• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

  • Jambo ASBL yongeye kwerekana ko ari umuvugizi wa FDLR, ntiyifuza ko uyu mutwe wamburwa intwaro ku ngufu   |   07 Aug 2026

  • FERWAFA yahagaritse Imurora Japhet imyaka itanu mu bikorwa byose bya ruhago   |   07 Aug 2026

  • Mukura VS yakiriye umutoza mushya ukomoka muri Serbia   |   06 Aug 2026

  • Abadepite basabye ko inzego zirindwi zakoresheje amafaranga mu buryo budasobanutse zikurikiranwa   |   05 Aug 2026

  • Nyuma y’imyaka 28 Rayon Sports isubiye ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup   |   05 Aug 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Rudasingwa Theogene yongeye kuremba bikomeye

Rudasingwa Theogene yongeye kuremba bikomeye

Ubwanditsi 07 Jun 2016 ITOHOZA

Rudasingwa Theogene yongeye kujyanwa mu bitaro igitaraganya, ubu akaba ari muri soins intensif.

Amakuru yaturutse mu bantu baba hafi yuy’umuryango, yageze kuri Rushyashya muri ikigitondo, avuga ko kuva mu ijiro ryo kuwa kane tariki 2 kamena 2016, Rudasingwa yongeye kuremba hitabazwa Ambulance, akaba arimo gukurikiranwa n’abaganga mu bitaro bya MedStar mu mujyi wa Washington. Ibyo bitaro bikaba biherereye mu burengerazuba bw’umujyi wa Washington DC.

Iyi ikaba ari inshuro ya kabiri, Rudasingwa yongeye kugira ikibazo cyo kubura umwuka, nkuko umuvandimwe we abivuga ngo Rudasingwa yagerageje gufata imiti ariko ntihagira igihinduka.

-2873.jpg

Theogene Rudasingwa

Aya makuru yagizwe ibanga ariko umwe mu baba hafi y’umuryango we aza kuyatangariza abayoboke ba RNC ku gicamunsi cy’ejo kuwa gatanu.

Ibyo rero ngo bikaba byateye ubwoba abavandimwe be n’ abayoboke ba RNC aho bumviye ko Rudasingwa yongeye kujyanwa mu bitaro igitaraganya.

Rudasingwa Theogene mu bisanzwe aba wenyine muri Amerika mu gihe umugore we n’abana be baba muri Canada, aho yagerageje kubasanga inzego z’abinjira n’abasohoka muri Canada zimwima Visa yo gukandagira kubutaka bwabo ( persona non grata).

Theogene Rudasingwa yagiranye ibihe byiza na Jennifer Fierberg (umunyamakuru w’umunyamerika ukurikiranira hafi politiki y’u Rwanda) washishikajwe igihe kirekire no kwandika ku bibera mu Rwanda, kuri ubu utakirikumwe na Rudasingwa, nyuma y’ubucuti bw’ibanga yagiranye nawe, Jennifer Fierberg yaje gusanga yarahemukiye bikomeye na Rudasingwa nyuma yo kujya kwipimisha.

-2871.jpg

Jennifer Fierberg umunyamakuru w’umunyamerika

Dr. Rudasingwa afatwa nk’ubwonko bwa RNC, yayoboraga ibikorwa bya Politiki by’iryo shyaka birimo n’ubukangurambaga ndetse kenshi yakunze kujya azenguruka hirya nohino nko muri Afrika y’Epfo kujya kubonana na Kayumba.

Kenshi aho yakundaga kujya ni mu bihugu by’uburayi gukorayo ubukangurambaga no gushaka imisanzu ya RNC.

-2872.jpg

Major Théogène Rutayomba

Kuri ubu ibikorwa bya Politiki muri RNC biri gukorwa na Major Théogène Rutayomba wabanye na Gen. Kayumba cyane mu ngabo z’u rwanda akaba yari EDS we, akaba akunze kumvikana mu biganiro kuri Radio itahuka avuga ko abahutu bishwe na FPR ngo baruta abatusi bapfuye inshuro 3!

Umwanditsi wacu

2016-06-07
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Indege ya Habyarimana :  Iturufu rya Kayumba  ryo  kubona ubuhungiro mu Bufaransa

Indege ya Habyarimana : Iturufu rya Kayumba ryo kubona ubuhungiro mu Bufaransa

Ubwanditsi 13 Oct 2016
Norway : Willy Nyamitwe yahuye n’Abarwanya Leta y’u Rwanda ‘Ishyaka Ishema’ rya Padiri Nahimana n’abateruzi b’ibibindi

Norway : Willy Nyamitwe yahuye n’Abarwanya Leta y’u Rwanda ‘Ishyaka Ishema’ rya Padiri Nahimana n’abateruzi b’ibibindi

Ubwanditsi 31 Oct 2016
Ubutinganyi (homosexuals) buravuza ubuhuha muri RNC

Ubutinganyi (homosexuals) buravuza ubuhuha muri RNC

Ubwanditsi 13 Feb 2017
Ese Museveni yaba atariwe vunja rikwiye guhandurwa muri politiki ya Uganda?

Ese Museveni yaba atariwe vunja rikwiye guhandurwa muri politiki ya Uganda?

Ubwanditsi 26 Sep 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Nyuma y’imyaka 23 atavuga rumwe na leta, Rukerantare wari Maneko wa Habyarimana  yagandutse
ITOHOZA

Nyuma y’imyaka 23 atavuga rumwe na leta, Rukerantare wari Maneko wa Habyarimana yagandutse

Ubwanditsi 21 Feb 2017
Uganda: Igipfunsi cya Gen Katumba cyari kimpitanye – Depite Zaake
Mu Mahanga

Uganda: Igipfunsi cya Gen Katumba cyari kimpitanye – Depite Zaake

Ubwanditsi 01 Oct 2017
Nyuma y’amakosa y’Urukiko Rukuru rwari rwamugize umwere, urw’Ubujurire rwakatiye umujenosideri Wenceslas Twagirayezu igifungo cy’imyaka 20
Amakuru

Nyuma y’amakosa y’Urukiko Rukuru rwari rwamugize umwere, urw’Ubujurire rwakatiye umujenosideri Wenceslas Twagirayezu igifungo cy’imyaka 20

Ubwanditsi 31 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru