• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abahanzi bโ€™indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baheruka gutandukana na MIE, bamaze kwimukira muri Canada   |   15 Jun 2026

  • Ubushinjacyaha bwise Ingabire Mwene Dusabe b’i Butamwa; Umutesi   |   15 Jun 2026

  • Ben Rutabana akomeje kuba โ€œumugatiโ€ wโ€™ibigarasha ngo bibone icyo bitamira   |   15 Jun 2026

  • AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uwโ€™Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon   |   13 Jun 2026

  • AMAFOTO – Ikipe yโ€™igihugu ya Mexique yakiriye igikombe cyโ€™Isi 2026 na Koreya yโ€™Epfo zatangiye zitsinda imikino yayo   |   12 Jun 2026

  • Nyuma y’imyaka 12 y’ubufatanye, Amasezerano ya Rayon Sports na SKOL yageze ku musozo   |   09 Jun 2026

 
You are at :Home»Amakuru»U ๐—ฅ๐˜„๐—ฎ๐—ป๐—ฑ๐—ฎ ๐—ฟ๐˜‚๐—ด๐—ถ๐˜†๐—ฒ ๐—ธ๐˜„๐—ฎ๐—ธ๐—ถ๐—ฟ๐—ฎ ๐—ฎ๐—บ๐—ฎ๐—ฟ๐˜‚๐˜€๐—ต๐—ฎ๐—ป๐˜„๐—ฎ ๐—ฎ๐—ป๐—ฒ ๐˜†๐—ฎ ๐—–๐—˜๐—–๐—”๐—™๐—” ๐—ฎ๐—ฟ๐—ถ๐—บ๐—ผ ๐—ป๐—ฎ ๐—ž๐—ฎ๐—ด๐—ฎ๐—บ๐—ฒ ๐—–๐˜‚๐—ฝ

U ๐—ฅ๐˜„๐—ฎ๐—ป๐—ฑ๐—ฎ ๐—ฟ๐˜‚๐—ด๐—ถ๐˜†๐—ฒ ๐—ธ๐˜„๐—ฎ๐—ธ๐—ถ๐—ฟ๐—ฎ ๐—ฎ๐—บ๐—ฎ๐—ฟ๐˜‚๐˜€๐—ต๐—ฎ๐—ป๐˜„๐—ฎ ๐—ฎ๐—ป๐—ฒ ๐˜†๐—ฎ ๐—–๐—˜๐—–๐—”๐—™๐—” ๐—ฎ๐—ฟ๐—ถ๐—บ๐—ผ ๐—ป๐—ฎ ๐—ž๐—ฎ๐—ด๐—ฎ๐—บ๐—ฒ ๐—–๐˜‚๐—ฝ

RUSHYASHYA 10 Mar 2026 Amakuru, IMIKINO

U Rwanda rwatoranyijwe kwakira amarushanwa ane ategurwa nโ€™Impuzamashyirahamwe yโ€™Umupira wโ€™Amaguru mu Karere ka Afurika yโ€™Iburasirazuba no Hagati (CECAFA), azabera i Kigali mu bihe bitandukanye muri uyu mwaka wa 2026.

Muri ayo marushanwa harimo irizwi cyane rya CECAFA Kagame Cup, riteganyijwe kubera i Kigali kuva tariki ya 18 Nyakanga kugeza ku ya 9 Kanama 2026, rikaba rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo mu bihugu binyamuryango bya CECAFA.

Uretse iri rushanwa, u Rwanda ruzanakira andi marushanwa atatu arimo irushanwa ryโ€™ibigo byโ€™amashuri byo mu karere, irushanwa ryo guhatanira itike yo kuzakina CAF Womenโ€™s Champions League, ndetse nโ€™irushanwa ryo gushaka itike yo kuzakina imikino ya nyuma yโ€™Igikombe cya Afurika cyโ€™Ibihugu mu batarengeje imyaka 17 (U-17 AFCON).

Ibihugu bigize CECAFA birimo u Rwanda, u Burundi, Djibouti, Eritrea, Ethiopia, Kenya, Somalia, Sudani yโ€™Epfo, Sudani, Tanzania, Uganda na Zanzibar.

Aya marushanwa ategerejweho guteza imbere umupira wโ€™amaguru mu karere ndetse no gukomeza kugaragaza ubushobozi bwโ€™u Rwanda mu kwakira amarushanwa mpuzamahanga.

2026-03-10
RUSHYASHYA

IZINDI NKURU

Ange Kagame nโ€™umubyeyi we mu baje gushyigikira Collective RW

Ange Kagame nโ€™umubyeyi we mu baje gushyigikira Collective RW

Ubwanditsi 17 Oct 2016
Mecky Kayiranga yashyize hanze indirimbo nshya yise Garuka mu kunzi asaba umugore we kugaruka bakubaka.

Mecky Kayiranga yashyize hanze indirimbo nshya yise Garuka mu kunzi asaba umugore we kugaruka bakubaka.

Ubwanditsi 27 Apr 2021
Uzayobora FIFA  aramenyekana uyu munsi

Uzayobora FIFA aramenyekana uyu munsi

Ubwanditsi 26 Feb 2016
Ubwo batsindaga Police FC, Khadime wa Rayon Sports yatahanye asaga ibihumbi 280 Frw abandi babona ibihumbi 230 Frw

Ubwo batsindaga Police FC, Khadime wa Rayon Sports yatahanye asaga ibihumbi 280 Frw abandi babona ibihumbi 230 Frw

Ubwanditsi 06 Jan 2025

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abapolisi 50 bahuguwe ku gukusanya no kurinda ibimenyetso byโ€™ahabereye icyaha
Mu Mahanga

Abapolisi 50 bahuguwe ku gukusanya no kurinda ibimenyetso byโ€™ahabereye icyaha

Ubwanditsi 14 Apr 2016
Impera z’icyumweru zisize APR FC yerekanye abakinnyi 7 bashya, Rayon Sports itsinda AS Kigali, Ntagengwa Olivier na Gatsinzi Venuste begukanye umwanya wa 4 muri Common Wealth Games
Amakuru

Impera z’icyumweru zisize APR FC yerekanye abakinnyi 7 bashya, Rayon Sports itsinda AS Kigali, Ntagengwa Olivier na Gatsinzi Venuste begukanye umwanya wa 4 muri Common Wealth Games

Ubwanditsi 08 Aug 2022
Impamvu u Rwanda rwikuye mu bihugu byifuza kwakira igikombe cyโ€™Isi U 17
IMIKINO

Impamvu u Rwanda rwikuye mu bihugu byifuza kwakira igikombe cyโ€™Isi U 17

Ubwanditsi 07 Mar 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uwโ€™Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uwโ€™Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

ยฉ Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru