• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»Polisi ya Israel irategura mu buryo bukomeye kuza k’Umukiza (MESSIAH).

Polisi ya Israel irategura mu buryo bukomeye kuza k’Umukiza (MESSIAH).

Editorial 12 Jan 2017 ITOHOZA

Nta muntu uzi isaha cg umunsi wo kuza kwa Yesu Kristo uwo abayisirayeli bategereje nk’umukiza (Messiah), ariko ibyo ntibyabujije Polise y’igihugu cya Israel gutangira imyiteguru yo kuza k’umukiza wabo bita Messiah ngo kuko ibimenyetso n’ubuhanuzi bafite bibereka ko kuza kwe kuri hafi cyane.

Ibi rero bikaba byaremejwe n’umwe mubakuriye igipolisi cya Israel Komiseri Roni Alsheikh ubwo bari mu mihango y’idini i Jerusalem. Yateruye amagambo agira ati: Igihe Umukiza azaza vuba aha, abantu benshi bazaba bakeneye kumwegera baturutse imihanda yose, niyo mpamvu polise izaba ifite akazi gakomeye mu gucunga umutekano w’abantu kugira ngo byubahishe na Messiah.

Yakomeje avuga ati: ” ntagushidikanya bizatunezeza kuba tuzaba dukora ubushake bw’Imana, bizatuma turushaho kuyegera. Imana nibishaka vubaha turatangira imyiteguro y’umutekano yo kuza kwa Messiah”.

-5350.jpg

-5353.jpg

-5352.jpg

-5354.jpg

-5355.jpg

Ubundi Messiah naza kuzaba ari ukugaruka kwa Yesu Kristo kubakristo, bizaba bivuze ko azaba arangije gukorana n’abanyamahanga ahindukiriye abayisirayeli nkuko ibyanditswe byera bivuga. Romains / chapter 9.

Abigisha iby’Imana muri Israel (Rabbis), nka Markell, baravuga ko muri iki gihe Abayisirayeli bategereje Umukiza cg Messiah gusumba uko abakristo bo mu mahanga bamutegereje. Impavu ngo ni uko ahenshi batakigisha ijambo ry’Imna nkuko riri, ngo bashoye amafaranga menshi mukwiga iby’Imana babigoreka, bumvikana kunyigisho zimwe na zimwe zitagira aho zihuriye n’ukuri kw’Imana ati abo ntabwo bavuga kuza kwa Yesu ntaho bazahurira nawe.

Markell yatanze ibimenyetso kuri bo byerekana ko kuza kwa Messiah kwegereje,ndetse yerekana n’imyiteguro yo kubaka urusengero rwa gatatu (Third Temple) aho igeze, ababwira ko ubu abayobozi b’idini ry’abayuda barangije imyiteguro imwe n’imwe akaba ari ikimenyetso simusiga kuko ibi byagendanye n’ubuhanuzi bahawe bagenda bagenzura aho bugeze. Ngo kuba bararangije gukora igishushanyo mbonera cy’uru rusengero, kuba barimo kwigisha abalewi uko imihango yo gutamba ibitambo muri uru rusengero igenda, ndetse ngo barangije no kubaka Altari iyo mihango izajya iberaho ngo ibi ni bimwe mu bimenyetso bifite icyo bivuze gikomeye kuri bo.

Rabbi Markell yavuze ko ubu kuzamurwa kwabizera Yesu Kristo gushobora kubaho igihe icyari cyo cyose ukurikije ubuhanuzi Israel ifite akaba ahamagarira abakristo kuba maso.

-5351.jpg

Komiseri Roni Alsheikh

Bill Cloud uva uri Shoreshim Ministries avuga ko utabona ko hari ikintu gikomeye kigiye kubaho ngo ni impumyi itagira ubwenge yirengagiza nkana ibiri kubera ku isi. Yavuze ko ibyanditwe muri Yeremiya 30:7 bigiye gusohora vuba aha.

Tubitege amaso abitegura bitegure.

Hakizimana Themistocle

2017-01-12
Editorial

IZINDI NKURU

Hahishuwe akayabo kagenda buri munsi ku burinzi bw’umuryango wa Perezida Trump

Hahishuwe akayabo kagenda buri munsi ku burinzi bw’umuryango wa Perezida Trump

Editorial 22 Mar 2017
Paris: Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Simbikangwa cyo gutesha agaciro iburanisha rya mbere

Paris: Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Simbikangwa cyo gutesha agaciro iburanisha rya mbere

Editorial 29 Oct 2016
Mu gihe USA ikangurira ibindi bihugu  demokarasi no guca igihano cy’urupfu, yo iracyagikatira abaturage bayo.

Mu gihe USA ikangurira ibindi bihugu demokarasi no guca igihano cy’urupfu, yo iracyagikatira abaturage bayo.

Editorial 06 Jan 2016
Kunde wahoze muri FDLR yavuze icyatumye batsindwa n’uko yabanye na Perezida Nkurunziza

Kunde wahoze muri FDLR yavuze icyatumye batsindwa n’uko yabanye na Perezida Nkurunziza

Editorial 14 Dec 2016

Igitekerezo kimwe

  1. Natacha
    March 30, 20186:54 pm -

    Hahahahhh. Iyi nkuru iransekeje. Ngo bazacingira Yesu umutekano. Injiji ziri hose

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Polisi muri Burera yafashe imodoka ebyiri zipakiye inzoga zitemewe mu Rwanda Publish Date: Mardi 31 Octobre 2017
Amakuru

Polisi muri Burera yafashe imodoka ebyiri zipakiye inzoga zitemewe mu Rwanda Publish Date: Mardi 31 Octobre 2017

Editorial 31 Oct 2017
Gasabo: Uwitwa Rwigema Mike arasaba guhindura amazina hakongerwamo iry’umuryango
Mu Rwanda

Gasabo: Uwitwa Rwigema Mike arasaba guhindura amazina hakongerwamo iry’umuryango

Editorial 31 May 2018
Rusizi: Abasirikare b’u Burundi barashe Umunyarwanda
Mu Mahanga

Rusizi: Abasirikare b’u Burundi barashe Umunyarwanda

Editorial 15 Aug 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru