• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Bombori bombori muri RNC: Serge Ndayizeye nawe yeretswe umuryango   |   08 Jun 2026

  • Ku bw’impamvu z’umutekano, umwiherero w’ikipe y’igihugu, Amavubi wari kubera muri Morocco wimuriwe mu Misiri   |   03 Jun 2026

  • APR FC yatangaje ko itazakomezanya n’abakinnyi batatu barimo Aliou Souané, Mamadou Sy na Mahamadou Lamine Bah   |   03 Jun 2026

  • Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze   |   03 Jun 2026

  • Mozambique izatanga amafaranga yo gufasha Ingabo z’u Rwanda mu butumwa bw’i Cabo Delgado   |   02 Jun 2026

  • Urwibutso rwa Paris ruzarinda ukuri kwa Jenoside kwibagirana no kubungabunga amateka, kurinda ukuri kutazimira uko imyaka izagenda ishira   |   02 Jun 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Polisi ya Israel irategura mu buryo bukomeye kuza k’Umukiza (MESSIAH).

Polisi ya Israel irategura mu buryo bukomeye kuza k’Umukiza (MESSIAH).

Ubwanditsi 12 Jan 2017 ITOHOZA

Nta muntu uzi isaha cg umunsi wo kuza kwa Yesu Kristo uwo abayisirayeli bategereje nk’umukiza (Messiah), ariko ibyo ntibyabujije Polise y’igihugu cya Israel gutangira imyiteguru yo kuza k’umukiza wabo bita Messiah ngo kuko ibimenyetso n’ubuhanuzi bafite bibereka ko kuza kwe kuri hafi cyane.

Ibi rero bikaba byaremejwe n’umwe mubakuriye igipolisi cya Israel Komiseri Roni Alsheikh ubwo bari mu mihango y’idini i Jerusalem. Yateruye amagambo agira ati: Igihe Umukiza azaza vuba aha, abantu benshi bazaba bakeneye kumwegera baturutse imihanda yose, niyo mpamvu polise izaba ifite akazi gakomeye mu gucunga umutekano w’abantu kugira ngo byubahishe na Messiah.

Yakomeje avuga ati: ” ntagushidikanya bizatunezeza kuba tuzaba dukora ubushake bw’Imana, bizatuma turushaho kuyegera. Imana nibishaka vubaha turatangira imyiteguro y’umutekano yo kuza kwa Messiah”.

-5350.jpg

-5353.jpg

-5352.jpg

-5354.jpg

-5355.jpg

Ubundi Messiah naza kuzaba ari ukugaruka kwa Yesu Kristo kubakristo, bizaba bivuze ko azaba arangije gukorana n’abanyamahanga ahindukiriye abayisirayeli nkuko ibyanditswe byera bivuga. Romains / chapter 9.

Abigisha iby’Imana muri Israel (Rabbis), nka Markell, baravuga ko muri iki gihe Abayisirayeli bategereje Umukiza cg Messiah gusumba uko abakristo bo mu mahanga bamutegereje. Impavu ngo ni uko ahenshi batakigisha ijambo ry’Imna nkuko riri, ngo bashoye amafaranga menshi mukwiga iby’Imana babigoreka, bumvikana kunyigisho zimwe na zimwe zitagira aho zihuriye n’ukuri kw’Imana ati abo ntabwo bavuga kuza kwa Yesu ntaho bazahurira nawe.

Markell yatanze ibimenyetso kuri bo byerekana ko kuza kwa Messiah kwegereje,ndetse yerekana n’imyiteguro yo kubaka urusengero rwa gatatu (Third Temple) aho igeze, ababwira ko ubu abayobozi b’idini ry’abayuda barangije imyiteguro imwe n’imwe akaba ari ikimenyetso simusiga kuko ibi byagendanye n’ubuhanuzi bahawe bagenda bagenzura aho bugeze. Ngo kuba bararangije gukora igishushanyo mbonera cy’uru rusengero, kuba barimo kwigisha abalewi uko imihango yo gutamba ibitambo muri uru rusengero igenda, ndetse ngo barangije no kubaka Altari iyo mihango izajya iberaho ngo ibi ni bimwe mu bimenyetso bifite icyo bivuze gikomeye kuri bo.

Rabbi Markell yavuze ko ubu kuzamurwa kwabizera Yesu Kristo gushobora kubaho igihe icyari cyo cyose ukurikije ubuhanuzi Israel ifite akaba ahamagarira abakristo kuba maso.

-5351.jpg

Komiseri Roni Alsheikh

Bill Cloud uva uri Shoreshim Ministries avuga ko utabona ko hari ikintu gikomeye kigiye kubaho ngo ni impumyi itagira ubwenge yirengagiza nkana ibiri kubera ku isi. Yavuze ko ibyanditwe muri Yeremiya 30:7 bigiye gusohora vuba aha.

Tubitege amaso abitegura bitegure.

Hakizimana Themistocle

2017-01-12
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Vanessa Mdee yatawe muri yombi

Vanessa Mdee yatawe muri yombi

Ubwanditsi 13 Mar 2017
Aimable Karasira yavanye he ubudahangarwa butuma adakurikiranwa ngo ahanirwe uburozi aroha mu baturage?

Aimable Karasira yavanye he ubudahangarwa butuma adakurikiranwa ngo ahanirwe uburozi aroha mu baturage?

Ubwanditsi 24 May 2021
Byemejwe ko hari Abarundi banyura muri Cyohoha bakaza kwiba Inka mu Rwanda

Byemejwe ko hari Abarundi banyura muri Cyohoha bakaza kwiba Inka mu Rwanda

Ubwanditsi 11 Mar 2017
Charles ONANA wigize akahebwe, ni muntu ki? 

Charles ONANA wigize akahebwe, ni muntu ki? 

Ubwanditsi 18 Oct 2024

Igitekerezo kimwe

  1. Natacha
    March 30, 20186:54 pm -

    Hahahahhh. Iyi nkuru iransekeje. Ngo bazacingira Yesu umutekano. Injiji ziri hose

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

RDF yasezereye  abasilikare 816 barimo na Brig. Gen. Rugumya Gacinya
INKURU NYAMUKURU

RDF yasezereye abasilikare 816 barimo na Brig. Gen. Rugumya Gacinya

Ubwanditsi 07 Jul 2018
Azam  fc yagaragarije Ndayisenga Fuad ko atari ku rwego rwayo
IMIKINO

Azam fc yagaragarije Ndayisenga Fuad ko atari ku rwego rwayo

Ubwanditsi 12 Aug 2016
“Nta mahoro ashoboka muri Kongo, igihe cyose hari Abakongomani bagifatwa nk’Abanyamahanga mu gihugu cyabo”. – Thabo Mbeki.
Amakuru

“Nta mahoro ashoboka muri Kongo, igihe cyose hari Abakongomani bagifatwa nk’Abanyamahanga mu gihugu cyabo”. – Thabo Mbeki.

Ubwanditsi 16 Mar 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru