• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baheruka gutandukana na MIE, bamaze kwimukira muri Canada   |   15 Jun 2026

  • Ubushinjacyaha bwise Ingabire Mwene Dusabe b’i Butamwa; Umutesi   |   15 Jun 2026

  • Ben Rutabana akomeje kuba “umugati” w’ibigarasha ngo bibone icyo bitamira   |   15 Jun 2026

  • AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon   |   13 Jun 2026

  • AMAFOTO – Ikipe y’igihugu ya Mexique yakiriye igikombe cy’Isi 2026 na Koreya y’Epfo zatangiye zitsinda imikino yayo   |   12 Jun 2026

  • Nyuma y’imyaka 12 y’ubufatanye, Amasezerano ya Rayon Sports na SKOL yageze ku musozo   |   09 Jun 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Umuhanuzi Valens wa “Solution Center Celebration Church ” arabohora, akirukana amadayimoni

Umuhanuzi Valens wa “Solution Center Celebration Church ” arabohora, akirukana amadayimoni

Ubwanditsi 26 Jul 2016 Amakuru

Ntabwo watera imbere uboshye niyo mpamvu Solution Center Celebration Church ari igisubizo. Uyu n’ umuryango wa gikristo ufite intego zo kuzamura ubukristo mu Rwanda ndetse no mu mahanga yose yo ku isi.

Dukora ivugabutumwa, dusengera abafite ibibazo bitandukanye cyane cyane ibya karande kubohoka no gutera imbere.


Dukora amateraniro kabiri mu cyumweru:
kuwa gatatu no Ku cyumweru. Imana yaduhaye umugisha wayo muri buri teraniro haboneka abo ukuboko kw’Imana gukoraho.

Twabonye Imana ikiza Sida, ikiza abasazi, ndetse n’abarwaye indwara z’imyuka mibi.

Ibyagezweho: Turashimira Imana ko mu myaka irindwi(Kuva 2009) itorero rimaze, yakoze imirimo yayo mu buryo bukurikira:

Gukira kw’indwara: Ntitwabarura neza abantu bose bakize indwara zitandukanye ariko abagera muri 75 bemeza neza ko Imana ariyo yabakijije. Harimo 3 bakize SIDA .

Kubohoka kw’abasazi:
Ubundi itorero ryatangiranye n’ubuhamya bw’ umukobwa wari umusazi, Imana iramukiza Pastor Valens amusengeye. Ubu abarizwa mu ba Pastor bacu.

Kubyara kw’ingumba: Imana yiyiyerekanye mu buryo butangaje igihe cyose twasengeraga ingumba, dufite ubuhamya bw’ abagore 44 n’umugabo umwe, bemeza ko bari barabuze urubyaro none barahetse!

Kubona ahantu h’agateganyo ho gusengera,

Gutangira ishuri ry’abana bato (Baby Class),

Gufungura ishami ( aho gusengera handi) Mu murenge wa Gisozi.

Ibiteganywa vuba: Gutegura aho gusengera heza: Kugura ikibanza cy’urusengero (Headquarters).

Kwagura itorero Mu turere twose two mu mujyi wa Kigali.

Kubaka ibigo by’amashuri kuri buri rusengero.

Imikorere:

Gusenga no gusoma (kwiga) ijambo ry’Imana nibwo buryo Imana igenda izamuramo abantu duhagararanye, ikababohora, ndetse hakabaho n’ibimenyetso n’ibitangaza na deliverance.

Kuramya no guhimbaza Imana bizana gutunga undi mutima umenetse w’Imana bityo kwizera kugakora imirimo yako mu bugingo bw’abari mu iteraniro ryose.

Gutegereza no gutega amatwi neza ijwi ry’ubuhanuzi rizana impinduka mu mubiri, mu buryo bw’umwuka no kwakira ubwiza bw’Imana mu materaniro.

Twiteguye kwemerera Imana n’umwuka Wera gukorera mu mitima y’abatugana Bose!

-3394.jpg

Ijambo ry’Imana rirabohora

-3395.jpg

Umuhanuzi Pasiteri Valens Bagiruwigize akaba ari nawe mushumba mukuru w’itorero

-3396.jpg

Arimo kwigisha Ijambo ry’imana abantu bagafashwa

-3397.jpg

Nibyiza gusoma ijambo ry’Imana

-3404.jpg

Ibitangaza birakoreka abantu bari barimo amadayimoni bakabohoka

-3398.jpg

-3403.jpg

-3405.jpg

Barabohoka bagakira indwara zinyuranye

-3402.jpg

Hari n’ishuri ry’Abana b’incuke

-3401.jpg

Abana b’incuke bahabwa amasomo asanzwe bakagira n’umwanya wo gutozwa Ijambo ry’Imana

-3406.jpg

Abashyitsi bo muri Amerika bari basuye itorero

-3407.jpg

Urusengero ruracyakeneye inkunga yanyu

-3408.jpg

Ushaka kubohoka, ushaka gukira indwara gana Solution Center Celebration Church ku Gisozi mu Kagari ka Ruhango , Umurenge wa Gisozi, mu Karere ka Gasabo

Kubindi bisonanuro wahamagara tel: 0788266388 Umuvugabutumwa Diogene Habumugisha. Iy’Umushumba ni 0788655388 Valens Bagiruwigize

2016-07-26
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Kuki HCR ifite indimi ebyiri ku bimukira bazanwa mu Rwanda?

Kuki HCR ifite indimi ebyiri ku bimukira bazanwa mu Rwanda?

Ubwanditsi 24 Aug 2024
Mugisha Moïse yazamuye ibendera ry’U Rwanda, yegukana isiganwa rya Grand Prix Chantal Biya muri Cameroon 

Mugisha Moïse yazamuye ibendera ry’U Rwanda, yegukana isiganwa rya Grand Prix Chantal Biya muri Cameroon 

Ubwanditsi 22 Nov 2020
Amafoto – Haringingo Francis watandukanye na Police FC yerekeje muri Kiyovu SC ku masezerano y’imyaka ibiri asabwa gutwara igikombe

Amafoto – Haringingo Francis watandukanye na Police FC yerekeje muri Kiyovu SC ku masezerano y’imyaka ibiri asabwa gutwara igikombe

Ubwanditsi 09 Jul 2021
Rwatubyaye Abdoul ntari kumwe n’Amavubi yerekeje muri Cote d’Ivoire gushaka itike y’igikombe cy’Isi 2026

Rwatubyaye Abdoul ntari kumwe n’Amavubi yerekeje muri Cote d’Ivoire gushaka itike y’igikombe cy’Isi 2026

Ubwanditsi 03 Jun 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Nyabugogo: Abakoraga ubujura butandukanye bashyizeho ihuriro ryo gukumira ibyaha
Mu Mahanga

Nyabugogo: Abakoraga ubujura butandukanye bashyizeho ihuriro ryo gukumira ibyaha

Ubwanditsi 15 Feb 2017
Hussein Shaban yujuje ibitego 9 akomeza kuyobora ba rutahizamu bamaze gutsinda byinshi, Twizerimana Onesme aba umunyarwanda utsinze 3 mu mukino umwe
Amakuru

Hussein Shaban yujuje ibitego 9 akomeza kuyobora ba rutahizamu bamaze gutsinda byinshi, Twizerimana Onesme aba umunyarwanda utsinze 3 mu mukino umwe

Ubwanditsi 14 Feb 2022
Perezida Kagame umwe mu bayobozi bakomeye bateregerejwe i Dakar
POLITIKI

Perezida Kagame umwe mu bayobozi bakomeye bateregerejwe i Dakar

Ubwanditsi 07 Mar 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru