• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • U Rwanda rwatsinze Reta Zunze Ubumwe za Amerika ku kinyuranyo k’inota rimwe muri ICC Women’s Challenge   |   21 Apr 2026

  • Prudence Nsengumukiza akomeje kuba umuyoboro w’interahamwe mu gushaka amaronko   |   20 Apr 2026

  • Perezida Kagame yashimiye amakipe afitanye ubufatanye na Visit Rwanda kubwo kugera muri 1/2 cya Champions League   |   16 Apr 2026

  • Diamond aritegura gutaramira i Kigali mu mpeshyi, mu gitaramo yise ‘Retro Tour’   |   15 Apr 2026

  • Amaherezo y’urubanza rwa Agathe Kanziga azaba ayahe? Azapfa adashyikirijwe ubutabera nk’umugabo we?   |   15 Apr 2026

  • Umutindi ku mutima aba arogoye ijambo rya Perezida Kagame mu Kwibuka, ati “Muribuka ibiki harya?”   |   11 Apr 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Inkomoko y’amafoto ya Diane Rwigara yambaye ubusa

Inkomoko y’amafoto ya Diane Rwigara yambaye ubusa

Ubwanditsi 11 May 2017 ITOHOZA

Mu gitondo cyo ku wa Gatanu ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amafoto ya Diane Rwigara, umukobwa w’umunyemari Rwigara Assinapol uherutse kwitaba Imana.

Uyu mukobwa w’imyaka 35 y’amavuko, muri iki Cyumweru nibwo yatangaje gahunda ye ijyanye no kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika mu matora ategerejwe muri Kanama uyu mwaka.

Amafoto ye abiri yakwirakwijwe amugaragaza yambaye ubusa hose. Imwe imugaragaza ahagaze ahasa no mu cyumba iruhande rw’idirishya ririho igitambaro (rideaux) cya kaki yifashe mu mayunguyungu areba imbere (areba umufotora) naho indi imugaragaza aryamye mu mifariso y’intebe za kaki yashyize akaguru ku kandi.

Inkomoko y’aya mafoto

Inkomoko y’aya mafoto kugeza ubu ntabwo iramenyekana neza gusa kuva ku munsi w’ejo yashyirwa ahagaragara, hatangiye kuvugwa amakuru menshi ayerekeyeho.

Ibinyamakuru byo muri Uganda byatangaje ko yatangiye gukwirakwizwa muri icyo gihugu ku mbuga za WhatsApp ahagana saa tanu za mu gitondo.

Gusa hari andi makuru avuga ko hari umuntu wakwirakwije aya mafoto yifashishije ‘email’ aho yayoherereje abantu batandukanye biganjemo abanyamakuru.

Amakuru yizewe agera kuri IGIHE dukesha iyi nkuru avuga ko aya mafoto yafashwe n’Umunyamakuru Robert Mugabe wari umaze igihe kinini ari mu rukundo na Diane Rwigara.

-6484.jpg

Umunyamakuru wa Great Lakes Voice, Robert Mugabe

Abantu ba hafi b’uyu mukobwa ushaka kuba Perezida wa Repubulika, bavuze ko kuva aya mafoto yajya ahagaragara, yijunditse mu buryo bukomeye Robert Mugabe amuziza kuba yaratangaje aya mafoto.

Ku rundi ruhande, abantu ba hafi ba Robert Mugabe bavuga ko we yasobanuye ko yibwe telefoni ariho ayo mafoto yavuye ajya gushyirwa ku karubanda.

Bivugwa kandi ko aba bombi bakundanye mu gihe cy’amezi atandatu harimo n’ayo bamaze babana munzu imwe muza se Rwigara nk’umugore n’umugabo. Nyuma ngo bagiranye ubushyamirane urukundo rwabo rurangira nabi.

-6483.jpg

Diane Shima Rwigara

Kuva ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu ubwo aya makuru yari atangiye gusakara, IGIHE cyagerageje kuvugisha Robert Mugabe ku murongo wa telefoni ye igendanwa nkuko kibivuga ariko ntibyabakundira.

Hagati aho, kuri ‘email’ yohererejwe abanyamakuru batandukanye ibasangiza aya mafoto, bivugwa ko hagaragaramo ifoto y’umunyamakuru Robert Mugabe ari kumwe n’abandi bantu, bazwi nk’abanyamakuru bagenzi be ku buryo n’ubu hataramenyekana impamvu nawe ifoto ye igaragara ku buryo nabyo byaba bifitanye isano n’ibivugwa.

-6485.jpg

Mugabe Robert nabamwe mu banyamakuru binshuti ze

2017-05-11
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ububiligi: Uko  Apotre Paul Gitwaza yanyuze mu myanya y’intoki Abapolisi bari baje kumuta muri yombi biturutse ku kagambane ka Bishop Bienvenue?

Ububiligi: Uko Apotre Paul Gitwaza yanyuze mu myanya y’intoki Abapolisi bari baje kumuta muri yombi biturutse ku kagambane ka Bishop Bienvenue?

Ubwanditsi 10 Jun 2017
“Ndi Umunyarwanda” iragarutse , umukoro ku ihuriro  Unity Club

“Ndi Umunyarwanda” iragarutse , umukoro ku ihuriro Unity Club

Ubwanditsi 26 Oct 2018
Paris: Octavien Ngenzi na Tito Barahira bahakanye ibyaha bashinjwa

Paris: Octavien Ngenzi na Tito Barahira bahakanye ibyaha bashinjwa

Ubwanditsi 11 May 2016
ABANYARWANDA  HERVE BM  NA JEAN MARIE MICOMBERO BARAKEKWAHO  KUBA MU BATEYE IBISASU I ZAVENTEM  MU BUBILIGI ( Yavuguruwe )

ABANYARWANDA HERVE BM NA JEAN MARIE MICOMBERO BARAKEKWAHO KUBA MU BATEYE IBISASU I ZAVENTEM MU BUBILIGI ( Yavuguruwe )

Ubwanditsi 10 Apr 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Lambert Dushimimana niwe wagizwe Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba
Amakuru

Lambert Dushimimana niwe wagizwe Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba

Ubwanditsi 05 Sep 2023
Umunyarwandakazi Annie Tabura wakoreraga MTN-Uganda uherutse kwirukanwa muri Uganda yahishuye uko byamugendekeye
INKURU NYAMUKURU

Umunyarwandakazi Annie Tabura wakoreraga MTN-Uganda uherutse kwirukanwa muri Uganda yahishuye uko byamugendekeye

Ubwanditsi 03 Feb 2019
Korea ya Ruguru yaburiye America ko izarasa indege zayo
ITOHOZA

Korea ya Ruguru yaburiye America ko izarasa indege zayo

Ubwanditsi 26 Sep 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru