• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Agapfa kaburiwe ni impongo; Abagura Indaya bahawe imbuzi   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

  • Rayon Sports yatsinze Bugesera FC yiyongerera amahirwe yo kuzahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika   |   26 May 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Umunyarwanda yateye utwatsi ibyavugiwe kuri Radio Inkingi

Umunyarwanda yateye utwatsi ibyavugiwe kuri Radio Inkingi

Ubwanditsi 06 Oct 2016 ITOHOZA

Umwe mu mu banyarwanda basheshe akanguhe yandikiye Itangazamakuru ry’i Kigali agaya amwe mu maradiyo ngo ahora abomborekanira muma interineti ngo akanavugiraho abantu bahindura amateka y’urwanda.

Yagize ati, ‘’Banyamakuru mbandikiye mbasaba kuzasohora inyandiko yange kubera ibinyoma maze iminsi numva kuri radiyo inkingi hamwe niyindi ngo ya Rudasingwa’’.

Wamugabo we uvuga kuri radio Inkingi, itonde kuko iyo uvuga bamwe biradutoneka.

Ihangane uvuge witonze maze ugabanya witonde wekuvuduka, ese wamunyarwanda we ibyo uvuga urabizi cyangwa warabibwiwe? Jyewe ukubwira ndimukuru bitari cyane kuko nshobora kumva ukuri cyangwa ibinyoma. Ubwigenge ngo bwasabwe nande? Rudahigwa Nkubito Yimanzi niwe wabusabye, kuko niwe wumvikanaga nabamwe mubazungu azakwicwa atarabubona, ibyiza abo uvugira « Parmehutu » uvuga bakoze nibihe? Rudahigwa niwe wabitugejejeho.

Yazanye inkiko, azana Amashuri, Amavuliro, Imihanda, yaciye akarengane, aca ubuhake. Abantu baragabana, uwo ukoresheje ukamwishyura, ninde mu parmehutu wigeze abyubahiriza? Niba mushaka ko abanyarwanda bumvikana nimuturuke inyuma mwibicamo kabiri, nimutangirire kugihe Kigeli yimaga Rudahigwa amaze gutanga, ntiyamaze kabiri ubwo abakuru namwe murabizi mwibeshya abana kuko ibyo muvuga nabo nibyo bazavuga. Haza Mbonyumutwa nawe nuko yahise avaho nka Kigeli nibwo haje Kayibanda ubwo nibwo byabaye ibindi, data nibwo bamutemaguye, mama aratemwa ariko we aravurwa arakira, abandi babajugunya mu kagera imitungo barayitwara.

Ubundi twiruka kubuzima, ntabwo nabivuga ngo mbirangize aparmehutu ntabwo muzi icyo yakoze? Hanyuma se umuntu iyo umutsinze ntumugaruza umuheto akakuyoboka? Ubwo abacitse kwicumu barahunze abasigaye barya inyama yumusangiro, abahutu icumi bakayitapfuna, ntibyatinze Habyarimana araza ngo aje gutabara abantu, ahubwo niryali risigaye ararihuma.

Niba mushaka kuba inyanga mugayo nimubivuge kandi murabizi simwese ariko tubivuge, nimwe mwashatse ko bijya hanze abiciwe na Parmehutu, abariho mutangirira. Abana bakeneye kubabwiza ukuri kuko ntacyo bazi nfite byinshi navuga, undi nawe uvugira kuri radio inking ntibuka izina ati Murorunkwere umugabekazi, ati bamuhoye Seruteganya ngo yamuteye inda ndetse akavuga ko ngo Seruteganya bamwishe bamuhoye kuba umuhutu.

Singiye kuvuga byinshi nimuzana ibyo gusaba imbabazi muzatangirire muri 1959 muzisabe, mwongere mutangirire muri 1994 muzisabe.

-4218.jpg

Radio Inkingi, Rudasingwa Theogene, Umwami Mutara Rudahigwa

2016-10-06
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Kayumba yanyiciye umwana , sinzongera kumufasha ukundi –Pastoro Nyirigira

Kayumba yanyiciye umwana , sinzongera kumufasha ukundi –Pastoro Nyirigira

Ubwanditsi 16 Apr 2020
Bishop Rugagi yavuze ku by’uko yaba akorana na Satani ku mbaraga yahashye muri Nigeria

Bishop Rugagi yavuze ku by’uko yaba akorana na Satani ku mbaraga yahashye muri Nigeria

Ubwanditsi 26 Sep 2017
Uburaya muri hotel zikomeye z’i Kigali buravuza ubuhuha

Uburaya muri hotel zikomeye z’i Kigali buravuza ubuhuha

Ubwanditsi 03 Dec 2016
Umunyamideli Mupende Alexia yishwe, harakekwa umukozi wo mu rugo

Umunyamideli Mupende Alexia yishwe, harakekwa umukozi wo mu rugo

Ubwanditsi 09 Jan 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Etienne Tshisekedi azwiho ko ari umuntu wabaniraga neza u Rwanda
INKURU NYAMUKURU

Etienne Tshisekedi azwiho ko ari umuntu wabaniraga neza u Rwanda

Ubwanditsi 13 Jan 2019
Undi munyarwanda wa gatatu yiciwe hanze y’Igihugu  mu minsi itatu yikurikiranya
INKURU NYAMUKURU

Undi munyarwanda wa gatatu yiciwe hanze y’Igihugu mu minsi itatu yikurikiranya

Ubwanditsi 11 Jan 2018
Umuhango w’irahira rya Macky Sall, Kagame n’abandi baperezida 18 bitabiriye irahira rye
HIRYA NO HINO

Umuhango w’irahira rya Macky Sall, Kagame n’abandi baperezida 18 bitabiriye irahira rye

Ubwanditsi 02 Apr 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru