• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Umuhanuzi Valens wa “Solution Center Celebration Church ” arabohora, akirukana amadayimoni

Umuhanuzi Valens wa “Solution Center Celebration Church ” arabohora, akirukana amadayimoni

Editorial 26 Jul 2016 Amakuru

Ntabwo watera imbere uboshye niyo mpamvu Solution Center Celebration Church ari igisubizo. Uyu n’ umuryango wa gikristo ufite intego zo kuzamura ubukristo mu Rwanda ndetse no mu mahanga yose yo ku isi.

Dukora ivugabutumwa, dusengera abafite ibibazo bitandukanye cyane cyane ibya karande kubohoka no gutera imbere.


Dukora amateraniro kabiri mu cyumweru:
kuwa gatatu no Ku cyumweru. Imana yaduhaye umugisha wayo muri buri teraniro haboneka abo ukuboko kw’Imana gukoraho.

Twabonye Imana ikiza Sida, ikiza abasazi, ndetse n’abarwaye indwara z’imyuka mibi.

Ibyagezweho: Turashimira Imana ko mu myaka irindwi(Kuva 2009) itorero rimaze, yakoze imirimo yayo mu buryo bukurikira:

Gukira kw’indwara: Ntitwabarura neza abantu bose bakize indwara zitandukanye ariko abagera muri 75 bemeza neza ko Imana ariyo yabakijije. Harimo 3 bakize SIDA .

Kubohoka kw’abasazi:
Ubundi itorero ryatangiranye n’ubuhamya bw’ umukobwa wari umusazi, Imana iramukiza Pastor Valens amusengeye. Ubu abarizwa mu ba Pastor bacu.

Kubyara kw’ingumba: Imana yiyiyerekanye mu buryo butangaje igihe cyose twasengeraga ingumba, dufite ubuhamya bw’ abagore 44 n’umugabo umwe, bemeza ko bari barabuze urubyaro none barahetse!

Kubona ahantu h’agateganyo ho gusengera,

Gutangira ishuri ry’abana bato (Baby Class),

Gufungura ishami ( aho gusengera handi) Mu murenge wa Gisozi.

Ibiteganywa vuba: Gutegura aho gusengera heza: Kugura ikibanza cy’urusengero (Headquarters).

Kwagura itorero Mu turere twose two mu mujyi wa Kigali.

Kubaka ibigo by’amashuri kuri buri rusengero.

Imikorere:

Gusenga no gusoma (kwiga) ijambo ry’Imana nibwo buryo Imana igenda izamuramo abantu duhagararanye, ikababohora, ndetse hakabaho n’ibimenyetso n’ibitangaza na deliverance.

Kuramya no guhimbaza Imana bizana gutunga undi mutima umenetse w’Imana bityo kwizera kugakora imirimo yako mu bugingo bw’abari mu iteraniro ryose.

Gutegereza no gutega amatwi neza ijwi ry’ubuhanuzi rizana impinduka mu mubiri, mu buryo bw’umwuka no kwakira ubwiza bw’Imana mu materaniro.

Twiteguye kwemerera Imana n’umwuka Wera gukorera mu mitima y’abatugana Bose!

-3394.jpg

Ijambo ry’Imana rirabohora

-3395.jpg

Umuhanuzi Pasiteri Valens Bagiruwigize akaba ari nawe mushumba mukuru w’itorero

-3396.jpg

Arimo kwigisha Ijambo ry’imana abantu bagafashwa

-3397.jpg

Nibyiza gusoma ijambo ry’Imana

-3404.jpg

Ibitangaza birakoreka abantu bari barimo amadayimoni bakabohoka

-3398.jpg

-3403.jpg

-3405.jpg

Barabohoka bagakira indwara zinyuranye

-3402.jpg

Hari n’ishuri ry’Abana b’incuke

-3401.jpg

Abana b’incuke bahabwa amasomo asanzwe bakagira n’umwanya wo gutozwa Ijambo ry’Imana

-3406.jpg

Abashyitsi bo muri Amerika bari basuye itorero

-3407.jpg

Urusengero ruracyakeneye inkunga yanyu

-3408.jpg

Ushaka kubohoka, ushaka gukira indwara gana Solution Center Celebration Church ku Gisozi mu Kagari ka Ruhango , Umurenge wa Gisozi, mu Karere ka Gasabo

Kubindi bisonanuro wahamagara tel: 0788266388 Umuvugabutumwa Diogene Habumugisha. Iy’Umushumba ni 0788655388 Valens Bagiruwigize

2016-07-26
Editorial

IZINDI NKURU

Tugiye kubyaza umusaruro ubushake bw’u Rwanda mu gukemura ikibazo cy’abimukira banyuranyije n’amategeko” – Donald Trump

Tugiye kubyaza umusaruro ubushake bw’u Rwanda mu gukemura ikibazo cy’abimukira banyuranyije n’amategeko” – Donald Trump

Editorial 18 Nov 2024
APR WVC yerekeje muri Tunisia aho igiye kwitegura gukina imikino Nyafurika ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo

APR WVC yerekeje muri Tunisia aho igiye kwitegura gukina imikino Nyafurika ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo

Editorial 05 May 2023
“Dukomeye ku buzima bwacu, nk’uko Ababiligi n’Abanyamerika bakomeye ku bwabo”- Perezida Paul Kagame

“Dukomeye ku buzima bwacu, nk’uko Ababiligi n’Abanyamerika bakomeye ku bwabo”- Perezida Paul Kagame

Editorial 13 Oct 2021
Rayon Sports yerekanye abakinnyi 3 bashya barimo Ishimwe Kevin na Bukuru Christophe bahoze bakinira iyi kipe

Rayon Sports yerekanye abakinnyi 3 bashya barimo Ishimwe Kevin na Bukuru Christophe bahoze bakinira iyi kipe

Editorial 01 Feb 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yatangaje Ingamba zirimo Guma mu rugo kubera ko icyorezo cya Covid-19 kimaze gufata indi ntera
Amakuru

Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yatangaje Ingamba zirimo Guma mu rugo kubera ko icyorezo cya Covid-19 kimaze gufata indi ntera

Editorial 05 Jan 2021
Gianni Infantino uyobora FIFA yashimye Perezida  Paul Kagame ukomeje guteza imbere Ruhago
Amakuru

Gianni Infantino uyobora FIFA yashimye Perezida Paul Kagame ukomeje guteza imbere Ruhago

Editorial 27 Jul 2024
Inama y’amateka hagati ya Trump na Kim igiye kubera muri Singapore
POLITIKI

Inama y’amateka hagati ya Trump na Kim igiye kubera muri Singapore

Editorial 11 May 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru