• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Uko imikino iteganyijwe muri shampiyona yo mu Bwongereza na Esipanye muri izi mpera z’icyumweru

Uko imikino iteganyijwe muri shampiyona yo mu Bwongereza na Esipanye muri izi mpera z’icyumweru

Editorial 04 Jan 2016 IMIKINO

Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 2 Mutarama 2016, shampiyona y’igihugu y’umupira w’amaguru mu gihugu cy’u Bwongereza irakomeza hakinwa umukino ubanza mu mikino y’igice cya kabiri cya kabiri cya kabiri cya shampiyona nyuma y’aho ikino ibanza yarangiye Arsenal iri ku isonga n’amanota 39 mu gihe Aston Villa ari yo ya nyuma n’amanota 18.
-1622.jpg

Kuri uyu wa gatandatu, harakinwa imikino 5 aho West Ham yakira Liverpool ari zo kipe zibimburira izindi, mu mukino ubera ku kibuga cya Upton Park guhera ku isaha y’i saa munani n’iminota 45 ku isaha y’I Kigali.
-1623.jpg
Abashobora kubanzamo ku ruhande rwa Liverpoolni Simon Mignolet mu izamu, Nathaniel Clyne, Dejan Lovren, Mamadou Sakho, Alberto Moreno, Adam Lallana. Roberto Firmino, Emre Can, Lucas, Philippe Coutinho na Christian Benteke. Daniel Sturridge umaze iminsi ari mu mvune ntakina uyu mukino kuko umutoza we Jurgen Klopp asanga ko nubwo yakize atari yagera ku rwego rwo gukina ngo yitware neza.
Daniel Sturridge ntabwo ari bukine na West Ham.

Abashobora kubanzamoku ruhande rwa Westham United itozwa na … ni Adrian mu izamu, Aaron Cresswell, James Collins, Angelo Ogbonna, James Tomkins, Mark Noble, Alex Song, Manuel Lanzini, Cheikhou Kouyate, Michail Antonio na Andy Caroll.

Ikipe ya Arsenal iri ku mwanya wa mbere, ku kibuga cyayo Emirates Stadium, irakira New Castle.
-1624.jpg
Arsenal irakina ishaka kuguma ku mwanya wa mbere

Abashobora kubanzamokuri Arsenal ni Peter Cech mu izamu, Per Metersacker, Laurent Koscielny, Hector Bellerin, Calum Chambers, Nacho Monreal, Mesut Ozil, Theo Walcott, Aaron Ramsey, Joel Campbel ndetse na Olivier Giroud.

Ku ruhande rwa West Ham United hashobora kubanzamo: Robert Elliot mu izamu, Paul Dummett, Coloccini, Daryl Janmett, Chancel Mbemba, G. Wijnaldum, Check Tiote, Moussa Sissoko, Jack Colback, Ayoze Perez na A. Mitrovic.

Ku kibuga Old Trafford, Manchester United iri ku mwanya wa 6 n’amanota 30 irakira Swansea City iri ku mwanya wa 17 n’amanota 19.
Chris Smalling asanga ikipe ya Manchester United izitwara neza mu mwwaka wa 2016.
-1625.jpg
Abashobora kubanza mu kibugaku ruhande rwa Manchester United ni David De Gea mu izamu, Matteo Darmian, Chris Smalling, Phil Jones, Juan Mata, M. Schneiderlen, Ander Herrera, Daley Blind, Bastian Schwansteiger, Wayne Rooney na Antony Martial.

Ku ruhande rwa Swansea City ni Lukas Fabianski, Neil Taylor, Ashley Williams, Kyle Naughton, Jordi Amat, Gylfi Sigurdsson, Jack Cork, Jefferson Montero, Ki Sung-yueng, Andre Ayew, Bafetimbi Gomiz.
-1627.jpg
Mu yindi mikino iba ku isaha y’i saa kumi n’imwe, Leicester City irakira AFC Bournemouth, Norwich City yakire Southampton. Sunderland irakina na Aston Villa na ho Westbromwich Albion ikine na Stoke City mu gihe umukino wa nyuma wo kuri uyu wa gatandatu uhuza Watford iri bwakire Manchester City.

-1626.jpg

Sergio Aguero arabanza mu kibuga ku ruhande rwa Manchester City nyuma yo kuva mu mvune zitatumye akina imikino ihagije mu ibanza
Ku cyumweru, tariki ya 3 Mutarama 2016, hazaba imikino ibiri: Chrystal Palace izakina na Chelsea na ho Everton ikine na Tottenham.

Mu gihugu cya Esipanye, FC Barcelona irasura mukeba wayo basangiye umujyi, Espagnol Barcelona mu mukio uri butangire ku isaha y’I saa cyenda zuzuye.
Atletico Madrid irakina na Levante saa moya z’umugoroba mu gihe Real Madrid izasura ikipe ya Valencia ku cyumweru ku isaha y’I saa moya n’igice.

M.Fils

2016-01-04
Editorial

IZINDI NKURU

Perezida w’icyubahiro wa APR FC, Gen James Kabarebe yasabye abakinnyi ko nta kipe bagomba korohera kugirango batware igikombe cya shampiyona cya 2020-2021.

Perezida w’icyubahiro wa APR FC, Gen James Kabarebe yasabye abakinnyi ko nta kipe bagomba korohera kugirango batware igikombe cya shampiyona cya 2020-2021.

Editorial 23 May 2021
Zimbabwe na Nigeria banganyirije i Huye 1-1 mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’Isi 2026

Zimbabwe na Nigeria banganyirije i Huye 1-1 mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’Isi 2026

Editorial 19 Nov 2023
Nyuma yaho Amavubi U23 asezerewe na Mali U23 yageze mu Rwanda, AS Kigali na Kiyovu SC mu makipe yitwaye neza ubwo hakinwaga umunsi wa 7

Nyuma yaho Amavubi U23 asezerewe na Mali U23 yageze mu Rwanda, AS Kigali na Kiyovu SC mu makipe yitwaye neza ubwo hakinwaga umunsi wa 7

Editorial 31 Oct 2022
Rayon Sports WFC yegukanye igikombe kiruta ibindi cya Super Cup itsinze AS Kigali WFC 5-2

Rayon Sports WFC yegukanye igikombe kiruta ibindi cya Super Cup itsinze AS Kigali WFC 5-2

Editorial 26 Sep 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Capt.Nkuyehasi warindaga Gen Niyombare yishwe arashwe
ITOHOZA

Capt.Nkuyehasi warindaga Gen Niyombare yishwe arashwe

Editorial 29 Apr 2017
Super Cup: Hemejwe ko umukino wasubitswe kubera ibura ry’umuriro uzakomereza aho wari ugeze
ITOHOZA

Super Cup: Hemejwe ko umukino wasubitswe kubera ibura ry’umuriro uzakomereza aho wari ugeze

Editorial 25 Sep 2017
Malawi: Umunyarwanda yiyahuriye muri kasho
HIRYA NO HINO

Malawi: Umunyarwanda yiyahuriye muri kasho

Editorial 23 Aug 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru