• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Perezida Kagame yakurikiye umukino wa UEFA Super Cup wahuje amakipe ya PSG na Aston Villa yamamaza u Rwanda   |   12 Aug 2026

  • Myugariro Imanishimwe Emmanuel watandukanye na AEL Limassol yo muri Chypre yerekeje mu ikipe ya Chennaiyin FC yo mu Buhinde   |   11 Aug 2026

  • Rayon Sports yaguze myugariro w’Umunya-Côte d’Ivoire, Mohamed Ouattara wakiniye Wydad Casablanca, Simba SC na Al Hilal   |   10 Aug 2026

  • Kuki Jean Bosco Gasasira yapfuye umuryango we ukabimenya nyuma y’icyumweru?     |   09 Aug 2026

  • Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage   |   09 Aug 2026

  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Kagame, Murekezi na Mushikiwabo baje mu bayobozi 10 ba mbere basubiza abaturage kuri twitter

Kagame, Murekezi na Mushikiwabo baje mu bayobozi 10 ba mbere basubiza abaturage kuri twitter

Ubwanditsi 02 Jun 2017 Mu Rwanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Louise Mushikiwabo baje ari abayobozi 3 bo mu Rwanda bakoresha cyane urubuga rwa Twitter mu gusubiza no kuganira n’abaturage babakurikira.

Ni mu rutonde ngarukamwaka rwa Twiplomacy rw’uyu mwaka wa 2017 rw’uko abayobozi bakoresha imbuga nkoranyambaga ku Isi, by’umwihariko twitter rwasohotse kuri uyu wa 31 Gicurasi 2017.

Twiplomacy ni inyigo ngarukamwaka ikorwa n’Ikigo cyitwa Burson Marsteller cyo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika gisanzwe gikora ubushakashatsi ku buryo abayobozi b’ibihugu n’abantu bakomeye ku Isi bakoresha cyane imbuga nkoranyambaga by’umwihariko Twitter, Facebook na Instagram.

-6764.jpg

-6765.jpg

Kuri uru rutonde, Guverinoma y’u Budage @Rijksoverheid niyo iza ku isonga mu kuganira no gusubiza abayibajije kuri twitter, kuko isubiza 95% bya tweets zayivuzeho. Guverinoma ya Nepal iza ku mwanya wa kabiri.

Ku mwanya wa gatatu haza Perezida w’u Rwanda Paul Kagame akanaba na Perezida wa mbere mu bayobozi bo ku Isi basubiza ababajije kuri twitter, kuri uru rutonde.

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda we aza ku mwanya wa gatanu mu bayobozi basubizanya n’abaturage, by’umwihariko yifashishije hashtag ya #TalkToPMRwanda.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Louise Mushikiwabo, we aza ku mwanya wa cyenda, aho muri ‘tweets’ ze zirenga ibihumbi bibiri (2,219 tweets) icya kabiri cyazo aba ari ibisubizo by’ibyo yabajijwe n’abamukurikira.

Uretse aba bayobozi baje kuri uru rutonde hari n’abandi bayobozi bo mu Rwanda bari kugenda barushaho kwitabira gukoresha twitter mu nyungu z’abaturage, babasubirizaho ibibazo bafite.

-6766.jpg

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Gerardine Mukeshimana

Abo barimo nka Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Gerardine Mukeshimana uheruka gushyiraho isaha imwe, yo kuwa Gatanu 4-5pm yo kujya aganira n’abifuza kumubaza ibibazo kuri Twitter ‘Hashtag #AskMinagri’ bijyanye n’iyi Minisiteri.

Jack Dorsey, Umuyobozi mukuru wa Twitter avuga ko mu miyoborere ari byiza kugira bene ibi biganiro, kuko bifungura imiryango abayobozi bagafasha abaturage kubageraho mu buryo bworoshye.

Source : Izubarirashe

2017-06-02
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Rutsiro: Polisi yataye muri yombi uwashakaga guha ruswa umupolisi

Rutsiro: Polisi yataye muri yombi uwashakaga guha ruswa umupolisi

Ubwanditsi 18 Apr 2017
Nyuma y’iminsi 211 ari umutoza mukuru wa Kiyovu SC, Karekezi Olivier yatandukanye n’iyi kipe nyuma yaho ataraye mu mwiherero w’urucaca.

Nyuma y’iminsi 211 ari umutoza mukuru wa Kiyovu SC, Karekezi Olivier yatandukanye n’iyi kipe nyuma yaho ataraye mu mwiherero w’urucaca.

Ubwanditsi 02 May 2021
Gasabo: Bane bafunzwe bakekwaho kunyereza asaga Miliyoni 10 z’Ishyirahamwe ry’Abajyanama b’ubuzima

Gasabo: Bane bafunzwe bakekwaho kunyereza asaga Miliyoni 10 z’Ishyirahamwe ry’Abajyanama b’ubuzima

Ubwanditsi 04 Nov 2017
‘Ntibisaba kuba warize siyansi kugira ngo umenye akamaro kayo’ – Perezida Kagame

‘Ntibisaba kuba warize siyansi kugira ngo umenye akamaro kayo’ – Perezida Kagame

Ubwanditsi 03 Apr 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Mbanda  yahaye ‘ Gasopo’  Amashyaka yiyita  Opposition  harimo  na RNC
ITOHOZA

Mbanda yahaye ‘ Gasopo’ Amashyaka yiyita Opposition harimo na RNC

Ubwanditsi 26 May 2017
Ni iki kihishe inyuma y’inyeshyamba zivuga Ikinyarwanda zisirisimba mu Ntara ya Cibitoke,  ku mupaka w’u Rwanda
INKURU NYAMUKURU

Ni iki kihishe inyuma y’inyeshyamba zivuga Ikinyarwanda zisirisimba mu Ntara ya Cibitoke, ku mupaka w’u Rwanda

Ubwanditsi 13 Apr 2019
Police FC yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro 2022 ihurirayo na Bugesera FC yasezereye Rayon Sports
Amakuru

Police FC yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro 2022 ihurirayo na Bugesera FC yasezereye Rayon Sports

Ubwanditsi 24 Apr 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru