• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Police FC yatangaje ubuyobozi bwayo bushya buyobowe na CP Yahaya na Ben Mussa nk’umutoza mukuru   |   03 Jul 2025

  • Menya neza uwiyita Intumwa “Isidore Mbayahaga” wimuriye ubwonko mu gifu!   |   03 Jul 2025

  • Ubwigenge bwabaye igikoresho cy’ivangura: Uko Kamarampaka ya 1959 yazanye Repubulika ariko ntizane ubwigenge nyabwo   |   02 Jul 2025

  • Mu mvugo yuje icyizere, Perezida Tshisekedi yashimye amasezerano y’amahoro yasinywe n’u Rwanda na Congo muri Amerika   |   01 Jul 2025

  • Mu burezi budaheza buzira ikandamiza n’iringaniza Abanyeshuri basaga Ibihumbi 220 basoje Amashuri Abanza batangiye ibizamini bya Leta   |   01 Jul 2025

  • U Rwanda ruracyagaragaza umuhate mu gushaka amahoro mu karere k’Ibiyaga bigari   |   30 Jun 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Uko imikino iteganyijwe muri shampiyona yo mu Bwongereza na Esipanye muri izi mpera z’icyumweru

Uko imikino iteganyijwe muri shampiyona yo mu Bwongereza na Esipanye muri izi mpera z’icyumweru

Editorial 04 Jan 2016 IMIKINO

Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 2 Mutarama 2016, shampiyona y’igihugu y’umupira w’amaguru mu gihugu cy’u Bwongereza irakomeza hakinwa umukino ubanza mu mikino y’igice cya kabiri cya kabiri cya kabiri cya shampiyona nyuma y’aho ikino ibanza yarangiye Arsenal iri ku isonga n’amanota 39 mu gihe Aston Villa ari yo ya nyuma n’amanota 18.
-1622.jpg

Kuri uyu wa gatandatu, harakinwa imikino 5 aho West Ham yakira Liverpool ari zo kipe zibimburira izindi, mu mukino ubera ku kibuga cya Upton Park guhera ku isaha y’i saa munani n’iminota 45 ku isaha y’I Kigali.
-1623.jpg
Abashobora kubanzamo ku ruhande rwa Liverpoolni Simon Mignolet mu izamu, Nathaniel Clyne, Dejan Lovren, Mamadou Sakho, Alberto Moreno, Adam Lallana. Roberto Firmino, Emre Can, Lucas, Philippe Coutinho na Christian Benteke. Daniel Sturridge umaze iminsi ari mu mvune ntakina uyu mukino kuko umutoza we Jurgen Klopp asanga ko nubwo yakize atari yagera ku rwego rwo gukina ngo yitware neza.
Daniel Sturridge ntabwo ari bukine na West Ham.

Abashobora kubanzamoku ruhande rwa Westham United itozwa na … ni Adrian mu izamu, Aaron Cresswell, James Collins, Angelo Ogbonna, James Tomkins, Mark Noble, Alex Song, Manuel Lanzini, Cheikhou Kouyate, Michail Antonio na Andy Caroll.

Ikipe ya Arsenal iri ku mwanya wa mbere, ku kibuga cyayo Emirates Stadium, irakira New Castle.
-1624.jpg
Arsenal irakina ishaka kuguma ku mwanya wa mbere

Abashobora kubanzamokuri Arsenal ni Peter Cech mu izamu, Per Metersacker, Laurent Koscielny, Hector Bellerin, Calum Chambers, Nacho Monreal, Mesut Ozil, Theo Walcott, Aaron Ramsey, Joel Campbel ndetse na Olivier Giroud.

Ku ruhande rwa West Ham United hashobora kubanzamo: Robert Elliot mu izamu, Paul Dummett, Coloccini, Daryl Janmett, Chancel Mbemba, G. Wijnaldum, Check Tiote, Moussa Sissoko, Jack Colback, Ayoze Perez na A. Mitrovic.

Ku kibuga Old Trafford, Manchester United iri ku mwanya wa 6 n’amanota 30 irakira Swansea City iri ku mwanya wa 17 n’amanota 19.
Chris Smalling asanga ikipe ya Manchester United izitwara neza mu mwwaka wa 2016.
-1625.jpg
Abashobora kubanza mu kibugaku ruhande rwa Manchester United ni David De Gea mu izamu, Matteo Darmian, Chris Smalling, Phil Jones, Juan Mata, M. Schneiderlen, Ander Herrera, Daley Blind, Bastian Schwansteiger, Wayne Rooney na Antony Martial.

Ku ruhande rwa Swansea City ni Lukas Fabianski, Neil Taylor, Ashley Williams, Kyle Naughton, Jordi Amat, Gylfi Sigurdsson, Jack Cork, Jefferson Montero, Ki Sung-yueng, Andre Ayew, Bafetimbi Gomiz.
-1627.jpg
Mu yindi mikino iba ku isaha y’i saa kumi n’imwe, Leicester City irakira AFC Bournemouth, Norwich City yakire Southampton. Sunderland irakina na Aston Villa na ho Westbromwich Albion ikine na Stoke City mu gihe umukino wa nyuma wo kuri uyu wa gatandatu uhuza Watford iri bwakire Manchester City.

-1626.jpg

Sergio Aguero arabanza mu kibuga ku ruhande rwa Manchester City nyuma yo kuva mu mvune zitatumye akina imikino ihagije mu ibanza
Ku cyumweru, tariki ya 3 Mutarama 2016, hazaba imikino ibiri: Chrystal Palace izakina na Chelsea na ho Everton ikine na Tottenham.

Mu gihugu cya Esipanye, FC Barcelona irasura mukeba wayo basangiye umujyi, Espagnol Barcelona mu mukio uri butangire ku isaha y’I saa cyenda zuzuye.
Atletico Madrid irakina na Levante saa moya z’umugoroba mu gihe Real Madrid izasura ikipe ya Valencia ku cyumweru ku isaha y’I saa moya n’igice.

M.Fils

2016-01-04
Editorial

IZINDI NKURU

Ikipe ya Chelsea yaraye yegukanye igikombe cy’Isi cy’amakipe naho Al Ahly yari ihagarariye umugabane wa Afurika yegukana umwanya wa 3

Ikipe ya Chelsea yaraye yegukanye igikombe cy’Isi cy’amakipe naho Al Ahly yari ihagarariye umugabane wa Afurika yegukana umwanya wa 3

Editorial 14 Feb 2022
Amavubi yitegura gukina na Mali ndetse na Kenya yatangiye imyitozo adafite abakina hanze bazabimburirwa na Djihad Bizimana

Amavubi yitegura gukina na Mali ndetse na Kenya yatangiye imyitozo adafite abakina hanze bazabimburirwa na Djihad Bizimana

Editorial 06 Nov 2021
Irumbuka ry’ibitego ku munsi wa 25 wa PNL, Rayon Sports, Gasogi United na Musanze FC muzatsinzwe byinshi – Ibyaranze uyu munsi

Irumbuka ry’ibitego ku munsi wa 25 wa PNL, Rayon Sports, Gasogi United na Musanze FC muzatsinzwe byinshi – Ibyaranze uyu munsi

Editorial 03 Apr 2023
Amafoto y’imidari olimpike mu mateka

Amafoto y’imidari olimpike mu mateka

Editorial 15 Aug 2016
Ikipe ya Chelsea yaraye yegukanye igikombe cy’Isi cy’amakipe naho Al Ahly yari ihagarariye umugabane wa Afurika yegukana umwanya wa 3

Ikipe ya Chelsea yaraye yegukanye igikombe cy’Isi cy’amakipe naho Al Ahly yari ihagarariye umugabane wa Afurika yegukana umwanya wa 3

Editorial 14 Feb 2022
Amavubi yitegura gukina na Mali ndetse na Kenya yatangiye imyitozo adafite abakina hanze bazabimburirwa na Djihad Bizimana

Amavubi yitegura gukina na Mali ndetse na Kenya yatangiye imyitozo adafite abakina hanze bazabimburirwa na Djihad Bizimana

Editorial 06 Nov 2021
Irumbuka ry’ibitego ku munsi wa 25 wa PNL, Rayon Sports, Gasogi United na Musanze FC muzatsinzwe byinshi – Ibyaranze uyu munsi

Irumbuka ry’ibitego ku munsi wa 25 wa PNL, Rayon Sports, Gasogi United na Musanze FC muzatsinzwe byinshi – Ibyaranze uyu munsi

Editorial 03 Apr 2023
Amafoto y’imidari olimpike mu mateka

Amafoto y’imidari olimpike mu mateka

Editorial 15 Aug 2016
Ikipe ya Chelsea yaraye yegukanye igikombe cy’Isi cy’amakipe naho Al Ahly yari ihagarariye umugabane wa Afurika yegukana umwanya wa 3

Ikipe ya Chelsea yaraye yegukanye igikombe cy’Isi cy’amakipe naho Al Ahly yari ihagarariye umugabane wa Afurika yegukana umwanya wa 3

Editorial 14 Feb 2022
Amavubi yitegura gukina na Mali ndetse na Kenya yatangiye imyitozo adafite abakina hanze bazabimburirwa na Djihad Bizimana

Amavubi yitegura gukina na Mali ndetse na Kenya yatangiye imyitozo adafite abakina hanze bazabimburirwa na Djihad Bizimana

Editorial 06 Nov 2021
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru