• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR bari muri Congo, barica abantu, bateza umutekano muke, Gusenya uwo mutwe bireba Congo n’ u Rwanda natwe bikatureba   |   29 Jan 2026

  • ICYO WAMENYA KUBIYAMAMARIZA KUYOBORA FDU-INKINGI: UMUTWE W’INTERAHAMWE ZIHEBEYE KUBUNZA INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE   |   29 Jan 2026

  • Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire   |   15 Jan 2026

  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Champions league: PSG irahabwa amahirwe yo gutsinda Chealsea

Champions league: PSG irahabwa amahirwe yo gutsinda Chealsea

Editorial 16 Feb 2016 IMIKINO

Uyu munsi tariki 16 Gashyantare 2016,ni bwo abakunzi ba ruhago bagiye kongera kuryoherwa na UEFA Chapions league by’umwihariko abaturage b’igihugu cy’u Bufaransa ku kibuga cya Parc De Prince PSG(Paris Saint Germain FC) irahakirira Chelsea yo mu Bwongereza, mu umukino ubanza wa kimwe cy’umunani 1/8 , aya makipe akaba yari amaze iminsi ahurira muri iri rushanwa, kuri iyi nshuro agiye guhura yombi afite abakinnyi bari mu mvune.

-2140.jpg

Ikipe ya PSG iraba iri ku kibuga cyayo ikindi kandi PSG ni ikipe yari imaze gukina imikino 16 itaratsindwa muri shampiyona ariko muri iyi weekend dusoje yahagaritswe na Lille ubwo banganyaga 0-0.

Ibi ariko ntacyo bivuze kuko ikiri iya mbere n’amanota 70 irusha iya kabiri 25.hari abavuze ko PSG yaba yanze kwivuna muri shampiyona kandi basa n’abayitwaye.Ngo ikiri mu mitwe yabo ni Chelsea.

Babinyujije ku mutoza wabo Laurent Blanc PSG batangaje ko Marco Velrrati na Javier Postore batameze neza.

Ngo n’ubwo Verrati yakinnye igice cya kabiri muri iyi weekend na Pastore akaba yari yagarutse mu gikombe cy’igihugu, ngo nta mahirwe yo gutangira mu mukino na Chelsea ati : “tuzakoresha Adrien Rabiot , Blaise Matuidi na Thiago Motta mubo hagati” Laurent Blanc.

Chelsea n’umutoza wabo mushya n’ubwo batari imbere muri shampiyona, bamaze kugaruka mu bihe byiza dore ko umukino baheruka batsinze Newcastle 5-1.Gusa inkuru itari nziza muri iyi kipe havugwa indi mvune muri ba myugariro.Nyuma ya Kurt Zouma uri hanze amezi 6, ubu na captain John Terry afita akabazo kimvune kuko ku mukino na Newcastle yasohotse mu kibuga ku munota wa 38.

-2141.jpg

Branslav Ivanovic yasihe ahengekwa hagati na Cahill maze rahman Baba ajya kuruhande rw’ibumoso naho Cezar Aziilicueta anyura iburyo. Haribazwa niba ubu bwugarizi ari na bwo buzakoreshwa kwa PSG cyangwa niba Terry azaba yagarutse.

Twabibutsa ko iyi ari inshuro ya gatatu yikurikiranya ayo makipe ahuriye mu mikino yo gukuranamo muri iri rushanwa.Chelsea yari yabanje gukuramo Psg ariko umwaka ushize PSG nayo yakuyemo Chelsea harimo igitego cya David Luiz ukinira PSG kuko yahageze agurishijwe na Chelsea. Kuri ubu rero tukaba twese dutegereje uko umukino uri bube ugenda hagati y’aya makipe Chelsea na PSG kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Gashyantare 2016.

indi mikino iba kuri uyu wa kabiri

Zent VS Benfica

kuwa gatatu

Gent VS Wolfsbug

Roma VS Real Madrid

M.Fils

2016-02-16
Editorial

IZINDI NKURU

U Rwanda rwemerewe kwakira icyiciro cya Kabiri cya Basketball Africa league

U Rwanda rwemerewe kwakira icyiciro cya Kabiri cya Basketball Africa league

Editorial 31 Oct 2019
REG BBC yabonye itike yo gukina imikino ya 1/4 ya BAL 2022 izabera muri Kigali Arena, ni nyuma yo gutsinda US Monastir yo muri Tunisia

REG BBC yabonye itike yo gukina imikino ya 1/4 ya BAL 2022 izabera muri Kigali Arena, ni nyuma yo gutsinda US Monastir yo muri Tunisia

Editorial 15 Mar 2022
#TdRwanda: Umunyamerika yabahize i Rusizi, Ndayisenga agumana umuhondo

#TdRwanda: Umunyamerika yabahize i Rusizi, Ndayisenga agumana umuhondo

Editorial 16 Nov 2016
Amafoto – Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino wa nyuma Misiri yatwariyemo igikombe cya Afurika cya Handball ku bakinnyi batarengeje y’imyaka 18

Amafoto – Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino wa nyuma Misiri yatwariyemo igikombe cya Afurika cya Handball ku bakinnyi batarengeje y’imyaka 18

Editorial 07 Sep 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ukuri ku ruhare rwa Perezida Mitterand n’akazu ke muri Jenoside byashyizwe hanze na Komisiyo Duclert
Amakuru

Ukuri ku ruhare rwa Perezida Mitterand n’akazu ke muri Jenoside byashyizwe hanze na Komisiyo Duclert

Editorial 27 Mar 2021
Imikino ya CECAFA y’Abagore yagombaga kubera i Kigali yasubitswe
IMIKINO

Imikino ya CECAFA y’Abagore yagombaga kubera i Kigali yasubitswe

Editorial 08 May 2018
Impamvu Bishop Rugagi , Apôtre Rwandamura, R. Pastor Nyamurangwa Fred,Rev. Ntambara Emmanuel,  bari mu maboko ya Police
INKURU NYAMUKURU

Impamvu Bishop Rugagi , Apôtre Rwandamura, R. Pastor Nyamurangwa Fred,Rev. Ntambara Emmanuel, bari mu maboko ya Police

Editorial 05 Mar 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru