• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Nyuma yโ€™imyaka irindwi, APR VC yegukanye Igikombe cya Memorial Rutsindura itsinze REG VC ku mukino wa nyuma   |   26 May 2026

  • RSSB Tigers BBC yasezereye FUS Rabat BBC yo muri Morocco, izahura na AL Ahly muri ยฝ cyโ€™imikino ya nyuma ya BAL 2026 iri kubera I Kigali   |   24 May 2026

  • Nyuma yโ€™imyaka itatu Stade yโ€™Akarere ka Gicumbi itangiye kuvugururwa, kuri ubu yemerewe kwakira imikino ya Shampiyona yโ€™u Rwanda, BK Pro League   |   21 May 2026

  • Umutoza wโ€™Amavubi Stephen Constantine asanga kwitwara neza kโ€™u Rwanda bisaba gutsinda imikino yo mu rugo ngo yerekeze mu gikombe cya Afurika 2027   |   20 May 2026

  • Olivier Kwizera ari mu bakinnyi basubukuye imyitozo ya Rayon Sports yitegura guhura na APR FC ku mukino wa nyuma wโ€™igikombe cyโ€™Amahoro   |   19 May 2026

  • Rusesabagina nawe ubwe ni ikinyoma cyigendera   |   18 May 2026

 
You are at :Home»Amakuru»U ๐—ฅ๐˜„๐—ฎ๐—ป๐—ฑ๐—ฎ ๐—ฟ๐˜‚๐—ด๐—ถ๐˜†๐—ฒ ๐—ธ๐˜„๐—ฎ๐—ธ๐—ถ๐—ฟ๐—ฎ ๐—ฎ๐—บ๐—ฎ๐—ฟ๐˜‚๐˜€๐—ต๐—ฎ๐—ป๐˜„๐—ฎ ๐—ฎ๐—ป๐—ฒ ๐˜†๐—ฎ ๐—–๐—˜๐—–๐—”๐—™๐—” ๐—ฎ๐—ฟ๐—ถ๐—บ๐—ผ ๐—ป๐—ฎ ๐—ž๐—ฎ๐—ด๐—ฎ๐—บ๐—ฒ ๐—–๐˜‚๐—ฝ

U ๐—ฅ๐˜„๐—ฎ๐—ป๐—ฑ๐—ฎ ๐—ฟ๐˜‚๐—ด๐—ถ๐˜†๐—ฒ ๐—ธ๐˜„๐—ฎ๐—ธ๐—ถ๐—ฟ๐—ฎ ๐—ฎ๐—บ๐—ฎ๐—ฟ๐˜‚๐˜€๐—ต๐—ฎ๐—ป๐˜„๐—ฎ ๐—ฎ๐—ป๐—ฒ ๐˜†๐—ฎ ๐—–๐—˜๐—–๐—”๐—™๐—” ๐—ฎ๐—ฟ๐—ถ๐—บ๐—ผ ๐—ป๐—ฎ ๐—ž๐—ฎ๐—ด๐—ฎ๐—บ๐—ฒ ๐—–๐˜‚๐—ฝ

RUSHYASHYA 10 Mar 2026 Amakuru, IMIKINO

U Rwanda rwatoranyijwe kwakira amarushanwa ane ategurwa nโ€™Impuzamashyirahamwe yโ€™Umupira wโ€™Amaguru mu Karere ka Afurika yโ€™Iburasirazuba no Hagati (CECAFA), azabera i Kigali mu bihe bitandukanye muri uyu mwaka wa 2026.

Muri ayo marushanwa harimo irizwi cyane rya CECAFA Kagame Cup, riteganyijwe kubera i Kigali kuva tariki ya 18 Nyakanga kugeza ku ya 9 Kanama 2026, rikaba rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo mu bihugu binyamuryango bya CECAFA.

Uretse iri rushanwa, u Rwanda ruzanakira andi marushanwa atatu arimo irushanwa ryโ€™ibigo byโ€™amashuri byo mu karere, irushanwa ryo guhatanira itike yo kuzakina CAF Womenโ€™s Champions League, ndetse nโ€™irushanwa ryo gushaka itike yo kuzakina imikino ya nyuma yโ€™Igikombe cya Afurika cyโ€™Ibihugu mu batarengeje imyaka 17 (U-17 AFCON).

Ibihugu bigize CECAFA birimo u Rwanda, u Burundi, Djibouti, Eritrea, Ethiopia, Kenya, Somalia, Sudani yโ€™Epfo, Sudani, Tanzania, Uganda na Zanzibar.

Aya marushanwa ategerejweho guteza imbere umupira wโ€™amaguru mu karere ndetse no gukomeza kugaragaza ubushobozi bwโ€™u Rwanda mu kwakira amarushanwa mpuzamahanga.

2026-03-10
RUSHYASHYA

IZINDI NKURU

Libya na Nigeria zari mu itsinda ryโ€™u Rwanda zageze muri ยฝ cya CHAN 2018- Uko bazahura

Libya na Nigeria zari mu itsinda ryโ€™u Rwanda zageze muri ยฝ cya CHAN 2018- Uko bazahura

Ubwanditsi 29 Jan 2018
APR FC yageze mu Misiri aho igiye gukina na Pyramid FC umukino wโ€™ijonjora rya Kabiri rya CAF

APR FC yageze mu Misiri aho igiye gukina na Pyramid FC umukino wโ€™ijonjora rya Kabiri rya CAF

Ubwanditsi 18 Sep 2024
Amafoto – Jimmy Gatete yahuriye i Kinshasa n’abakinnyi ndetse n’abayobozi ba AS Kigali abona n’umwanya wo kuganira nabo bitegura guhura n’ikipe ya DCMP

Amafoto – Jimmy Gatete yahuriye i Kinshasa n’abakinnyi ndetse n’abayobozi ba AS Kigali abona n’umwanya wo kuganira nabo bitegura guhura n’ikipe ya DCMP

Ubwanditsi 21 Oct 2021
Abanyarwanda bayobowe na Muhitira Felicien uzwi nka Magare begukanye igice cya Marato ya Fort-de-France yakinwaga ku nshuro ya 37

Abanyarwanda bayobowe na Muhitira Felicien uzwi nka Magare begukanye igice cya Marato ya Fort-de-France yakinwaga ku nshuro ya 37

Ubwanditsi 27 Nov 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Musanze FC irakira Rayon Sports naho Marines FC ikine na Kiyovu Sports mu mikino ibanza ya 1/8 cy’igikombe cy’Amahoro 2022
Amakuru

Musanze FC irakira Rayon Sports naho Marines FC ikine na Kiyovu Sports mu mikino ibanza ya 1/8 cy’igikombe cy’Amahoro 2022

Ubwanditsi 04 Apr 2022
Ferwafa yanze guhemba abakinnyi,abatoza,abafana,babaye indashyikirwa mu mwaka wโ€™imikino 2015-2016
Mu Mahanga

Ferwafa yanze guhemba abakinnyi,abatoza,abafana,babaye indashyikirwa mu mwaka wโ€™imikino 2015-2016

Ubwanditsi 08 Aug 2016
“Sendashonga yapfuye kubera ko yarenze umurongo”,   Ayo magambo ni nyirโ€™igitabo uyavuga. Si Kagame
ITOHOZA

“Sendashonga yapfuye kubera ko yarenze umurongo”, Ayo magambo ni nyirโ€™igitabo uyavuga. Si Kagame

Ubwanditsi 02 Apr 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze nโ€™ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon Dโ€™Or 2025

Mu marira avanze nโ€™ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon Dโ€™Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka yโ€™Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka yโ€™Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

ยฉ Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru