• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Agapfa kaburiwe ni impongo; Abagura Indaya bahawe imbuzi   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

  • Rayon Sports yatsinze Bugesera FC yiyongerera amahirwe yo kuzahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika   |   26 May 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Umwami Kigeli V Ndahindurwa ashobora gutabarizwa muri Amerika

Umwami Kigeli V Ndahindurwa ashobora gutabarizwa muri Amerika

Ubwanditsi 03 Nov 2016 ITOHOZA

Kuwa gatandatu tariki ya 29 Ukwakira 2016 no kuwa mbere Tariki ya 31 Ukwakira 2016, Umwami Kigeli V Ndahindurwa yasezewe ku mugaragaro n’inshuti n’abavandimwe.

Biteganyijwe nanone ko kuwa gatandatu tariki 5 Ugushyingo aribwo azasezerwaho bwa nyuma. Abamushyigikiye kandi bashyizeho compte yo gufasha imihango yo gutabariza umugogo we.

Gusa ibi byose biri gukorwa abasesengura bavuga ko cyaba ari ikimenyetso cy’uko azatabarizwa muri Amerika. Ese byaba aribyo?

Mu izina ry’inama y’abajyanama b’umwami, Boniface Benzige, umujyanama akaba n’umuvugizi w’umwami na Guye Pengiton, umukarani w’umwami ndetse na Kigeli Foundation basohoye itangazo rihamagarira abantu kwitabira imihango ya misa yo gusezera ku Mwami Kigeli V Ndahindurwa yatangiye ku munsi w’ejo itariki 31 Ukwakira 2016 hashize saa tanu n’igice za mugitondo ikaba yarabereye muri St Athanasius Church.

-140.png

Umwami Kigeli V Ndahindurwa

-4549.jpg

Muri iri tangazo hibukijwe ko Umwami Kigeli V Ndahindurwa Yohani Batista, yatanze kuwa 16 Ukwakira 2016 nyuma y’iminsi ibili gusa agiye mu bitaro bya Fairfax muri Virginia ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Iri tangazo kandi rikomeza rivuga ko hazabaho n’ibikorwa byo kumusezeraho by’umwihariko kubatazashobora kujya muri iyi misa aho byahereye kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 29 Ukwakira, kumusezeraho bwa kabiri bikaba biteganyijwe kuwa 05 Ugushyingo.

Ese ibi byaba bisobanuye ko nta kabuza umwami Kigeli V Ndahindurwa azatabarizwa muri Amerika?

Ku rubuga rusanzwe runyuzwaho amakuru ya Kigeli V Ndahindurwa hagaragaraho amakuru asubiza ibibazo bitandukanye byibazaga umuntu uzasimbura Kigeli V Ndahindurwa ku bwami.

Kuri uru rubuga rero bavuga ari ngombwa gusobanura neza ikijyanye n’umuco wo gusimbura umwami ku ngoma ngo umaze imyaka amagana. Aho bavuga ko bigendanye n’umuco wa Kinyarwanda, uzasimbura umwami azatangarizwa mu muhango wo gutabariza uwatanze.

-4550.jpg

Kuwa 29 Mata 2016 Itsinda ry’umwami Kigeli riyobowe n’Umuvugizi we Benzige (wa gatatu uturutse ibumoso) bagiye muri Malta

Umwanditsi wacu

2016-11-03
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Uganda : Imvuru zadukiriye  Umujyi  wa Kasese

Uganda : Imvuru zadukiriye Umujyi wa Kasese

Ubwanditsi 28 Nov 2016
RNC- Uganda : Deo Nyirigira na Christophe Busigo mu mazi abira nyuma yo guheka impyisi

RNC- Uganda : Deo Nyirigira na Christophe Busigo mu mazi abira nyuma yo guheka impyisi

Ubwanditsi 09 Apr 2020
Nyuma y’ibuyera n’ifatwa rye, Ruharwa Fulgence Kayishema ashobora kwisanga mu nzira igana Arusha

Nyuma y’ibuyera n’ifatwa rye, Ruharwa Fulgence Kayishema ashobora kwisanga mu nzira igana Arusha

Ubwanditsi 16 Aug 2023
CMI na RNC bibasiye abayoboke b’Itorero ADEPR muri Uganda, banze kuyoboka umugambi wa Kayumba Nyamwasa

CMI na RNC bibasiye abayoboke b’Itorero ADEPR muri Uganda, banze kuyoboka umugambi wa Kayumba Nyamwasa

Ubwanditsi 14 May 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ikimwaro : Benzinge, Rujugiro  na RNC basohoye ‘Proclamation’, bayitirira ko yanditswe n’Umwami Kigeli V Ndahindurwa
ITOHOZA

Ikimwaro : Benzinge, Rujugiro na RNC basohoye ‘Proclamation’, bayitirira ko yanditswe n’Umwami Kigeli V Ndahindurwa

Ubwanditsi 04 Feb 2017
Kirehe: Abayobozi b’ibigo by’amashuri bitatu bari mu mazi abira
Mu Rwanda

Kirehe: Abayobozi b’ibigo by’amashuri bitatu bari mu mazi abira

Ubwanditsi 16 May 2018
Perezida wa Somalia ashaka ibiganiro na Al Shabaab
POLITIKI

Perezida wa Somalia ashaka ibiganiro na Al Shabaab

Ubwanditsi 08 Mar 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru