhoro amwinginga amwumvisha ko bajya mu byumba byo hejuru mu muturirwa, ku cyasaga nkaho ari icyumba cy’inama, ariko mu kugerayo, hariyo icyumba cy’uburiri inyuma, nkuko inyandiko zibigaragaza.

Aho ngaho, uwo mugabo yamufashe ku n gufu. Ariko ntiyigeze agira uwo abimenyesha, kuberako ngo icyoba cyari cyamutashye, kuberako Gasana yari kumugirira nabi ndetse no kuba yari no kugirira nabi umuryango we wari mu Rwanda,” nkuko ikirego cyibigaragaza. Kandi uwo mugore yari azi ko afite ubudahangarwa.

Ibyumweru byakurikiyeho, Gasana ngo yarashyokewe arongera amufata ku ngufu, ibi ngo bikaba byarabaye ku wa 11 Nyakanga 2014. Bikaba bitumvikana ukuntu uyu mugore yategereje kugeza ubu, kugirango atange ikirego.

Gasana yataye akazi muri Kamena 2016, umwaka ushize akaba yarahawe uruhushya rwo gutura muri Amerika ku buryo buhoraho

Abanganira mu rwego rw’amategeko urega bakaba ari ba avoka; , Steven Cash na Debra Soltis, bakaba babwiye ikinyamakuru the Post ko uyu mugore yafatanije neza n’ibiro by’ushinzwe imanza muri Manhattan, ari nabyo biro birimo gukora iperereza.

Abashinjacyaha bakaba baririnze kugira icyo batangaza kugira icyo bavuga kuri uru rubanza, ubwo babazwaga ku wa Gatanu.

“Umukiriya wacu yagaragaje ubutwari budasanzwe mu rwego rwo gushyira ahagaragara  ikirego,” akaba ari amagambo yavuzwe na Cash hamwe na Soltis. “Yizeye ubutabera bwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ikirego cye cyirivugira, kandi tukaba dutewe ishema no kumwunganira.”

Ku wa Gatanu nyirubwite  ntabwo nomero ya telephone yabashije kunyuramo.

Ambasade y’URwanda muri LONI itagaragazwa mu Kirego ntabwo yagize icyo itangaza ku birebana n’iki cyibazo.

2019-06-17
Editorial

IZINDI NKURU

Uko itabwa muri yombi rya Gen Kale Kayihura ryagenze n’uko yagerageje gucika ntibimuhire

Uko itabwa muri yombi rya Gen Kale Kayihura ryagenze n’uko yagerageje gucika ntibimuhire

Editorial 14 Jun 2018
Bujumbura: Havumbuwe  inzu  ikorerwamo iyicarubozo kuva mu 2016

Bujumbura: Havumbuwe inzu ikorerwamo iyicarubozo kuva mu 2016

Editorial 05 Dec 2018
Uganda: UPDF irakataje mu guha ubushobozi igisirikare kirwanira ku butaka murwego rwo kwitegura intambara ishobora kwaduka mu karere

Uganda: UPDF irakataje mu guha ubushobozi igisirikare kirwanira ku butaka murwego rwo kwitegura intambara ishobora kwaduka mu karere

Editorial 01 Dec 2017
Umuhanzi  Kidum ngo yaba yararogewe mumujyi wa Bujumbura

Umuhanzi Kidum ngo yaba yararogewe mumujyi wa Bujumbura

Editorial 27 Mar 2018

Igitekerezo kimwe

  1. Josee Uwase
    June 21, 201912:21 am -

    Icyo gisuma ngo Ni Eugene Gasana bagikanire urumukwiye.

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Amarushanwa ya Volleyball yo ku musenyi azaba muri Nzeli
IMIKINO

Amarushanwa ya Volleyball yo ku musenyi azaba muri Nzeli

Editorial 10 Aug 2016
Kagame arashima uruhare rwa Tshisekedi mu guhashya imitwe yitwaje intwaro
INKURU NYAMUKURU

Kagame arashima uruhare rwa Tshisekedi mu guhashya imitwe yitwaje intwaro

Editorial 31 Jan 2020
Kenyatta azatangazwa ko yatsinze amatora Odinga asigare yimyiza imoso
Mu Mahanga

Kenyatta azatangazwa ko yatsinze amatora Odinga asigare yimyiza imoso

Editorial 29 Oct 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru