• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Perezida Kagame yakurikiye umukino wa UEFA Super Cup wahuje amakipe ya PSG na Aston Villa yamamaza u Rwanda   |   12 Aug 2026

  • Myugariro Imanishimwe Emmanuel watandukanye na AEL Limassol yo muri Chypre yerekeje mu ikipe ya Chennaiyin FC yo mu Buhinde   |   11 Aug 2026

  • Rayon Sports yaguze myugariro w’Umunya-Côte d’Ivoire, Mohamed Ouattara wakiniye Wydad Casablanca, Simba SC na Al Hilal   |   10 Aug 2026

  • Kuki Jean Bosco Gasasira yapfuye umuryango we ukabimenya nyuma y’icyumweru?     |   09 Aug 2026

  • Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage   |   09 Aug 2026

  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Umunyarwandakazi w’umunyamideli Mimi Mirage yatsinze bagenzi be bahuriye mubirori byo kwerekana Imideri mu Buhollande bamutwara mu modoaka idasanzwe

Umunyarwandakazi w’umunyamideli Mimi Mirage yatsinze bagenzi be bahuriye mubirori byo kwerekana Imideri mu Buhollande bamutwara mu modoaka idasanzwe

Ubwanditsi 13 Jun 2017 HIRYA NO HINO

Mimi Mirage Umunyarwandakazi ubarizwa ku mugabane w’uburayi mu bubiligi uyu mukobwa arakataje no kwiyerekana ariko Amanika ibendera ry’u Rwanda mu bihugu byo hanze Mimi Mirage mu mezi yashize yari afite amarushanwa yagiye yitabira atandukanye ajyanye no kwerekana Imideli cyagwa Fashions mu bihugu bitandukanye France ndetse na handi.

Kuwa 6 nibwo yitabiriye ibirori byari byateguwe n’umugabo uturuka muri Cameroun ibyo birori byari bifite izina ryitwa white and black Integration party ndetse bikaba byaritabiriye abanya Africa Benshi ndetse na bandi bantu bari bavuye muri European Designers,Nkuko byari biteganyijwe ibyo ibirori byabereye Leewarden mu Buhollande,

-6959.jpg

Ibirori

Ariko bikaba byaritabiriwe na bahanzi batandukanye ndetse naba babyinnyi ikindi cyagaragayemo nuko na Mayor wuwo mujyi yari yitabiriye ibyo birori bya White and Black Integration Party,Ariko itegeko ryari ukuza wambaye imyenda y’umweru Dore ko muri ibyo birori harimo abanyamakuru benshi bavuye impande zitandukanye mu bihugu by’iburayi.

-6960.jpg

-6961.jpg

Yegukanye igikombe

Nkuko byatangajwe n’umwe mu bantu ba banyarwanda bari bitabiriye ibi birori mu kiganiro yagiranye na Rwandapaparazzi.rw yavuze ko Mimi Mirage yatunguranye cyane ubwo yatsindaga bagenzi be Nkumukobwa wari wambaye neza cyane kurusha abandi ikindi cyashimishije abantu ngo yari yambaye neza hari na Banyarwanda bari baje kumufana.

Dore ko yitabiriye iryo rushanwa ryabaye kuwa 6 Nyuma yo kujya mu Buhollande nawe yabonetse mu banyarwanda baje kwakira Perezida Kagame muri Rwanday kuwa 5 tariki 07.06.2017 mu bubiligi.

-6962.jpg

Ubwo kwerekana Imideli Cyagwa Fashion byasanga nkaho batangiye guhitamo umukobwa wari wujuje ibyangobwa byasabwanga Mimi Mirage yatunguye abantu ubwo bamuhamagaraga ku mwanya wa mbere kuba Miss Integration Party 2017 maze abanyamakuru bose birunda kuri Mimi Mirage bashaka kugirana nawe ikiganiro nkuko byagaragaye mu mafoto yo kuwa 6 ibirori bisoje.

Akandi gashya Mimi Mirage yatwawe nk’umwami mu modoka idasanzwe ya Lemozine ndende cyane ifite ibara ryenda kuba umweru ariko atari n’umweru,tukimenya ko Mimi Mirage yatsindiye ikamba rya Miss Integration 2017 twamushatse kuva ejo kugeza ubu ntabwo turabasha kumubona ku murugo wa Telefoni ngo tugirane nawe ikiganiro.

-6963.jpg

Mimi Mirage yatwawe nk’umwami mu modoka idasanzwe ya Lemozine

Icyo twakwibutsa abasomyi bacu nuko Mimi Mirage hari igihe yaje ku mwanya wa mbere mu bakobwa bambara neza kurusha abandi ndetse ubundi akaba yaraje Nanone kurutonde rwa bakobwa bateye neza muri East Africa yose ikindi gishimishije n’uko Mimi ari Umunyarwandakazi ukomeje kuzamura ibendera ry’u Rwanda hanze yarwo.

-6964.jpg

2017-06-13
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umuyobozi wa Radio Amazing Grace yatawe muri yombi 

Umuyobozi wa Radio Amazing Grace yatawe muri yombi 

Ubwanditsi 07 Oct 2019
Urusaku rw’abafana ba Mwiseneza Josiane rwajegeje ahaberaga Miss Rwanda 2019 (Video)

Urusaku rw’abafana ba Mwiseneza Josiane rwajegeje ahaberaga Miss Rwanda 2019 (Video)

Ubwanditsi 06 Jan 2019
Abanyarwanda 13 bashimutiwe muri Uganda bajyanwa ahatazwi

Abanyarwanda 13 bashimutiwe muri Uganda bajyanwa ahatazwi

Ubwanditsi 02 Apr 2019
Waba ushaka kwigarurira umutima w’umukobwa mukundana ? Kora ibi bintu wirebere ukuntu akwimariramo wese

Waba ushaka kwigarurira umutima w’umukobwa mukundana ? Kora ibi bintu wirebere ukuntu akwimariramo wese

Ubwanditsi 25 May 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ku munsi wa Kabiri wa Shampiyona 2021-2022, ikipe ya AS Kigali yatsinze Kiyovu SC 4-0, yuzuza ibitego bitandatu itsinze itaratsindwa na kimwe
Amakuru

Ku munsi wa Kabiri wa Shampiyona 2021-2022, ikipe ya AS Kigali yatsinze Kiyovu SC 4-0, yuzuza ibitego bitandatu itsinze itaratsindwa na kimwe

Ubwanditsi 03 Nov 2021
Mushikiwabo yagishije inama Abdou Diouf wamaze imyaka 12 ku mwanya ari guhatanira muri OIF
HIRYA NO HINO

Mushikiwabo yagishije inama Abdou Diouf wamaze imyaka 12 ku mwanya ari guhatanira muri OIF

Ubwanditsi 07 Jun 2018
Eugene Richard Gasana, wari uhagarariye URwanda muri LONI, akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu
INKURU NYAMUKURU

Eugene Richard Gasana, wari uhagarariye URwanda muri LONI, akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu

Ubwanditsi 17 Jun 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru