• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Mbitabazenga: Inyungu ziva muri Visit Rwanda, ziratuma inyangabirama zijiginywa   |   15 Aug 2025

  • Umuryango wa Habyarimana mu muhogo ugana mu nda ya FDLR   |   14 Aug 2025

  • Niyonkuru Gloire wari muri Gisagara VC na Angiro Gideon wakiniraga REG VC berekeje muri Police Volleyball Club   |   14 Aug 2025

  • APR FC na Rayon Sports agomba kwishyura ibihumbi 200 kugirango yemererwe gukina umwaka w’imikino wa 2025-2026   |   13 Aug 2025

  • Imyaka 21 y’Ubwicanyi bwa Gatumba: Ubutabera Bwaratinze, CNDD-FDD Ikomeje Kubangamira Kwibuka   |   13 Aug 2025

  • Ngoga Shema Fabrice yemejwe nk’umukandida rukumbi wemerewe kwiyamamariza umwanya w’Umuyobozi wa FERWAFA   |   12 Aug 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Kirehe: Abakora umwunga w’uburaya bavuga ko bahohoterwa n’abayobozi

Kirehe: Abakora umwunga w’uburaya bavuga ko bahohoterwa n’abayobozi

Editorial 17 Jun 2018 Mu Rwanda

Kubera gutotweza n’inzego za Leta, abakora uburaya ku mu paka wa Rusumo ho mu Karere ka Kirehe, bavuga ko, bakubitwa bakanafungwa, abeshi bahungira mu bihugu by’abaturanyi nka Tanzaniya, Uganda, abandi bakajya mu mugi wa Kigali.

Niyomubyeyi Annah, avuga ko bishyize hamwe bashinga ishyirahamwe Twiyubake, bose ari 60,  kugirago biteze imbere, bityo bigatuma bashobora kwiyishyurira ubwisungane mu kwivuza, ndetse no kugirango bajye bashake nuko babona inkunga kugirago babone ibyo bakora, bakanashobora  kuva mu buraya, kuko ari umwuga usuzuguritse.

Ati, ‘‘Nkubu bagenzi bacu bafite ubwandu bwa sida bisigaye biborohera kubona imiti, kuko tujya ku Kigo Nderabuzima bakaduha imiti byihuse, bitewe nuko bazi ishyirahamwe ryacu. Naho abadafite ubwandu buri kwezi tukajya kwipimisha, kugirago turebe uko duhagaze,kandi buri wese abikora ku bushake ntagahato ,kuko bamaze kumenya ibyiza bya byo, uretse kudupima ubwandu, banaduha amakarito ane yudukigirizo ku buryo ntawe ushobora gusambana atagafite kuko mu rwego rwo kwirinda, twiyemeje kutazogera gukorera aho, cyane birinda kwandura ubwandu bwa agakoko gatera sida ndetse ninda zitateganyijwe.

Abafite ubwandu mwishyirahamwe ryaco ni 11, ababyaye ni 9, abafite inda bateganya kubyara ni  4.

Uwiduhaye Francine, umwe mu bakora uburaya mu Karere ka Kirehe, akaba anakavukamo, avuga ko bahangayikishijwe n’inzego za Leta, zibakorera itotezwa, harimo kubakubita, gufugwa, ndetse no kubirukana aho batuye mu Midugudu, bababwira ko nta ndaya bashaka aho ngo ziteza umuteka muke, dore nkubu Nyamugari kuri polisi, baherutse gukora umukwabu umukobwa wese wibana bakeka ko ari indaya baramufashe bajya kumufunga.

Ati “Usanga abashinzwe umutekano mu Midugudu tuba dutuyemo, bafatanyije na polisi badufata bakadufunga batubwira go duteza umuteka muke, kandi twubahiriza gahunda zose za leta nka bandi  Banyarwanda bose, kuko twishyura umutekano hamwe n’ubwisungane mu kwivuza mituweri.

Uwiduhaye Francine akomeza avuga ko amaze imyaka ine mu buraya ariko abukora atabukunze arukugirago abone ibimutunga, kuko  atishoboye ntan’ababyeyi agira, ariko abonye ibyo akora yava mu buraya, kuko ari umwunga usuzuguritse kandi harimo ibyago byinshi byo kwandura indwara ya Sida, no kuba wanakwica kuko usanga hari gihe haza umugabo umeze nk’igikoko aho agusambanya yarangiza akanagukubita kuko yabuze ubwishyu cyane nk’abantu batwara amakamyo usanga baba banyoye ibiyobya bwenge.

Ati “abakiriya tubona benshi ni abantu baba baturetse hanze ya Akarere ka Kirehe nk’abatwara amakamyo, ndetse n’abaza gukora mu nkambi ya Mahama, icumbikiye Impunzi z’ABarundi.

Mugabo Frank ushizwe ubuzima mu Akarere ka Kirehe, yatangaje ko abakora uburaya ku mupaka wa Rusumo no mu Karere kose muri rusange, bateje impugenge kuko usanga hari abana bafite imyaka mike nko hagati ya 15-16 bityo ugasanga bihangayikishije kuko umwana ungana atyo, aba akiri muto cyane aba akwiye kuba ari mu ishuri, akaba ari muri urwo rwego Akarere karimo gushakisha abatera nkunga kugirago babashyire mu mashuri y’imyunga, abandi bakuru badashaka kujya muri iyo myuga, bagashakirwa ibyo bakora, nko gucuruza mu masoko, ndetse n’ibindi ibyo ari byo byose Akarere kakaba karabishyize mu Ngengo y’imari y’umwaka utaha wa 2019.

Akarere ka Kirehe ni kamwe mu tugize Intara y’Iburasirazuba, kakaba gakora ku mipaka y’ibihugu by’abaturanyi nka Tanzaniya ndetse n’u Burundi.

Safi Emmanuel

2018-06-17
Editorial

IZINDI NKURU

Interahamwe Havugimana “Actif” yazengereje abantu i Buruseli, yibonyemo iki?

Interahamwe Havugimana “Actif” yazengereje abantu i Buruseli, yibonyemo iki?

Editorial 23 Oct 2024
Kigali: Abagabo babiri batawe muri yombi bacyekwaho gutemagura inka 3 z’abagenzi babo

Kigali: Abagabo babiri batawe muri yombi bacyekwaho gutemagura inka 3 z’abagenzi babo

Editorial 05 Sep 2017
Umubare w’Abashaka Kumenya Amateka y’Urugamba Bagasura ku Murindi w’intwari Ukomeje Gutumbagira

Umubare w’Abashaka Kumenya Amateka y’Urugamba Bagasura ku Murindi w’intwari Ukomeje Gutumbagira

Editorial 22 Aug 2023
APR FC yatandukanye n’abakinnyi 3, yongerera amasezerano 5 barimo Djabel wahawe amasezerano y’imyaka 4 ndetse igura mu yandi makipe abakinnyi 6

APR FC yatandukanye n’abakinnyi 3, yongerera amasezerano 5 barimo Djabel wahawe amasezerano y’imyaka 4 ndetse igura mu yandi makipe abakinnyi 6

Editorial 13 Jul 2021
Interahamwe Havugimana “Actif” yazengereje abantu i Buruseli, yibonyemo iki?

Interahamwe Havugimana “Actif” yazengereje abantu i Buruseli, yibonyemo iki?

Editorial 23 Oct 2024
Kigali: Abagabo babiri batawe muri yombi bacyekwaho gutemagura inka 3 z’abagenzi babo

Kigali: Abagabo babiri batawe muri yombi bacyekwaho gutemagura inka 3 z’abagenzi babo

Editorial 05 Sep 2017
Umubare w’Abashaka Kumenya Amateka y’Urugamba Bagasura ku Murindi w’intwari Ukomeje Gutumbagira

Umubare w’Abashaka Kumenya Amateka y’Urugamba Bagasura ku Murindi w’intwari Ukomeje Gutumbagira

Editorial 22 Aug 2023
APR FC yatandukanye n’abakinnyi 3, yongerera amasezerano 5 barimo Djabel wahawe amasezerano y’imyaka 4 ndetse igura mu yandi makipe abakinnyi 6

APR FC yatandukanye n’abakinnyi 3, yongerera amasezerano 5 barimo Djabel wahawe amasezerano y’imyaka 4 ndetse igura mu yandi makipe abakinnyi 6

Editorial 13 Jul 2021
Interahamwe Havugimana “Actif” yazengereje abantu i Buruseli, yibonyemo iki?

Interahamwe Havugimana “Actif” yazengereje abantu i Buruseli, yibonyemo iki?

Editorial 23 Oct 2024
Kigali: Abagabo babiri batawe muri yombi bacyekwaho gutemagura inka 3 z’abagenzi babo

Kigali: Abagabo babiri batawe muri yombi bacyekwaho gutemagura inka 3 z’abagenzi babo

Editorial 05 Sep 2017
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Turamagana Ibirego bya HCR kubera ko U Rwanda ari Ikitegererezo mu Kwita ku Mpunzi n’Abimukira

Turamagana Ibirego bya HCR kubera ko U Rwanda ari Ikitegererezo mu Kwita ku Mpunzi n’Abimukira

17 Jul 2025
Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru