• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Visit Rwanda n’ikipe ya Aston Villa yo mu gihugu cy’u Bwongereza basinyanye amasezerano y’ubufatanye   |   14 Jul 2026

  • AMAFOTO – Girumugisha yabaye umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’u Rwanda ahembwa imodoka ya miliyoni 15 Frw   |   13 Jul 2026

  • Iperereza ku rupfu rwa ruharwa Kabuga Félicien: Yapfiriye mu cyumba cye nyuma yo guhabwa ifunguro, yazize umutima   |   13 Jul 2026

  • Perezida Kagame arasezera Sheikh Hamad wagize Qatar igihangange   |   13 Jul 2026

  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

 
You are at :Home»POLITIKI»PSD yemeje urutonde rw’abarwanashyaka 80 baziyamamariza kuba abadepite

PSD yemeje urutonde rw’abarwanashyaka 80 baziyamamariza kuba abadepite

Ubwanditsi 09 Jul 2018 POLITIKI

Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza y’Abaturage (PSD) ryatangaje urutonde rw’abakandida 80 rizaserukana mu matora y’Abadepite ateganyijwe muri Nzeri 2018.

Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite ugizwe n’imyanya 80 ariko ihatanirwa n’imitwe ya politiki ni 53, indi 24 igenewe abagore, ibiri igenewe urubyiruko, undi usigaye ukajyamo uhagarariye abafite ubumuga.

Buri shyaka ryiyemeje guhatana mu matora risabwa na Komisiyo y’Amatora (NEC) urutonde rw’abakandida 80, bakwemezwa akaba ari bo bazajya mu Nteko, hagendewe ku majwi ryagize n’umwanya runaka aruriho.

PSD nk’ishyaka ryiyemeje guhatanira intebe mu Nteko Ishinga Amategeko nta kwifatanya n’undi mutwe wa politiki, ryatoranyije abakandida 80 rigomba kuzashyikiriza NEC.

Mu kiganiro na IGIHE, Umunyamabanga Mukuru wa PSD, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome, ko abo bashyizwe ku rutonde nyuma y’aho muri Werurwe 2018 PSD yazengurutse mu turere twose yandika abashaka kujya kuri lisiti, muri Mata hajyaho komisiyo yigenga irwigaho, ari narwo rwemejwe na Biro Politiki yateranye kuri iki Cyumweru, tariki ya 8 Nyakanga 2018.

Yagize ati “Urutonde rwari rwateguwe na Komisiyo yigenga nk’uko amategeko y’ishyaka abiteganya, ko iyo bamaze gutanga kandidatire zivuye mu turere hajyaho komisiyo yigenga ikarukora, yamara kurukora ikarushyikiriza Komite nyobozi y’abatiyamamaje, hanyuma Biro politiki ikabyemeza, ari nacyo cyakozwe.”

Muri iyi nama ya Biro politiki ya PSD, hanemerejwemo imigabo n’imigambi y’ibiteganyijwe gukorwa bizajyanwa mu baturage kubasaba amajwi mu matora yo muri Nzeri.

Ku rutonde rw’abakandida bemejwe, hagaragayemo amaraso mashya; nta mazina amenyerewe nka Depite Nkusi Juvenal wayoboraga Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta (PAC).

Iri shyaka ryari risanganywe imyanya irindwi mu Nteko Ishinga Amategeko ariko mu bari bayirimo ku rutonde hagarutseho batatu gusa.

Amazina n’uturere abakandida bakomokamo

1. Dr. NGABITSINZE Jean Chrysostome (Nyamagabe)

2. NYIRAHIRWA Veneranda (Ngoma)

3. HINDURA Jean Pierre (Rubavu)

4. RUTAYISIRE Georgette (Kicukiro)

5. MUHAKWA Valens (Gakenke)

6. UWERA Pélagie (Gasabo)

7. MINANI Epimaque (Nyanza)

8. BIZIMANA MINANI Déogratias (Rusizi)

9. UWUBUTATU Marie Thérèse (Bugesera) mus

10. IRAGENA Jean Léon (Gasabo)

11. RUTSOBE Michel (Ngoma)

12. UHAGAZE Charles Mathias (Nyarugenge)

13. DUKUZUMUREMYI François (Gatsibo)

14. UWERA KABANDA Françoise (Nyarugenge)

15. TWAHIRWA Juvénal (Musanze)

16. HAKIZIMANA John (Nyamasheke)

17. DUSABE Denise (Kamonyi)

18. GIRUKWAYO Pascal (Kirehe)

19. NIZEYIMANA Alexis (Nyaruguru)

20. NYIRANZABAHIMANA Clémentine (Nyamasheke)

21. HAKIZIMANA Vincent (Huye)

22. MUKASEKURU Aliane (Gicumbi)

23. UMUHOZA Jeanne Claudette (Huye)

24. BIMENYIMANA Simeon (Kayonza)

25. KAREMERA Pierre (Rwamagana)

26. ISHIMWE Yvonne (Ngororero)

27. NSHIMIYIMANA Jean Claude (Kicukiro)

28. FAIDA Jean Bosco (Rulindo)

29. TWIZERIMANA Bonaventure (Rutsiro )

30. NSABIMANA NKUSI Jean Claude (Bugesera)

31. KAMUHANDA James Kant (Kicukiro)

32. TABU Illuminée (Gisagara)

33. MUNYANTORE Anny Chantal (Nyanza)

34. NAMBAJIMANA André (Musanze)

35. MUGABO Gilbert (Nyarugenge )

36. NYIRAGWIZA Marie Claire ( Gicumbi)

37. KABANDA Claver (Nyamagabe )

38. RWICUNGURA Jean Baptiste ( Muhanga )

39. TURATSINZE Jean de Dieu (Nyabihu )

40. NAKURE DUSENGE Celestin (Nyagatare)

41. KANYANGE Esperance (Kicukiro)

42. MUKANDAYISENGE Marie Chantal (Burera )

43. BUGINGO Charles (Huye)

44. TWUMVIRIMANA Etienne (Rutsiro)

45. RWEMERA Damien (Nyagatare)

46. IMFURAYABO Alice (Kicukiro)

47. SEMANA Innocent (Musanze)

48. GAHINDA Jean (Ngororero)

49. GASORE Claude ( Ngoma )

50. UMUGWANEZA Jolie ( Musanze)

51. NGENZI Jean Marie Vianney (Huye)

52. MUKESHIMANA Salima (Nyamasheke)

53. MUKAMUGEMA Marie Josee (Nyanza)

54. MUKANKWAYA Beathe (Kayonza)

55. UMUHOZA NGARAMBE Redampta (Rulindo)

56. MUKAMANA Venantie ( Muhanga)

57. ZIMURINDA Jean Baptiste (Karongi)

58. MUNYAGAJURU Epaphrodite ( Musanze )

59. MINANI Jean Claude (Huye)

60. FURAHA Naason (Gisagara)

61. NZIRORERA Eric (Musanze)

62. DUKUZE Claire (Huye)

63. KWIZERA Jean Claude (Kayonza)

64. TWATSINZE Aderard (Gasabo)

65. BIZIMANA Jean Marie Vianney (Nyaruguru)

66. UWINSHURI Joselyne (Nyabihu)
67. NSENGIMANA Emmanuel (Nyaruguru)

68. BUCYANAYANDI Joseph (Nyamagabe)

69. NIREBERAHO Angelique (Nyaruguru )

70. MANIRAGABA Jean Bosco (Gakenke) 
71. UZAMUKUNDA Angele (Ngororero)

72. NGABONZIMA Jeremie (Gatsibo )

73. MUSABYIMANA Agnès (Nyabihu)

74. RUTIKANGA Frederic (Nyaruguru)

75. UWIRAGIYE Claudette (Nyabihu )

76. MWITENDE Jean Claude (Muhanga )

77. NIYIGENA Samuel (Nyarugenge)

78. MUKARUKUNDO Valerie (Nyamagabe)

79. KABERA MIGABO Victor ( Nyabihu )

80. NIZEYIMANA Claudien (Nyamagabe)

Uretse PSD, kuri iki Cyumweru ni nabwo FPR Inkotanyi yatangaje abakandida 70, isobanura ko abandi 10 kugira ngo buzure 80 bazaturuka mu mashyaka yayiyunzeho (coalition) ariyo PDI, PSR, PPC, UDPR na PSP.

Biteganyijwe ko Komisiyo y’igihugu y’amatora izatangira kwakira kandidatire ku wa 12- 25 Nyakanga; kwiyamamaza bigatangira ku wa 13 Kanama kugeza ku wa 1 Nzeri 2017; naho amatora akaba ku wa 2 Nzeri 2018 ku Banyarwanda batuye muri Diaspora naho abari imbere mu gihugu bagatora ku wa 3 Nzeri 2018.

2018-07-09
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Gukoresha agakingirizo neza birinda kwandura virusi itera SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina

Gukoresha agakingirizo neza birinda kwandura virusi itera SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina

RUSHYASHYA 24 Oct 2025
Imana ihora ihoze: Wa musenateri wo muri Amerika, Bob Menendez wahozaga u Rwanda ku nkeke yafatanywe igihanga cya ruswa.

Imana ihora ihoze: Wa musenateri wo muri Amerika, Bob Menendez wahozaga u Rwanda ku nkeke yafatanywe igihanga cya ruswa.

Ubwanditsi 17 Jul 2024
Mu Burundi Bararira ayo kwarika nyuma y’Inkongi Karahabutaka Yarindimuye ububiko bw’intwaro

Mu Burundi Bararira ayo kwarika nyuma y’Inkongi Karahabutaka Yarindimuye ububiko bw’intwaro

RUSHYASHYA 01 Apr 2026
Ubuzima bwiza na bwo ni igipimo cy’iterambere – Perezida Kagame

Ubuzima bwiza na bwo ni igipimo cy’iterambere – Perezida Kagame

Ubwanditsi 22 May 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Chris Froome watwaye Tour de France enye, yemeje ko azitabira Tour du Rwanda isiganwa rizazenguruka igihugu muri Gashyantare 2023
Uncategorized

Chris Froome watwaye Tour de France enye, yemeje ko azitabira Tour du Rwanda isiganwa rizazenguruka igihugu muri Gashyantare 2023

Ubwanditsi 16 Jan 2023
Abantu 15 barimo Umunyamerika, bamaze kugwa mu gitero cya Al-Shabaab muri Kenya
ITOHOZA

Abantu 15 barimo Umunyamerika, bamaze kugwa mu gitero cya Al-Shabaab muri Kenya

Ubwanditsi 16 Jan 2019
Umunyezamu Hakizimana Adolphe werekeje muri AS Kigali, yashimiye Rayon Sports yari amazemo imyaka 4
Amakuru

Umunyezamu Hakizimana Adolphe werekeje muri AS Kigali, yashimiye Rayon Sports yari amazemo imyaka 4

Ubwanditsi 02 Jan 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru