• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Nyir’ikirimi kibi! Freeman Bikorwa Singirankabo, wonse amashereka ya PARMEHUTU aracyahumanya urubyiruko

Nyir’ikirimi kibi! Freeman Bikorwa Singirankabo, wonse amashereka ya PARMEHUTU aracyahumanya urubyiruko

Editorial 08 Sep 2022 Amakuru, INKURU NYAMUKURU, Mu Mahanga

Uyu musore Singirankabo Bikorwa Freeman akomeje gusarira ku mbuga nkoranyambaga nka YouTube, aharabika u Rwanda ari nako aroga urubyiruko rumutega amatwi, rutarasobanukirwa ko ari umutekamutwe.

Uyu mwene Tangishaka David na Mariane Baziruwiha, yavukiye i Butare (Huye) mu w’1981, akaba umwana wa kabiri mubana bane. Nyina Baziruwiha, Jenoside ikirangira yoherejwe muri Ambasade y’u Rwanda muri Amerika ku mwanya w’umujyanama wa kabiri. 

Burya koko ngo nyakibi ntirara bushyitsi, uyu mugore amaze kurengwa, yadukiriye umutungo w’ambasade atangira kuwinezezamo aho gukora akazi ko kubanisha neza u Rwanda Rwamutumye. Ibyo kandi akabifatanya no kurema udutsiko tw’abarwanya Leta y’ubumwe akoresha utunama twa hato na hato muri ambassade.  Akabi gasoza ayandi yose yakoze rero, nuko yateruye amafaranga y’amasade akayigurirmo inzu, maze agatangira iy’ubuhunzi gutyo. 

Maze uyu muco w’ubusambo no kudashima bya Baziruwiha, yabiraze umwe mubahungu be ariwe Singirankabo Freeman Bikorwa ubu abarizwa muri Leta ya Maryland muri Leta zunze Ubumwe za Amerika akaba icyo ashtize imbere, icyo ashyize imbere ni uguharabika u Rwanda, guhembera urwango no gukurura amacakubiri. 

Mariane Baziruwiha, nyina wa Freeman Bikorwa Singirankabo

Abazi neza Mariane baziruwiha, bemeza ko nacyera ngo yari yarigize umunanu, uhereye i wabo ku ivuko i Cyangugu, ubwo yarangizaga ikiciro cya mbere cya kaminuza, agahabwa kuba umuyobozi ushinzwe ubuhinzi muri cyangugu, maze 

Ni koko  isuku igira isoko, ubu umwana na nyina bakomeje ubuyobe bwo guharabika urwababyaye rukabakamira.

Iteka agaragaza u Rwanda nk’ahantu haganje ikibi, aho warenganywa ukimwa ubutabera n’ibindi. Mu mvugo y’ingayi, arerura ati: “Igihugu cy’u Rwanda cyarashimuswe.”

Iyi ntamenya iri kurira ku muziro ntikurikira n’ibigezweho ngo yumve uko ab’amahanga baza kwigira i Rwanda uko bazana amahoro n’umutekano mu bihugu byabo.

Singirankabo ni inkoramutima ya Nahimana Thomas wirukanywe mu Gipadiri azira inda nini no kubiba amacakubiri mu Banyarwanda. Ubu baragaragaza ubufatanye mu gukwiza ibinyoma byambaye ubusa bisebya u Rwanda n’abanyarwanda. 

Uyu muhungu wamaze kwinjira mukiragano gishya cy’abarazwe ingengabitekerezo ya genocide barimo abuzukuru ba PARMEHUTU Mbonyumutwa baba mu ishyirahamwe ryabagome ryitwa Jambo asbl, bakomeje kwishyirahamwe ngo barebe ko bazabasha kurangiza umugambi ababyeyi babo bananiwe kurangiza.

Nta gushidikanya ko ubu burozi ashaka kwicisha urubyiruko rw’u Rwanda yabwonse kuri nyina Baziruwiha Mariane na n’ishuti za Nyina. 

Mu 1995, uyu Baziruwiha mwene Ntibayimenya Anastase, uzwi mubambari ba Parmehutu i Nyamasheke ya Cyangugu, mbere yo guhabwa inshingano muri Ambasade y’u Rwanda yababanje gukora indi mirimo ahanini ijyanye n’imishinga y’ubuhinzi. Yigeze kuba umuyobozi w’umushinga wari ugamije guteza imbere ubuhinzi mu cyahoze ari Perefegitura ya Gisenyi, gusa hamaze gutahurwa ko yanyereje amafanga y’uyu mushinga arirukanwa.

Birumvikana neza rero ko isuku igira isoko, Byagorana kubona akana k’ ingurube kativuruguta mubyondo. Aho niho umuhungu Singirankabo atera 

Singirankabo wize ikoranabuhanga ariko akaba atunzwe no gukanika imodoka muri Amerika, abifatanya no gukora ibiganiro bigamije kuyobya urubyiruko rw’u Rwanda, gusebyano kubibanya no amacakubiri murubyiruko rw’u Rwanda agamije gushaka amaronko kuri YouTube. 

Ibuye ryagaragaye ntiriba rikishe isuka, ibinyoma nk’ibi birashaje kuburyo nta rubyiruko rukibiha umwanya

  

2022-09-08
Editorial

IZINDI NKURU

Impinduka zitunguranye mu butasi bwa gisirikare

Impinduka zitunguranye mu butasi bwa gisirikare

Editorial 18 Jul 2018
Umwe mu bari bagiye gutorokesha Kizito Mihigo yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu n’igice

Umwe mu bari bagiye gutorokesha Kizito Mihigo yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu n’igice

Editorial 22 Oct 2021
“Urwego rw’ubutasi rw’u Bufaransa rwari ruzi ko Guverinoma bashyigikiye ari yo yakoraga Jenoside.”-Rtd Lt.Col. Guillaume Ancel

“Urwego rw’ubutasi rw’u Bufaransa rwari ruzi ko Guverinoma bashyigikiye ari yo yakoraga Jenoside.”-Rtd Lt.Col. Guillaume Ancel

Editorial 25 Mar 2018
Gicumbi: Umuganga witeguraga kurongora yasanzwe muri hoteli yapfuye

Gicumbi: Umuganga witeguraga kurongora yasanzwe muri hoteli yapfuye

Editorial 06 Aug 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uko Gen. Kabarebe yabaye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’ibihugu bibiri
ITOHOZA

Uko Gen. Kabarebe yabaye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’ibihugu bibiri

Editorial 24 Feb 2019
Agathe Kanziga imbere y’urukiko rwa Paris mu iperereza ku ruhare rwa Paul Barril, bafitanye amabanga adasanzwe
Amakuru

Agathe Kanziga imbere y’urukiko rwa Paris mu iperereza ku ruhare rwa Paul Barril, bafitanye amabanga adasanzwe

Editorial 03 Nov 2020
Mu mwaka wa 2016 ibyaha byagabanutseho 12% ugereranyije n’umwaka ushize
Mu Mahanga

Mu mwaka wa 2016 ibyaha byagabanutseho 12% ugereranyije n’umwaka ushize

Editorial 15 Dec 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru