• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Umunyarwandakazi w’umunyamideli Mimi Mirage yatsinze bagenzi be bahuriye mubirori byo kwerekana Imideri mu Buhollande bamutwara mu modoaka idasanzwe

Umunyarwandakazi w’umunyamideli Mimi Mirage yatsinze bagenzi be bahuriye mubirori byo kwerekana Imideri mu Buhollande bamutwara mu modoaka idasanzwe

Editorial 13 Jun 2017 HIRYA NO HINO

Mimi Mirage Umunyarwandakazi ubarizwa ku mugabane w’uburayi mu bubiligi uyu mukobwa arakataje no kwiyerekana ariko Amanika ibendera ry’u Rwanda mu bihugu byo hanze Mimi Mirage mu mezi yashize yari afite amarushanwa yagiye yitabira atandukanye ajyanye no kwerekana Imideli cyagwa Fashions mu bihugu bitandukanye France ndetse na handi.

Kuwa 6 nibwo yitabiriye ibirori byari byateguwe n’umugabo uturuka muri Cameroun ibyo birori byari bifite izina ryitwa white and black Integration party ndetse bikaba byaritabiriye abanya Africa Benshi ndetse na bandi bantu bari bavuye muri European Designers,Nkuko byari biteganyijwe ibyo ibirori byabereye Leewarden mu Buhollande,

-6959.jpg

Ibirori

Ariko bikaba byaritabiriwe na bahanzi batandukanye ndetse naba babyinnyi ikindi cyagaragayemo nuko na Mayor wuwo mujyi yari yitabiriye ibyo birori bya White and Black Integration Party,Ariko itegeko ryari ukuza wambaye imyenda y’umweru Dore ko muri ibyo birori harimo abanyamakuru benshi bavuye impande zitandukanye mu bihugu by’iburayi.

-6960.jpg

-6961.jpg

Yegukanye igikombe

Nkuko byatangajwe n’umwe mu bantu ba banyarwanda bari bitabiriye ibi birori mu kiganiro yagiranye na Rwandapaparazzi.rw yavuze ko Mimi Mirage yatunguranye cyane ubwo yatsindaga bagenzi be Nkumukobwa wari wambaye neza cyane kurusha abandi ikindi cyashimishije abantu ngo yari yambaye neza hari na Banyarwanda bari baje kumufana.

Dore ko yitabiriye iryo rushanwa ryabaye kuwa 6 Nyuma yo kujya mu Buhollande nawe yabonetse mu banyarwanda baje kwakira Perezida Kagame muri Rwanday kuwa 5 tariki 07.06.2017 mu bubiligi.

-6962.jpg

Ubwo kwerekana Imideli Cyagwa Fashion byasanga nkaho batangiye guhitamo umukobwa wari wujuje ibyangobwa byasabwanga Mimi Mirage yatunguye abantu ubwo bamuhamagaraga ku mwanya wa mbere kuba Miss Integration Party 2017 maze abanyamakuru bose birunda kuri Mimi Mirage bashaka kugirana nawe ikiganiro nkuko byagaragaye mu mafoto yo kuwa 6 ibirori bisoje.

Akandi gashya Mimi Mirage yatwawe nk’umwami mu modoka idasanzwe ya Lemozine ndende cyane ifite ibara ryenda kuba umweru ariko atari n’umweru,tukimenya ko Mimi Mirage yatsindiye ikamba rya Miss Integration 2017 twamushatse kuva ejo kugeza ubu ntabwo turabasha kumubona ku murugo wa Telefoni ngo tugirane nawe ikiganiro.

-6963.jpg

Mimi Mirage yatwawe nk’umwami mu modoka idasanzwe ya Lemozine

Icyo twakwibutsa abasomyi bacu nuko Mimi Mirage hari igihe yaje ku mwanya wa mbere mu bakobwa bambara neza kurusha abandi ndetse ubundi akaba yaraje Nanone kurutonde rwa bakobwa bateye neza muri East Africa yose ikindi gishimishije n’uko Mimi ari Umunyarwandakazi ukomeje kuzamura ibendera ry’u Rwanda hanze yarwo.

-6964.jpg

2017-06-13
Editorial

IZINDI NKURU

Dore ibintu 10 bizakubwira ko umukunzi wawe agukunda urw’agahararo

Dore ibintu 10 bizakubwira ko umukunzi wawe agukunda urw’agahararo

Editorial 27 Jun 2017
Umurambo wa Savimbi washyinguwe nyuma y’imyaka 17 yishwe

Umurambo wa Savimbi washyinguwe nyuma y’imyaka 17 yishwe

Editorial 03 Jun 2019
Abanyarwanda babiri birakekwa ko baba barashimutiwe muri Uganda

Abanyarwanda babiri birakekwa ko baba barashimutiwe muri Uganda

Editorial 19 Apr 2019
Umuhanzi Don Moen agiye kuza mu Rwanda

Umuhanzi Don Moen agiye kuza mu Rwanda

Editorial 19 Sep 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

“Simbuze aho kujya nyuma y’ iyi business ” Perezida Kagame
Mu Rwanda

“Simbuze aho kujya nyuma y’ iyi business ” Perezida Kagame

Editorial 23 Jun 2017
Perezida Museveni yamaze iminota icumi mu mwijima mu gitaramo cya Bebe Cool
Mu Mahanga

Perezida Museveni yamaze iminota icumi mu mwijima mu gitaramo cya Bebe Cool

Editorial 06 Aug 2018
Kuri uyu wa mbere:  Congo Kinshasa na Cameroon mu mukino wo gukwepa Amavubi
IMIKINO

Kuri uyu wa mbere: Congo Kinshasa na Cameroon mu mukino wo gukwepa Amavubi

Editorial 25 Jan 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru