• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Kuki Jean Bosco Gasasira yapfuye umuryango we ukabimenya nyuma y’icyumweru?     |   09 Aug 2026

  • Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage   |   09 Aug 2026

  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

  • Jambo ASBL yongeye kwerekana ko ari umuvugizi wa FDLR, ntiyifuza ko uyu mutwe wamburwa intwaro ku ngufu   |   07 Aug 2026

  • FERWAFA yahagaritse Imurora Japhet imyaka itanu mu bikorwa byose bya ruhago   |   07 Aug 2026

  • Mukura VS yakiriye umutoza mushya ukomoka muri Serbia   |   06 Aug 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Umunya-Eritrea Amanuel Ghebreigzabhier yegukanye Shampiona y’Afurika yaberaga mu Rwanda

Umunya-Eritrea Amanuel Ghebreigzabhier yegukanye Shampiona y’Afurika yaberaga mu Rwanda

Ubwanditsi 18 Feb 2018 IMIKINO

Umunsi wa nyuma wa Shampiona y’Afurika yaberaga mu Rwanda, usojwe Umunya-Eritrea ari we ubaye uwa mbere

Kuri iki cyumweru ni bwo hakinwaaga umunsi wa nyuma wa Shampiona y’Afurika y’amagare, aho abakinnyi bakinaga bazenguruka kuva kuri Stade Amahoro-Kibagabaga-Nyarutarama-RDB bagaruka kuri Stade Amahoro, aho bakoze intera ya Kilomtero 156

Kuri iyi nshuro abakinnyi bahazengurutse inshuro 14, aho mu duce twa mbere abanyarwanda bakomezaga gusimburana mu kuyobora igikundi, aho ku ikubitiro Munyanze Didier yaje kuyobora, hakurikiraho Mugisha Samuel, Nsengimana Jean Bosco nawe aza kuyobora mbere y’uko aza kuvamo adasoje isiganwa.

Bamwe mu bakinnyi b’ikipe y’u Rwanda ntibabashije gusoza isiganwa ry’uyu munsi, aho Adrien Niyonshuti yabimburiye abandi kuva mu isiganwa, nyuma Valens Ndayisenga na Nsengimana Jean Bosco nabo baza kuvamo.

Umunya-Eritrea Amanuel Ghebreigzabhier ubwo hari hasigaye kuzenguruka inshuro eshatu, yaje guca mu rihumye abandi agenda wenyine, aza kubasiga iminota itatu, habura inshuro imwe ashyiramo intera y’iminota n’amasegonda 35, nyuma isiganwa rirangira asize uwa kabiri umunota 1 n’amasegonda 53.

Uko bakurikiranye uyu munsi n’ibihe bakoresheje:

Abakuru: 
1. Amanuel GHEBREIGZABHIER (Eritrea) 3h56’29’’.
2. Metkel EYOB (Eritrea) à 1’53’’. 
3. Azzedine LAGAB (Algérie),

1 GHEBREIGZABHIER WERKILUL Aman (ERITREA) 03h56’29’’
2 EYOB Metkel (ERITREA) 03h58’22’’ 01’53’’
3 LAGAB Azzedine (ALGERIA) 03h58’22’’ ’’
4 DEBESAY Mekseb (ERITREA) 03h58’24’’ 01’55’’
5 VAN HEERDEN Eddie (SOUTH AFRICA) 03h58’27’’ 01’58’’
6 ARERUYA Joseph RWANDA 03h58’35’’ 02’06’’
7 MULUEBERHAN Henok ERITREA 03h58’35’’ ’’
8 REGUIGUI Youcef ALGERIE 03h58’37’’ 02’08’’
9 MUNYANEZA Didier RWANDA 03h58’39’’ 02’10’’
10 BASSON Gustav SOUTH AFRICA 03h58’39’’ ’’
11 AIT EL ABDIA Anass MAROC 03h58’39’’ ’’
12 WELDU Hafetab ETHIOPIA 03h58’39’’ ’’
13 BURU Temesgen ETHIOPIA 03h59’05’’ 02’36’’
14 UWIZEYE Jean Claude RWANDA 04h02’23’’ 05’54’’
15 MANSOURI Abderrahmane ALGERIE 04h02’57’’ 06’28’’
16 KIPKEMBOI Salim KENYA 04h04’36’’ 08’07’’
17 EBRAHIM Redwan ETHIOPIA 04h05’38’’ 09’09’’
18 BENGAYOU Abdelraouf ALGERIE 04h06’08’’ 09’39’’
19 HAILU Hailemelekot ETHIOPIA 04h06’15’’ 09’46’’
20 OKUBAMARIAM Tesfom ERITREA 04h06’16’’

Abatarengeje imyaka 23

1. Joseph ARERUYA (Rwanda).
2. Henok MULUBRHAN (Eritrea). 
3. Didier MUNYANEZA (Rwanda)

Uko ibihugu byakurikiranye mu kwegukana imidari

ERITREA : 20 (Zahabu 10 , Silver 5, Bronze 5)
ETHIOPIA : 13 (Zahabu 3, Silver 7, Bronze 3)
RWANDA : 10 (Zahabu 3, Silver 4, Bronze 3)
ALGERIA : 2 (Bronze 2)
BURUNDI : 1 (Silver 1)
NAMIBIA : 1 (Bronze 1)

2018-02-18
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ikipe z’igihugu mu mukino wa Sitting Volleyball abagabo n’abagore zageze muri Bosnia  & Herzegovina aho bagiye gukina shampiyona y’Isi

Ikipe z’igihugu mu mukino wa Sitting Volleyball abagabo n’abagore zageze muri Bosnia & Herzegovina aho bagiye gukina shampiyona y’Isi

Ubwanditsi 02 Nov 2022
Amafoto – Pyramids FC isezereye APR FC muri CAF Champions League ku bgiteranyo cy’ibitego 6-1 mu mikino yombi

Amafoto – Pyramids FC isezereye APR FC muri CAF Champions League ku bgiteranyo cy’ibitego 6-1 mu mikino yombi

Ubwanditsi 29 Sep 2023
Nyuma y’imikino ya nyuma ya shampiyona ya Volleyball yaraye ikinwe, imikino ya Kamarampaka iratangira kuri uyu wa Gatanu

Nyuma y’imikino ya nyuma ya shampiyona ya Volleyball yaraye ikinwe, imikino ya Kamarampaka iratangira kuri uyu wa Gatanu

Ubwanditsi 12 Mar 2025
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Pop George Michael yitabye Imana

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Pop George Michael yitabye Imana

Ubwanditsi 26 Dec 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Profesa Malonga yabonye umudali wo guteza imbere Igiswahili
Mu Rwanda

Profesa Malonga yabonye umudali wo guteza imbere Igiswahili

Ubwanditsi 12 Oct 2016
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere
Amakuru

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

RUSHYASHYA 03 Mar 2026
APR FC yanganyije na Mukura itakaje umwanya wa mbere wafashwe na Kiyovu SC  yatsinze Etincelles FC 1-0
Amakuru

APR FC yanganyije na Mukura itakaje umwanya wa mbere wafashwe na Kiyovu SC  yatsinze Etincelles FC 1-0

Ubwanditsi 14 Mar 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru