• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rutahizamu Byiringiro Lague agiye kwerekeza muri Afurika y’Epfo aho yitegura gutangira akazi mu ikipe ya Durban City FC   |   31 Jul 2026

  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Eugene Richard Gasana, wari uhagarariye URwanda muri LONI, akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu

Eugene Richard Gasana, wari uhagarariye URwanda muri LONI, akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu

Ubwanditsi 17 Jun 2019 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE, ITOHOZA

Umunyarwankazi aravuga ko yafashwe ku ngufu kabiri nuwahoze ari ambasaderi muri LONI- ngo akaba yarabanje kumurigata ukubuko, n’ibindi bindi b’imenyetso biteye ubwoba, mbere y’uko berecyeza igana mu hoteli ahitwa Manhattan hoteli, nkuko ikirego cyatanzwe mu rukiko cyibigaragaza.

Uyu mugore wari ufite imyaka makumyabiri (20) icyo gihe, ubu wagannye inkiko, avuga ko mur’ibyo bihe yarimo kwimenyereza akazi ka LONI , ubwo  Eugene Richard Gasana, wari uhagarariye URwanda muri LONI nk’Ambasaderi, ndetse wanakoraga nka Perezida w’Akanama k’Umutekano ku Isi, ibi bikaba byarabaye muri 2014.

Gasana ufite imyaka 56 y’amavuko, ubu utagikora iyo mirimo, bivugwa ko ngo yaba yarifashishishije imbaraga mu rwego rwo gusarura aho atabibye, ubwo ngo yafataga uyu mugore inshuro ebyiri zose zitandukanye, bikaba ngo byarabaye hagati ya Kamena na Nyakanga muri 2014, nkuko ikirego cye cyibigaragaza.

Ubwa mbere ngo Gasana  yatumiye uyu mugore muri Hoteli yitwa Millenium Hotel cyangwa mu nzu yitwa One UN Plaza mu rwego rwo kugirango bice isari, buhoro buhoro amwinginga amwumvisha ko bajya mu byumba byo hejuru mu muturirwa, ku cyasaga nkaho ari icyumba cy’inama, ariko mu kugerayo, hariyo icyumba cy’uburiri inyuma, nkuko inyandiko zibigaragaza.

Aho ngaho, uwo mugabo yamufashe ku n gufu. Ariko ntiyigeze agira uwo abimenyesha, kuberako ngo icyoba cyari cyamutashye, kuberako Gasana yari kumugirira nabi ndetse no kuba yari no kugirira nabi umuryango we wari mu Rwanda,” nkuko ikirego cyibigaragaza. Kandi uwo mugore yari azi ko afite ubudahangarwa.

Ibyumweru byakurikiyeho, Gasana ngo yarashyokewe arongera amufata ku ngufu, ibi ngo bikaba byarabaye ku wa 11 Nyakanga 2014. Bikaba bitumvikana ukuntu uyu mugore yategereje kugeza ubu, kugirango atange ikirego.

Gasana yataye akazi muri Kamena 2016, umwaka ushize akaba yarahawe uruhushya rwo gutura muri Amerika ku buryo buhoraho

Abanganira mu rwego rw’amategeko urega bakaba ari ba avoka; , Steven Cash na Debra Soltis, bakaba babwiye ikinyamakuru the Post ko uyu mugore yafatanije neza n’ibiro by’ushinzwe imanza muri Manhattan, ari nabyo biro birimo gukora iperereza.

Abashinjacyaha bakaba baririnze kugira icyo batangaza kugira icyo bavuga kuri uru rubanza, ubwo babazwaga ku wa Gatanu.

“Umukiriya wacu yagaragaje ubutwari budasanzwe mu rwego rwo gushyira ahagaragara  ikirego,” akaba ari amagambo yavuzwe na Cash hamwe na Soltis. “Yizeye ubutabera bwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ikirego cye cyirivugira, kandi tukaba dutewe ishema no kumwunganira.”

Ku wa Gatanu nyirubwite  ntabwo nomero ya telephone yabashije kunyuramo.

Ambasade y’URwanda muri LONI itagaragazwa mu Kirego ntabwo yagize icyo itangaza ku birebana n’iki cyibazo.

2019-06-17
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Uko Museveni yahaye RNC rugali  mu bitangazamakuru bye guharabika u Rwanda

Uko Museveni yahaye RNC rugali mu bitangazamakuru bye guharabika u Rwanda

Ubwanditsi 05 May 2019
Nicolas Sarkozy yafunzwe: Uwari Perezida w’u Bufaransa abaye uwa mbere woherejwe muri gereza kubera ibyaha bya ruswa

Nicolas Sarkozy yafunzwe: Uwari Perezida w’u Bufaransa abaye uwa mbere woherejwe muri gereza kubera ibyaha bya ruswa

RUSHYASHYA 21 Oct 2025
U Rwanda ntiruzirukana impunzi z’Abarundi, kubera igitutu cy’ubutegetsi bwa CNDD-FDD bubarega ibidafitiwe ibimenyetso.Ababyifuza bazakomeza gutaha ku neza.

U Rwanda ntiruzirukana impunzi z’Abarundi, kubera igitutu cy’ubutegetsi bwa CNDD-FDD bubarega ibidafitiwe ibimenyetso.Ababyifuza bazakomeza gutaha ku neza.

Ubwanditsi 30 Dec 2020
U Rwanda ruracyagaragaza umuhate mu gushaka amahoro mu karere k’Ibiyaga bigari

U Rwanda ruracyagaragaza umuhate mu gushaka amahoro mu karere k’Ibiyaga bigari

Ubwanditsi 30 Jun 2025

Igitekerezo kimwe

  1. Josee Uwase
    June 21, 201912:21 am -

    Icyo gisuma ngo Ni Eugene Gasana bagikanire urumukwiye.

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ko uriye umusaza aruka imvi, ibigarasha byariye umwana “Djibril” byo bizaruka iki?
Amakuru

Ko uriye umusaza aruka imvi, ibigarasha byariye umwana “Djibril” byo bizaruka iki?

Ubwanditsi 17 Sep 2024
Abanyeshuri ba CIESK biyemeje kurwanya ibiyobyabwenge
Mu Mahanga

Abanyeshuri ba CIESK biyemeje kurwanya ibiyobyabwenge

Ubwanditsi 02 May 2016
Bobi Wine yarekuwe atanze ingwate
POLITIKI

Bobi Wine yarekuwe atanze ingwate

Ubwanditsi 27 Aug 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru