• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abakinnyi 19 muri 28 bahamagawe n’umutoza Stephen Constantine witegura gukina na Liberia na Cap-Vert, bakina hanze y’u Rwanda   |   09 Sep 2026

  • Irabu: Ibigarahamwe mwitege iyi nkota ya menge ivuye muri Oman nimukoronge ariko nimurenga wa murongo izabarya   |   09 Sep 2026

  • Cricket: U Rwanda rwitwaye neza mu mukino ufungura irushanwa rya ILT20 Continent Cup 2026   |   08 Sep 2026

  • Byatsi Baker yongeye kwikirigita araseka, mu mugambi we wa mpemuke ndamuke akomeje wo kwambara urubwa rwo gusebya u Rwanda rwabyaye Nyina   |   08 Sep 2026

  • Cassa Mbungo yahamagaye ikipe y’igihugu y’u Rwanda U20, banatangira imyitozo yitegura imikino ya CECAFA izabera muri Tanzania   |   08 Sep 2026

  • Patrice Evra wakiniye Manchester United n’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, uri mu Rwanda yashimye intambwe y’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi   |   03 Sep 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Umunyarwandakazi w’umunyamideli Mimi Mirage yatsinze bagenzi be bahuriye mubirori byo kwerekana Imideri mu Buhollande bamutwara mu modoaka idasanzwe

Umunyarwandakazi w’umunyamideli Mimi Mirage yatsinze bagenzi be bahuriye mubirori byo kwerekana Imideri mu Buhollande bamutwara mu modoaka idasanzwe

Ubwanditsi 13 Jun 2017 HIRYA NO HINO

Mimi Mirage Umunyarwandakazi ubarizwa ku mugabane w’uburayi mu bubiligi uyu mukobwa arakataje no kwiyerekana ariko Amanika ibendera ry’u Rwanda mu bihugu byo hanze Mimi Mirage mu mezi yashize yari afite amarushanwa yagiye yitabira atandukanye ajyanye no kwerekana Imideli cyagwa Fashions mu bihugu bitandukanye France ndetse na handi.

Kuwa 6 nibwo yitabiriye ibirori byari byateguwe n’umugabo uturuka muri Cameroun ibyo birori byari bifite izina ryitwa white and black Integration party ndetse bikaba byaritabiriye abanya Africa Benshi ndetse na bandi bantu bari bavuye muri European Designers,Nkuko byari biteganyijwe ibyo ibirori byabereye Leewarden mu Buhollande,

-6959.jpg

Ibirori

Ariko bikaba byaritabiriwe na bahanzi batandukanye ndetse naba babyinnyi ikindi cyagaragayemo nuko na Mayor wuwo mujyi yari yitabiriye ibyo birori bya White and Black Integration Party,Ariko itegeko ryari ukuza wambaye imyenda y’umweru Dore ko muri ibyo birori harimo abanyamakuru benshi bavuye impande zitandukanye mu bihugu by’iburayi.

-6960.jpg

-6961.jpg

Yegukanye igikombe

Nkuko byatangajwe n’umwe mu bantu ba banyarwanda bari bitabiriye ibi birori mu kiganiro yagiranye na Rwandapaparazzi.rw yavuze ko Mimi Mirage yatunguranye cyane ubwo yatsindaga bagenzi be Nkumukobwa wari wambaye neza cyane kurusha abandi ikindi cyashimishije abantu ngo yari yambaye neza hari na Banyarwanda bari baje kumufana.

Dore ko yitabiriye iryo rushanwa ryabaye kuwa 6 Nyuma yo kujya mu Buhollande nawe yabonetse mu banyarwanda baje kwakira Perezida Kagame muri Rwanday kuwa 5 tariki 07.06.2017 mu bubiligi.

-6962.jpg

Ubwo kwerekana Imideli Cyagwa Fashion byasanga nkaho batangiye guhitamo umukobwa wari wujuje ibyangobwa byasabwanga Mimi Mirage yatunguye abantu ubwo bamuhamagaraga ku mwanya wa mbere kuba Miss Integration Party 2017 maze abanyamakuru bose birunda kuri Mimi Mirage bashaka kugirana nawe ikiganiro nkuko byagaragaye mu mafoto yo kuwa 6 ibirori bisoje.

Akandi gashya Mimi Mirage yatwawe nk’umwami mu modoka idasanzwe ya Lemozine ndende cyane ifite ibara ryenda kuba umweru ariko atari n’umweru,tukimenya ko Mimi Mirage yatsindiye ikamba rya Miss Integration 2017 twamushatse kuva ejo kugeza ubu ntabwo turabasha kumubona ku murugo wa Telefoni ngo tugirane nawe ikiganiro.

-6963.jpg

Mimi Mirage yatwawe nk’umwami mu modoka idasanzwe ya Lemozine

Icyo twakwibutsa abasomyi bacu nuko Mimi Mirage hari igihe yaje ku mwanya wa mbere mu bakobwa bambara neza kurusha abandi ndetse ubundi akaba yaraje Nanone kurutonde rwa bakobwa bateye neza muri East Africa yose ikindi gishimishije n’uko Mimi ari Umunyarwandakazi ukomeje kuzamura ibendera ry’u Rwanda hanze yarwo.

-6964.jpg

2017-06-13
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Uganda: Abanyaburayi babiri basanzwe bapfiriye mu mahoteli 2 akomeye muri Kampala

Uganda: Abanyaburayi babiri basanzwe bapfiriye mu mahoteli 2 akomeye muri Kampala

Ubwanditsi 11 Feb 2018
Abayisilamu bo mu Rwanda ntibazagwe mu mutego w’intagondwa zitwaza idini, zigategura ibikorwa by’iterabwoba

Abayisilamu bo mu Rwanda ntibazagwe mu mutego w’intagondwa zitwaza idini, zigategura ibikorwa by’iterabwoba

Ubwanditsi 02 Oct 2021
Perezida Pombe Magufuli yagize icyo atangaza k’urupfu rw’umunyarwenya ukomeye King Majuto-AMAFOTO.

Perezida Pombe Magufuli yagize icyo atangaza k’urupfu rw’umunyarwenya ukomeye King Majuto-AMAFOTO.

Ubwanditsi 09 Aug 2018
Nina Mu Ijwi ry’ ikiniga kinshi yatangaje byinshi kubyo ashinjwa ko yabyaranye n’ Umuhanzi Mako Nikoshwa

Nina Mu Ijwi ry’ ikiniga kinshi yatangaje byinshi kubyo ashinjwa ko yabyaranye n’ Umuhanzi Mako Nikoshwa

Ubwanditsi 09 May 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Robot yiswe Sophia yizihiwe no kwambara umukenkero i Kigali
HIRYA NO HINO

Robot yiswe Sophia yizihiwe no kwambara umukenkero i Kigali

Ubwanditsi 15 May 2019
Igiswahili kiziye igihe-Malonga
Mu Mahanga

Igiswahili kiziye igihe-Malonga

Ubwanditsi 14 Feb 2017
Ethiopia na Eritrea byashyize umukono ku masezerano ahagarika intambara
POLITIKI

Ethiopia na Eritrea byashyize umukono ku masezerano ahagarika intambara

Ubwanditsi 10 Jul 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

31 Aug 2026
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru