• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

  • Ukwiyubaka kudasanzwe kwa APR FC na Rayon Sports zitegura CECAFA Kagame Cup izabera i Kigali mu mpera za Nyakanga 2026   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»PAM-Rwanda isanga hari ukuntu Afurika ishobora kugera ku bwigenge nyabwo

PAM-Rwanda isanga hari ukuntu Afurika ishobora kugera ku bwigenge nyabwo

Ubwanditsi 17 May 2017 Mu Rwanda

Umuryango uharanira kwibohora nyako kwa Afurika ufite icyizere yuko uyu mugabane ushobora kugera ku bwigenge nyabwo ariko bigasaba uwo bireba wese kubanza kumenya neza yuko Afurika iboshye n’uburyo iboshywemo !

Mu kiganiro bagiranye n’abanyamakuru uyu munsi mu nyubako za Stade Amahoro, abayobozi ba Pan African Movument, ishami ry’u Rwanda (PAM-Rwanda) bagaragaje yuko urugamba rwo kubohora umugabane wa Afurika rumaze igihe kirekire, rukaba rwaragiye ruhura n’ibibazo bikomeye cyane, ariko ubu hakaba hari cyizere yuko umusaruro wari witezwe ugomba kuboneka.

Umuyobozi Mukuru wa PAM-Rwanda, Musoni Protais, yavuze yuko umugabane wa Afurika ariwo ucyennye cyane kurusha indi migabane y’isi, kandi ariyo ikize cyane kurusha iyo migabane yindi y’isi. Akagaragaza yuko ibi ubwabyo bigaragaza yuko Afurika iboshye, bikiyerekanira mu buryo bw’uko umwana w’umunyafurika akura yifuza kuzajya kwibera i Bulayi cyangwa mu yindi migabane y’isi nka Amerika.

Musoni agaragaza yuko Afurika iboshywe n’ibintu bibiri bikomeye. Icya mbere ni ba mpatsibihugu n’abambari babo, naho icya kabiri kiboshye Afurika niyo ubwayo kutigirira icyizere ngo yishakame ibisubizo ku bufatanye buhamye. Abanyafurika bagahora bararikiye ibyo hanze biba byarakozwe n’abandi, bagahora mu ntambara zidashira kandi zidakorwa ku nyungu nyafurika.

Musoni waganiraga n’abanyamakuru mu gikorwa cyo kwitegura umunsi ngarukamwaka wo kwibohora kwa Afurika (African Liberation Day) uzaba tariki 25 z’uku kwezi, yavuze yuko ibyo by’abana bacu gukura bararikiye kuzimuka Afurika bigira ahandi natwe Abanyafurika tubifitemo uruhare rukomeye. Yatanze urugero ku kintu gito ariko gikomeye, avuga ukuntu abana bacu bajya mumenya kuvuga neza bigishwa igifaransa cyangwa icyongereza, bajya kwa sekuru bakavuga ikinyarwanda gipfuye abantu bagaseka Bishimiye ‘urwo rukonjo’ ! Ibi ni ibintu byica cyane umuco nyafurika, bigafasha mu gutuma abana bakura bararikira iby’ahandi !

-6639.jpg

Musoni Protais

Amo banyamahanga baboshye Afurika ntabwo bifuza uyu mugabane wagira amahoro, kuva mu majyepfo ya Afurika kugera mu majyaruguru, kuva mu burasirazuba kugera mu berengero bwaryo. Musoni, wigeze kuba Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu n’uw’itangazamakuru hano mu Rwanda, akavuga yuko iyo ariyo mpamvu bateza intambara zidashira mu bihugu nka Somalia, Sudan y’Epfo n’ubushyamirane buhoraho bw’indimi mu bihugu nka Cameroon.

Kayumba Casmiry

2017-05-17
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Abahinzi bo mu turere 13 bagiye gufashwa n’umushinga “Hinga wunguke uzabafasha kwiteza imbere ndetse no kwagurirwa isoko ry’umusaruro wabo

Abahinzi bo mu turere 13 bagiye gufashwa n’umushinga “Hinga wunguke uzabafasha kwiteza imbere ndetse no kwagurirwa isoko ry’umusaruro wabo

Ubwanditsi 09 Mar 2023
Uwamahoro Violette yagejejwe imbere y’Urukiko

Uwamahoro Violette yagejejwe imbere y’Urukiko

Ubwanditsi 27 Mar 2017
FERWACY yatangaje urutonde rw’abamaze kumenyekana bazize Jenoside yakorewe Abatutsi yo muri Mata 1994.

FERWACY yatangaje urutonde rw’abamaze kumenyekana bazize Jenoside yakorewe Abatutsi yo muri Mata 1994.

Ubwanditsi 13 Apr 2021
Umugabo usilamuye afite amahirwe 60% yo kutandura virusi itera SIDA

Umugabo usilamuye afite amahirwe 60% yo kutandura virusi itera SIDA

Ubwanditsi 29 Mar 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uburyo bushya abarwanya Leta y’u Rwanda, batangije bwo gukwirakwiza ibihuha.
INKURU NYAMUKURU

Uburyo bushya abarwanya Leta y’u Rwanda, batangije bwo gukwirakwiza ibihuha.

Ubwanditsi 08 Mar 2019
Nyuma yo gutandukana na Waasland Beveren, Bizimana Djihad yerekeje muri KMSK Deinze yo mu cyiciro cya kabiri mu Bubiligi.
Amakuru

Nyuma yo gutandukana na Waasland Beveren, Bizimana Djihad yerekeje muri KMSK Deinze yo mu cyiciro cya kabiri mu Bubiligi.

Ubwanditsi 28 May 2021
Mukura yerekeje mu kiciro gikurikiraho muri CAF Confederations
IMIKINO

Mukura yerekeje mu kiciro gikurikiraho muri CAF Confederations

Ubwanditsi 06 Dec 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru