• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Inkomoko y’amafoto ya Diane Rwigara yambaye ubusa

Inkomoko y’amafoto ya Diane Rwigara yambaye ubusa

Ubwanditsi 11 May 2017 ITOHOZA

Mu gitondo cyo ku wa Gatanu ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amafoto ya Diane Rwigara, umukobwa w’umunyemari Rwigara Assinapol uherutse kwitaba Imana.

Uyu mukobwa w’imyaka 35 y’amavuko, muri iki Cyumweru nibwo yatangaje gahunda ye ijyanye no kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika mu matora ategerejwe muri Kanama uyu mwaka.

Amafoto ye abiri yakwirakwijwe amugaragaza yambaye ubusa hose. Imwe imugaragaza ahagaze ahasa no mu cyumba iruhande rw’idirishya ririho igitambaro (rideaux) cya kaki yifashe mu mayunguyungu areba imbere (areba umufotora) naho indi imugaragaza aryamye mu mifariso y’intebe za kaki yashyize akaguru ku kandi.

Inkomoko y’aya mafoto

Inkomoko y’aya mafoto kugeza ubu ntabwo iramenyekana neza gusa kuva ku munsi w’ejo yashyirwa ahagaragara, hatangiye kuvugwa amakuru menshi ayerekeyeho.

Ibinyamakuru byo muri Uganda byatangaje ko yatangiye gukwirakwizwa muri icyo gihugu ku mbuga za WhatsApp ahagana saa tanu za mu gitondo.

Gusa hari andi makuru avuga ko hari umuntu wakwirakwije aya mafoto yifashishije ‘email’ aho yayoherereje abantu batandukanye biganjemo abanyamakuru.

Amakuru yizewe agera kuri IGIHE dukesha iyi nkuru avuga ko aya mafoto yafashwe n’Umunyamakuru Robert Mugabe wari umaze igihe kinini ari mu rukundo na Diane Rwigara.

-6484.jpg

Umunyamakuru wa Great Lakes Voice, Robert Mugabe

Abantu ba hafi b’uyu mukobwa ushaka kuba Perezida wa Repubulika, bavuze ko kuva aya mafoto yajya ahagaragara, yijunditse mu buryo bukomeye Robert Mugabe amuziza kuba yaratangaje aya mafoto.

Ku rundi ruhande, abantu ba hafi ba Robert Mugabe bavuga ko we yasobanuye ko yibwe telefoni ariho ayo mafoto yavuye ajya gushyirwa ku karubanda.

Bivugwa kandi ko aba bombi bakundanye mu gihe cy’amezi atandatu harimo n’ayo bamaze babana munzu imwe muza se Rwigara nk’umugore n’umugabo. Nyuma ngo bagiranye ubushyamirane urukundo rwabo rurangira nabi.

-6483.jpg

Diane Shima Rwigara

Kuva ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu ubwo aya makuru yari atangiye gusakara, IGIHE cyagerageje kuvugisha Robert Mugabe ku murongo wa telefoni ye igendanwa nkuko kibivuga ariko ntibyabakundira.

Hagati aho, kuri ‘email’ yohererejwe abanyamakuru batandukanye ibasangiza aya mafoto, bivugwa ko hagaragaramo ifoto y’umunyamakuru Robert Mugabe ari kumwe n’abandi bantu, bazwi nk’abanyamakuru bagenzi be ku buryo n’ubu hataramenyekana impamvu nawe ifoto ye igaragara ku buryo nabyo byaba bifitanye isano n’ibivugwa.

-6485.jpg

Mugabe Robert nabamwe mu banyamakuru binshuti ze

2017-05-11
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Buruseli : Rudasingwa yateguye umuhango wo kwibuka Habyarimana, Interahamwe  na  Ex. FAR, baguye kurugamba

Buruseli : Rudasingwa yateguye umuhango wo kwibuka Habyarimana, Interahamwe na Ex. FAR, baguye kurugamba

Ubwanditsi 24 Sep 2016
Amaherezo ashaririye ya bamwe mubasize  bahekuye u Rwanda

Amaherezo ashaririye ya bamwe mubasize bahekuye u Rwanda

RUSHYASHYA 11 Nov 2025
Placide Kayumba umwe mu nkingi ya mwamba za Jambo Asbl izwiho gupfobya Jenoside  ni muntu ki?

Placide Kayumba umwe mu nkingi ya mwamba za Jambo Asbl izwiho gupfobya Jenoside ni muntu ki?

Ubwanditsi 14 Sep 2018
ADEPR: Uko Bish.Sibomana yasimbutse “UMUTEGO” wateguwe n’abashumba bari bagiye kumweguza. Imitima ya benshi iradiha!

ADEPR: Uko Bish.Sibomana yasimbutse “UMUTEGO” wateguwe n’abashumba bari bagiye kumweguza. Imitima ya benshi iradiha!

Ubwanditsi 12 May 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Dr. Rose Mukankomeje umuyobozi wa REMA yatawe muri yombi
Mu Mahanga

Dr. Rose Mukankomeje umuyobozi wa REMA yatawe muri yombi

Ubwanditsi 21 Mar 2016
Gen Pihno ukuriye inyeshyamba za Antibalaka muri Centrafrica yafatiwe muri Congo
Mu Mahanga

Gen Pihno ukuriye inyeshyamba za Antibalaka muri Centrafrica yafatiwe muri Congo

Ubwanditsi 18 May 2018
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda, Sam KUTESA, yahawe inkwenene ubwo yahakanaga ibirego bishinja inzego z’umutekano muri icyo gihugu guhohotera inzirakarengane.
Amakuru

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda, Sam KUTESA, yahawe inkwenene ubwo yahakanaga ibirego bishinja inzego z’umutekano muri icyo gihugu guhohotera inzirakarengane.

Ubwanditsi 15 Apr 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru