• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe 14 yo mu bihugu 4 birimo U Rwanda, Uganda, Kenya na Benin agiye guhatanira irushanwa ryo Kwibuka muri Volleybal   |   18 Jun 2026

  • Ishimwe Christian watandukanye na Police FC yerekeje muri APR FC yigeze gukinira asimburana na Niyomugabo Claude utarongera amasezerano   |   17 Jun 2026

  • Salomon Kalonda yatangaje ko Tshisekedi ashaka kugundira ubutegetsi, yifashishije kamarampaka   |   16 Jun 2026

  • Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baheruka gutandukana na MIE, bamaze kwimukira muri Canada   |   15 Jun 2026

  • Ubushinjacyaha bwise Ingabire Mwene Dusabe b’i Butamwa; Umutesi   |   15 Jun 2026

  • Ben Rutabana akomeje kuba “umugati” w’ibigarasha ngo bibone icyo bitamira   |   15 Jun 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Himbara yaba yarabaye Intumwa ya Sekibi
David Himbara

Himbara yaba yarabaye Intumwa ya Sekibi

Ubwanditsi 14 Nov 2017 ITOHOZA

David Himbara, wigize Perezida w’Umuryango wiyita ko ari uwa abaturage ba Canada bahangayikishijwe ngo n’imvururu zishingiye kuri Politiki mu Rwanda ari mu gahinda, kandi akaba ashishikajwe no kwishyira heza nk’ubuheri, yitaka ndetse no kwisingiza.

Ikibabaje muri ibi byose n’uko  avuga ko imvururu za Politiki arizo ziranga  igihugu cye,  akaba ari muri urwo rwego adashobora gukozwa icyitwa ukuri, kuko yasabitswe no kwiyemera.

Avuga cyane bikabije, kandi ahorana amaganya akabije, nk’umugore wasenzwe, akora ibishoboka, kugirango azahure icyubahiro cye (niba yaranakigize koko!). Ibi bikaba byatuma umuntu yibaza niba ubuhunzi n’ amahanga bitaratangira kumuhanda, bityo bikaba bitagituma ashobora gutekereza neza ngo ashyire mu gaciro.

Ngo kuba Himbara yaraje kumenyekana, nuko yashyikirijwe igihembo cya Ingabire muri 2017 ariko mu Kinyarwanda baca umugani ngo “Nyereka inshuti zawe, ndakubwira uwuriwe:.

Biratangaje kuba Himbara yarashoboye kubona abamutega amatwi, cyane cyane muri Canada, aho atuye, bashobora kumva ibinyoma bye byambaye ubusa, avuga ko nta burenganzira bw’ikiremwa muntu buba mu Rwanda. Kandi igitangaje, n’uko atajya atanga ibimenyetso bigaragaza uko guhutazwa k’uburenganzira bw’ikiremwa muntu avuga, uretse gusa gukoreshwa n’urumogi aba amaze kwiyahuza,  rumutera gutekereza ibidashoboka.

Umunyamerika akaba n’Umunyarwanda wahawe ubwenegihugu bw’iki gihugu cy’igihangange mu myaka 42 ishize Willis Shalita agira ati : Ubushize ubwo nari hamwe na Himbara imbere y’inteko ishingamategeko y’Amerika komisiyo yayo ishinzwe gukora iperereza ku bivugwa ko uburenganzira butubahirizwa mu Rwanda, yikojeje icyimwaro, ubwo yaburaga ikimenyetso na kimwe cyigaragaza niba koko uburenganzira mu Rwanda butubahirizwa, ubwo yatangiye kurya indimi. Nkuko abahunze U Rwanda  bavuga nabi U Rwanda bose babigira, yatangiye gutanga ingero zitangwa n’abandi bahunze U Rwanda.

Kuri Himbara, nta cyiza nabusa kiba mu Rwanda, yewe ngo nta n’amajyambere na busa yigeze agera mu Rwanda mu myaka 23 ishize, nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, nyamara kandi igitangaje, nuko iyo umubajije amashuri yize ndetse n’ubunararibonye bwe, ntashobora kutavuga ko yari umunyamabanga  wa mbere wihariye n’Umujyanama wa Perezida Paul Kagame. Ese ubundi iyo ataza kuba yarakoreye Perezida ubu arimo avuga nabi, n’U Rwanda ubu arimo aharabika, ubu aba avuga iki?

Inshuro ebyiri zose, Himbara yirukanywe m’URUGWIRO, ariko se harubwo ajya abwira abamutega amatwi nyir’ abayazana y’iyirukanwa rye? Ashishikajwe n’umugambi we mubisha kubera inzigo iri hagati ye n’U Rwanda, bitewe nuko ubu ari mu kibazo cy’amikoro, ku buryo ubu ashobora no kugurisha umutima we.

 

Inyoni irimba cyane ntijya yubaka icyari. Biteye agahinda! Himbara nawe nuko!

Himbara kuri ubu, umugambi we akaba ari ukujujubya Abanyarwanda baba muri Canada bagerageza kuvuga barengera  urwababyaye, kandi ubu akaba azenguruka muri Canada yose atanga ibiganiro mbwirwaruhame kuri buri wese ushobora kumutega amatwi, ariko asebya U Rwanda, nkaho uburenganzira bwo kuvuga icyiri ku mutima ari ubwe wenyine.

Yabaye nari Himbara, sinari kubabazwa n’uko Abanyarwanda babanya Canada bafite uburenganzira bwo gutanga ibitekerezo, nakabaye mbabazwa n’uko ubu hari Ikigo cyo muri Canada gishinzwe imari ubu kirimo kunkoraho iperereza ku byerekeranye n’amafaranga.

Himbara amaze kwishyura kuva muri 2014 kugeza ubu nako Amaze guhabwa na Rujugiro, amadolari y’Amerika agera kuri $520,000 ayishyura Ikigo cyitwa  Podesta Group Inc , mu rwego rwo kureshya abamujya inyuma.

Cyiza D.

 

 

 

2017-11-14
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Abatavuga rumwe na Leta ya Nkurunziza basabye abakuru b’ibihugu bya EAC gufatira ibihano Leta y’u Burundi

Abatavuga rumwe na Leta ya Nkurunziza basabye abakuru b’ibihugu bya EAC gufatira ibihano Leta y’u Burundi

Ubwanditsi 31 Jan 2019
Uganda:Umusirikare yapfuye yiyahuye mu Kiyaga cya Victoria

Uganda:Umusirikare yapfuye yiyahuye mu Kiyaga cya Victoria

Ubwanditsi 11 Mar 2017
Rudasingwa yongeye kuzura umutwe, arya amaraso y’Abatutsi abeshyako habayeho Jenoside y’Abahutu

Rudasingwa yongeye kuzura umutwe, arya amaraso y’Abatutsi abeshyako habayeho Jenoside y’Abahutu

Ubwanditsi 13 Dec 2016
Ambasaderi w’u Rwanda mu muryango w’abibumbye Eugène Gasana yahakanye ibivugwa mu cyegeranyo cy’impunguke za ONU

Ambasaderi w’u Rwanda mu muryango w’abibumbye Eugène Gasana yahakanye ibivugwa mu cyegeranyo cy’impunguke za ONU

Ubwanditsi 08 Feb 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Diamond Platnumz ari mu mazi abira, arasabwa kuriha Mobetto akayabo ku indezo y’umwana
SHOWBIZ

Diamond Platnumz ari mu mazi abira, arasabwa kuriha Mobetto akayabo ku indezo y’umwana

Ubwanditsi 02 Nov 2017
Ronald Koeman watozaga ikipe ya FC Barcelona yirukanywe nyuma yo gutsindwa na Rayo Vallecano mu mukino wa shampiyona yo muri Esipanye
Amakuru

Ronald Koeman watozaga ikipe ya FC Barcelona yirukanywe nyuma yo gutsindwa na Rayo Vallecano mu mukino wa shampiyona yo muri Esipanye

Ubwanditsi 28 Oct 2021
Nyuma yaho umuhanzikazi Queen Cha asezereye muri The Mane, Marina nawe yanditse ibaruwa isezera muri iyo nzu ifasha abahanzi iyoborwa na Bad Rama.
Amakuru

Nyuma yaho umuhanzikazi Queen Cha asezereye muri The Mane, Marina nawe yanditse ibaruwa isezera muri iyo nzu ifasha abahanzi iyoborwa na Bad Rama.

Ubwanditsi 28 Apr 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru