• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

  • Rwanda Premier League yasinyanye na Banki ya Kigali amasezerano yo kwitirirwa shampiyona y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka 5 n’igice, afite agaciro k’arenga miliyari Eshatu z’amafaranga y’u Rwanda   |   24 Apr 2026

  • FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga   |   24 Apr 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Icyo abanya Kigali bavuga kuri Coup d’ Etat yakorewe Kayumba muri RNC

Icyo abanya Kigali bavuga kuri Coup d’ Etat yakorewe Kayumba muri RNC

Ubwanditsi 07 Jul 2016 ITOHOZA

Itangazo ryashyizweho umukono na Rudasingwa, riragira riti: Mu nama ya biro politiki yabaye mu kwezi gushize, icyemezo cyarafashwe n’itora nyamwinshi ‘majority vote’ ko amatora akomeza akazaba mu kwezi kwa munani 2016, nubwo hari kutemeranya kwa Dr. Gerald Gahima, Joseph Ngarambe na Jonathan Musonera bavuga ko amatora abaye hatabayeho ibiganiro no gucyemura ibibazo bikomeye byari gutuma atagenda neza.

Dr. Gerald Gahima yaje kwegura ava muri komite y’amatora itarakoraga neza iyoborwa na Lt.Gen. Nyamwasa.

-3155.jpg

Rudasingwa ahiritse kubutegetsi Kayumba Nyamwasa

Komite ubu yamaze gushyirwaho yo kugenzura imikorere ya Ihuriro rishya-RNC mu gihe kitarenze iminsi 30, muri icyo gihe hazashyirwaho imiterere mishya n’ubuyozi bizahitwamo binyujijwe mu mana.

Iyo komite igizwe n’umuyobozi mukuru, Dr.Theogene Rudasingwa, umwungirije Joseph Ngarambe, n’umunyamabanga Jonathan Musonera.

-3157.jpg

Chikuru Mwanamayi uregwa ubusambanyi

Chikuru Mwanamayi yagizwe umuyobozi mukuru wa Belgium, Emmanuel Nshimiyimana aba uwi Brussels, Eric Nkombe aba uw’uBufaransa.

-3156.jpg

Hagati ya Kayumba na Rudasingwa ninde uzitoragurira Umunyamakuru Serge Ndayizeye, wakoreraga Radio Itahuka

New-RNC itandukanye na Radiyo Itahuka, kandi no kubera iyo mpanvu ntabwo igifite uruhare mu nyandiko n’ibikorwa by’iyo radiyo. New-RNC izakoresha indi mirongo kugirango ihitishe ibiganiro byayo vuba uko bishotse.

Abanya Kigali baravuga iki ? kuri iyi Coup d’Etat yakorewe Kayumba muri RNC

Icyo abantu hano mu mujyi wa Kigali bavuga kuri aya makimbirane ari muri RNC ni uko ngo byatinze kuba, Kayumba n’agatsiko ke kasize gahemukiye u Rwanda n’abanyarwanda. Bati abantu Rudasingwa yahemukiye barangana iki ? Rudasingwa Theogene ubwo yari Ambasaderi w’u Rwanda I Washington , yafungiraga abantu muri conteneur ndetse n’igihe yakoraga muri Perezidansi, yaranzwe n’ubujura bukabije ndetse no kunyereza imitungo ya Perezidansi.

Mukuruwe Gahima kurya ibya BACAR yarangiza agatera ubwoba umusaza Kajeguhakwa kugeza ahunze, Gahima abantu yafungiye ubusa barangana iki?

Kayumba abo yicishije barimo umucuruzi Bayingana Victor, amuziza imitungo bari bafatanyije nyuma akanamwicira n’umugore Antoinette Kagaju, azimangatanya ibimenyetso. Ibibyose abanyarwanda turabyibuka , yaba Kayumba yaba Rudasingwa cyangwase Gahima n’undi wese wahemukiye u Rwanda ntanumwe uzagira amahoro.

Cyiza Davidson

2016-07-07
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Frank Ntwali yarize amarira y’ingona ngo ababajwe n’urupfu rw’umuhanzi Kizito Mihigo

Frank Ntwali yarize amarira y’ingona ngo ababajwe n’urupfu rw’umuhanzi Kizito Mihigo

Ubwanditsi 18 Feb 2020
Lt Gen Karenzi Karake na Maj. Gen Jack Nziza mu basirikare bakuru basezerewe

Lt Gen Karenzi Karake na Maj. Gen Jack Nziza mu basirikare bakuru basezerewe

Ubwanditsi 21 Jul 2017
Loni ni nka Bihehe bavugiriza induru, iti “ngizi impundu mporana”. Uko yamaganwa, niko irushaho gushyigikira abajenosideri.

Loni ni nka Bihehe bavugiriza induru, iti “ngizi impundu mporana”. Uko yamaganwa, niko irushaho gushyigikira abajenosideri.

Ubwanditsi 09 Aug 2024
I BOSTON : RNC YIRIWE MU IKINAMICO YO GUSENGERA COL. PATRICK KAREGEYA

I BOSTON : RNC YIRIWE MU IKINAMICO YO GUSENGERA COL. PATRICK KAREGEYA

Ubwanditsi 20 Jan 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Champions League: Shakhtar yatunguye Roma, Manchester United irokokera muri Espagne
IMIKINO

Champions League: Shakhtar yatunguye Roma, Manchester United irokokera muri Espagne

Ubwanditsi 22 Feb 2018
Mu Gihugu cya Santrafrika ( Centre Afrique), Umupasteri w’Umufaransa yasabye imbabazi ku byo Ubufaransa bwakoze muricyo gihugu..
MULTIMEDIA

Mu Gihugu cya Santrafrika ( Centre Afrique), Umupasteri w’Umufaransa yasabye imbabazi ku byo Ubufaransa bwakoze muricyo gihugu..

Ubwanditsi 07 Nov 2016
Ivan Minnaert yagaruye Mbondi muri 11 bagiye guhangana na Costa do Sol
IMIKINO

Ivan Minnaert yagaruye Mbondi muri 11 bagiye guhangana na Costa do Sol

Ubwanditsi 18 Apr 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru