• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Myugariro Imanishimwe Emmanuel watandukanye na AEL Limassol yo muri Chypre yerekeje mu ikipe ya Chennaiyin FC yo mu Buhinde   |   11 Aug 2026

  • Rayon Sports yaguze myugariro w’Umunya-Côte d’Ivoire, Mohamed Ouattara wakiniye Wydad Casablanca, Simba SC na Al Hilal   |   10 Aug 2026

  • Kuki Jean Bosco Gasasira yapfuye umuryango we ukabimenya nyuma y’icyumweru?     |   09 Aug 2026

  • Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage   |   09 Aug 2026

  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

  • Jambo ASBL yongeye kwerekana ko ari umuvugizi wa FDLR, ntiyifuza ko uyu mutwe wamburwa intwaro ku ngufu   |   07 Aug 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Musonera yirukanwe muri RNC ya Rudasingwa Theogene [ Harakekwa ubugambanyi ]

Musonera yirukanwe muri RNC ya Rudasingwa Theogene [ Harakekwa ubugambanyi ]

Ubwanditsi 06 Jun 2017 ITOHOZA

Inku iri kuvugwa ni iyirukanwa rya Musonera Jonathan muri New-RNC ya Rudasingwa Theogene na Joseph Ngarambe.

Nyirabayazana yiyirukanwa rya Musonera ni umuhinde w’Umunyamakuru witwa Anjan Sundaram wahoze mu mushinga wahoze ukorera mu Rwanda witwa Internews/EU waterwaga inkunga na DFID ndetse n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, wibandaga mu bikorwa byo guhugura abanyamakuru.

Nyuma yo kwandika igitabo gisebya u Rwanda yise “Bad News: Last Journalists in a Dictatorship” (Ugenekereje mu Kinyarwanda bisobanuye “Inkuru mbi: Abanyamakuru ba nyuma bo ku ngoma y’igitugu”) aho avuga ko mu Rwanda Guverinoma nta mwanya iha itangazamakuru, ko nta bwinyagamburiro rifite ndetse ko abakora uyu mwuga babayeho mu bwoba bukabije.

-6759.jpg

Anjan Sundaram

Nyuma yo gusohora iki gitabo Anjan Sundaram yahise yinjira muri RNC, ariko nyuma yo gucikamo ibice ayoboka igice cya Rudasingwa, Musonera na Ngarambe, abifashijwemo na Musonera wamwizezaga ibitangaza.

Mu gihe gito bari kumwe baje kwiga umushinga wo gusohora ikindi gitabo [ Edition ya Kabiri ] na cyo kivuga kuri Demokarasi n’amatora yo mu Rwanda ndetse icyo gitabo ngo cyagombaga gusohoka muri uku kwezi kwa Kamena, kikagirwamo uruhare na Higiro Robert [Democracy in Rwanda Now] naba Congress ba Amerika bafatanyije na Nataki [ Dr. Elie Ntakirutimana] na Rusebagina nguko uko baje gukusanya akayabo k’Amadorali ya Amerika ibihumbi Magana ane [ 400.000 USD ] yo gutera inkunga icyo gitabo.

Amakuru Rushyashya yabashije kumenya kuva muri Amerika ni uko kuva ubwo kugeza ubu yaba Anjan Sundaram, Higiro Robert , Musonera na Rusesabagina ngo ntawongeye kubaca iryera, bikaba bikekwa ko baba baragabanye ayo madorali bakaryumaho.

-6758.jpg

Musonera Jonathan

Iyirukanwa rya Musonera muri New-RNC , nkuko twabibwiwe nuwaduhaye aya makuru ngo rishingiye kukuba yaraciye inyuma bagenzi be akajya gukorana n’abanzi harimo no kugambanira Rudasingwa Theogene muri icyo gihe wari uhugiye mu kiraka muri Merland, Rudasingwa akaba yari aziko Musonera na Ngarambe bari mu gikorwa cyo kwibuka Abahutu mu Bubiligi. Biravugwa kandi ko uretse ubugambanyi no mu Bubiligi , Musonera naho yahakusanyije iritubutse akarikubita umufuka, ntaryereke bagenzi be. Musonera yirukanwe ngo mugihe harimo gukorwa iperereza ry’ukuntu yagiye gukorana na Robert Higiro usanzwe ukorana na David Himbara bizwi ko bari inyuma ya RNC ishaje ya Kayumba Nyamwasa, udacana uwaka na Rudasingwa muri iki gihe kuburyo umwe ashobora kwica undi.

Turacyabikurikirana…….

Cyiza Davidson

2017-06-06
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ubugambanyi bwa Muhoracyeye Joselyne ku karubanda.

Ubugambanyi bwa Muhoracyeye Joselyne ku karubanda.

Ubwanditsi 05 Apr 2020
Amateka ya Perezida wa Koreya ya Ruguru wakuriye mu buzima bw’ibanga, uri guca amarenga y’intambara ya gatatu y’Isi

Amateka ya Perezida wa Koreya ya Ruguru wakuriye mu buzima bw’ibanga, uri guca amarenga y’intambara ya gatatu y’Isi

Ubwanditsi 21 Sep 2017
RDC: Lt Col. Mabiala yakatiwe igifungo cya burundu azira ibyaha byibasiye inyokomuntu

RDC: Lt Col. Mabiala yakatiwe igifungo cya burundu azira ibyaha byibasiye inyokomuntu

Ubwanditsi 02 Dec 2018
Rujugiro Ayabatwa yitabye Imana, Nyamwasa na RNC barushaho kubunza imitima

Rujugiro Ayabatwa yitabye Imana, Nyamwasa na RNC barushaho kubunza imitima

Ubwanditsi 17 Apr 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDURA AMAZINA
Amakuru

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDURA AMAZINA

Ubwanditsi 07 Feb 2022
Abanzi b’Igihugu bikomye bikomeye Ikinyamakuru Rushyashya n’umuyobozi wacyo
ITOHOZA

Abanzi b’Igihugu bikomye bikomeye Ikinyamakuru Rushyashya n’umuyobozi wacyo

Ubwanditsi 12 Mar 2016
U Rwanda rubaye umufatanyabikorwa wa mbere w’ikipe ya Arsenal mu bukerarugendo
Mu Rwanda

U Rwanda rubaye umufatanyabikorwa wa mbere w’ikipe ya Arsenal mu bukerarugendo

Ubwanditsi 23 May 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru