• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe yโ€™igihugu yโ€™u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo yโ€™igisirikare cyโ€™u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe yโ€™igihugu yโ€™Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro yโ€™igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»U ๐—ฅ๐˜„๐—ฎ๐—ป๐—ฑ๐—ฎ ๐—ฟ๐˜‚๐—ด๐—ถ๐˜†๐—ฒ ๐—ธ๐˜„๐—ฎ๐—ธ๐—ถ๐—ฟ๐—ฎ ๐—ฎ๐—บ๐—ฎ๐—ฟ๐˜‚๐˜€๐—ต๐—ฎ๐—ป๐˜„๐—ฎ ๐—ฎ๐—ป๐—ฒ ๐˜†๐—ฎ ๐—–๐—˜๐—–๐—”๐—™๐—” ๐—ฎ๐—ฟ๐—ถ๐—บ๐—ผ ๐—ป๐—ฎ ๐—ž๐—ฎ๐—ด๐—ฎ๐—บ๐—ฒ ๐—–๐˜‚๐—ฝ

U ๐—ฅ๐˜„๐—ฎ๐—ป๐—ฑ๐—ฎ ๐—ฟ๐˜‚๐—ด๐—ถ๐˜†๐—ฒ ๐—ธ๐˜„๐—ฎ๐—ธ๐—ถ๐—ฟ๐—ฎ ๐—ฎ๐—บ๐—ฎ๐—ฟ๐˜‚๐˜€๐—ต๐—ฎ๐—ป๐˜„๐—ฎ ๐—ฎ๐—ป๐—ฒ ๐˜†๐—ฎ ๐—–๐—˜๐—–๐—”๐—™๐—” ๐—ฎ๐—ฟ๐—ถ๐—บ๐—ผ ๐—ป๐—ฎ ๐—ž๐—ฎ๐—ด๐—ฎ๐—บ๐—ฒ ๐—–๐˜‚๐—ฝ

RUSHYASHYA 10 Mar 2026 Amakuru, IMIKINO

U Rwanda rwatoranyijwe kwakira amarushanwa ane ategurwa nโ€™Impuzamashyirahamwe yโ€™Umupira wโ€™Amaguru mu Karere ka Afurika yโ€™Iburasirazuba no Hagati (CECAFA), azabera i Kigali mu bihe bitandukanye muri uyu mwaka wa 2026.

Muri ayo marushanwa harimo irizwi cyane rya CECAFA Kagame Cup, riteganyijwe kubera i Kigali kuva tariki ya 18 Nyakanga kugeza ku ya 9 Kanama 2026, rikaba rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo mu bihugu binyamuryango bya CECAFA.

Uretse iri rushanwa, u Rwanda ruzanakira andi marushanwa atatu arimo irushanwa ryโ€™ibigo byโ€™amashuri byo mu karere, irushanwa ryo guhatanira itike yo kuzakina CAF Womenโ€™s Champions League, ndetse nโ€™irushanwa ryo gushaka itike yo kuzakina imikino ya nyuma yโ€™Igikombe cya Afurika cyโ€™Ibihugu mu batarengeje imyaka 17 (U-17 AFCON).

Ibihugu bigize CECAFA birimo u Rwanda, u Burundi, Djibouti, Eritrea, Ethiopia, Kenya, Somalia, Sudani yโ€™Epfo, Sudani, Tanzania, Uganda na Zanzibar.

Aya marushanwa ategerejweho guteza imbere umupira wโ€™amaguru mu karere ndetse no gukomeza kugaragaza ubushobozi bwโ€™u Rwanda mu kwakira amarushanwa mpuzamahanga.

2026-03-10
RUSHYASHYA

IZINDI NKURU

Kaguta Museveni ni nkโ€™umutetsi umaze imyaka 34 mu gikoni ashiriza, ubu akaba aribwo yemeza ko agiye guteka neza mu zabukuru!!

Kaguta Museveni ni nkโ€™umutetsi umaze imyaka 34 mu gikoni ashiriza, ubu akaba aribwo yemeza ko agiye guteka neza mu zabukuru!!

Ubwanditsi 24 Dec 2020
Turibuka n’Abatutsi bishwe mbere ya Mata 1994 – MINUBUMWE

Turibuka n’Abatutsi bishwe mbere ya Mata 1994 – MINUBUMWE

Ubwanditsi 07 Apr 2025
CAN 2019: Sรฉnรฉgal yasezereye Bรฉnin, Nigeria igera muri ยฝ bigoranye

CAN 2019: Sรฉnรฉgal yasezereye Bรฉnin, Nigeria igera muri ยฝ bigoranye

Ubwanditsi 12 Jul 2019
Leta ya Uganda yakoze amakosa ubwo yasinyiraga inguzanyo yo kwagura ikibuga cyโ€™indege cya Entebbe none birangiye bugishyize mu maboko yโ€™Abashinwa

Leta ya Uganda yakoze amakosa ubwo yasinyiraga inguzanyo yo kwagura ikibuga cyโ€™indege cya Entebbe none birangiye bugishyize mu maboko yโ€™Abashinwa

Ubwanditsi 26 Nov 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Leta ya Uganda irashinjwa kwica abaturage bo mu idini ya Islam, ibitirira ibisasu bitegwa mu duce tunyuranye twโ€™icyo gihugu.
Amakuru

Leta ya Uganda irashinjwa kwica abaturage bo mu idini ya Islam, ibitirira ibisasu bitegwa mu duce tunyuranye twโ€™icyo gihugu.

Ubwanditsi 21 Nov 2021
Ku Rwibutso rwa Rebero Hashyinguye  Inzirakarengane z’Abanyapolitiki bishwe muri Jenoside, Menya byinshi n’Impamvu hongeweho n’abandi
Amakuru

Ku Rwibutso rwa Rebero Hashyinguye Inzirakarengane z’Abanyapolitiki bishwe muri Jenoside, Menya byinshi n’Impamvu hongeweho n’abandi

Ubwanditsi 13 Apr 2025
Diane Rwigara  yaretse NEC ko afite ‘ Ubwenegihugu bwโ€™Ububiligi ‘ ngo  akaba yifuza kuyobora u Rwanda
Mu Rwanda

Diane Rwigara yaretse NEC ko afite ‘ Ubwenegihugu bwโ€™Ububiligi ‘ ngo akaba yifuza kuyobora u Rwanda

Ubwanditsi 22 Jun 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uwโ€™Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uwโ€™Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

ยฉ Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru