• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • RSSB Tigers BBC yasezereye FUS Rabat BBC yo muri Morocco, izahura na AL Ahly muri ½ cy’imikino ya nyuma ya BAL 2026 iri kubera I Kigali   |   24 May 2026

  • Nyuma y’imyaka itatu Stade y’Akarere ka Gicumbi itangiye kuvugururwa, kuri ubu yemerewe kwakira imikino ya Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League   |   21 May 2026

  • Umutoza w’Amavubi Stephen Constantine asanga kwitwara neza k’u Rwanda bisaba gutsinda imikino yo mu rugo ngo yerekeze mu gikombe cya Afurika 2027   |   20 May 2026

  • Olivier Kwizera ari mu bakinnyi basubukuye imyitozo ya Rayon Sports yitegura guhura na APR FC ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro   |   19 May 2026

  • Rusesabagina nawe ubwe ni ikinyoma cyigendera   |   18 May 2026

  • AMAFOTO – Patriots BBC na APR WBBC begukanye igikombe cy’irushanwa ryo kwibuka mu bakina ari batatu kuri batatu   |   18 May 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Paul Kagame Umuyobozi ubereye kuyobora Afrika

Paul Kagame Umuyobozi ubereye kuyobora Afrika

Ubwanditsi 24 Aug 2017 Mu Rwanda

Nyuma y’ukuko yongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda ku majwi 98.79% ku
itariki ya 4 Kanama, 2017 , Abayobozi batandukanye ba Afrika ndetse n’Uburayi batangaje ko ariwe muyobozi nyakuri ubereye Afrika.

Ikinyamakuru ‘Mondafrique’ giherutse gutangaza ko uretse ubufaransa busanzwe butakigira Ambassade I Kigali abandi bayobozi bishimiye intsinzi ya Paul Kagame ndetse banamushimira imiyoborere myiza agaragariza Abanyarwanda.

Bamwe muri abo bayobozi bashimye imiyoborere myiza ya Paul Kagame, umugabo w’Imyaka 59, ni uwahoze ari Ambassaderi w’Ububiligi Bwana Arnould Pauwels washimye intinzi ya Paul Kagame Ati” Paul Kagame ni umugabo wavanye igihugu kure kandi arimo kukijyana kure mu miyoborere n’iterambere, ni umugabo uha uburenganzira n’ubwisanzure abaturage kandi ushyira imbere ihame rya demukarasi n’ubwisanzure bw’Itangazamakuru, niwe muyobozi wa nyawe ubereye kuyobora Afrika”

Afrika mu biganza by’Abanyafrika

Paul Kagame wagaragaje ko Afrika igomba kuba mu biganza by’abanyafrika « l’Afrique aux Africains » mu ntangiriro z’ukwezi kwa Mutarama , 2018 azaba ayoboye akanama k’umuryango wa Afrika yunze ubumwe kazasuzuma stati y’uwo muryango aho biteganjijwe ko igomba guhinduka akazaba afatanyije n’itsinda ry’inararibonye rizaba rigizwe na Perezida wa Tchadi Moussa Faki, akaba na Perezida wa komisiyo ya Afrika yunze Ubumwe.

Iki kinyamakuru kigira kiti “Ubwo yarahiriraga kongera kuyobora u Rwanda tariki ya 18 Kanama uyu mwaka kuri Stade Amahoro , uyu muhango wari witabiriwe n’abakuru b’ibihugu 19 n;Abanyarwanda hafi ibihumbi 30.000 bari bitabiriye uyu muhango mu rwego rwo gushyigikira uyu mugabo ugiye kongera kuyobora u Rwanda ku nshuro ya gatatu nyuma y’itorwa ryo guhindura Itegeko nshinga rya Repubulika y’U Rwanda.

Uyu mugabo Paul Kagame kandi niwe wayoboye urugamba rwo kubohora igihugu kuva mu 1990 kugera mu 1994 ubwo hakorwaga Genocide yakorewe abatutsi ikozwe na Goverinoma yari iyoboye igihugu muri icyo gihe.

Bamwe mu ba Perezida b’Ibihugu bari bitabiriye uwo muhango I Kigali barimo Perezida wa Sudani Omar-el-Bechir, wari utemerewe kuba yakandagiza ikirenge hanze y’igihugu kubera ashakishwa n’urukiko mpuzamahanga, Perezida wa Uganda Yoweli Museveni, Umwami wa Maroc nawe yari ahagarariwe muri ibi birori, Perezida Alpha Condé, Macky Sall, Idriss Deby Itno, Sassou-Nguesso, Omar Guelleh, Mohamoudou Issouffou, Ali Bongo Ondimba, Faure Gnassingbé ndetse na Faustin-Archange Touadera, aba bagabo bose bakaba baravuze ko ubuyobozi bwa Paul Kagame buganisha ku Iterambere ryihuse bigaragaza ubunararibonye afite mu miyoborere.

Aba bagabo kandi bakomeje bavuga imiyoborere y’uyu mugabo ndetse n’amateka ye bitajya bishimisha igihugu cy’ubufaransa, byakagombye kubera isomo Perezida Emmanuel Macron kugira ngo arebe uko yagarura umubano mu bya dipolomasi hagati y’ubufaransa n’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa ndetse na Afrika yo hagati muri rusange”.

-7729.jpg

Perezida Kagame asinya indahiro ye

2017-08-24
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Basore namwe Bakobwa mwakundaga Itabi rya Shisha mwakuwe amata kumunywa 

Basore namwe Bakobwa mwakundaga Itabi rya Shisha mwakuwe amata kumunywa 

Ubwanditsi 15 Dec 2017
AMAFOTO – Umuhanzikazi Clarisse Karasira yasezeranye imbere y’Imana na Ifashabayo Dejoie

AMAFOTO – Umuhanzikazi Clarisse Karasira yasezeranye imbere y’Imana na Ifashabayo Dejoie

Ubwanditsi 03 May 2021
Jimmy Mulisa yagizwe umutoza mukuru wa AS Kigali by’agateganyo, Mwambali Serge agirwa ushinzwe kongerera imbaraga abakinnyi bayo

Jimmy Mulisa yagizwe umutoza mukuru wa AS Kigali by’agateganyo, Mwambali Serge agirwa ushinzwe kongerera imbaraga abakinnyi bayo

Ubwanditsi 20 Dec 2021
Abasifuzi bagaragaweho amakosa y’imisifurire bahanwe na FERWAFA, barimo n’abayoboye umukino wahuje Rayon Sports na Etoile de l’Est wagaragayemo gusimbuza incuro nyinshi

Abasifuzi bagaragaweho amakosa y’imisifurire bahanwe na FERWAFA, barimo n’abayoboye umukino wahuje Rayon Sports na Etoile de l’Est wagaragayemo gusimbuza incuro nyinshi

Ubwanditsi 02 Dec 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

“Walk to Remember”, umwe mu miyoboro ikomeye inyuzwamo ubutumwa bwo guhangana n’ingaruka za Jenoside yakorewe Abatutsi
Amakuru

“Walk to Remember”, umwe mu miyoboro ikomeye inyuzwamo ubutumwa bwo guhangana n’ingaruka za Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwanditsi 06 Apr 2024
Amakuru y’indiri ya Mudacumura yatanzwe n’abasirikari ba Kayumba Nyamwasa bafashwe na FARDC 
INKURU NYAMUKURU

Amakuru y’indiri ya Mudacumura yatanzwe n’abasirikari ba Kayumba Nyamwasa bafashwe na FARDC 

Ubwanditsi 20 Sep 2019
Mu Burundi imyitozo ya gisirikari yakuwe kumezi 9 ishyirwa kumezi 3, ngo haboneke abasirikare bajya kurwana muri Congo
Amakuru

Mu Burundi imyitozo ya gisirikari yakuwe kumezi 9 ishyirwa kumezi 3, ngo haboneke abasirikare bajya kurwana muri Congo

Ubwanditsi 15 Feb 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru