• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Umunyarwanda yateye utwatsi ibyavugiwe kuri Radio Inkingi

Umunyarwanda yateye utwatsi ibyavugiwe kuri Radio Inkingi

Ubwanditsi 06 Oct 2016 ITOHOZA

Umwe mu mu banyarwanda basheshe akanguhe yandikiye Itangazamakuru ry’i Kigali agaya amwe mu maradiyo ngo ahora abomborekanira muma interineti ngo akanavugiraho abantu bahindura amateka y’urwanda.

Yagize ati, ‘’Banyamakuru mbandikiye mbasaba kuzasohora inyandiko yange kubera ibinyoma maze iminsi numva kuri radiyo inkingi hamwe niyindi ngo ya Rudasingwa’’.

Wamugabo we uvuga kuri radio Inkingi, itonde kuko iyo uvuga bamwe biradutoneka.

Ihangane uvuge witonze maze ugabanya witonde wekuvuduka, ese wamunyarwanda we ibyo uvuga urabizi cyangwa warabibwiwe? Jyewe ukubwira ndimukuru bitari cyane kuko nshobora kumva ukuri cyangwa ibinyoma. Ubwigenge ngo bwasabwe nande? Rudahigwa Nkubito Yimanzi niwe wabusabye, kuko niwe wumvikanaga nabamwe mubazungu azakwicwa atarabubona, ibyiza abo uvugira « Parmehutu » uvuga bakoze nibihe? Rudahigwa niwe wabitugejejeho.

Yazanye inkiko, azana Amashuri, Amavuliro, Imihanda, yaciye akarengane, aca ubuhake. Abantu baragabana, uwo ukoresheje ukamwishyura, ninde mu parmehutu wigeze abyubahiriza? Niba mushaka ko abanyarwanda bumvikana nimuturuke inyuma mwibicamo kabiri, nimutangirire kugihe Kigeli yimaga Rudahigwa amaze gutanga, ntiyamaze kabiri ubwo abakuru namwe murabizi mwibeshya abana kuko ibyo muvuga nabo nibyo bazavuga. Haza Mbonyumutwa nawe nuko yahise avaho nka Kigeli nibwo haje Kayibanda ubwo nibwo byabaye ibindi, data nibwo bamutemaguye, mama aratemwa ariko we aravurwa arakira, abandi babajugunya mu kagera imitungo barayitwara.

Ubundi twiruka kubuzima, ntabwo nabivuga ngo mbirangize aparmehutu ntabwo muzi icyo yakoze? Hanyuma se umuntu iyo umutsinze ntumugaruza umuheto akakuyoboka? Ubwo abacitse kwicumu barahunze abasigaye barya inyama yumusangiro, abahutu icumi bakayitapfuna, ntibyatinze Habyarimana araza ngo aje gutabara abantu, ahubwo niryali risigaye ararihuma.

Niba mushaka kuba inyanga mugayo nimubivuge kandi murabizi simwese ariko tubivuge, nimwe mwashatse ko bijya hanze abiciwe na Parmehutu, abariho mutangirira. Abana bakeneye kubabwiza ukuri kuko ntacyo bazi nfite byinshi navuga, undi nawe uvugira kuri radio inking ntibuka izina ati Murorunkwere umugabekazi, ati bamuhoye Seruteganya ngo yamuteye inda ndetse akavuga ko ngo Seruteganya bamwishe bamuhoye kuba umuhutu.

Singiye kuvuga byinshi nimuzana ibyo gusaba imbabazi muzatangirire muri 1959 muzisabe, mwongere mutangirire muri 1994 muzisabe.

-4218.jpg

Radio Inkingi, Rudasingwa Theogene, Umwami Mutara Rudahigwa

2016-10-06
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umuryango wa Patrick Karegeya mu bibazo byo kubona ubuhungiro muri Amerika

Umuryango wa Patrick Karegeya mu bibazo byo kubona ubuhungiro muri Amerika

Ubwanditsi 15 Nov 2016
Abava muri FDLR bose bagaragaza gucikamo ibice gukomeye

Abava muri FDLR bose bagaragaza gucikamo ibice gukomeye

Ubwanditsi 29 Apr 2017
Intambara ishobora kuba hagati y’Ibihugu by’Ibihangange

Intambara ishobora kuba hagati y’Ibihugu by’Ibihangange

Ubwanditsi 25 Dec 2016
Col (Rtd) Augustin Nshimiyimana yagarutse ku bufatanye bwa Leta ya Kongo na FDLR ayikurira inzira ku murima gufata u Rwanda

Col (Rtd) Augustin Nshimiyimana yagarutse ku bufatanye bwa Leta ya Kongo na FDLR ayikurira inzira ku murima gufata u Rwanda

Ubwanditsi 21 Sep 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abayobozi b’u Burundi barashinja Abagande kutagira ibanga
INKURU NYAMUKURU

Abayobozi b’u Burundi barashinja Abagande kutagira ibanga

Ubwanditsi 16 Dec 2018
Abanyeshuri 7000 babaye abanyamuryango b’ihuriro ry’urubyiruko  rw’abakorerabushake mu gukumira ibyaha
Mu Mahanga

Abanyeshuri 7000 babaye abanyamuryango b’ihuriro ry’urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira ibyaha

Ubwanditsi 23 Jan 2016
Amavubi akomeje imyitozo yo kuzakina na Ethiopia
IMIKINO

Amavubi akomeje imyitozo yo kuzakina na Ethiopia

Ubwanditsi 09 Nov 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru