• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Bombori bombori hagati ya Kayumba Placide na Pierre Celestin Rwalinda wamusimbuye ku buyobozi bwa FDU Inkingi   |   15 May 2026

  • APR FC na Rayon Sports zageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro 2026, zizahatanira miliyoni 12 z’Amafaranga y’u Rwanda   |   14 May 2026

  • Habura iminsi 3 ngo shampiyona irangire, Al Hilal yegukanye igikombe cy’icyubahiro cya BK Pro League 2025-2026   |   13 May 2026

  • Rwanda Premier League yemeje ko hazatangwa ibikombe bibiri bya shampiyona, bitandukanye n’ibyo FERWAFA yari yatangaje   |   12 May 2026

  • Itangazamakuru si inzira yo gushakiramo amaronko binyuze mu gukora ibyaha, ubutabera bugomba gukora akazi kabwo   |   11 May 2026

  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Himbara yaba yarabaye Intumwa ya Sekibi
David Himbara

Himbara yaba yarabaye Intumwa ya Sekibi

Ubwanditsi 14 Nov 2017 ITOHOZA

David Himbara, wigize Perezida w’Umuryango wiyita ko ari uwa abaturage ba Canada bahangayikishijwe ngo n’imvururu zishingiye kuri Politiki mu Rwanda ari mu gahinda, kandi akaba ashishikajwe no kwishyira heza nk’ubuheri, yitaka ndetse no kwisingiza.

Ikibabaje muri ibi byose n’uko  avuga ko imvururu za Politiki arizo ziranga  igihugu cye,  akaba ari muri urwo rwego adashobora gukozwa icyitwa ukuri, kuko yasabitswe no kwiyemera.

Avuga cyane bikabije, kandi ahorana amaganya akabije, nk’umugore wasenzwe, akora ibishoboka, kugirango azahure icyubahiro cye (niba yaranakigize koko!). Ibi bikaba byatuma umuntu yibaza niba ubuhunzi n’ amahanga bitaratangira kumuhanda, bityo bikaba bitagituma ashobora gutekereza neza ngo ashyire mu gaciro.

Ngo kuba Himbara yaraje kumenyekana, nuko yashyikirijwe igihembo cya Ingabire muri 2017 ariko mu Kinyarwanda baca umugani ngo “Nyereka inshuti zawe, ndakubwira uwuriwe:.

Biratangaje kuba Himbara yarashoboye kubona abamutega amatwi, cyane cyane muri Canada, aho atuye, bashobora kumva ibinyoma bye byambaye ubusa, avuga ko nta burenganzira bw’ikiremwa muntu buba mu Rwanda. Kandi igitangaje, n’uko atajya atanga ibimenyetso bigaragaza uko guhutazwa k’uburenganzira bw’ikiremwa muntu avuga, uretse gusa gukoreshwa n’urumogi aba amaze kwiyahuza,  rumutera gutekereza ibidashoboka.

Umunyamerika akaba n’Umunyarwanda wahawe ubwenegihugu bw’iki gihugu cy’igihangange mu myaka 42 ishize Willis Shalita agira ati : Ubushize ubwo nari hamwe na Himbara imbere y’inteko ishingamategeko y’Amerika komisiyo yayo ishinzwe gukora iperereza ku bivugwa ko uburenganzira butubahirizwa mu Rwanda, yikojeje icyimwaro, ubwo yaburaga ikimenyetso na kimwe cyigaragaza niba koko uburenganzira mu Rwanda butubahirizwa, ubwo yatangiye kurya indimi. Nkuko abahunze U Rwanda  bavuga nabi U Rwanda bose babigira, yatangiye gutanga ingero zitangwa n’abandi bahunze U Rwanda.

Kuri Himbara, nta cyiza nabusa kiba mu Rwanda, yewe ngo nta n’amajyambere na busa yigeze agera mu Rwanda mu myaka 23 ishize, nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, nyamara kandi igitangaje, nuko iyo umubajije amashuri yize ndetse n’ubunararibonye bwe, ntashobora kutavuga ko yari umunyamabanga  wa mbere wihariye n’Umujyanama wa Perezida Paul Kagame. Ese ubundi iyo ataza kuba yarakoreye Perezida ubu arimo avuga nabi, n’U Rwanda ubu arimo aharabika, ubu aba avuga iki?

Inshuro ebyiri zose, Himbara yirukanywe m’URUGWIRO, ariko se harubwo ajya abwira abamutega amatwi nyir’ abayazana y’iyirukanwa rye? Ashishikajwe n’umugambi we mubisha kubera inzigo iri hagati ye n’U Rwanda, bitewe nuko ubu ari mu kibazo cy’amikoro, ku buryo ubu ashobora no kugurisha umutima we.

 

Inyoni irimba cyane ntijya yubaka icyari. Biteye agahinda! Himbara nawe nuko!

Himbara kuri ubu, umugambi we akaba ari ukujujubya Abanyarwanda baba muri Canada bagerageza kuvuga barengera  urwababyaye, kandi ubu akaba azenguruka muri Canada yose atanga ibiganiro mbwirwaruhame kuri buri wese ushobora kumutega amatwi, ariko asebya U Rwanda, nkaho uburenganzira bwo kuvuga icyiri ku mutima ari ubwe wenyine.

Yabaye nari Himbara, sinari kubabazwa n’uko Abanyarwanda babanya Canada bafite uburenganzira bwo gutanga ibitekerezo, nakabaye mbabazwa n’uko ubu hari Ikigo cyo muri Canada gishinzwe imari ubu kirimo kunkoraho iperereza ku byerekeranye n’amafaranga.

Himbara amaze kwishyura kuva muri 2014 kugeza ubu nako Amaze guhabwa na Rujugiro, amadolari y’Amerika agera kuri $520,000 ayishyura Ikigo cyitwa  Podesta Group Inc , mu rwego rwo kureshya abamujya inyuma.

Cyiza D.

 

 

 

2017-11-14
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Charles ONANA wigize akahebwe, ni muntu ki? 

Charles ONANA wigize akahebwe, ni muntu ki? 

Ubwanditsi 18 Oct 2024
Byagenze bite ngo Rutabana wakiriwe muri Uganda nka VIP aze gushimutwa? Umuryango we uwobarega niwe baregera

Byagenze bite ngo Rutabana wakiriwe muri Uganda nka VIP aze gushimutwa? Umuryango we uwobarega niwe baregera

Ubwanditsi 05 Oct 2019
Guverinoma y’u Rwanda ikorera mu buhungiro ikomeje guhata imyanya abatarifuje gufatanya nayo

Guverinoma y’u Rwanda ikorera mu buhungiro ikomeje guhata imyanya abatarifuje gufatanya nayo

Ubwanditsi 11 May 2018
Umufana wa APR FC yarohamye mu kivu ashira mo umwuka

Umufana wa APR FC yarohamye mu kivu ashira mo umwuka

Ubwanditsi 26 Sep 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Mu Bakinnyi Umutoza w’Amavubi yahamagaye harimo na Kevin Monnet Paquet
Amakuru

Mu Bakinnyi Umutoza w’Amavubi yahamagaye harimo na Kevin Monnet Paquet

Ubwanditsi 07 Oct 2020
Abanya-Kenya na Ethiopia bihariye ibihembo by’irushanwa rya Kigali International Peace Marathon 2023
Amakuru

Abanya-Kenya na Ethiopia bihariye ibihembo by’irushanwa rya Kigali International Peace Marathon 2023

Ubwanditsi 11 Jun 2023
Rutsiro: Polisi yataye muri yombi uwashakaga guha ruswa umupolisi
Mu Rwanda

Rutsiro: Polisi yataye muri yombi uwashakaga guha ruswa umupolisi

Ubwanditsi 18 Apr 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru