• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Habura iminsi 3 ngo shampiyona irangire, Al Hilal yegukanye igikombe cy’icyubahiro cya BK Pro League 2025-2026   |   13 May 2026

  • Rwanda Premier League yemeje ko hazatangwa ibikombe bibiri bya shampiyona, bitandukanye n’ibyo FERWAFA yari yatangaje   |   12 May 2026

  • Itangazamakuru si inzira yo gushakiramo amaronko binyuze mu gukora ibyaha, ubutabera bugomba gukora akazi kabwo   |   11 May 2026

  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

 
You are at :Home»SHOWBIZ»Stromae yagiriwe icyizere cyo kwerekana Film mu Bufaransa

Stromae yagiriwe icyizere cyo kwerekana Film mu Bufaransa

Ubwanditsi 08 Mar 2018 SHOWBIZ

Umuhanzi ukomeye cya mubufaransa ariko ufute inkomoko mu Rwanda.  Stromae  wamyenyekanye cyane mu ndirimbo (papaoutai), niwe muhanzi watoranyijwe kugaragaza byinshi kuri Filime ivuga kubuzima bw’umuraperi ukomeye cyane mu gihugu cy’Ubufaransa Maître Gims.

Ibi byabaye nyuma y’uko bigaragaye ko Stromae asanzwe ari inshuti magara yihariye y’uyu muraperi kandi ko ariwe uzi byinshi byerekeranye nawe dore ko binavugwa ko ashobora kuzavuga bimwe bitagaragajwe muri iyi Filime mu buryo bwimbitse.

Image result for Maître GimsFilime yakinwe n’abahanga bakomeye mu gukuna amafilime ivuga kubuzima bw’umuraperi Maître Gims yahawe izina rya Maître Gims à cœur ouvert’ ikaba iteganyijwe kuzerekanwa kuri Televiziyo  w9 ikomeye mu Bufaransa ki Isaa 22h45 ku itariki 29 Werurwe 2018.

Byatangajwe n’Ikinyamakuru M Radio cyavuze byinshi kumitegurire y’iyi Filime n’uburyo iteganwa kuzashirwa ahagaragara ,ndetse n’abazayifasha kuyimenyekanisha barimo Stromae uzaba ayivugaho byinshi kumunsi wo kwerekanywa kuri Televiziyo.

Iyi filime igiye kwerekanwa mu gihe Maître Gims ari mu bikorwa byo kwamamaza no gushaka uko yamenyekanisha album ye nshya yise ‘Ceinture Noire’. Iyi album yitezweho byinshi kurusha ‘Subliminal’ yakoze mu mwaka wa 2013 ikanyura benshi igacuruzwa mu buryo bukomeye aho yagurishije kopi 1 000 000.

Umuhanzi Stromae ubwo azaba avuga byinshi bitandukanye kuri iyi Filime, azaba afite akamaro ko gufasha abasangizwabikorwa kumva no gusobanukirwa byimbitse Maître Gims, azamuvuga nk’inshuti ye magara ndetse avuge birambuye uko amuzi n’ibyo baziranyeho ubwabo abafana batigeze bamenya.

Muri iyi filime, abantu bakomeye ndetse bafite amazina azwi cyane nka Michel Drucker na Laurent Ruquier bazatangamo ubuhamya ku buzima bwa Maître Gims n’uko yaje kuvamo umuraperi ukomeye.

Image result for Stromae

Si Stromae gusa witezweho gutambutsa ibiganiro no gutanga ubuhamya ku buzima bw’umuraperi Maître Gims kuko hari n’Abandi basanzwe bamuzi bitandukanye bagomba kuzahabwa umwanya harimo: umugore we DemDem ndetse n’umuvandimwe we witwa Dadju; hari kandi abahanzi nka Florent Pagny na Black M. Maître Gims ubwe na we azavuga birambuye ku buto bwe n’uko yinjiye mu muziki n’ibindi yahuye nabyo.

Maître Gims, ni umuraperi, umuririmbyi akaba n’umwanditsi w’indirimbo ukomeye mu Bufaransa. Yavukiye mu Mujyi wa Kinshasa tariki ya 6 Gicurasi 1986.

Image result for Maître Gims

Yavutse mu muryango w’abaririmbyi, se yari umucuranzi ukomeye mu itsinda Viva La Musica rya Papa Wemba, abavandimwe be nabo ni abaraperi. Yasohoye album ye ya mbere nk’umuhanzi wigenga mu 2013 yayise Subliminal.

Nyuma yo kwandika amateka ndetse akaba umuhanzi w’ikirangirire ku rwego mpuzamahanga, hakozwe Filime ivuga byinshi kubuzima bwe kuva akiri umwana muro kugeza kuntera ariho ubu by’umwihariko akaba agikomeje guharanira gukora ibikorwa bikomeza kumwongerera ibigwi mu muziki we kuko agiye gushyira inndi Album hanze yis ‘Ceinture Noire’.

Rushyashya.net

2018-03-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Icyamamare muri Jazz Somi yakoze igitaramo cyitabiriwe na Madame Jeannette Kagame

Icyamamare muri Jazz Somi yakoze igitaramo cyitabiriwe na Madame Jeannette Kagame

Ubwanditsi 14 Feb 2018
Charly na Nina, Riderman na Yvan Buravan ni bo bahize abandi mu marushanwa yateguwe na Clouds TV

Charly na Nina, Riderman na Yvan Buravan ni bo bahize abandi mu marushanwa yateguwe na Clouds TV

Ubwanditsi 23 Nov 2017
Ntabwo Uwera Dalila  yabaye  Miss  wambere mu Rwanda  nkuko bimaze iminsi byandikwa mu binyamakuru, kuko uwabaye Miss Rwanda 1992  yishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

Ntabwo Uwera Dalila yabaye Miss wambere mu Rwanda nkuko bimaze iminsi byandikwa mu binyamakuru, kuko uwabaye Miss Rwanda 1992 yishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

Ubwanditsi 02 Mar 2017
Ese wemera ko urukundo nyarwo rukibaho? ubuhamya bw’urukundo rwa Manzi

Ese wemera ko urukundo nyarwo rukibaho? ubuhamya bw’urukundo rwa Manzi

Ubwanditsi 06 May 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

AU ikomeje gutinza raporo ku iperereza ryasabwe na Perezida Kagame ku ivangura riyivugwamo
INKURU NYAMUKURU

AU ikomeje gutinza raporo ku iperereza ryasabwe na Perezida Kagame ku ivangura riyivugwamo

Ubwanditsi 30 Sep 2018
Abikorera bagaragarije Umukuru w’Igihugu Paul Kagame ikibazo cy’inyubako  ziri kuzamurwa zidafite abazikoreramo
Mu Mahanga

Abikorera bagaragarije Umukuru w’Igihugu Paul Kagame ikibazo cy’inyubako ziri kuzamurwa zidafite abazikoreramo

Ubwanditsi 08 Dec 2016
AS Kigali yatsinze Gorilla FC naho Bugesera FC inganya na Police FC mu kino ya gicuti yatangiye gukinwa hitegurwa isubukurwa rya shampiyona y’u Rwanda .
Amakuru

AS Kigali yatsinze Gorilla FC naho Bugesera FC inganya na Police FC mu kino ya gicuti yatangiye gukinwa hitegurwa isubukurwa rya shampiyona y’u Rwanda .

Ubwanditsi 19 Apr 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru