• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Police FC yatangaje ubuyobozi bwayo bushya buyobowe na CP Yahaya na Ben Mussa nk’umutoza mukuru   |   03 Jul 2025

  • Menya neza uwiyita Intumwa “Isidore Mbayahaga” wimuriye ubwonko mu gifu!   |   03 Jul 2025

  • Ubwigenge bwabaye igikoresho cy’ivangura: Uko Kamarampaka ya 1959 yazanye Repubulika ariko ntizane ubwigenge nyabwo   |   02 Jul 2025

  • Mu mvugo yuje icyizere, Perezida Tshisekedi yashimye amasezerano y’amahoro yasinywe n’u Rwanda na Congo muri Amerika   |   01 Jul 2025

  • Mu burezi budaheza buzira ikandamiza n’iringaniza Abanyeshuri basaga Ibihumbi 220 basoje Amashuri Abanza batangiye ibizamini bya Leta   |   01 Jul 2025

  • U Rwanda ruracyagaragaza umuhate mu gushaka amahoro mu karere k’Ibiyaga bigari   |   30 Jun 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Kaminuza yigenga ya Kigali ULK irakataje mu gutanga ubumenyi

Kaminuza yigenga ya Kigali ULK irakataje mu gutanga ubumenyi

Editorial 11 Aug 2016 Mu Mahanga

Twasuye Kaminuza yigenga ya Kigali ULK , aho ikomeje gutanga amasomo afite ireme, ikaba yaratangiye no gutanga amasomo y’Ubumenyingiro ( ULK Polytechnic Institute) kuri ubu ULK ifite isomero rigezweho rifasha abanyeshuri mu bushakashatsi, ndetse ikaba iri no kwagura ibikorwa byayo

Twasuye Isomero rifite ibyumba bine bifite ubushobozi bwa za mudasobwa zigera kuri 500 aho buri cyumba gifite mudasobwa zigera ku 125.

Hifashishijwe interineti yihuta cyane, iri somero rigezweho (Digital library)rifasha abanyeshuri gukora ubushakashatsi bwimbitse bwiyongera ku byo baba basomye mu bitabo byo mu isomero risanzwe (Physical library).

-3552.jpg

-3551.jpg

-3550.jpg

Iri somero ryatangiye gukora muri Nzeri2012. Umunyeshuri afite amahirwe yo gushakisha ubumenyi butandukanye aciye ku muyoboro wa interineti ’Google’ aho imbuga zirenga 52 zayishyiriweho Ku bufatanye n’izindi kaminuza zo mu bindi bihugu zimufasha gushakashaka mu buryo bwihuse amasomo akeneye.

Laboratwari y’ishuri ry’ubumenyingiro rya Kaminuza ya ULK ( ULK Polytechnic Institute)

ULK ifite ishami ryiga iby’ikoranabuhanga n’itumanaho (Electronics and Telecommunication Technologies)

-3553.jpg

-3555.jpg

-3556.jpg

-3560.jpg

Ifite kandi n’ishami ryigisha iby’amashanyarazi (Electrical Technology)
ULK kandi ifite ishami rinini ryigisha iby’ubwubatsi ( Civil Engineering ) rigabanyijemo ibice bibiri, igice cya mbere kigizwe n’ibijyanye n’ubwubatsi mu buryo bw’ikoranabuhanga ( Construction Technology) naho igice cya kabiri cyo gitanga amasomo ajyanye no gupima ubwiza n’agaciro k’ubutaka ( Engineering Survey) cyangwa (Topography).

-3557.jpg

-3558.jpg

ishami ry’ubumenyingiro rya kaminuza ya ULK ryatangije amasomo yaryo mu mwaka wa 2014, ubu rifite poromosiyo ebyiri, abatangiye muri 2014 bari mu mwaka wa kabiri, bazahabwa impamyabumenyi muri 2017 kuko biga imyaka itatu.

-3559.jpg

Ibiciro ku banyeshuri batangira byagabanutse ku buryo bukurikira:

Abiga ku manywa bishyura amafaranga 510,000 naho abiga nijoro bishyura amafaranga 570,000 k’umwaka.

ULK ifite na laboratwari ifasha mu gupima ibikoresho by’ubwubatsi (ULK PEC Geotechnical Laboratory).

-3563.jpg

-3562.jpg

-3561.jpg

Iyi laboratwari ifite amamashini menshi atandukanye apima ibikoresho byifashishwa mu bwubatsi cyane cyane hagamijwe kumenya agaciro n’ubushobozi bw’ibyo bikoresho.

Imwe mu mamashini kabuhariwe mu gupima ubwiza n’agaciro k’amabuye yifashishwa mu bwubatsi ( LOSANGELS Aggregate Abrasion Value).

Muri iyi laboratwari harimo imashini ipima ubwiza bw’ubutaka bubakisha (CBR-California Bearing Ratio), hakabamo n’imashini ipima ubushobozi no gukomera kw’amatafari agezweho mu bwubatsi (block ciment/beto) ari yo yitwa (Compression Machine).

Imirimo y’inyubako y’Ibitaro byo ku rwego rwo hejuru bya ULK irarimbanije

Umushinga w’iyi nyubako watangiye tariki ya 1 Kamena 2015 ubwo imirimo yo gusiza yatangiraga.

-3549.jpg

-3548.jpg

-3547.jpg

-3544.jpg

-3545.jpg

-3546.jpg

-3564.jpg

-3565.jpg

-3566.jpg

-3567.jpg

-3568.jpg

-3569.jpg

-3570.jpg

Iyi nyubako ifite ibyiciro bitatu birimo ahagenewe abarwayi b’abanyacyubahiro (VIP) cyangwa se bishoboye cyane, bikagira igice cyagenewe abaturage rusange bafite uburwayi nk’ubwa ba bandi bishoboye kandi bahabwa serivisi zimwe.

Igice cya gatatu cy’iyi nyubako ni inzu yagenewe ishuri ryigisha iby’ubuganga rizajya ryigisha impuguke mu kuvura indwara zikomeye zitandukanye.

Imirimo y’inyubako y’ibitaro bya ULK iyobowe n’Ikigo ULK PEC Ltd, bakorana n’undi mushinga CAEDEC Ltd bashinzwe gukora ubugenzuzi bw’imirimo y’inyubako ndetse na VINYAS yo mu Buhinde, Ikigo kabuhariwe mu kugira ubunararibonye mu by’ubwubatsi.

Ukigera aho iyi nyubako irimo kubakwa amanywa n’ijoro, usanga imirimo ari myinshi cyane amamashini avuza ubuhuha.

Imirimo myinshi muri iyi nyubako yifashisha imashini ziponda cement aho izigera kuri 6 zirimo gutanga umusaruro wa beto ungana na 300 m2 ku manywa ndetse na 300 m2 nijoro.

Iyi nyubako ifite abakozi 560 bose hamwe, kimwe cya kabiri cyabo (280)bakora amanywa abandi bagakora ijoro.

-3572.jpg

Ibibyose ULK, ibikesha ubuyobozi bwiza bwa Prof. Dr. Rwigamba Balinda na Madame we

Umushinga w’iyi nyubako watangiye ku ya 1 Kamena 2015, imirimo yo kubaka itangira mu mwaka ushize wa 2015 ikaba iteganyijwe kurangira mu mwaka wa 2018.

Umwanditsi wacu Burasa J. Gualbert

2016-08-11
Editorial

IZINDI NKURU

Padiri Mutarambirwa Athanase na Sheikh MVUYEKURE Swaib wahoze ayobora Abayisiramu mu Ntara y’Uburengerazuba, ni bamwe mu banyamadini bakorana na INGABIRE Victoire mu gukusanya amafaranga yo kohereza FDLR

Padiri Mutarambirwa Athanase na Sheikh MVUYEKURE Swaib wahoze ayobora Abayisiramu mu Ntara y’Uburengerazuba, ni bamwe mu banyamadini bakorana na INGABIRE Victoire mu gukusanya amafaranga yo kohereza FDLR

Editorial 26 Oct 2021
APR FC iri mu makipe 10 yemeje kuzakina CECAFA Kagame Cup 2021 izaba muri Kanama muri Tanzaniya

APR FC iri mu makipe 10 yemeje kuzakina CECAFA Kagame Cup 2021 izaba muri Kanama muri Tanzaniya

Editorial 23 Jul 2021
Iyo aza kuba akiriho [Rwigema] yari kubabazwa n’ibyo so akorera Abanyarwanda- Mahirwe asubiza Gen. Muhoozi

Iyo aza kuba akiriho [Rwigema] yari kubabazwa n’ibyo so akorera Abanyarwanda- Mahirwe asubiza Gen. Muhoozi

Editorial 30 Mar 2019
Pascal Nyamurinda niwe utorewe kuyobora Umujyi wa Kigali

Pascal Nyamurinda niwe utorewe kuyobora Umujyi wa Kigali

Editorial 17 Feb 2017
Padiri Mutarambirwa Athanase na Sheikh MVUYEKURE Swaib wahoze ayobora Abayisiramu mu Ntara y’Uburengerazuba, ni bamwe mu banyamadini bakorana na INGABIRE Victoire mu gukusanya amafaranga yo kohereza FDLR

Padiri Mutarambirwa Athanase na Sheikh MVUYEKURE Swaib wahoze ayobora Abayisiramu mu Ntara y’Uburengerazuba, ni bamwe mu banyamadini bakorana na INGABIRE Victoire mu gukusanya amafaranga yo kohereza FDLR

Editorial 26 Oct 2021
APR FC iri mu makipe 10 yemeje kuzakina CECAFA Kagame Cup 2021 izaba muri Kanama muri Tanzaniya

APR FC iri mu makipe 10 yemeje kuzakina CECAFA Kagame Cup 2021 izaba muri Kanama muri Tanzaniya

Editorial 23 Jul 2021
Iyo aza kuba akiriho [Rwigema] yari kubabazwa n’ibyo so akorera Abanyarwanda- Mahirwe asubiza Gen. Muhoozi

Iyo aza kuba akiriho [Rwigema] yari kubabazwa n’ibyo so akorera Abanyarwanda- Mahirwe asubiza Gen. Muhoozi

Editorial 30 Mar 2019
Pascal Nyamurinda niwe utorewe kuyobora Umujyi wa Kigali

Pascal Nyamurinda niwe utorewe kuyobora Umujyi wa Kigali

Editorial 17 Feb 2017
Padiri Mutarambirwa Athanase na Sheikh MVUYEKURE Swaib wahoze ayobora Abayisiramu mu Ntara y’Uburengerazuba, ni bamwe mu banyamadini bakorana na INGABIRE Victoire mu gukusanya amafaranga yo kohereza FDLR

Padiri Mutarambirwa Athanase na Sheikh MVUYEKURE Swaib wahoze ayobora Abayisiramu mu Ntara y’Uburengerazuba, ni bamwe mu banyamadini bakorana na INGABIRE Victoire mu gukusanya amafaranga yo kohereza FDLR

Editorial 26 Oct 2021
APR FC iri mu makipe 10 yemeje kuzakina CECAFA Kagame Cup 2021 izaba muri Kanama muri Tanzaniya

APR FC iri mu makipe 10 yemeje kuzakina CECAFA Kagame Cup 2021 izaba muri Kanama muri Tanzaniya

Editorial 23 Jul 2021
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru