• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yashyikirije ibendera ikipe y’u Rwanda y’Abagore yerekeje i Nairobi mu Gikombe cya Afurika   |   23 Aug 2026

  • Ubuyobe bw’Ubuhanuzi butuma FDLR Yitera Ikinya mu mashyamba ya DRC kugirango irebe ko yamara kabiri   |   22 Aug 2026

  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

 
You are at :Home»SHOWBIZ»Stromae yagiriwe icyizere cyo kwerekana Film mu Bufaransa

Stromae yagiriwe icyizere cyo kwerekana Film mu Bufaransa

Ubwanditsi 08 Mar 2018 SHOWBIZ

Umuhanzi ukomeye cya mubufaransa ariko ufute inkomoko mu Rwanda.  Stromae  wamyenyekanye cyane mu ndirimbo (papaoutai), niwe muhanzi watoranyijwe kugaragaza byinshi kuri Filime ivuga kubuzima bw’umuraperi ukomeye cyane mu gihugu cy’Ubufaransa Maître Gims.

Ibi byabaye nyuma y’uko bigaragaye ko Stromae asanzwe ari inshuti magara yihariye y’uyu muraperi kandi ko ariwe uzi byinshi byerekeranye nawe dore ko binavugwa ko ashobora kuzavuga bimwe bitagaragajwe muri iyi Filime mu buryo bwimbitse.

Image result for Maître GimsFilime yakinwe n’abahanga bakomeye mu gukuna amafilime ivuga kubuzima bw’umuraperi Maître Gims yahawe izina rya Maître Gims à cœur ouvert’ ikaba iteganyijwe kuzerekanwa kuri Televiziyo  w9 ikomeye mu Bufaransa ki Isaa 22h45 ku itariki 29 Werurwe 2018.

Byatangajwe n’Ikinyamakuru M Radio cyavuze byinshi kumitegurire y’iyi Filime n’uburyo iteganwa kuzashirwa ahagaragara ,ndetse n’abazayifasha kuyimenyekanisha barimo Stromae uzaba ayivugaho byinshi kumunsi wo kwerekanywa kuri Televiziyo.

Iyi filime igiye kwerekanwa mu gihe Maître Gims ari mu bikorwa byo kwamamaza no gushaka uko yamenyekanisha album ye nshya yise ‘Ceinture Noire’. Iyi album yitezweho byinshi kurusha ‘Subliminal’ yakoze mu mwaka wa 2013 ikanyura benshi igacuruzwa mu buryo bukomeye aho yagurishije kopi 1 000 000.

Umuhanzi Stromae ubwo azaba avuga byinshi bitandukanye kuri iyi Filime, azaba afite akamaro ko gufasha abasangizwabikorwa kumva no gusobanukirwa byimbitse Maître Gims, azamuvuga nk’inshuti ye magara ndetse avuge birambuye uko amuzi n’ibyo baziranyeho ubwabo abafana batigeze bamenya.

Muri iyi filime, abantu bakomeye ndetse bafite amazina azwi cyane nka Michel Drucker na Laurent Ruquier bazatangamo ubuhamya ku buzima bwa Maître Gims n’uko yaje kuvamo umuraperi ukomeye.

Image result for Stromae

Si Stromae gusa witezweho gutambutsa ibiganiro no gutanga ubuhamya ku buzima bw’umuraperi Maître Gims kuko hari n’Abandi basanzwe bamuzi bitandukanye bagomba kuzahabwa umwanya harimo: umugore we DemDem ndetse n’umuvandimwe we witwa Dadju; hari kandi abahanzi nka Florent Pagny na Black M. Maître Gims ubwe na we azavuga birambuye ku buto bwe n’uko yinjiye mu muziki n’ibindi yahuye nabyo.

Maître Gims, ni umuraperi, umuririmbyi akaba n’umwanditsi w’indirimbo ukomeye mu Bufaransa. Yavukiye mu Mujyi wa Kinshasa tariki ya 6 Gicurasi 1986.

Image result for Maître Gims

Yavutse mu muryango w’abaririmbyi, se yari umucuranzi ukomeye mu itsinda Viva La Musica rya Papa Wemba, abavandimwe be nabo ni abaraperi. Yasohoye album ye ya mbere nk’umuhanzi wigenga mu 2013 yayise Subliminal.

Nyuma yo kwandika amateka ndetse akaba umuhanzi w’ikirangirire ku rwego mpuzamahanga, hakozwe Filime ivuga byinshi kubuzima bwe kuva akiri umwana muro kugeza kuntera ariho ubu by’umwihariko akaba agikomeje guharanira gukora ibikorwa bikomeza kumwongerera ibigwi mu muziki we kuko agiye gushyira inndi Album hanze yis ‘Ceinture Noire’.

Rushyashya.net

2018-03-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Mu ndirimbo bateguye mu gihe cy’umwaka umwe, Aline Gahongayire arishimira urwego indirimbo ye na Niyo Bosco igezeho

Mu ndirimbo bateguye mu gihe cy’umwaka umwe, Aline Gahongayire arishimira urwego indirimbo ye na Niyo Bosco igezeho

Ubwanditsi 17 Mar 2021
Dore imigabo n’imigambi Miss Kundwa Doriane afite muri Canada

Dore imigabo n’imigambi Miss Kundwa Doriane afite muri Canada

Ubwanditsi 10 Jan 2018
Ibintu byakwereka ko umukobwa mukundana azavamo umugore utazagutera kwicuza

Ibintu byakwereka ko umukobwa mukundana azavamo umugore utazagutera kwicuza

Ubwanditsi 26 Nov 2017
’Mvuka mu rwa Gasabo kandi nteye nk’Igisabo’- Nyampinga Honorine

’Mvuka mu rwa Gasabo kandi nteye nk’Igisabo’- Nyampinga Honorine

Ubwanditsi 09 Feb 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

U Bufaransa: Dosiye ya Dr. Charles Twagira ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yubuwe
INKURU NYAMUKURU

U Bufaransa: Dosiye ya Dr. Charles Twagira ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yubuwe

Ubwanditsi 05 Feb 2018
Umunyamakuru Phocas Ndayizera  wari waraburiwe irengero afunzwe na RIB
INKURU NYAMUKURU

Umunyamakuru Phocas Ndayizera wari waraburiwe irengero afunzwe na RIB

Ubwanditsi 28 Nov 2018
Amafoto – Amavubi y’u Rwanda yanganyije na Harambe Stars ya Kenya igitego kimwe kuri kimwe mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi 2022
Amakuru

Amafoto – Amavubi y’u Rwanda yanganyije na Harambe Stars ya Kenya igitego kimwe kuri kimwe mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi 2022

Ubwanditsi 05 Sep 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru