• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Perezida Kagame yakurikiye umukino wa UEFA Super Cup wahuje amakipe ya PSG na Aston Villa yamamaza u Rwanda   |   12 Aug 2026

  • Myugariro Imanishimwe Emmanuel watandukanye na AEL Limassol yo muri Chypre yerekeje mu ikipe ya Chennaiyin FC yo mu Buhinde   |   11 Aug 2026

  • Rayon Sports yaguze myugariro w’Umunya-Côte d’Ivoire, Mohamed Ouattara wakiniye Wydad Casablanca, Simba SC na Al Hilal   |   10 Aug 2026

  • Kuki Jean Bosco Gasasira yapfuye umuryango we ukabimenya nyuma y’icyumweru?     |   09 Aug 2026

  • Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage   |   09 Aug 2026

  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Umuhanuzi Valens wa “Solution Center Celebration Church ” arabohora, akirukana amadayimoni

Umuhanuzi Valens wa “Solution Center Celebration Church ” arabohora, akirukana amadayimoni

Ubwanditsi 26 Jul 2016 Amakuru

Ntabwo watera imbere uboshye niyo mpamvu Solution Center Celebration Church ari igisubizo. Uyu n’ umuryango wa gikristo ufite intego zo kuzamura ubukristo mu Rwanda ndetse no mu mahanga yose yo ku isi.

Dukora ivugabutumwa, dusengera abafite ibibazo bitandukanye cyane cyane ibya karande kubohoka no gutera imbere.


Dukora amateraniro kabiri mu cyumweru:
kuwa gatatu no Ku cyumweru. Imana yaduhaye umugisha wayo muri buri teraniro haboneka abo ukuboko kw’Imana gukoraho.

Twabonye Imana ikiza Sida, ikiza abasazi, ndetse n’abarwaye indwara z’imyuka mibi.

Ibyagezweho: Turashimira Imana ko mu myaka irindwi(Kuva 2009) itorero rimaze, yakoze imirimo yayo mu buryo bukurikira:

Gukira kw’indwara: Ntitwabarura neza abantu bose bakize indwara zitandukanye ariko abagera muri 75 bemeza neza ko Imana ariyo yabakijije. Harimo 3 bakize SIDA .

Kubohoka kw’abasazi:
Ubundi itorero ryatangiranye n’ubuhamya bw’ umukobwa wari umusazi, Imana iramukiza Pastor Valens amusengeye. Ubu abarizwa mu ba Pastor bacu.

Kubyara kw’ingumba: Imana yiyiyerekanye mu buryo butangaje igihe cyose twasengeraga ingumba, dufite ubuhamya bw’ abagore 44 n’umugabo umwe, bemeza ko bari barabuze urubyaro none barahetse!

Kubona ahantu h’agateganyo ho gusengera,

Gutangira ishuri ry’abana bato (Baby Class),

Gufungura ishami ( aho gusengera handi) Mu murenge wa Gisozi.

Ibiteganywa vuba: Gutegura aho gusengera heza: Kugura ikibanza cy’urusengero (Headquarters).

Kwagura itorero Mu turere twose two mu mujyi wa Kigali.

Kubaka ibigo by’amashuri kuri buri rusengero.

Imikorere:

Gusenga no gusoma (kwiga) ijambo ry’Imana nibwo buryo Imana igenda izamuramo abantu duhagararanye, ikababohora, ndetse hakabaho n’ibimenyetso n’ibitangaza na deliverance.

Kuramya no guhimbaza Imana bizana gutunga undi mutima umenetse w’Imana bityo kwizera kugakora imirimo yako mu bugingo bw’abari mu iteraniro ryose.

Gutegereza no gutega amatwi neza ijwi ry’ubuhanuzi rizana impinduka mu mubiri, mu buryo bw’umwuka no kwakira ubwiza bw’Imana mu materaniro.

Twiteguye kwemerera Imana n’umwuka Wera gukorera mu mitima y’abatugana Bose!

-3394.jpg

Ijambo ry’Imana rirabohora

-3395.jpg

Umuhanuzi Pasiteri Valens Bagiruwigize akaba ari nawe mushumba mukuru w’itorero

-3396.jpg

Arimo kwigisha Ijambo ry’imana abantu bagafashwa

-3397.jpg

Nibyiza gusoma ijambo ry’Imana

-3404.jpg

Ibitangaza birakoreka abantu bari barimo amadayimoni bakabohoka

-3398.jpg

-3403.jpg

-3405.jpg

Barabohoka bagakira indwara zinyuranye

-3402.jpg

Hari n’ishuri ry’Abana b’incuke

-3401.jpg

Abana b’incuke bahabwa amasomo asanzwe bakagira n’umwanya wo gutozwa Ijambo ry’Imana

-3406.jpg

Abashyitsi bo muri Amerika bari basuye itorero

-3407.jpg

Urusengero ruracyakeneye inkunga yanyu

-3408.jpg

Ushaka kubohoka, ushaka gukira indwara gana Solution Center Celebration Church ku Gisozi mu Kagari ka Ruhango , Umurenge wa Gisozi, mu Karere ka Gasabo

Kubindi bisonanuro wahamagara tel: 0788266388 Umuvugabutumwa Diogene Habumugisha. Iy’Umushumba ni 0788655388 Valens Bagiruwigize

2016-07-26
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Mu kwezi kumwe gusa Abanyarwanda bane bamaze kwicwa urubozo muri Uganda babeshyerwa ko ari intasi z’u Rwanda

Mu kwezi kumwe gusa Abanyarwanda bane bamaze kwicwa urubozo muri Uganda babeshyerwa ko ari intasi z’u Rwanda

Ubwanditsi 17 Mar 2021
Akagambane karagwira: Bihemu Patrick Benerugaba yatumiye abantu mu isabukuru, bisanga muri mitingi y’ibigarasha

Akagambane karagwira: Bihemu Patrick Benerugaba yatumiye abantu mu isabukuru, bisanga muri mitingi y’ibigarasha

Ubwanditsi 29 Dec 2021
Migambi Nyawe uri kubarizwa muri Ukraine yatanze ihumure ku ntama  za Yesu Kristo.

Migambi Nyawe uri kubarizwa muri Ukraine yatanze ihumure ku ntama za Yesu Kristo.

Ubwanditsi 26 May 2021
Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, yaba arambiwe kwitwa umufatanyacyaha mu bugome bukorerwa mu burasirazuba bwa Kongo?

Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, yaba arambiwe kwitwa umufatanyacyaha mu bugome bukorerwa mu burasirazuba bwa Kongo?

Ubwanditsi 26 Feb 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kagame yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza muri  Gisagara
Mu Rwanda

Perezida Kagame yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza muri Gisagara

Ubwanditsi 15 Jul 2017
Abakinnyi 64 bo mu bihugu 22 nibo bazitabira irushanwa rya Tennis, Rwanda Open M25
Amakuru

Abakinnyi 64 bo mu bihugu 22 nibo bazitabira irushanwa rya Tennis, Rwanda Open M25

Ubwanditsi 20 Sep 2024
Perezida El-Sisi yasoje uruzinduko  rwe mu  Rwanda
Mu Rwanda

Perezida El-Sisi yasoje uruzinduko rwe mu Rwanda

Ubwanditsi 16 Aug 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru