• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Eugene Richard Gasana, wari uhagarariye URwanda muri LONI, akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu

Eugene Richard Gasana, wari uhagarariye URwanda muri LONI, akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu

Ubwanditsi 17 Jun 2019 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE, ITOHOZA

Umunyarwankazi aravuga ko yafashwe ku ngufu kabiri nuwahoze ari ambasaderi muri LONI- ngo akaba yarabanje kumurigata ukubuko, n’ibindi bindi b’imenyetso biteye ubwoba, mbere y’uko berecyeza igana mu hoteli ahitwa Manhattan hoteli, nkuko ikirego cyatanzwe mu rukiko cyibigaragaza.

Uyu mugore wari ufite imyaka makumyabiri (20) icyo gihe, ubu wagannye inkiko, avuga ko mur’ibyo bihe yarimo kwimenyereza akazi ka LONI , ubwo  Eugene Richard Gasana, wari uhagarariye URwanda muri LONI nk’Ambasaderi, ndetse wanakoraga nka Perezida w’Akanama k’Umutekano ku Isi, ibi bikaba byarabaye muri 2014.

Gasana ufite imyaka 56 y’amavuko, ubu utagikora iyo mirimo, bivugwa ko ngo yaba yarifashishishije imbaraga mu rwego rwo gusarura aho atabibye, ubwo ngo yafataga uyu mugore inshuro ebyiri zose zitandukanye, bikaba ngo byarabaye hagati ya Kamena na Nyakanga muri 2014, nkuko ikirego cye cyibigaragaza.

Ubwa mbere ngo Gasana  yatumiye uyu mugore muri Hoteli yitwa Millenium Hotel cyangwa mu nzu yitwa One UN Plaza mu rwego rwo kugirango bice isari, buhoro buhoro amwinginga amwumvisha ko bajya mu byumba byo hejuru mu muturirwa, ku cyasaga nkaho ari icyumba cy’inama, ariko mu kugerayo, hariyo icyumba cy’uburiri inyuma, nkuko inyandiko zibigaragaza.

Aho ngaho, uwo mugabo yamufashe ku n gufu. Ariko ntiyigeze agira uwo abimenyesha, kuberako ngo icyoba cyari cyamutashye, kuberako Gasana yari kumugirira nabi ndetse no kuba yari no kugirira nabi umuryango we wari mu Rwanda,” nkuko ikirego cyibigaragaza. Kandi uwo mugore yari azi ko afite ubudahangarwa.

Ibyumweru byakurikiyeho, Gasana ngo yarashyokewe arongera amufata ku ngufu, ibi ngo bikaba byarabaye ku wa 11 Nyakanga 2014. Bikaba bitumvikana ukuntu uyu mugore yategereje kugeza ubu, kugirango atange ikirego.

Gasana yataye akazi muri Kamena 2016, umwaka ushize akaba yarahawe uruhushya rwo gutura muri Amerika ku buryo buhoraho

Abanganira mu rwego rw’amategeko urega bakaba ari ba avoka; , Steven Cash na Debra Soltis, bakaba babwiye ikinyamakuru the Post ko uyu mugore yafatanije neza n’ibiro by’ushinzwe imanza muri Manhattan, ari nabyo biro birimo gukora iperereza.

Abashinjacyaha bakaba baririnze kugira icyo batangaza kugira icyo bavuga kuri uru rubanza, ubwo babazwaga ku wa Gatanu.

“Umukiriya wacu yagaragaje ubutwari budasanzwe mu rwego rwo gushyira ahagaragara  ikirego,” akaba ari amagambo yavuzwe na Cash hamwe na Soltis. “Yizeye ubutabera bwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ikirego cye cyirivugira, kandi tukaba dutewe ishema no kumwunganira.”

Ku wa Gatanu nyirubwite  ntabwo nomero ya telephone yabashije kunyuramo.

Ambasade y’URwanda muri LONI itagaragazwa mu Kirego ntabwo yagize icyo itangaza ku birebana n’iki cyibazo.

2019-06-17
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Perezida Kagame Paul yitabiriye imyitozo y’Ingabo isanzwe izwi nka Exercise Hard Punch

Perezida Kagame Paul yitabiriye imyitozo y’Ingabo isanzwe izwi nka Exercise Hard Punch

Ubwanditsi 18 Aug 2023
Dr Rudasingwa, reka gutoba amateka y’igihugu

Dr Rudasingwa, reka gutoba amateka y’igihugu

Ubwanditsi 30 Sep 2016
Urukiko rwanzuye ko Kanyankole wayoboraga BRD afungwa by’agateganyo iminsi 30.

Urukiko rwanzuye ko Kanyankole wayoboraga BRD afungwa by’agateganyo iminsi 30.

Ubwanditsi 23 Oct 2018
Impamvu ibitekerezo bya Rudasingwa bihabanye n’ukuri

Impamvu ibitekerezo bya Rudasingwa bihabanye n’ukuri

Ubwanditsi 01 Aug 2019

Igitekerezo kimwe

  1. Josee Uwase
    June 21, 201912:21 am -

    Icyo gisuma ngo Ni Eugene Gasana bagikanire urumukwiye.

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umuyobozi ushinzwe imyubakire mu Mujyi wa Kigali yeguye
Mu Rwanda

Umuyobozi ushinzwe imyubakire mu Mujyi wa Kigali yeguye

Ubwanditsi 16 May 2018
Amafoto – Rayon Sports yatangaje ko yongereye amasezerano Muhire Kevin inasinyisha rutahizamu w’umunya-Brazil Chrismar Malta Soares
Amakuru

Amafoto – Rayon Sports yatangaje ko yongereye amasezerano Muhire Kevin inasinyisha rutahizamu w’umunya-Brazil Chrismar Malta Soares

Ubwanditsi 17 Oct 2021
Indorerezi zirenga 1800 ziri gukurikirana itora rya Perezida wa Repubulika
Mu Rwanda

Indorerezi zirenga 1800 ziri gukurikirana itora rya Perezida wa Repubulika

Ubwanditsi 04 Aug 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru